{"id":10856,"date":"2015-07-12T04:10:54","date_gmt":"2015-07-12T01:40:54","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=10856"},"modified":"2015-07-12T04:10:54","modified_gmt":"2015-07-12T01:40:54","slug":"ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA"},"content":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 014 \/PSIMB\/015<\/p>\n<p>Rishingiye ku ngorane n\u2019akaga gokomeye bikomeje kwibasira imfungwa zo mu Rwanda;<\/p>\n<p>Rigarutse kandi ku iyicwarubozo n\u2019agatunambwene zishirwaho n\u2019inzego zishinzwe kuzicunga;<\/p>\n<p>Rimaze kubona ko Leta ya kigali aho guhaguruka ngo yerekane ko idashyigikiye iryo hohoterwa ahubwo ikaba yaratereye agati mu ryinyo ;<!--more--><\/p>\n<p>Ryibukije ko abantu kwicara bagaceceka mugihe amage yugarije abandi ababikora bakorana umurava nk\u2019ababiherewe umugisha ;<\/p>\n<p>Ishyaka PS IMBERAKURI riratangariza amahanga,Abanyarwanda n\u2019Imberakuri by\u2019umwihariko ibi bikurikira:<\/p>\n<p>Ingingo ya mbere:<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rikomeje kwamaganira kure ibikorwa by\u2019iyicarubozo rishingiye kumubiri bikomeje gukorerwa imfungwa zo mu Rwanda,aha niho Ishyaka PS Imberakuri ryibutsa urupfu rw\u2019agashinyaguro ku mfungwa zatikiriye mu modoka kuwa 9 Nyakanga 2015 ubwo imodoka yari izitwaye yakoraga impanuka hafi yazose zigakongokeramo bitewe ahanini no kunanirwa kwitabara kuko zari zibohanye iminyururu.Ishyaka PS IMBERAKURI rirashimangira ko kuba abandi bari kumwe nizo mfungwa cyabe nk\u2019umucungagereza n\u2019umushoferi bataragize icyo baba ari uko babashije kwirwanaho bagahunga iyo nkongi cyane ko bo babishobojwe n\u2019uko batari baziritse.<\/p>\n<p>Ingingo ya 2:<\/p>\n<p>Ibi bikorwa by\u2019impfu za hato nahato kandi byagiye bigaragara ubwo imfungwa zagiye zihira no mu magereza zifungiyemo,ikindi kitakwirengagizwa na gato ni ibikorwa bishingiye kw\u2019iyicarubozo nsenyamitima,aho abanyururu akenshi barara bahagaze kubera bamwe ntaburyamo nababufite bakaba batererwa intambwe z\u2019intoki zingana na cm 40 ,ibi byose bigakurikirwa n\u2019imperi,inda n\u2019imbaragasa bibabuza amahumekero<\/p>\n<p>Ingingo ya 3:<\/p>\n<p>Ishyaka PS IMBERAKURI ribabajwe kandi na gahunda yo gushora imfungwa mumirimo y\u2019ingufu kugahato kandi bizwi neza ko iziyikoreshwa kunabi ziba zitarakatiwe igihano nsimburagifungo,aha niho ritewe impungenge n\u2019agatunambwene gashyirwa kubanyururu bo muri Gereza ya MIYOVE ngo bahuke ibishanga uwanze agakubitwa iz\u2019akabwana ndetse akanajyanwa no muri kasho aho ababarizwa birenze.Aha MIYOVE twavuga nka RUKARA wahondaguwe ngo yanze kujya gukora ako gatunambwene,aha twakwibutsa ko iyi Gereza ngo yagabiwe intore y\u2019akadasohoka ya FPR yiyemeje kuzengereza imfungwa ifatanyije n\u2019ubuyobozi bwa gereza,uyu GASANA Constante waturutse muri Gereza ya PCK yimuriwe miyove akaba azwiho gushyira mubikorwa vuba ibyo ubuyobozi bwa gereza bumutegetse.<\/p>\n<p>Ingingo ya 4 :<\/p>\n<p>Igikorwa cyo guheza imfungwa mu bwigunge bazambura amaradiyo zari zarahawe n\u2019imiryango yazo,iki nacyo kikaba ari ukugirango zihebe kandi zo kubasha gukurikira aho isi igeze na cyane ko zivugira ko radiyo zazifashaga gukora uburoko.Ntitwakwirengagiza ifunguro rynicantikize zigenerwa aho zihabwa agakombe k\u2019utugori n\u2019ak\u2019udushyimbo mumasaha 24 rimwe narimwe ugasanga twaranaboze bajya mugukuramo ibyaboze agasigarana ikiyiko,kutazivuza uko bikwiye no kudacyura izarangije ibihano byazo,kuzishyiriraho ibiciro mu ihahiro ryazo biri hejuru y\u2019ibyo hanze mugihe imiryango yazo yakumiriwe kubyikurira mungo zayo ahubwo ikaza guhenderwa muri ayo masoko yishyiriweho na za gereza.