{"id":11722,"date":"2015-11-03T20:26:50","date_gmt":"2015-11-03T17:56:50","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11722"},"modified":"2015-11-03T20:26:50","modified_gmt":"2015-11-03T17:56:50","slug":"itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/","title":{"rendered":"Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki?"},"content":{"rendered":"<p>Ntibitangaje ko abantu bakomeza kugira icyo bavuga ku mushinga w\u2019Itegekobshinga. Ahubwo icyatangaza ni ukutawuvugaho, cyane cyane ko abantu banyuranye bari kwerekana impungenge zikomeye bitewe n\u2019inenge babona ziwurimo. Abantu barerekana ingaruka byagira ntagikosowe. Abadepite bamaze kuwemeza, ubu abantu baribaza niba Sena izabarusha ubushobozi n\u2019ubushishozi.<!--more--><\/p>\n<p>Mu ikubitro, Komisiyo yashyizweho na perezida Kagame ngo itegure umushinga w\u2019ivugururwa ry\u2019Itegekonshinga, ntiyatinze mu makoni, byabaye nk\u2019ibyo guhumbya, ivuga ko irangije kuwutegura. Mu bayigize harimo impuguke mu mategeko nka John Milenge, Me Evode Uwizeyimana, \u2026 hakabamo n\u2019abantu b\u2019inararibonye nka Dr Augustin Iyamuremye wayiyoboye n\u2019abandi. Ikibazo ariko ni ukumenya niba barakoze umushinga bashingiye ku mahame remezo agena Itegekonshinga cyangwa niba barashyize mu nyandiko ibyifuzo by\u2019abanyabubasha mu gihugu.<\/p>\n<p>Uwo mushinga wagejejwe mu nteko kugira ngo abadepite bawusuzume. Ababikurikiraniye hafi bemeza ko nta kintu cy\u2019ingirakamaro abadepite bakosoyemo. Ahubwo abantu bagaye ko igihe kinini bagitaye bajya impaka zo kuvanamo ijambo Imana. Bamaze kwemeza kurivanamo, abanyarwanda, na benshi mu banyamadini barumiwe. Nyamara hari ibindi bifite uburemere bari gusuzuma. Ku isonga y\u2019ibyo bamwe bagaya harimo guha perezida uriho muri iki gihe uburyo bwo kuba yakomeza kwiyamamaza no kuba yatorerwa kuyobora kugeza mu w\u20192034 abishatse. Mu banyarwanda hari abasanga bidasanzwe ndetse ngo bishobora kugira ingaruka umuntu ushyira mu gaciro atakwifuriza igihugu.<\/p>\n<p><strong>Abadepite bahaye perezida Kagame kuba yayobora manda 5?!<\/strong><\/p>\n<p>Mu w\u20192017 perezida Kagame azaba arangije manda ebyiri. Itegekonshinga Urwanda rugenderaho, rivuga ko nta na rimwe perezida wa Repubulika arenza manda ebyiri. N\u2019ubwo mu mushinga mushya bongera kubyemeza ndetse bakagabanya umubare w\u2019imyaka manda imara, ikaba itanu aho kuba irindwi (ingingo y\u2019101), abakurikiranira hafi basanga ikintu kidasanzwe cyakozwe, ni ukongeramo ingingo (y\u2019172), iha uburyo uzatorwa mu w\u20192017 kuzayobora indi imyaka irindwi nyuma akagira uburenganzira bwo gutorerwa manda nshya y\u2019imyaka itanu yayirangiza akanemerwa gutorerwa manda ya kabiri y\u2019indi myaka itanu, ubwo akaba ari bwo hazaba hatangiye kubahirizwa manda zitarenga ebyiri z\u2019imyaka itanu.<\/p>\n<p><strong>Abantu basanga inenge ari izihe?<\/strong><\/p>\n<p>Inenge ya mbere igaragarira mu kibazo gukurikira:<\/p>\n<p>Niba byaramaze kumvikana neza ko bifite ishingiro ko ntawukwiye kurenza manda ebyiri, mu w\u20192017 perezida Kagame azaba arangije manda ebyiri, bigenze bite ngo yongererwe manda ya gatatu y\u2019imyaka irindwi? Kubyita ko bikomotse ku gisa n\u2019inzibacyuho, abantu baribaza niba atari ugushakisha uko bahuma amaso abanyarwanda. Uretse n\u2019ibyo kandi na nyuma y\u2019iyo manda yaba ari iya gatatu ayitorewe, anemerewe iya kane yaba ari imyaka itanu aramutse ayitorewe mu w\u20192024, ndetse akanemererwa kuba yatorerwa indi manda y\u2019imyaka itanu mu w\u20192029, kuri we ikaba mu by\u2019ukuri yaba ibaye manda ya gatanu. Mbese