{"id":11287,"date":"2015-09-12T17:58:46","date_gmt":"2015-09-12T15:28:46","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11287"},"modified":"2015-09-12T18:01:44","modified_gmt":"2015-09-12T15:31:44","slug":"ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry&#8217;itegeko nshinga mu Rwanda!"},"content":{"rendered":"<p>Ministre w&#8217;ubwongereza ushinzwe iby&#8217;iterambere mpuzamahanga na Afrika,\u00a0Grant Shapps mu gusoza uruzinduko rwe rw&#8217;iminsi 2 mu Rwanda yatangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Nzeli 2015 ko Leta y&#8217;ubwongereza idashyigikiye ko habaho ivugururwa ry&#8217;itegeko nshinga rigamije gutuma Perezida Kagame ashobora gufata manda ya gatatu.<!--more--><\/p>\n<p>Ibi bije mu gihe bitari biteye kabiri hashyizweho Komisiyo ishinzwe kwiga uburyo Itegeko nshinga ryavugururwa.<\/p>\n<p>Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru Bwana\u00a0Grant Shapps yabajijwe ku bijyanye n&#8217;ifatwa rya Lt Gen Karenzi Karake, maze asubiza ko mu gihugu cy&#8217;ubwongereza inzego z&#8217;ubutabera zigenga.<\/p>\n<p>Ku bijyanye nihagarikwa rya BBC mu Rwanda, Bwana\u00a0Grant Shapps yatangaje ko aho Leta y&#8217;u Bwongereza ihagaze hasobanutse, ibihugu byose byo kw&#8217;isi ngo byagombye kugira itangazamakuru ryigenga, imiryango itegamiye kuri Leta yagombye guhabwa urubuga, hagombye kubaho ibiganiro mpaka bya politiki ndetse ngo n&#8217;itegeko nshinga ntabwo ryagombye kuvugururwa.<\/p>\n<p><span style=\"line-height: 1.5em\">Ariko abazi gusesengura ibijyanye na politiki bahamya ko aya magambo ari kimwe n&#8217;ayavuzwe na Leta Zunze Ubumwe z&#8217;Amerika mu minsi ishize byose bisa nko kujijisha no kwiyerurutsa.<\/span><\/p>\n<p>Bikaba bigaragara ko ibi bihugu bivuga aya magambo ngo bibone uko bishobora kwibasira ibindi bihugu bidacuditse nabyo nk&#8217;u Burundi byitwaje ko bitajya bijya imbizi n&#8217;abashaka guhindura itegeko nshinga.<\/p>\n<p>Icyateye benshi ikimeze nk&#8217;uburakari n&#8217;uburyo Bwana\u00a0Grant Shapps yashoje ubwo yavugaga ko guhindura itegeko nshinga bishobora kuba urugero rubi ku bindi bihugu bituranye n&#8217;u Rwanda bikarwigana ngo kandi ngo uko ibintu bimeze mu Rwanda atari ko bimeze muri ibyo bihugu.<\/p>\n<p>Aya magambo umuntu akaba yayafata nko gushyigikira itekinika rikorwa n&#8217;ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda mu kubeshya ko abaturage bose bashaka ko Perezida Kagame akomeza gutegeka.<\/p>\n<p>Tugarutse ku magambo y&#8217;uyu mutegetsi wo mu Bwongereza asa nk&#8217;ashyigikira ubutegetsi bw&#8217;igitugu buriho mu Rwanda hahita hibazwa niba koko mu irekurwa rya Lt Gen Karenzi Karake hatarabayeho ikoreshwa ry&#8217;ingufu zindi bitandukanye n&#8217;uko yavuze ko ubutabera bw&#8217;ubwongereza bwigenga<\/p>\n<p><strong>The Rwandan<\/strong><\/p>\n<p>Email:\u00a0<em>therwandan@ymail.com<\/em><em><br \/>\n<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ministre w&#8217;ubwongereza ushinzwe iby&#8217;iterambere mpuzamahanga na Afrika,\u00a0Grant Shapps mu gusoza uruzinduko rwe rw&#8217;iminsi 2 mu Rwanda yatangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Nzeli 2015 ko Leta y&#8217;ubwongereza idashyigikiye ko habaho ivugururwa ry&#8217;itegeko nshinga rigamije gutuma Perezida Kagame ashobora gufata manda ya gatatu.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":11288,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[],"tags":[],"class_list":["post-11287","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry&#039;itegeko nshinga mu Rwanda! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry&#039;itegeko nshinga mu Rwanda! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ministre w&#8217;ubwongereza ushinzwe iby&#8217;iterambere mpuzamahanga na Afrika,\u00a0Grant Shapps mu gusoza uruzinduko rwe rw&#8217;iminsi 2 mu Rwanda yatangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Nzeli 2015 ko Leta y&#8217;ubwongereza idashyigikiye ko habaho ivugururwa ry&#8217;itegeko nshinga rigamije gutuma Perezida Kagame ashobora gufata manda ya gatatu.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-09-12T15:28:46+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2015-09-12T15:31:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/09\/shapps.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"578\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry&#8217;itegeko nshinga mu Rwanda!\",\"datePublished\":\"2015-09-12T15:28:46+00:00\",\"dateModified\":\"2015-09-12T15:31:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":299,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/09\\\/shapps.jpg\",\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry'itegeko nshinga mu Rwanda! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/09\\\/shapps.jpg\",\"datePublished\":\"2015-09-12T15:28:46+00:00\",\"dateModified\":\"2015-09-12T15:31:44+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/09\\\/shapps.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/09\\\/shapps.jpg\",\"width\":1024,\"height\":578},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry&#8217;itegeko nshinga mu Rwanda!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry'itegeko nshinga mu Rwanda! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry'itegeko nshinga mu Rwanda! - Umunyarwanda","og_description":"Ministre w&#8217;ubwongereza ushinzwe iby&#8217;iterambere mpuzamahanga na Afrika,\u00a0Grant Shapps mu gusoza uruzinduko rwe rw&#8217;iminsi 2 mu Rwanda yatangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Nzeli 2015 ko Leta y&#8217;ubwongereza idashyigikiye ko habaho ivugururwa ry&#8217;itegeko nshinga rigamije gutuma Perezida Kagame ashobora gufata manda ya gatatu.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-09-12T15:28:46+00:00","article_modified_time":"2015-09-12T15:31:44+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":578,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/09\/shapps.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry&#8217;itegeko nshinga mu Rwanda!","datePublished":"2015-09-12T15:28:46+00:00","dateModified":"2015-09-12T15:31:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/"},"wordCount":299,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/09\/shapps.jpg","inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/","name":"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry'itegeko nshinga mu Rwanda! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/09\/shapps.jpg","datePublished":"2015-09-12T15:28:46+00:00","dateModified":"2015-09-12T15:31:44+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/09\/shapps.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/09\/shapps.jpg","width":1024,"height":578},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwiyerurukije-buvuga-ko-budashaka-ihindurwa-ryitegeko-nshinga-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubwongereza bwiyerurukije buvuga ko budashaka ihindurwa ry&#8217;itegeko nshinga mu Rwanda!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11287","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=11287"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11287\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11288"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=11287"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=11287"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=11287"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}