{"id":1074,"date":"2012-08-18T15:51:17","date_gmt":"2012-08-18T13:51:17","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1074"},"modified":"2012-08-18T15:54:22","modified_gmt":"2012-08-18T13:54:22","slug":"abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/","title":{"rendered":"Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe byari bimenyerewe ko abahamwe n\u2019ibyaha bya jenoside cyangwa se ibifitanye isano nayo aribo bakatirwaga gukora imirimo nsimburagifungo, ubu noneho n\u2019abandi bazahamwa n\u2019ibyaha bisanzwe bashobora gukatirwa gukora bene iyo mirimo izwi mu izina rta TIG.<!--more--><\/p>\n<p>Ibi bi byashimangiwe na Minisitiri w\u2019Umutekano mu Gihugu Sheik Harerimana Musa Fazil, ubwo yari mu nama yahuje Minisitiri w\u2019Intebe n\u2019abandi bayobozi bo mu nzego nkuru z\u2019igihugu ku wa Gatanu tariki ya 17 Kanama 2012.<\/p>\n<p>Ibi kandi binashimangirwa n\u2019Itegeko Ngenga rishyiraho igitabo cy\u2019amategeko ahana cyasohotse muri Gicurasi muri uyu mwaka aho mu ngingo yacyo ya 47 ivuga ku itangwa ry\u2019igihano nsimburagifungo cy\u2019imirimo ifitiye Igihugu akamaro igira iti \u201dIyo icyaha gihanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku myaka itanu (5), urukiko rushobora gutegeka uwagikatiwe kurangiza icya kabiri (1\/2) cy\u2019igihano akora igihano nsimburagifungo cy\u2019imirimo ifitiye igihugu akamaro.<\/p>\n<p>Iyo icyaha gihanishwa igifungo kitageza ku mezi atandatu (6), urukiko rushobora kumutegeka gukora igihano nsimburagifungo cy\u2019imirimo ifitiye Igihugu akamaro, mu gihe rugena, kandi kidashobora kurenga igihe gihanitse cy\u2019igifungo giteganywa n\u2019itegeko kuri icyo cyaha\u201d.<\/p>\n<p>Iri tegeko rikomeza rivuga riti \u201dIyo uwahamwe n\u2019icyaha adakoze neza igihano nsimburagifungo cy\u2019imirimo ifitiye igihugu akamaro, ahatirwa kurangiriza muri gereza igihano gisigaye yakatiwe\u201d.<\/p>\n<p>Igihano cy\u2019imirimo nsimburagifungo ifitiye igihugu akamaro kigenwa n\u2019Iteka rya Perezida n\u00b0 10\/01 ryo ku wa 07 Werurwe 2005 rigena uburyo igihano nsimburagifungo cy\u2019imirimo ifitiye igihugu akamaro gishyirwa mu bikorwa.<\/p>\n<p>Bavuga ko Ku bw\u2019iri teka, igihano nsimburagifungo ari igihano cyo gukora imirimo idahemberwa ifitiye igihugu akamaro, gikatiwe uwahamwe n\u2019icyaha cya jenoside cyangwa ibindi byaha byibasiye inyokomuntu, akayikora mu gihe afungishijwe ijisho, kandi akayikorera ahantu habyemerewe, hakurikijwe ibiteganywa n\u2019itegeko.<\/p>\n<p>Ahakorerwa iyo mirimo hashobora kuba mu butegetsi bwa Leta cyangwa mu bindi bigo ibyo ari byo byose, byemewe kubera inshingano byahawe zifitiye rubanda akamaro, n\u2019inyungu iyo mirimo yakorerwa muri ibyo bigo yaba ifitiye abaturage.<\/p>\n<p>Iyi nkuru y&#8217;igihe.com iratanga ishusho y&#8217;uburyo Leta y&#8217;u Rwanda isa nk&#8217;aho irimo gushakira amafaranga hasi kubura hejuru ikoresheje ingufu zose kubera guteganya ko itazasubizwa imfashanyo yambuwe cyangwa wenda n&#8217;izo bataramburwa bakazamburwa, ibi byo gukoresha abagororwa bose TIG, bikurikiye:<\/p>\n<p>-urugerero ngo abana barangije amashuri yisumbuye bazajya bajyamo bakamaramo umwaka badahembwa bakora kandi bataha iwabo batunzwe n&#8217;imiryango yabo (muri uyu mwaka w&#8217;intangiriro ngo ni amezi 7),<\/p>\n<p>-Ikigo gishinzwe imisoro gifite gahunda ngo yo kongera amafaranga gikura mu misoro ho 20%, ibyo bivuze ko nta kabuza imisoro n&#8217;ubundi yari isanzwe ihanitse iziyongera<\/p>\n<p>-Agaciro Development Fund ngo abantu bazajya bashyiramo amafaranga ku &#8220;BUSHAKE&#8221; n&#8217;ubwo bavuga ko nta ngufu zizashyirwaho abazi neza imikorere ya FPR bazi neza ko izo ngufu zizabaho. Ese nk&#8217;umutu w&#8217;umucuruzi wifashije atayatanze bakamubaza impamvu yamenya asubiza iki? Aho ntiyashinjwa kubangamira gahunda za Leta cyangwa ingengabitekerezo, yaba ari umututsi akaregwa gukorana na Kayumba na Karegeya cyangwa Umwami?