{"id":1157,"date":"2012-08-23T21:30:34","date_gmt":"2012-08-23T19:30:34","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1157"},"modified":"2012-08-24T09:37:12","modified_gmt":"2012-08-24T07:37:12","slug":"perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/","title":{"rendered":"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu"},"content":{"rendered":"<p>Aya magambo Perezida Kagame yayavuze kuri uyu wa kane tariki 23\/8\/2012, ubwo yatangizaga ikigega cyiswe \u201cAgaciro Development Fund (AgDF)\u201d ngo kizegeranyirizwamo inkunga kugira ngo cyunganire ingengo y\u2019imari ya Leta. Kikaba cyarashyizweho kubera ko Leta y&#8217;u Rwanda yari imaze guhagarikirwa imfashanyo zimwe na zimwe n&#8217;ubwo abayobozi babihakana.<\/p>\n<p>Mu gutangira iyo mihango Perezida Kagame yibutse umunyagitugu mugenzi we Meles Zenawi wari Ministre w\u2019intebe wa Etiyopiya umaze iminsi yitabye Imana. Uyu nawe akaba yari muri cya kigare cy\u2019abanyagitugu b\u2019abanyafrika bari baharawe n\u2019amahanga, ba Blair, Clinton, Bush n\u2019abandi bitaga ngo \u201dour kind of guys\u201d. Kuko akenshi babarwanira intambara badashaka kwigiramo ubwabo iyo za Darfur, Somalia n&#8217;ahandi<\/p>\n<p>Mu\u00a0<a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/agaciro.mp3\">ijambo<\/a>\u00a0rye Perezida Kagame yashatse kumvikanisha ko Leta ye itotezwa n\u2019amahanga, ko ngo abanyamahanga basinziriza abanyafrika ngo barye utwabo maze barye n\u2019utwo tw\u2019abanyafrika. Aya magambo ariko asa nkaho avuga nabi abaterankunga arimo kwiyibagiza inkunga Leta ya Kagame yahawe n\u2019amahanga mu rwego rw\u2019imari na diplomasi ibyo akaba ari byo byavuyemo ubwirasi n\u2019ubwishongozi bwageze n\u2019aho burenga imipaka.<\/p>\n<p>Kuri Kagame imfashanyo yahawe akazicisha abanyarwanda akanazibahakisha yazise ngo ni ikinya gisinziriza abanyafrika, umuntu akibaza ukuntu iyo nkunga ibaye ikinya ari uko ihagaritswe.<\/p>\n<p><strong>Igipindi <\/strong><\/p>\n<figure id=\"attachment_1160\" aria-describedby=\"caption-attachment-1160\" style=\"width: 385px\" class=\"wp-caption alignright\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/Amortisseur.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" wp-image-1160 \" title=\"Amortisseur\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/Amortisseur.jpg\" alt=\"\" width=\"385\" height=\"234\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/Amortisseur.jpg 550w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/Amortisseur-300x182.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 385px) 100vw, 385px\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-1160\" class=\"wp-caption-text\">Perezida Kagame yigereranije n&#8217;amortisseur cyangwa shock absorber<\/figcaption><\/figure>\n<p>Mu rwego rwo gutera igipindi no gushyira igitutu ku bandi ngo bagire icyo bashyira mu kigega yatangaje ko ngo n\u2019abana be bazashyira icya kabiri cy\u2019amafaranga abaha yo kwitwaza (argent de poche\/pocket money)muri kiriya kigega, ngo kandi arashaka ko iki gikorwa cyo kujya abantu batanga amafaranga cyakomeza ngo uzayabura ajye aza amugurize.Tubibutse ko abagize guverinoma ngo batanze asaga miliyoni 30 yo gushyira muri icyo kigega.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yemeje kandi ko nta mijugujugu imurenga yigereranije nka amortisseur cyangwa shock absorber ngo ituma abanyarwanda bakomeza kumererwa neza ngo ibibi byose akabyishingira ntibibagereho.<\/p>\n<p>Ngo mu ikubitiro mu gihe kitarenze isaha hahise hatangwa agera kuri miliyari na miliyoni 200 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ariko uko byagaragaye n\u2019uko amasosiyete menshi afite aho ahuriye na FPR cyangwa afitwemo imigane nayo yatanze amafaranga menshi mu rwego rwo kongoza abandi ngo nabo bagire icyo batanga.<\/p>\n<p><strong>Agahato<\/strong><\/p>\n<p>Ababikurikiranira hafi banamenyereye imikorere y\u2019ubutegetsi bwa FPR bemeza ko iki gikorwa kigiye kuba agahato ndetse abazashaka kutagira icyo batanga bishobora kuzabaviramo ingorane n\u2019ubwo Leta ibeshya ko nta gahato kazashyirwaho.