{"id":11933,"date":"2015-12-09T09:48:05","date_gmt":"2015-12-09T07:18:05","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11933"},"modified":"2015-12-09T09:48:05","modified_gmt":"2015-12-09T07:18:05","slug":"inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/","title":{"rendered":"Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera"},"content":{"rendered":"<p><i>None ku wa Kabiri, tariki ya 08 Ukuboza 2015, Inama y\u2019Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.<\/i><\/p>\n<p>1. Ashingiye ku bubasha ahabwa n\u2019Itegeko Nshinga n\u2019andi mategeko, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yemeje ko habaho Referendumu ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda ryo ku wa 04\/06\/2003 ryavuguruwe muri 2015.<!--more--><\/p>\n<p>2. Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Iteka rya Perezida rigena Umunsi w\u2019Itora rya Referendumu n\u2019icyo Referendumu igamije. Referendumu izaba ku itariki ya 17\/12\/2015 ku Banyarwanda bazatorera hanze y\u2019Igihugu no ku itariki ya 18\/12\/2015 ku Banyarwanda bazatorera mu Rwanda.<\/p>\n<p>3. Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje imyanzuro y\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri yo kuwa 03 Ugushyingo 2015, imaze kuyikorera ubugororangingo.<\/p>\n<p>4.Inama y\u2019Abaminisitiri yagejejweho aho imyiteguro y\u2019Inama ya 13 y\u2019Igihugu y\u2019Umushyikirano igeze. Inama ya 13 y\u2019Igihugu y\u2019Umushyikirano iteganyijwe tariki ya 21 na 22 z\u2019Ukuboza 2015. Insanganyamatsiko y\u2019Inama ya 13 y\u2019Igihugu y\u2019Umushyikirano ni \u201cGuhitamo kw\u2019Abanyarwanda ni wo musingi w\u2019iterambere n\u2019agaciro by\u2019u Rwanda\u201c.<\/p>\n<p>5.Inama y\u2019Abaminisitiri yagejejweho uburyo burambye bwo guteza imbere Urwego rw\u2019Amashanyarazi.<\/p>\n<p>6.Inama y\u2019Abaminisitiri yamenyeshejwe impushya z\u2019ubucukuzi bwa mine na kariyeri zatanzwe mbere y\u2019Itegeko rishya n\u00b013\/2014 ryo ku wa 20\/05\/2014 rigenga ubucukuzi bw\u2019amabuye y\u2019agaciro na kariyeri.<\/p>\n<p>7.Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Politiki y\u2019Igihugu y\u2019Imitunganyirize y\u2019Imijyi mu Rwanda.<\/p>\n<p>8.Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje uburyo bw\u2019imyishyurire y\u2019imisanzu y\u2019ubwiteganyirize Leta y\u2019u Burundi yoherereje Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) kugira ngo ihabwe Abanyarwanda batahutse bakoreraga Leta y\u2019u Burundi.<\/p>\n<p>9. Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Raporo y\u2019u Rwanda mu mwaka wa 2015 ku Ishyirwa mu bikorwa ry\u2019Amasezerano ane (4) y\u2019Umuryango Mpuzamahanga wita ku Murimo yemejwe burundu n\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>10.Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje amasezerano yerekeye impushya z\u2019ubucukuzi bw\u2019amabuye y\u2019agaciro mu cyahoze ari ikirombe cy\u2019ubucukuzi bw\u2019amabuye y\u2018agaciro muri Bisesero.<\/p>\n<p>11.Inama y\u2019Abaminisitiri yagejejweho raporo y\u2019ibyavuye mu mishyikirano yo gukora amasezerano hagati ya Guverinoma y\u2019u Rwanda n\u2019Umushoramari Dubai Port World yerekeye gushora imari mu mishinga y\u2019ingamba zo guteza imbere ibikorwa remezo no gutanga serivisi muri za gasutamo, itanga ubugororangingo bwo kuyanoza mbere yo gushyirwaho umukono.<\/p>\n<p>12.Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje ishyirwaho ry\u2018Ikigo gishinzwe inama mu Rwanda kizakora nk\u2019ikigo cyigenga (Rwanda Convention Bureau as Private Company).<\/p>\n<p>13.Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Imishinga y\u2019Amategeko ikurikira:<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Umushinga w\u2019Itegeko ryemerera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019inguzanyo no 5721- RW yashyiriweho umukono i Kigali mu Rwanda ku wa 26 Ukwakira 2015, hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019Ikigega Mpuzamahanga Gitsura Amajyambere (IDA), yerekeranye n\u2019inguzanyo ingana na miliyoni cumi n\u2019umunani n\u2019ibihumbi magana arindwi z\u2019Amadetesi (18.700.000 DTS) agenewe Umushinga wo Guteza Imbere Ubucuruzi bwo mu Karere k\u2019Ibiyaga Bigari;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Umushinga w\u2019Itegeko ryemerera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019inguzanyo yashyiriweho umukono i Kigali, mu Rwanda kuwa 02 Ukuboza 2015, hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019Ikigega Mpuzamahanga Gitsura Amajyambere (IDA), yerekeranye n\u2019inguzanyo ingana na miliyoni mirongo itandatu n\u2019indwi n\u2019ibihumbi magana arindwi z\u2019Amadetesi (67.700.000 DTS) agenewe uburyo bwo kurengera Abatishoboye &#8211; Icyiciro cya II;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Umushinga w\u2019Itegeko ryemerera kwemeza burundu Amasezerano yashyiriweho umukono i Londres mu Bwongereza kuwa 26 Kamena 2015, hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda na Jersey, yo kuvanaho gusoresha kabiri no gukumira forode y\u2019imisoro ku byerekeye imisoro ku musaruro.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Umushinga w\u2019Itegeko rishyiraho Ishuri Rikuru ry\u2019u Rwanda ry\u2019Imyuga n\u2019Ubumenyingiro (RP) rikanagena inshingano, imiterere n\u2019imikorere byaryo.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Umushinga w\u2019Itegeko rishyiraho Ikigo cya Leta gishinzwe guteza imbere Ubumenyingiro n\u2019imyigishirize y\u2019imyuga mu Rwanda (WDA) rikanagena inshingano, imiterere n\u2019imikorere byacyo.<\/p>\n<p>14.Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje amateka akurikira:<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Perezida rishyira Col. Emmanuel GASHAIJA mu mwanya wa Defence Attach\u00e9 muri Ambasade y\u2019u Rwanda mu Burusiya (Russia);<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Perezida rigena ingano y\u2019imisanzu itangwa mu bwiteganyirize bwa pansiyo butegetswe;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Perezida rigenga ubutumwa bw\u2019akazi mu mahanga;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe rivana mu mutungo rusange wa Leta ubutaka n\u2019umutungo utimukanwa biri mu Kibanza No 1131 kiri mu Kagari ka Kiyovu, Umurenge wa Nyarugenge, mu Karere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, bigashyirwa mu mutungo bwite wayo;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe ryemerera Bwana MUGISHA Emmanuel, wari Director of Regulation &amp; Standards Unit, mu Kigo cy\u2019u Rwanda gishinzwe Guteza imbere Imiturire (RHA) guhagarika akazi mu gihe kitazwi;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minisitiri rigena uburyo bwo kwiyandikisha mu bwiteganyirize bwa pansiyo butegetswe;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minisitiri rigena uburyo bwo gusaba no guhabwa ibigenerwa abiteganyirije mu bwiteganyirize bwa pansiyo butegetswe;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minisitiri rigena amafaranga asubizwa umukozi n\u2019agaciro k\u2019ibyo umukozi agenerwa bitari amafaranga;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minisitiri rishyiraho uburyo bwo kwishyuza ku ngufu imisanzu y\u2019ubwiteganyirize bwa pansiyo butegetswe;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minsitiri rigena ibihe byateganyijwe mu itangwa ry\u2019uruhushya rutumvikanyweho, uruhushya rugomba gutangwa n\u2019itambamirwa ku iyandikwa mu bijyanye n\u2019umutungo bwite mu by\u2019ubwenge;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minisitiri rigena ikiguzi cy\u2019ibikorwa byo kwandika umutungo bwite mu by\u2019ubwenge;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Iteka rya Minisitiri rigena imiterere n\u2019ibikubiye mu bubasha bw\u2019intumwa mu by\u2019umutungo bwite mu by\u2019inganda.<\/p>\n<p>15. Inama y\u2019Abaminisitiri yasabiye Ambasaderi NKURUNZIZA William guhagararira u Rwanda i Ankara muri Turukiya ku rwego rwa Ambasaderi.<\/p>\n<p>16.Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje ko aba bakurikira bahagararira ibihugu byabo mu Rwanda ku rwego rwa Ambasaderi:<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Madamu MARIA EUGENIA CORREA OLARTE, wa Repubulika ya Colombia, afite icyicaro i Nairobi muri Kenya.