ni ukuvuga ko byashoboka ko yayobora kugeza mu w\u20192034! Ikibazo nyine rero abantu bibaza: ni gute wavuga ko wumvise neza ko bifite ireme kutarenza manda ebyiri, nyamara ako kanya ugahita ugira uwo ubihera uburyo bwo kuzirenza. Ni nde utabona ko harimo kwivuguruza? Ninde utibaza niba ihame rivuga ko abantu bareshya imbere y\u2019amategeko ryubahirijwe? Mu w\u20192017, nyuma y\u2019imyaka 14 azaba amaze ari perezida, ashobora kuziyamamaza akaba yanategeka indi myaka 17, yose hamwe ikaba imyaka 31! Ari ya Komisiyo yateguye umushinga, ari n\u2019abadepite bose basanga ibyo bintu bifite ireme!<\/p>\n<p>Ibyo byose bikubitiraho ko iyo abantu bitegereje imigendekere y\u2019amatora mu gihugu nk\u2019Urwanda, basanga ntagushidikanya ko uwatsinda muri iki gihe ari uwifuzwa mu banyabubasha bari ku butegetsi. Ngiki igitera bamwe impungenge iyo batekereje ku ngaruka zaterwa no kubona ko abifuza guhatanira imyaka ya politiki badahabwa amahirwe angana. Ngiki igitera impungenge abifuza ko Urwanda rwagira ituze ndetse buri munyarwanda akagira uburenganzira bungana n\u2019ubwa mugenzi we imbere y\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Sena irareba kure kurusha abadepite? Izagira ubutwari bwo gukosora ibyo bamwe mu banyabubasha bifuza ko byaguma uko biri. Sena yakora ikitifujwe na perezida Kagame? Sena yakora icyo FPR idahaye umugisha?<\/p>\n<p><strong>Perezida Paul Kagame hari icyo yabikoraho?<\/strong><\/p>\n<p>Perezida Kagame ashobora kugira ubutwari agakomera ku magambo meza yavuze mu kwezi k\u2019Ukwakira 2010 aho yavuze amaze gutorerwa manda ya kabiri nyuma kandi y\u2019indahiro ko azubahiriza Itegekonshinga, muri uko kwezi yashimangiye ko perezida atakwitwaza ko yakoze neza cyangwa ko hari ibyo atararangiza, ngo bimubere urwitwazo rwo kurenza manda ebyiri. Yongeyeho ko ntacyo yaba yarakoze habuze ukomereza aho yari ageze nyuma ya manda ebyiri kandi ko na bwo bitaba urwitwazo rwo kuguma kuri uwo mwanya. Yarabishimangiye kandi abiha uburemere bukomeye, abiherwa amashyi menshi kuko bifite ireme. Akomeye ku ijambo yavuze, ingingo y\u2019172, ishobora kuvanwamo. Mu gihe nta cyaba gihindutse, hari abasanga ko muri uriya mushinga hashyizwemo ingingo zizitira inzira irinda amakimbirane.<\/p>\n<p>Ku munsi wa none, uriya mushinga uteye bamwe kwibaza. Nyamara iyo uza utivuguruza, cyari igihe ko yaba abari ku butegetsi, yaba abari muri Opozisiyo bagira icyo bavuga kandi bakabwira abaturage imishinga myiza bafitiye igihugu bahereye nko ku bintu bitatu:<\/p>\n<p>1. Ni ibihe byiza perezida Kagame yakoze, ku buryo uwamusimbura yabikomerezaho?<br \/>\n2. Ni ibihe yakoze nabi? Byakosorwa bite?<br \/>\n3. Ni ibihe atigeze akora bikwiye gukorwa? Byagerwaho bite?<\/p>\n<p>Uriya mushinga uratanga ayahe mahirwe yageza abanyarwanda ku muti w\u2019ibibazo biriho? N\u2019ubwo hari izindi ngingo zifite inenge, umuntu yagarukaho ikindi gihe ariko iyo ingingo y\u2019101 y\u2019uwo mushinga ibasha guhita itangirana n\u2019uw\u20192017, mbese ntise n\u2019ivuguruzwa n\u2019iy\u2019172 (ari yo ya yindi iha uwatorwa ubutaha uburyo bwo kwiyamamaza no kuba yatorwa imyaka 17 yose hamwe (7+5+5), iyo hataba iyo nenge uriya mushinga wari kuba uteye intambwe. Ese ku munsi wa none hari igaruriro? Igisubizo ni icy\u2019abafata ibyemezo. Sena niyemeza uriya mushinga w\u2019Itegekonshinga, uzajyanwa muri \u00ab\u00a0r\u00e9f\u00e9rendum\u00a0\u00bb kugira ngo abanyarwanda bawutore cyangwa bawange. Nibawemera, perezida wa Repubulika ashobora kuwusinya, ugasohoka mu igazeti ya Leta noneho ugatangira gushyirwa mu bikorwa no kubahirizwa.