{"id":11615,"date":"2015-10-19T15:48:19","date_gmt":"2015-10-19T13:18:19","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11615"},"modified":"2015-10-19T15:48:19","modified_gmt":"2015-10-19T13:18:19","slug":"faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Urubyiruko mu Rwanda rwishimiye kubona mwene Pierre Rutare bita STROMAE, akaba umubirigi wabyiyemeje afatanije na maman we, akitwa izina bwite rya Paul Van Haver.<!--more--> Igitaramo yatanze i Kigali ejobundi cyashimishije abasore n\u2019inkumi bo mu Rwanda bari bagitegereje, bashaka kumva PAPAOUTAI, FORMIDABLE na ON DANSE. Abaje bose, uretse gushyugumbwa mu mamaguru, basa n\u2019abashaka gucinya akadiho, barambura amaboko bayerekeza mu kirere, ibivugwa mu ndirmbo za Paul Van Haver abenshi ntibabyumvise kubera igifaransa gisa n\u2019icyaciwe mu Rwanda. Kumva amagambo ntibyari ngombwa no muri Amarika aho yagize akarusho ntibumva igifaransa. Ariko kandi na STROMAE ibyo ntabyitayeho. Ibye ni SHOW. Iyo irangiye aritahira. Icyari cyazanye abenshi si ukumva amagambo, ahubwo byari ukureba umuburigi w\u2019umunyarwanda utavuga ikinyarwanda, uburyo aririmba.<\/p>\n<p>AKARUSHO NI MIHIGO<\/p>\n<p>Uko byagenda kose muri iki gihe ntawaririmba mu RWANDA, kabone niyo yaza avuye mu ijuru, uretse no mu Buburigi, ngo azahige KIZITO MIHIGO. Uyu mu bihe turimo ni RUDAHIGWA mu mihigo no mu mibanire y\u2019Abanyarwanda. Yanze kugira imihigo mibisha, ngo agambanire ibitekerezo bye n\u2019ubumuntu bwe, ahitamo kuvuga ukuri. Yitandukanya na za nkwakuzi z\u2019abahemu, ubu zigize Inyarurembo zirirwa zivuga amahamba, yatumye bitwa MACOYINDA. Kizito Mihigo yabaye imfura yanga guhemukira rubanda n\u2019igihugu. Nubundi imfura byitwa uwo ariwe wese wanga guhemuka, akba ni Inyangamugayo. Bityo rero Kizito tumugira INTWALI ya rubanda. Nubu aho bamubitse, kure y\u2019amaso si kure y\u2019umutima, tuzamurambaho, tumwita indatwa, akaba intare y\u2019amahoro mu Rwanda. Twamuragije Uwiteka ngo amudukomereze, amuramburireho ibiganza bye bigari, amuhe imigisha. Natwe turamusabira, akomeze kuba umutima w\u2019urubyiriko ni Intangarugero. Twese dukomeze kwizera ko ibihe byiza biri imbere, kugira ngo tuzabonereho umwnya wo gushimangira umurage w\u2019amahoro \u201cn\u2019umubano mu bantu\u201d turi kumwe na Kizito Mihigo. Kuzira ukuri birasanzwe na Galileo yaciwe umutwe azira kuvuga ko isi izenguruka. Yezu yazize kuvuga ko ari umwana w\u2019Imana. Kizito yazize gushaka gusana imitima yashenguwe n\u2019amaganya n\u2019agahinda no gushaka kuyisizamo ikibanza cy\u2019ubumwe n\u2019urukundo. Ntiyzize ubusa yazize ukuri n\u2019ubutwari, azira urukundo rw\u2019igihugu n\u2019Abanyarwanda, kurusha abagombye kubyigisha no kubigira umugambi w\u2019ubuyobozi bw\u2019igihugu. Kubizira bisa n\u2019integuza yo kugira ngo twihane, dutegura imitima yacu, kugira ngo twakire agakiza, bityo twigobotore \u201cBakazarusenya\u201d, bityo tugakizwa amahano y\u2019ababisha bagendera ku nshinngano zo gukomeza amahano n\u2019imigambi \u201cngengabwoba\u201d. Imana iturinde ayo mahano n\u2019amahane, kandi igorore imitima y\u2019abafunze Kizito Mihigo. Ubundi gufungwa nk\u2019ibi, kera byari byo mu gikoloni. Kubera kwanga ubumwe bw\u2019Abanyarwanda bwafatwaga nka \u201cDANGER\u201d. Gufunga Kizito Mihigo kandi ashaka mahoro ntabwo twabifata nk\u2019ubutwari bwo kurengera igihugu, tubifata nk\u2019ikimenyetso cy\u2019ubwoba. KIZITO MIHIGO ntazira ubugome, ntibwamurangwaho, kubera ko atariko yarezwe. Kizito yabyirutse abwirizwa gukunda JAMBO, nawe wazize ababisha yigishaga ukwizera Imana, bamuhindura ruvumwa bamubamba ku musaraba. Arapfa, arahambwa, arazuka ajya kwa se mu ijuru agira ati: \u201cuko mubonye ngenda niko nzagaruka\u201d. Na Kizito Mihigo IMANA izamugirira ubuntu imugarure muri rubanda.<\/p>\n<p>\u201cIGISOBANURO CY\u2019URUPFU\u201d NI NTA NGERE.<\/p>\n<p>Kizito ubwo yaririmbaga \u201cIGISUBIZO CY\u2019URUPFU\u201d nibwo yasize umura akuye ku MANA yamwhorereje umwuka wera ngo avuge amagambo meza akubiye muri iyi ndirimbo. Urubyiruko ruzakunde KIZITO MIHIGO. Natwe abakuze turamukunda. Kmwibagirwa ntibikabe. Kuberako UWITEKA AMURINZE KANDI AZAMUDUHA NTAKABUZA.