{"id":10013,"date":"2015-04-03T18:12:13","date_gmt":"2015-04-03T15:42:13","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=10013"},"modified":"2015-04-03T18:14:18","modified_gmt":"2015-04-03T15:44:18","slug":"isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/","title":{"rendered":"Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana!"},"content":{"rendered":"<p><i>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yamaze gutangaza ko Leta y\u2019u Rwanda igeze ku musozo w\u2019ibiganiro na Leta ya Isiraheri mu kwakira impunzi zizaturuka muri Isiraheri zibayo mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko. Muri ayo masezerano hagati y\u2019ibihugu byombi, Leta ya Isiraheri yemereye Leta y\u2019u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari (atari yatangazwa uko angana) kugirango u Rwanda rwemere kwakira izo mpunzi.<\/i><!--more--><\/p>\n<p>Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo muri Israeli, avuga ko icyo gihugu cyo mu burasirazuba bwo hagati kitegura kohereza mu Rwanda ndetse no muri Uganda impunzi zagihungiyemo mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko ariko ubutegetsi mu Rwanda bukaba bwarakomeje guhakana ayo makuru.<\/p>\n<p>Ayo masezerano agezweho nyuma y\u2019ikigereranyo cyakozwe n\u2019imiryango y\u2019uburenganzira bwa kiremwamuntu itabariza izo mpunzi igihugu cya Israel gishaka kwirukana, izo mpunzi zikaba ziganjemo abakomoka mu bihugu bya Eritrea na Sudani.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019ubutegetsi bw\u2019Igihugu wa Israeli muri iki cyumweru yatangaje ko Leta ya Israli izirukana abo bimukira bari ku butaka bwayo binyuranyije n\u2019amategeko. Kugeza ubu abo bimukira ku butaka bwa Israeli bakaba bafungiye mu bigo bitandukanye muri icyo gihugu. Minisitiri w\u2019ubutegetsi bw\u2019icyo gihugu akaba yarijeje izo mpunzi z\u2019abimukira kuva muri icyo gihugu zifite umutekano kandi mu buryo buzihesheje icyubahiro, akomeza avuga ko barimo kureba bimwe mu bihugu bya Afurika byakwizeza kwakira izo mpunzi mu buryo bwemewe n\u2019amategeko.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/president-kagame-press-conference-kigali-2-april-2015\/\">Perezida Kagame ubwo yaganiraga n\u2019abanyamakuru<\/a> ku munsi w\u2019ejo yatangaje ko hariho ibiganiro byabayeho hagati y\u2019ibihugu by\u2019u Rwanda na Israeli, ariko atangaza ko adafite ku buryo burambuye aho ibintu bigeze.<\/p>\n<p>Perezida Kagame abajijwe kuri icyo kibazo yasubije ko azi ko hari habaye ibiganiro kuri icyo kibazo ko ndetse habaye ibiganiro mpaka kuri izo abo bimukira b\u2019abanyafurika bagiye muri Israeli nkuko bajya mu bindi bihugu by\u2019Uburayi. Perezida Kagame atangaza ko bamwe muri bo bashobora kuba bari muri Israeli mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko cyangwa ku zindi mpamvu zinyuranye z\u2019ubuhunzi.<\/p>\n<p>Perezida Kagame muri icyo kiganiro n\u2019Abanyamakuru yatangaje ko igihugu cya Israel giteganya kugarura abo bimukira mu bihugu baje baturukamo ariko ko bamwe muri bo banze ku bw\u2019ubuzima bwabo bushobora guhungabanywa. Perezida Kagame yatangaje ko Leta ya Israel yagejeje icyifuzo cyayo kuri abo bimukira kuba bajyanwa mu bihugu binyuranye birimo n\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yakomeje avuga ko atazi aho ibintu bigeze niba hamaze gukorwa byinshi cyangwa bike kuri iki kibazo. Akaomeza atangaza ko yamenye ko hari impamba igihugu cya Israel cyageneye abo bimukira kugirango bemere kugenda, ko rero bamaze kugera hafi y\u2019umusozo w\u2019amasezerano.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yatangaje ko ibiro bishinzwe abinjira n\u2019abasohoka birimo gukurikirana iki kibazo.<\/p>\n<p>Kugeza ubu umubare w\u2019izo mpunzi z\u2019abimukira bazakirwa n\u2019u Rwanda nturatangazwa, ndetse naho bazatuzwa ntiharatangazwa. Ikizwi gusa ni uko abazirukanwa muri Isiraheli basaga ibihumbi 50. Ni ubwa mbere u Rwanda rugiye gutuza abimukira baturutse mu bindi bihugu, ibyo kandi bibaye mu gihe mu Rwanda hari impungenge z\u2019ubutaka bukomeje kugenda buba butoya kubera ubwiyongere bw\u2019abaturage butajyanye n\u2019ubushobozi bw\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Source:<a href=\"http:\/\/ubukungu.rw\/spip.php?article1433\">Ubukungu<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yamaze gutangaza ko Leta y\u2019u Rwanda igeze ku musozo w\u2019ibiganiro na Leta ya Isiraheri mu kwakira impunzi zizaturuka muri Isiraheri zibayo mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko. Muri ayo masezerano hagati y\u2019ibihugu byombi, Leta ya Isiraheri yemereye Leta y\u2019u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari (atari yatangazwa uko angana) kugirango u Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":9571,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-10013","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yamaze gutangaza ko Leta y\u2019u Rwanda igeze ku musozo w\u2019ibiganiro na Leta ya Isiraheri mu kwakira impunzi zizaturuka muri Isiraheri zibayo mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko. Muri ayo masezerano hagati y\u2019ibihugu byombi, Leta ya Isiraheri yemereye Leta y\u2019u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari (atari yatangazwa uko angana) kugirango u Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-04-03T15:42:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2015-04-03T15:44:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/kagame5.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"620\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"413\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/\",\"name\":\"Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/kagame5.jpg\",\"datePublished\":\"2015-04-03T15:42:13+00:00\",\"dateModified\":\"2015-04-03T15:44:18+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/kagame5.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/kagame5.jpg\",\"width\":620,\"height\":413},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana! - Umunyarwanda","og_description":"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yamaze gutangaza ko Leta y\u2019u Rwanda igeze ku musozo w\u2019ibiganiro na Leta ya Isiraheri mu kwakira impunzi zizaturuka muri Isiraheri zibayo mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko. Muri ayo masezerano hagati y\u2019ibihugu byombi, Leta ya Isiraheri yemereye Leta y\u2019u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari (atari yatangazwa uko angana) kugirango u Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-04-03T15:42:13+00:00","article_modified_time":"2015-04-03T15:44:18+00:00","og_image":[{"width":620,"height":413,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/kagame5.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/","name":"Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/kagame5.jpg","datePublished":"2015-04-03T15:42:13+00:00","dateModified":"2015-04-03T15:44:18+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/kagame5.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/02\/kagame5.jpg","width":620,"height":413},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/isiraheri-yemereye-u-rwanda-umubare-wamamiliyari-yamadorari-kugirango-u-rwanda-rwemere-kwakira-izo-mpunzi-izirukana\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Isiraheri yemereye u Rwanda umubare w\u2019amamiliyari y\u2019amadorari kugirango u Rwanda rwemere kwakira impunzi izirukana!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/10013","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=10013"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/10013\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9571"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=10013"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=10013"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=10013"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}