<\/p>\n<p>Urugero: Ese abakozi b&#8217;ikigo runaka bagera ku 100 umuyobozi wabo cyangwa undi muntu wa FPR ukora muri icyo kigo yemeje ko igice runaka cy&#8217;umushahara kizajya muri kiriya kigega, umukozi umwe cyangwa byibura 10 batinyuka kubyanga? Ikibazo nk&#8217;iki cyagiye kigaragara aho abakozi bamwe bangaga gutanga iyi misanzu bakabizira akenshi byagaragaye ku barimu akenshi babaga ari abayoboke b&#8217;amadini runaka atemera zimwe muri gahunda za Leta, ariko muri rusange abakozi baremera gashira bakayatanga aho kugirango baregwe kurwanya gahunda za Leta, amacakubiri cyangwa ingengabitekerezo ya genocide<\/p>\n<p>Abacuruzi cyangwa abandi bifite byo kutayatanga byaba ari nko kwiyahura, ahubwo uzatanga make kandi bazi ko afite menshi nawe ararye ari menge, nk&#8217;uko byagaragaye mu bihe by&#8217;amatora, abantu ba FPR bagendaga hose mu bacuruzi babategeka umubare w&#8217;amafaranga bagomba gutanga bakurikije uburyo babona amafaranga binjiza akenshi babaga bitwaje n&#8217;impapuro zigaragaza uko umuntu yinjiza amafaranga bakuye mu mabanki cyangwa mu kigo gishinzwe iby&#8217;imisoro.<\/p>\n<p><strong>Dore bamwe mubayatanze:<\/strong><\/p>\n<p>BK yatanze miliyoni 58 nk\u2019inkunga ya Banki ubwayo<\/p>\n<p>Abakozi ba BK bo batanze miliyoni 42 ubwabo<\/p>\n<p>Banki ya BRD ubwayo yatanze miliyoni 100<\/p>\n<p>Abakozi ba BRD batanga miliyoni 55<\/p>\n<p>Mountain tea Group yatanze miliyoni 150<\/p>\n<p>Abakozi ba NAEB batanze miliyoni 40<\/p>\n<p>Bralirwa yatanze miliyoni 20<\/p>\n<p>Airtel yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Abakozi b\u2019akarere ka Nyamasheke bemeye kwigomwa umushahara wabo wa miliyoni 60<\/p>\n<p>Kigali Bus Service yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Intra speed yatanze miliyoni 12<\/p>\n<p>Rwandafoam yatanze miliyoni 10<\/p>\n<figure id=\"attachment_1161\" aria-describedby=\"caption-attachment-1161\" style=\"width: 420px\" class=\"wp-caption alignright\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/agaciro2.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" wp-image-1161 \" title=\"agaciro2\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/agaciro2.jpg\" alt=\"\" width=\"420\" height=\"280\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/agaciro2.jpg 600w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/08\/agaciro2-300x200.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 420px) 100vw, 420px\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-1161\" class=\"wp-caption-text\">Kubona amafaranga yinjira byatumye Kagame amwenyura noneho<\/figcaption><\/figure>\n<p>Papeterie La Fontaine yatanze 500 000Rwf na buri kwezi agatanga ibihumbi 10<\/p>\n<p>Abakozi ba RIAM batanze miliyoni 8<\/p>\n<p>Fair Construction yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Soras Group yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Tigo yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Nyagahene Eugene (Tele10) yatanze Miliyoni 10<\/p>\n<p>Rwakagara wo muri buhinzi bw\u2019ikawa ku giti cye yatanze miliyoni 11<\/p>\n<p>Abanyamabanga bahoraho muri za Ministeri batanze miliyoni 20<\/p>\n<p>Architects Association of Rwanda batanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Kizito Mihigo na Foundation ye bemeye gutanga milyoni 1 no guhimba indirimbo mbere y\u2019ukwezi kwa cyenda<\/p>\n<p>Chairman wa PSF ku giti cye yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Banki y\u2019Abaturage yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Lemigo yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Top Tower Hotel yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Abakozi b\u2019ishuri rya ULK batanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Abakozi b\u2019ishuri rya UNILAK batanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Sofaru ihagarariwe na Ruterana yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Umwe mu bacukuzi b\u2019amabuye y\u2019agaciro yatanze miliyoni 