{"id":11771,"date":"2015-11-08T18:26:10","date_gmt":"2015-11-08T15:56:10","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11771"},"modified":"2015-11-08T18:26:10","modified_gmt":"2015-11-08T15:56:10","slug":"sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/","title":{"rendered":"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE."},"content":{"rendered":"<p>Bavandimwe mu gihe muri iyi minsi ishize twariho twiganirira kubijyanye n\u2019ukwemera, lsengesho n\u2019ibindi\u2026nyuma twagize dutya twumva inkuru y\u2019inca mugongo iturutse i Rwanda ivugako IMANA yakuwe mu itegeko nshinga ry\u2019u Rwanda. lcyo gikorwa nagereranya n\u2019icy\u2019ubwiyahuzi nshingiye ku amateka y\u2019lmana n\u2019Abanyarwanda, abantu benshi ntibaribabona ko kigiye guhindura amateka. lbi biraterwa n\u2019uko hari andi mateka yirengagijwe nyamara ari ay\u2019agaciro gakomeye kandi azaranga u Rwanda kugeza ubwo iyi isi ya Rurema izarangira.<!--more--><\/p>\n<p>Bavandimwe munyumve neza ibyo ngiye kuzabaganiriza muri izi nyandiko z\u2019uruhererekane zivuga kuri uyu mutwe w\u2019iyi nyandiko, ndabivuga nk\u2019umu maman w\u2019UMUKRISTU ukurikiranira hafi UBUKRISTU n\u2019amateka y\u2019ubukristu bw\u2019abanyarwanda kuko ntari umunyapolitike.<\/p>\n<p>Bavandimwe, ayo mateka nakomeje kuvuga ari muyaranze ubuzima bw\u2019umugabo wayoboye uru Rwanda akaba ndetse abarirwa no mu intwari z\u2019igihugu nk\u2019uko zashyizweho na Leta yirukanye IMANA mu mategeko yayo.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/mutara-rudahigwa.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignright size-full wp-image-11772\" alt=\"mutara rudahigwa\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/mutara-rudahigwa.jpg\" width=\"467\" height=\"691\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/mutara-rudahigwa.jpg 467w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/mutara-rudahigwa-202x300.jpg 202w\" sizes=\"auto, (max-width: 467px) 100vw, 467px\" \/><\/a>Uwo ntawundi ni Umwami Charles Leon Pierre MUTARA wa III RUDAHIGWA. Ndagirango mbibutse Banyarwanda, ko uyu mugabo mu birori byamaze iminsi itatu yose, kuva kuya 25 kugeza kuya 27\/10\/1946 yagize atya agafata u RWANDA n\u2019Abarutuye n\u2019lbirimo byose akabitura IMANA Rurema ,kuko yari amaze kubona ko ari we Mugenga w\u2019amahanga yose, akaba n\u2019UMWAMI w\u2019abandi Bami bose.<\/p>\n<p>Uyu muhango ukomeye mu mateka y\u2019u Rwanda wabaye ku cyumweru taliki ya 27\/10\/1946 i Nyanza mugitambo cya missa cyayobowe na Musenyeri Laurent DEPLIMOZ .<\/p>\n<p>Yateruye agira ati : &lt;&lt; Nyagasani YEZU mwami w\u2019Abantu bose n\u2019uw\u2019lmiryango yose, wowe hamwe n\u2019umubyeyi wawe BIKIRA MARIYA umwamikazi w\u2019ijuru n\u2019isi, Njyewe MUTARA KARORI LEWO PETERO RUDAHIGWA, ndapfukamye ngo nemezeko arimwe bagenga b\u2019inteko y\u2019u Rwanda,mukagomba no kutubera umuzi ushingiweho n\u2019ubutegetsi bwa rwo n\u2019lngoma yabwo. Nyagasani YEZU Kristu mwami, ni wowe warwiremeye uruha abategetsi bo kurugenga mu izina ryawe, ugumya kurugwiza uruyobora ku ngoma nyinshi tutarakumenya. lgihe wabirindiriye ubonye kigeze uruha kwogeramo ingoma yawe, uruzanamo n\u2019intumwa zawe zo kurugwizamo urumuri rw\u2019amahame abeshaho iteka. Urwoherezamo kdi n\u2019abo kururera ngo barwigishe ubutegetsi barutoze amajyambere y\u2019ibyiza bikiza byose hano mu isi. Natwe Abanyarwanda twese twemeje kumugaragaro ko tukuyobotse ukaba uri umwami wacu. Twakiranye icyubahiro amahame abeshaho y\u2019ubwami bwawe, Mwimanyi nguhaye igihugu cyanjye cyose abo tuva indimwe nanjye ubwanjye.