<\/p>\n<p>Ingingo ya 5 :<\/p>\n<p>Ishyaka PS IMBERAKURI rirasaba abo bireba guhaguruka bagakora iperereza ryimbitse rihereye ku rupfu rwa bariya banyururu bo kuwa 9 Nyakanga 2015 ndetse n\u2019ibindi bikorwa by\u2019iyicarubozo bibakorerwa nk\u2019uko twabigaragaje mungingo zinyuranye zibanziriza iyi,rinasaba kandi abanyarwanda kureba kure bagafatanya bashize amanga kwamagana ibikorwa bibi bibagirirwa cyane batabariza abari aho umwana arira nyina ntiyumve.Dukwiye kwibuka kandi ko ububabare butagira umupaka kandi ko icyo utifuza ko kitakubaho udakwiye kukifuriza abandi.<br \/>\nTwese hamwe dusabe inema yo kugira umutima utabara !<\/p>\n<p>Bikorewe i Kigali kuwa 11 Nyakanga 2015<br \/>\nUmunyamabanga Mukuru akaba n\u2019Umuvugizi wa PS Imberakuri<br \/>\n<strong>MWIZERWA Sylver (s\u00e9)<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 014 \/PSIMB\/015 Rishingiye ku ngorane n\u2019akaga gokomeye bikomeje kwibasira imfungwa zo mu Rwanda; Rigarutse kandi ku iyicwarubozo n\u2019agatunambwene zishirwaho n\u2019inzego zishinzwe kuzicunga; Rimaze kubona ko Leta ya kigali aho guhaguruka ngo yerekane ko idashyigikiye iryo hohoterwa ahubwo ikaba yaratereye agati mu ryinyo ;<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":7098,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-10856","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 014 \/PSIMB\/015 Rishingiye ku ngorane n\u2019akaga gokomeye bikomeje kwibasira imfungwa zo mu Rwanda; Rigarutse kandi ku iyicwarubozo n\u2019agatunambwene zishirwaho n\u2019inzego zishinzwe kuzicunga; Rimaze kubona ko Leta ya kigali aho guhaguruka ngo yerekane ko idashyigikiye iryo hohoterwa ahubwo ikaba yaratereye agati mu ryinyo ;\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-07-12T01:40:54+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/PS-Imberakuri.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"225\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"225\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/\",\"name\":\"ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/PS-Imberakuri.jpg\",\"datePublished\":\"2015-07-12T01:40:54+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/PS-Imberakuri.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/PS-Imberakuri.jpg\",\"width\":225,\"height\":225},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 014 \/PSIMB\/015 Rishingiye ku ngorane n\u2019akaga gokomeye bikomeje kwibasira imfungwa zo mu Rwanda; Rigarutse kandi ku iyicwarubozo n\u2019agatunambwene zishirwaho n\u2019inzego zishinzwe kuzicunga; Rimaze kubona ko Leta ya kigali aho guhaguruka ngo yerekane ko idashyigikiye iryo hohoterwa ahubwo ikaba yaratereye agati mu ryinyo ;","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-07-12T01:40:54+00:00","og_image":[{"width":225,"height":225,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/PS-Imberakuri.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/","name":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/PS-Imberakuri.jpg","datePublished":"2015-07-12T01:40:54+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/PS-Imberakuri.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/PS-Imberakuri.jpg","width":225,"height":225},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-rirasaba-ko-habaho-iperereza-ku-iyicwarubozo-rikomeje-gukorerwa-imfungwa-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ISHYAKA PS IMBERAKURI RIRASABA KO HABAHO IPEREREZA KU IYICWARUBOZO RIKOMEJE GUKORERWA IMFUNGWA MU RWANDA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/10856","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=10856"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/10856\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7098"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=10856"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=10856"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=10856"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}