{"id":11676,"date":"2015-10-29T01:55:54","date_gmt":"2015-10-28T23:25:54","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11676"},"modified":"2015-10-29T09:39:13","modified_gmt":"2015-10-29T07:09:13","slug":"perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/","title":{"rendered":"Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga!"},"content":{"rendered":"<p>Abadepite mu nteko ishingamategeko y&#8217;u Rwanda guhera kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2015 bameze nk&#8217;abicaye ku cyarahani aho barimo kudodera Peezida Kagame itegeko nshinga rimukwiriye neza neza.\u00a0Uwo mushinga w&#8217;itegeko umuntu wese uwusomye yangirango ni byenda gusetsa cyangwa abadepite barimo gutebya!<!--more--><\/p>\n<p>Ingingo ya 101 abantu banshi bamaganye ko yahindurwa ntabwo bayikozeho ahubwo bagabanyije imyaka ya manda iva kuri irindwi ijya kuri 5 .\u00a0<em>\u201cPerezida wa Repubulika atorerwa manda y\u2019imyaka itanu. Ashobora kongera gutorwa inshuro imwe. Nta na rimwe umuntu yemererwa gutorerwa manda zirenze ebyiri (2) ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Ariko bakoze agashya ubwo mu ngingo ya 167 \u00a0aho bakoreye Perezida Kagame ingingo ye yihariye wagirango ni abadozi babanje gupima umuntu bakamudodera umwenda umukwiriye.<\/p>\n<p>Mu gika cyayo cya mbere hagira hati<em>\u00a0\u201cPerezida wa Repubulika uriho igihe iri tegeko Nshinga rivuguruye ritangira gukurikizwa akomeza manda yatorewe.\u201d<\/em><\/p>\n<figure id=\"attachment_11681\" aria-describedby=\"caption-attachment-11681\" style=\"width: 333px\" class=\"wp-caption alignright\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/Evode37.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-11681\" alt=\"Umunyamategeko Evode Uwizeyimana yagaragaye mu nteko nshinga mategeko afasha abadepite gutera itegeko nshinga ibiremo ngo arebe ko ryakwira Perezida Kagame \" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/Evode37.jpg\" width=\"333\" height=\"250\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/Evode37.jpg 333w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/Evode37-300x225.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 333px) 100vw, 333px\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-11681\" class=\"wp-caption-text\">Umunyamategeko Evode Uwizeyimana yagaragaye mu nteko nshinga mategeko afasha abadepite gutera itegeko nshinga ibiremo ngo arebe ko ryakwira Perezida Kagame<\/figcaption><\/figure>\n<p>Igika cya kabiri cy\u2019iyi ngingo kigakomeza kiti<em>\u00a0<strong>\u201cIbiteganywa mu ngingo ya 101 y\u2019iri tegeko nshinga rivuguruye bitangira gukurikizwa nyuma ya manda y\u2019imyaka 7, itangira nyuma y\u2019isozwa rya manda ivugwa mu gika cya mbere cy\u2019iyi ngingo.<\/strong>\u201d<\/em><\/p>\n<p>Birababaje ariko na none birasekeje nimwiyumvire namwe:<\/p>\n<p><em>\u201cHitawe ku busabe bw\u2019 Abanyarwanda bwabaye mbere y\u2019 uko iri Tegeko Nshinga rivuguruye ritangira gukurikizwa, rishingiye ku bimaze kugerwaho mu kubaka u Rwanda no kubaka umusingi w\u2019 iterambere rirambye, Perezida wa Repubulika urangije manda ivugwa mu gika cya Mbere cy\u2019 iyi ngingo ashobora kongera gutorerwa manda y\u2019 imyaka irindwi (7).<\/em><\/p>\n<p>Bivuze ko iri tegeko ritowe, Perezida Kagame yemerewe kongera kuyobora indi manda y\u2019imyaka irindwi nyuma y\u2019iyi, hanyuma hagakurikizwa manda y\u2019imyaka itanu, uyisoje yemererwa kongera kwiyamamaza inshuro imwe gusa. Ibi bivuze ko Perezida Kagame ashobora kuyobora indi myaka 17 nyuma ya 14 agiye gusoza mbese barifuza ko aguma ku butegetsi kugeza afite imyaka 77.<\/p>\n<p>Uretse ko n&#8217;ubundi amatora ari ikinamico, buriya se iriya myaka 7 bavuga bahaye Kagame ngo kuko yayoboye neza ngo yongere yiyamamaze aramutse atsinzwe amatora uwamutsinda yategeka 7 cyangwa 5 ? Nyuma se uwo muntu nawe yazahabwa uburenganzira bwo kwiyamamaza muri ziriya manda zindi 2 ntarengwa z&#8217;imyaka 5?<\/p>\n<p>Abantu bagombye kureka kurwanya manda ya 3 ya Perezida Kagame ahubwo bakarwanya manda ye ya 5!!<\/p>\n<p>Umuntu yakwibaza ati ko muri 2003 bamuhaye manda y&#8217;imyaka 7 inshuro 2 bibwira ko imyaka 14 ari myinshi itazashira none ikaba ishize aho n&#8217;iriya 17 ishize bamenya babigira bate? (Uretse ko bigoye).