<\/p>\n<p>Abagabo barutuyemo ubahe umutima w\u2019ubudacogora mu ishyaka barurwanirira ryo kurushyira imbere no kurukomezamo amahoro wazaniye isi yose, ubavanemo imico yakera yo kugirirana nabi no guhuguzanya no kubeshyanya no kwiba no kwambura n\u2019izindi ngeso mbi zose zidahuje n\u2019ubuvandimwe wifuza kubona bwirambuye mu ingoma yawe. Ubagwizemo inema zibamurikira, zibajijura zibavanemo ubunebwe n\u2019ingeso zindi zose za gipagani zirenga itegeko ryo gusenga wowe wenyine Mungu waremye byose.<\/p>\n<p>Abagore ubahe umutima w\u2019ubudahemuka barubere mu inteko barutegeye urugori barere neza abana waduhaye kurugwiza bareme imitima yabo bayishyiremo icyubahiro cyawe n\u2019urukundo rw\u2019ingoma yawe n\u2019urw\u2019lgihugu cyacu cy\u2019u Rwanda. lngo rero zarwo zose uzikomerezemo amahoro abashakanye bahuze imitima babe nk\u2019umubiri umwe nk\u2019uko nawe umeranye na KIRIZIYA yawe. Abatware ubahe kurutegekana ubutabera barutsindemo uburengane n\u2019imigenzo mibi yindi yose inyuranije n\u2019ubutungane watwigishije, ubwabo ubakomezemo umwete wo kwirinda ingeso za gipagani, kwangana no kwiremamo ibice by\u2019inzangano,byatuma urukundo utwifuzamo rudashinga imizi mugihugu cyawe. Ubatsindire kuryaryana mumigenzereze yabo, ubatsindire guhendana ubwenge no guhemukirana mu inama bajya zo kugutunganyiriza urwanda wabaragije.<\/p>\n<p>Ubarinde kurenga kumasezerano no kwica umugenzo mwiza w\u2019ubwangamugayo, ubahe guca imanza zitunganye no kutagira uwo barenganya ngobarengere uwo bikundiye.ubatsindire kurwarana inzika no kugira uwo bayirwara mu ingabo zabo. Ubahe kwirinda kugira uwo bagambanira cyangwa ubagambanaho byo kurenganya umuntu n\u2019umwe murwanda rwawe. Ubavaneho rero imigenzo yose ya gipagani inyuranije n\u2019ubutegetsi bw\u2019ingoma yawe. lntumwa zawe zazanywe no kutwigisha amahame y\u2019ibibeshaho iteka n\u2019abazanwe no kuyobora inzira y\u2019ibyerekeye amajyambere natwe bene igihugu twese dushyire hamwe dutunganya imirimo yacu dushyizeho umwete ari wowe tuyikorera n\u2019amahanga yose uko angana tugusingize muruhame tugira tuti : &lt;&lt;KRISTU umwami n\u2019umubyeyi we BIKIRAMARIYA baragahirana ibumbye byose ubungubu ingoma n\u2019iteka ryose Amina &gt;&gt;.<\/p>\n<p>Ngiryo isengesho rikomeye ryatuwe n\u2019umwe mubabaye ku isonga ry\u2019iki gihugu cyacu, bigakora amateka y\u2019lgihango gikomeye u Rwanda rufitanye n\u2019lMANA.Abanyarwanda babishaka batabishaka iki gihango kigomba kugira ingaruka kuribo no kubyabo byose. Ingaruka zizaba nziza nibaha agaciro iki gihango bagaca bugufi bagaha icyubahiro UMWAMI W\u2019ABAMI ari we YEZU Kristu beguriwe.lngaruka nanone zizaba mbi nibahirahira bagatesha agaciro iki gihango bakima YEZU Kristu umwanya mu buzima bwabo n\u2019ubw\u2019igihugu cyabo.<\/p>\n<p>Bavandimwe banyarwanda reka mbe ndekeye aha iyi ngingo tuzongera tuyiganireho ubutaha, tuzafatanya dusesengurire hamwe iby\u2019iki gihango cy\u2019lmana n\u2019Abanyarwanda ,tunagaragaza ukuntu lmana yo ari s\u00e9rieux (serious) kuri iki gihango, duhereye kubimenyetso bifatika lmana yagaragarijemo ubu s\u00e9rieux bwayo harimo n\u2019icyabereye i KIBEHO dore hashize lmyaka 34.<\/p>\n<p>Reka n\u2019ubundi mbe mbateje amatsiko ko iyi KIBEHO nayo tuzayiganiraho bigashyira kera.<\/p>\n<p>Murakoze rero, muhorane Amahoro y\u2019lmana.<\/p>\n<p>MBIFURIJE KUDAHIRAHIRA NGO MWIMURE IMANA KANDI MWARAYITUWE.<\/p>\n<p>DUSABIRE ABATABYUMVA.<\/p>\n<p>Uwasize T.Marie Jeanne<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/aferwar-duterimbere.org\/2015\/11\/08\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/#sthash.QlFEsyWo.gtwUZ4iB.dpbs\"><strong>Duterimbere \u2013 Media<\/strong><\/a><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bavandimwe mu gihe muri iyi minsi ishize twariho twiganirira kubijyanye n\u2019ukwemera, lsengesho n\u2019ibindi\u2026nyuma twagize dutya twumva inkuru y\u2019inca mugongo iturutse i Rwanda ivugako IMANA yakuwe mu itegeko nshinga ry\u2019u Rwanda. lcyo gikorwa nagereranya n\u2019icy\u2019ubwiyahuzi nshingiye ku amateka y\u2019lmana n\u2019Abanyarwanda, abantu