<\/p>\n<p><strong>Jean Claude Mulindahabi<\/strong><\/p>\n<p><em>Ni umunyamakuru w&#8217;umunyarwanda uba mu gihugu cy&#8217;u Bufaransa, inkuru ze zindi mwazisanga kuri <a href=\"https:\/\/mulijeanclaude.wordpress.com\/2015\/11\/03\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/\">EJCM INFO<\/a><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ntibitangaje ko abantu bakomeza kugira icyo bavuga ku mushinga w\u2019Itegekobshinga. Ahubwo icyatangaza ni ukutawuvugaho, cyane cyane ko abantu banyuranye bari kwerekana impungenge zikomeye bitewe n\u2019inenge babona ziwurimo. Abantu barerekana ingaruka byagira ntagikosowe. Abadepite bamaze kuwemeza, ubu abantu baribaza niba Sena izabarusha ubushobozi n\u2019ubushishozi.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":11723,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-11722","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ntibitangaje ko abantu bakomeza kugira icyo bavuga ku mushinga w\u2019Itegekobshinga. Ahubwo icyatangaza ni ukutawuvugaho, cyane cyane ko abantu banyuranye bari kwerekana impungenge zikomeye bitewe n\u2019inenge babona ziwurimo. Abantu barerekana ingaruka byagira ntagikosowe. Abadepite bamaze kuwemeza, ubu abantu baribaza niba Sena izabarusha ubushobozi n\u2019ubushishozi.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-11-03T17:56:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/inteko.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"467\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"307\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/\",\"name\":\"Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/inteko.jpg\",\"datePublished\":\"2015-11-03T17:56:50+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/inteko.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/inteko.jpg\",\"width\":467,\"height\":307},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki? - Umunyarwanda","og_description":"Ntibitangaje ko abantu bakomeza kugira icyo bavuga ku mushinga w\u2019Itegekobshinga. Ahubwo icyatangaza ni ukutawuvugaho, cyane cyane ko abantu banyuranye bari kwerekana impungenge zikomeye bitewe n\u2019inenge babona ziwurimo. Abantu barerekana ingaruka byagira ntagikosowe. Abadepite bamaze kuwemeza, ubu abantu baribaza niba Sena izabarusha ubushobozi n\u2019ubushishozi.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-11-03T17:56:50+00:00","og_image":[{"width":467,"height":307,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/inteko.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/","name":"Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/inteko.jpg","datePublished":"2015-11-03T17:56:50+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/inteko.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/inteko.jpg","width":467,"height":307},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itegekonshinga-komisiyo-nabadepite-bagaragaje-ubushobozi-bwabo-abasenateri-babarusha-iki\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Itegekonshinga: Komisiyo n\u2019abadepite bagaragaje ubushobozi bwabo; abasenateri babarusha iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11722","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=11722"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11722\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11723"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=11722"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=11722"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=11722"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}