<\/p>\n<p>Abahanzi b\u2019amahanga ntibakabacire ishati. Nimujye mwumva na za KARAHANYUZE mwumve RODRIGUE abwira UBARIJORO ko nta gihugu cyaruta uRwnada mwumve na NKURUNZIZA aririmba \u201cUmubano mu bantu\u201d. Mujye mwumva n\u2019izigezweho, maze mwumve indirimbo yitwa ngo: \u201d NDARIRIMBA\u201d by KIGALI Z ILLEST, iririmbwa na Claude KAYIJAHO. MUKUNDE ABIWANYU, MUKUNDE IWANYU, MUKUNDE UMUJEUNE KIZITO MIHIGO. NIMUTERA UBUREZI MUBWIBANZE. Ntimugahinde gusa nk\u2019inkuba zesa. Mujye mumenya akatsi n\u2019ururo. Muririmbe ibiriho, bitanga amasomo, amasomo yo kwizera ibihe bizaza, musaba ko ibihe bihinduka bigana inzira nziza yo gukorera igihugu mwikorera. Nka Babajeune bo muri \u201cNDARIRIMBA\u201d bagira bati: \u201cIMANA IZATWOHEREREZE YESU W\u2019UMWIRABURA TWE NTIDUTEZE KUMUBAMBA.\u201d Nibyo NTITUKABAMBE, TUZABANE AKARAMATA.<\/p>\n<p>Perezida wa RDI-Rwanda Rwiza<br \/>\n<strong>Twagiramungu Faustin<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urubyiruko mu Rwanda rwishimiye kubona mwene Pierre Rutare bita STROMAE, akaba umubirigi wabyiyemeje afatanije na maman we, akitwa izina bwite rya Paul Van Haver.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":11616,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-11615","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urubyiruko mu Rwanda rwishimiye kubona mwene Pierre Rutare bita STROMAE, akaba umubirigi wabyiyemeje afatanije na maman we, akitwa izina bwite rya Paul Van Haver.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-10-19T13:18:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/stromae.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"440\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"198\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2015-10-19T13:18:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":630,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/10\\\/stromae.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/10\\\/stromae.jpg\",\"datePublished\":\"2015-10-19T13:18:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/10\\\/stromae.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/10\\\/stromae.jpg\",\"width\":440,\"height\":198},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"Urubyiruko mu Rwanda rwishimiye kubona mwene Pierre Rutare bita STROMAE, akaba umubirigi wabyiyemeje afatanije na maman we, akitwa izina bwite rya Paul Van Haver.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-10-19T13:18:19+00:00","og_image":[{"width":440,"height":198,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/stromae.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda","datePublished":"2015-10-19T13:18:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/"},"wordCount":630,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/stromae.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/","name":"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/stromae.jpg","datePublished":"2015-10-19T13:18:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/stromae.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/stromae.jpg","width":440,"height":198},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/faustin-twagiramungu-yagize-icyo-avuga-ku-ruzinduko-rwa-stromae-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Faustin Twagiramungu yagize icyo avuga ku ruzinduko rwa Stromae mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11615","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=11615"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11615\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11616"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=11615"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=11615"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=11615"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}