5<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Umuryango w\u2019Abasilamu mu Rwanda yatanze miliyoni 2<\/p>\n<p>Sina Gerard yatanze miliyoni 3<\/p>\n<p>Madame Jeannette Kagame yatanze miliyoni 2<\/p>\n<p>Abakozi b\u2019akarere ka Kicukiro batanze miliyoni 3<\/p>\n<figure style=\"width: 500px\" class=\"wp-caption alignright\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"http:\/\/www.igihe.com\/local\/cache-vignettes\/L500xH333\/7844670900_bc7c97c4e6-810d6.jpg\" alt=\"\" width=\"500\" height=\"333\" \/><figcaption class=\"wp-caption-text\">Hari abatanze amafaranga batazi n&#8217;uko icyo kigega cyitwa<\/figcaption><\/figure>\n<p>Niyonsenga Ildephonse ni umu\u2019consultants\u2019 yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Manumetal yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Mutangana yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Ameki Color yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Ishyirahamwe ry\u2019abanyamabanga nshingwabikorwa b\u2019imirenge bemeye miliyoni 41<\/p>\n<p>Sosiyete Merez yatanze miliyoni 10<\/p>\n<p>Umukozi witwa Gatete wari aho yatanze Miliyoni imwe n\u2019igice<\/p>\n<p>Forum Ingenzi (vice mayors) bemeje gutanga miliyoni 12<\/p>\n<p>Umurenge wa Ndera ngo wakusanyije Miliyoni imwe (1)<\/p>\n<p>Ba mayor b\u2019uturere 30 bemeye gutanga miliyoni 15<\/p>\n<p>Perview codes yatanze miliyoni 5<\/p>\n<p>Abanyamabanga nshingwabikorwa b\u2019uturere batanze miliyoni 5<\/p>\n<p>Ba guverineri biyemeje gutanga miliyoni 5 uyu mwaka<\/p>\n<p>Igikorwa cyo gutangiza AgDF cyabanjirijwe n\u2019isuzuma ry\u2019imihigo y\u2019umwaka ushize, hamwe no gutangaza imihigo y\u2019umwaka utaha.<\/p>\n<p><strong>Uturere twahawe ibikombe byo kwesa imihigo<\/strong><\/p>\n<p>Uturere twahawe ibikombe byo kwesa imihigo y\u2019ubushize ni Kicukiro yabaye iya mbere n\u2019amanota 95.5, Kamonyi ya kabiri n\u2019amanota 95.1%, naho Bugesera kaba aka gatatu n\u2019amanota 94%.<\/p>\n<p>Akarere kabaye aka nyuma ni Rutsiro, kakaba kasimbuye kuri uyu mwanya aka Gakenke kabaye aka 17.<\/p>\n<p>Uturere twabaye utwa mbere mu myaka ishize, nka Rulindo, Nyamagabe Nyamasheke na Gisagara, twagiye tugaragaza ko twasubiye inyuma mu myanya, ariko muri rusange tukaba tutasubiye inyuma cyane ku manota twajyaga tubona.<\/p>\n<p>Iyi mihigo akenshi ntivugwaho rumwe kuko ngo akenshi abayobozi baba bagamije kubona amanota meza kugeza ubwo bihaye imihigo igoye kugerwaho bityo abaturage akaba aribo bahababarira.<\/p>\n<p><strong>\u201cAgaciro Development Fund (AgDF)\u201d gateye benshi impungenge<\/strong><\/p>\n<p>Abantu benshi twashoboye kuganira bashimye icyi gitekerezo cyo gushyiraho icyi kigega ariko basanga igihe gishyiriweho n\u2019abagishyizeho bihishe byinshi ku buryo abanyarwanda batanga iyo nkunga batakwizera ko iyo nkunga itazakoreshwa mu gukomeza gutera inkunga inyeshyamba za M23 zo muri Congo, gukomeza kubona ingufu zo gupyinagaza abanyarwanda, kujya guhiga no kugirira nabi abatavuga rumwe na Leta baba hanze n\u2019ibindi bikorwa by\u2019urugomo bikorwa na Leta ya FPR ndetse ntawakwizera ko atarengera mu mifuka y&#8217;agatsiko kayoboye u Rwanda.<\/p>\n<p>Ikindi giteye inkeke n\u2019ukuntu abanyarwanda bakwikorezwa umuzigo uturuka kuri politiki mbi yo kujya kwica no gusahura ibihugu by\u2019abaturanyi kandi n\u2019ubundi basanzwe bugarijwe n\u2019ubukene n\u2019inzara abenshi bakabona FPR n\u2019abayishyigikiye bagombye kubaga bakifasha kuko n\u2019ubundi aribo bakura inyungu muri izo ntambara bashoramo abanyarwanda.<\/p>\n<p>Ikindi kitumvikana n&#8217;ukuntu icyo kigega nta tegeko rigishyiraho ryagiyeho, imicungire yacyo n&#8217;ibyo kizakora nabyo birimo urujijo kuko n&#8217;ubundi abazagicunga n&#8217;abasanzwe basahura abanyarwanda, n&#8217;abavugwa ko bazajya bagena icyo ayo mafaranga azajya akoreshwa buri mwaka ntawashidikanya ko batazaturuka mu bikomerezwa by&#8217;ingoma ya FPR. Kandi abazatanga inkunga muri icyo kigega nta nyungu n&#8217;imwe bazahabwa cyangwa ikindi cyintu cyose cy&#8217;agahaimbaza musyi.