benshi ntibaribabona ko kigiye guhindura amateka. lbi biraterwa n\u2019uko hari andi mateka yirengagijwe nyamara ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":11773,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[79],"tags":[],"class_list":["post-11771","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-iyobokamana"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bavandimwe mu gihe muri iyi minsi ishize twariho twiganirira kubijyanye n\u2019ukwemera, lsengesho n\u2019ibindi\u2026nyuma twagize dutya twumva inkuru y\u2019inca mugongo iturutse i Rwanda ivugako IMANA yakuwe mu itegeko nshinga ry\u2019u Rwanda. lcyo gikorwa nagereranya n\u2019icy\u2019ubwiyahuzi nshingiye ku amateka y\u2019lmana n\u2019Abanyarwanda, abantu benshi ntibaribabona ko kigiye guhindura amateka. lbi biraterwa n\u2019uko hari andi mateka yirengagijwe nyamara ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-11-08T15:56:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Maria-wa-Kibeho.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"350\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"479\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE.\",\"datePublished\":\"2015-11-08T15:56:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/\"},\"wordCount\":818,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/11\\\/Maria-wa-Kibeho.jpg\",\"articleSection\":[\"Iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/\",\"name\":\"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/11\\\/Maria-wa-Kibeho.jpg\",\"datePublished\":\"2015-11-08T15:56:10+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/11\\\/Maria-wa-Kibeho.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/11\\\/Maria-wa-Kibeho.jpg\",\"width\":350,\"height\":479},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE. - Umunyarwanda","og_description":"Bavandimwe mu gihe muri iyi minsi ishize twariho twiganirira kubijyanye n\u2019ukwemera, lsengesho n\u2019ibindi\u2026nyuma twagize dutya twumva inkuru y\u2019inca mugongo iturutse i Rwanda ivugako IMANA yakuwe mu itegeko nshinga ry\u2019u Rwanda. lcyo gikorwa nagereranya n\u2019icy\u2019ubwiyahuzi nshingiye ku amateka y\u2019lmana n\u2019Abanyarwanda, abantu benshi ntibaribabona ko kigiye guhindura amateka. lbi biraterwa n\u2019uko hari andi mateka yirengagijwe nyamara ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-11-08T15:56:10+00:00","og_image":[{"width":350,"height":479,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Maria-wa-Kibeho.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE.","datePublished":"2015-11-08T15:56:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/"},"wordCount":818,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Maria-wa-Kibeho.jpg","articleSection":["Iyobokamana"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/","name":"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Maria-wa-Kibeho.jpg","datePublished":"2015-11-08T15:56:10+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Maria-wa-Kibeho.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/Maria-wa-Kibeho.jpg","width":350,"height":479},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/sigaho-rwanda-kwirukana-imana-kandi-warayeguriwe\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"SIGAHO RWANDA KWIRUKANA IMANA KANDI WARAYEGURIWE."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11771","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=11771"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11771\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11773"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=11771"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=11771"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=11771"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}