<\/p>\n<p>Ubu abahanga ba FPR ubu barimo guhimba ubundi buryo banyunyuza abanyarwanda hejuru y&#8217;ibibazo u Rwanda rwashowemo ku bw&#8217;inda nini no gukunda gushoza intambara n&#8217;urugomo kw&#8217;abayobozi b&#8217;igihugu bakuriwe na Perezida Kagame.<\/p>\n<p>Abanyarwanda n&#8217;ubundi bari basanzwe bafite ibibazo bitaboroheye ariko Leta ikomeje kwitwara gicanshuro wagira ngo abategetsi b&#8217;u Rwanda bategeka igihugu cy&#8217;amahanga bafasheho bunyago, wagira ngo nta gahunda bafite yo gukora ibyashimisha abaturage.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Marc Matabaro yifashishije inkuru ya igihe.com<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe byari bimenyerewe ko abahamwe n\u2019ibyaha bya jenoside cyangwa se ibifitanye isano nayo aribo bakatirwaga gukora imirimo nsimburagifungo, ubu noneho n\u2019abandi bazahamwa n\u2019ibyaha bisanzwe bashobora gukatirwa gukora bene iyo mirimo izwi mu izina rta TIG.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1075,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,63],"tags":[],"class_list":["post-1074","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe byari bimenyerewe ko abahamwe n\u2019ibyaha bya jenoside cyangwa se ibifitanye isano nayo aribo bakatirwaga gukora imirimo nsimburagifungo, ubu noneho n\u2019abandi bazahamwa n\u2019ibyaha bisanzwe bashobora gukatirwa gukora bene iyo mirimo izwi mu izina rta TIG.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-18T13:51:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-08-18T13:54:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/\",\"name\":\"Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-18T13:51:17+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-18T13:54:22+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"491\",\"height\":\"260\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG - Umunyarwanda","og_description":"Mu gihe byari bimenyerewe ko abahamwe n\u2019ibyaha bya jenoside cyangwa se ibifitanye isano nayo aribo bakatirwaga gukora imirimo nsimburagifungo, ubu noneho n\u2019abandi bazahamwa n\u2019ibyaha bisanzwe bashobora gukatirwa gukora bene iyo mirimo izwi mu izina rta TIG.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-18T13:51:17+00:00","article_modified_time":"2012-08-18T13:54:22+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/","name":"Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-18T13:51:17+00:00","dateModified":"2012-08-18T13:54:22+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"491","height":"260"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakoze-ibyaha-bitari-jenoside-nabo-bagiye-kuzajya-bakora-tig\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda:Abakoze ibyaha bitari jenoside nabo bagiye kuzajya bakora TIG"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1074","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1074"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1074\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1074"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1074"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1074"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}