<\/p>\n<p><strong>Umwanzuro<\/strong><\/p>\n<p>Tugarutse ku ijambo rya Perezida Kagame aho yavuze ko hari abarya utwabo bagashaka no kurya utw\u2019abandi ubanza yarashakaga kwivuga we na Leta ye kuko bariye utwabo barya utw\u2019abanyekongo, barya inkunga z\u2019amahanga, barya utw\u2019abanyarwanda none barashaka guhorahoza abaturage babanyunyuzamo n\u2019intica n\u2019ikize bitwa ko bari basigaranye.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Aya magambo Perezida Kagame yayavuze kuri uyu wa kane tariki 23\/8\/2012, ubwo yatangizaga ikigega cyiswe \u201cAgaciro Development Fund (AgDF)\u201d ngo kizegeranyirizwamo inkunga kugira ngo cyunganire ingengo y\u2019imari ya Leta. Kikaba cyarashyizweho kubera ko Leta y&#8217;u Rwanda yari imaze guhagarikirwa imfashanyo zimwe na zimwe n&#8217;ubwo abayobozi babihakana. Mu gutangira iyo mihango Perezida Kagame yibutse umunyagitugu mugenzi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1159,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,69],"tags":[],"class_list":["post-1157","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Aya magambo Perezida Kagame yayavuze kuri uyu wa kane tariki 23\/8\/2012, ubwo yatangizaga ikigega cyiswe \u201cAgaciro Development Fund (AgDF)\u201d ngo kizegeranyirizwamo inkunga kugira ngo cyunganire ingengo y\u2019imari ya Leta. Kikaba cyarashyizweho kubera ko Leta y&#8217;u Rwanda yari imaze guhagarikirwa imfashanyo zimwe na zimwe n&#8217;ubwo abayobozi babihakana. Mu gutangira iyo mihango Perezida Kagame yibutse umunyagitugu mugenzi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-23T19:30:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-08-24T07:37:12+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu\",\"datePublished\":\"2012-08-23T19:30:34+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-24T07:37:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/\"},\"wordCount\":1213,\"commentCount\":6,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\",\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/\",\"name\":\"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-23T19:30:34+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-24T07:37:12+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"640\",\"height\":\"367\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu - Umunyarwanda","og_description":"Aya magambo Perezida Kagame yayavuze kuri uyu wa kane tariki 23\/8\/2012, ubwo yatangizaga ikigega cyiswe \u201cAgaciro Development Fund (AgDF)\u201d ngo kizegeranyirizwamo inkunga kugira ngo cyunganire ingengo y\u2019imari ya Leta. Kikaba cyarashyizweho kubera ko Leta y&#8217;u Rwanda yari imaze guhagarikirwa imfashanyo zimwe na zimwe n&#8217;ubwo abayobozi babihakana. Mu gutangira iyo mihango Perezida Kagame yibutse umunyagitugu mugenzi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-23T19:30:34+00:00","article_modified_time":"2012-08-24T07:37:12+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu","datePublished":"2012-08-23T19:30:34+00:00","dateModified":"2012-08-24T07:37:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/"},"wordCount":1213,"commentCount":6,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru","Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/","name":"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-23T19:30:34+00:00","dateModified":"2012-08-24T07:37:12+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"640","height":"367"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-ati-baradusinziriza-bakarya-ibyabo-nibyacu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame ati: baradusinziriza bakarya ibyabo n\u2019ibyacu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1157","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1157"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1157\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1157"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1157"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1157"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}