<\/p>\n<p>Rero izo ntumwa za rubanda nako za Kagame zirimo kudoda riraya tegeko nizivuge ziti u Rwanda ntabwo rukiri Repubulika maze bimike umwami Kagame bigire inzira bareke gushyira abaturage mu gihirahiro babasinyisha impapuro bamwe batazi no gusoma ibyanditseho.<\/p>\n<p>Aho iri tegeko barimo kumudodera ngo rimukwire ntabwo ryaba ari nka rwa ruhu rw&#8217;imparage abidishyi barimo kumudoderaho? Aho abo bidishyi nirumara kumwumiraho ntabwo azataka bakamwihorera?<\/p>\n<p>Umwe mu bakurikirana politiki y&#8217;u Rwanda hafi yagize ati: &#8220;<em>Simpamya ko Perezida Kagame ayobewe ko umwambaro &#8220;abakannyi&#8221; bariho barakana ari uwo azifureba! Ese kuvuga ko ntayindi manda ashaka byamunaniye kujya mu nteko akabibahamiriza. Kuba atabikora nuko azi icyo ategereje(&#8230;)! Ubanza ari ukwambuka uruzi arugezeho nk&#8217;uko yabivuze. Aba badepite ariko ibyo bakora ntibazi ko bishobora kuzagira ingaruka ku mateka yabo n&#8217;imiryango yabo ndetse n&#8217;ay&#8217;igihugu muri rusange. Reka dutegereze turebe dore ko ubamba isi adakurura&#8230;!&#8221;<\/em><\/p>\n<p><strong>Email:\u00a0<em>therwandan@ymail.com<\/em><\/strong><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abadepite mu nteko ishingamategeko y&#8217;u Rwanda guhera kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2015 bameze nk&#8217;abicaye ku cyarahani aho barimo kudodera Peezida Kagame itegeko nshinga rimukwiriye neza neza.\u00a0Uwo mushinga w&#8217;itegeko umuntu wese uwusomye yangirango ni byenda gusetsa cyangwa abadepite barimo gutebya!<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":11677,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-11676","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abadepite mu nteko ishingamategeko y&#8217;u Rwanda guhera kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2015 bameze nk&#8217;abicaye ku cyarahani aho barimo kudodera Peezida Kagame itegeko nshinga rimukwiriye neza neza.\u00a0Uwo mushinga w&#8217;itegeko umuntu wese uwusomye yangirango ni byenda gusetsa cyangwa abadepite barimo gutebya!\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-10-28T23:25:54+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2015-10-29T07:09:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-inyeshyamba.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"700\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"394\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/\",\"name\":\"Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-inyeshyamba.jpg\",\"datePublished\":\"2015-10-28T23:25:54+00:00\",\"dateModified\":\"2015-10-29T07:09:13+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-inyeshyamba.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-inyeshyamba.jpg\",\"width\":700,\"height\":394},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga! - Umunyarwanda","og_description":"Abadepite mu nteko ishingamategeko y&#8217;u Rwanda guhera kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2015 bameze nk&#8217;abicaye ku cyarahani aho barimo kudodera Peezida Kagame itegeko nshinga rimukwiriye neza neza.\u00a0Uwo mushinga w&#8217;itegeko umuntu wese uwusomye yangirango ni byenda gusetsa cyangwa abadepite barimo gutebya!","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-10-28T23:25:54+00:00","article_modified_time":"2015-10-29T07:09:13+00:00","og_image":[{"width":700,"height":394,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-inyeshyamba.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/","name":"Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-inyeshyamba.jpg","datePublished":"2015-10-28T23:25:54+00:00","dateModified":"2015-10-29T07:09:13+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-inyeshyamba.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-inyeshyamba.jpg","width":700,"height":394},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-arimo-kudoderwa-itegeko-nshinga\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame arimo kudoderwa itegeko nshinga!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11676","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=11676"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11676\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11677"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=11676"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=11676"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=11676"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}