{"id":1120,"date":"2012-08-21T12:41:33","date_gmt":"2012-08-21T10:41:33","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1120"},"modified":"2012-08-21T12:41:33","modified_gmt":"2012-08-21T10:41:33","slug":"rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/","title":{"rendered":"RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO"},"content":{"rendered":"<p>Ku wa 28 Nyakanga 2012 uwitwa YUMVIHOZE Celestin wo mu Mudugudu w\u2019Ituze (Akagali ka Kamukina, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo) mu mugi wa Kigali<!--more--> yafashwe n\u2019inzego z\u2019Umudugudu atuyemo azizwa ko \u201catagiye mu muganda ngo ahubwo akinywera inzoga\u201d. Yajyanywe kuri polisi ya Remera ariko aza kurekurwa kuri uwo mugoroba. Umuyobozi w\u2019Umudugudu w\u2019Ituze HAVUGIMANA Vincent yahamagaye polisi ayibwira ko uwo muntu ari umwanzi w\u2019igihugu ko agomba gufungwa. Bahise bajya kumufungira kwa Kabuga i Gikondo kugeza ubu kandi ntiyigeze ashyikirizwa ubutabera nk\u2019uko amategeko abiteganya.<\/p>\n<p>Ku wa 5 Kanama 2012 mu gicuku, abapolisi bagiye mu Kagali ka Kamukina bafata abitwa ISHIMWE Samuel na NSANZIMFURA Edouard babajyana kuri polisi ya Remera bahita boherezwa kwa Kabuga i Gikondo. Aba bose babasanze aho barararaga izamu ku mazu akorerwamo ubucuruzi. Kuva icyo gihe kugeza ubu ntawe uzi imibereho yabo kuko batarashyikirizwa ubushinjacyaha ngo bubamenyeshe ibyo baregwa.<\/p>\n<p>Aya magereza yo kwa Kabuga no kwa Gacinya i Gikondo yavuzweho kenshi n\u2019imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta iharanira uburenganzira bwa muntu ndetse n\u2019amashyaka atavuga rumwe na FPR ariko Leta ya Kigali yanze kuyafunga ahubwo ikomeza kuyarundamo abanyarwanda ari nako ihakorera iyicarubozo. Kuki aho hantu hafungirwa abantu kandi hari za kasho za polisi zemewe n\u2019ubwo nazo zimeze nabi cyane ariko nibura ho umuntu abasha kumenya aho uwe aherereye akanabasha gukurikirana ibyerekeranye n\u2019ubutabera n\u2019ubwo naho bitubahirizwa uko bikwiye.<\/p>\n<blockquote><p><em>Ishyaka FDU-Inkingi rirasaba ubutegetsi bwa FPR kurekura bariya bashimuswe bagakomeza ubuzima bwabo, ndetse ababafunze bagakurikiranwa kuko ifungwa ryabo ritubahiriza amategeko. Ishyaka FDU-Inkingi ryongeye gusaba rikomeje leta ya FPR gufunga burundu amazu atazwi afungirwamo abaturage ikanahagarika ihohoterwa rikorerwa abafatwa bagafungwa mu buryo butemewe n\u2019amategeko.<\/em><\/p><\/blockquote>\n<p>Dukomeje guterwa impungenge n\u2019ukuntu iyi Leta inanirwa gukurikiza amategeko yishyiriyeho ubwayo.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>FDU-Inkingi<\/p>\n<p>Boniface Twagirimana<\/p>\n<p>Umuyobozi wungirije w\u2019agateganyo<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku wa 28 Nyakanga 2012 uwitwa YUMVIHOZE Celestin wo mu Mudugudu w\u2019Ituze (Akagali ka Kamukina, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo) mu mugi wa Kigali<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1121,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-1120","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku wa 28 Nyakanga 2012 uwitwa YUMVIHOZE Celestin wo mu Mudugudu w\u2019Ituze (Akagali ka Kamukina, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo) mu mugi wa Kigali\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-21T10:41:33+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/\",\"name\":\"RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-21T10:41:33+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"200\",\"height\":\"117\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO - Umunyarwanda","og_description":"Ku wa 28 Nyakanga 2012 uwitwa YUMVIHOZE Celestin wo mu Mudugudu w\u2019Ituze (Akagali ka Kamukina, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo) mu mugi wa Kigali","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-21T10:41:33+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/","name":"RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-21T10:41:33+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"200","height":"117"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-turatabariza-abafungwa-mu-buryo-budakurikije-amategeko\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RWANDA : TURATABARIZA ABAFUNGWA MU BURYO BUDAKURIKIJE AMATEGEKO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1120","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1120"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1120\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1120"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1120"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1120"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}