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Bwana RAZA BASHIR TARAR, wa Repubulika ya Kiyisilamu ya Pakistani, afite icyicaro i Nairobi muri Kenya.<\/p>\n<p>17.Inama y\u2019Abaminisitiri yashyize mu myanya Abayobozi ku buryo bukurikira:<\/p>\n<p>Mu Rwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB):<\/p>\n<p>Bwana KAMUHINDA Serge : Chief Operating Officer\/COO<br \/>\nMu Nteko Ishinga Amategeko\/Umutwe w\u2019Abadepite:<\/p>\n<p>Bwana HABIMANA Augustin: Umuyobozi Mukuru ushinzwe imirimo y\u2019Inteko<br \/>\nMuri Minisiteri y\u2019Imari n\u2019Igenamigambi \/MINECOFIN:<\/p>\n<p>Madamu MUKAMUNANA Jacqueline: Umuyobozi w\u2019ishami rishinzwe imari no gucunga ibikoresho<br \/>\nMu Kigo cy\u2019Igihugu gitsura Ubuziranenge\/RSB:<\/p>\n<p>Madamu MUJAWIMANA Annonciata: Umuyobozi w\u2019Ishami rishinzwe ubutegetsi n\u2019imicungire y\u2019abakozi<br \/>\nMu Kigo cy\u2019Igihugu gishinzwe guteza imbere Amakoperative\/RCA:<\/p>\n<p>Bwana HABYARIMANA Gilbert: Umuyobozi w\u2019Ishami rishinzwe kugenzura amakoperative<br \/>\n18. Mu bindi:<\/p>\n<p>a) Minisitiri w\u2019Umutekano mu Gihugu yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko Polisi y\u2019u Rwanda ifatanyije na Minisiteri y\u2019Ubuzima bashyizeho mu Karere ka Huye Ikigo\u201cHuye Isange Rehabilitation Center\u201c. Iki Kigo cyatangiye gukora by\u2019agateganyo mu Ukwakira 2015 kizafungurwa ku mugaragaro mu minsi ya vuba.<\/p>\n<p>b) Minisitiri w\u2019Uburinganire n\u2019Iterambere ry\u2019Umuryango yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko:<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Amatora y\u2019abagize Komite za Forumu z\u2019Abana yabaye kuva tariki ya mbere kugera ku ya 4 Ukuboza 2015. Izo Komite zikorera ku rwego rw\u2019Umudugudu kugeza ku rwego rw\u2019Igihugu, zitorerwa manda y\u2019imyaka itatu (3).<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Gahunda y\u2019ubukangurambaga y\u2019iminsi 16 yo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n\u2019abakobwa yatangiye tariki ya 16 Ukwakira 2015 ikazarangira tariki ya 10 Ukuboza 2015. Insanganyamatsiko y\u2019uyu mwaka ni \u201cKurwanya ihohoterwa rikorerwa umugore n\u2019umukobwa ni inshingano yanjye nawe\u201d.<\/p>\n<p>c) Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019Intumwa ya Leta yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko:<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Umunsi Mpuzamahanga w\u2019Uburenganzira bwa Muntu uzizihizwa tariki ya 10 Ukuboza 2015. Insanganyamatsiko y\u2019uyu mwaka ni \u201cTurusheho kugaragaza, gukumira no kwirinda ihungabana ry\u2019uburenganzira bwa muntu mu ngo\u201d. Ku rwego rw\u2019Igihugu, uyu munsi uzizihirizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Kageyo.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Uburenganzira bwa Muntu yatorewe umwanya wa Visi Perezida mu Ihuriro ry\u2019Ibigo by\u2019Ibihugu bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu muri Afurika mu gihe cy\u2019imyaka ibiri (2015-2017).<\/p>\n<p>d) Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Amashuri Abanza n\u2019Ayisumbuye yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko ingengabihe y\u2019Amashuri Abanza n\u2019Ayisumbuye mu mwaka wa 2016 igizwe n\u2019ibyumweru 36 bigabanyije mu bihembwe bitatu ku buryo bukurikira.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Igihembwe cya mbere kizamara ibyumweru 9, kizatangira tariki ya 02\/02\/2016 kirangire tariki ya 01\/04\/2016;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Igihembwe cya kabiri kizamara ibyumweru 14, kizatangira tariki ya 18\/04\/2016, kirangire tariki ya 22\/07\/2016;<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"-\" src=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/squelettes-dist\/puce.gif\" width=\"8\" height=\"11\" \/>\u00a0Igihembwe cya gatatu kizamara ibyumweru 13, kizatangira tariki ya 08\/08\/2016, kirangire tariki ya 04\/11\/2016.<\/p>\n<p>Iri tangazo ryashyizweho umukono na<\/p>\n<p>Stella Ford MUGABO<\/p>\n<p>Ministiri Ushinzwe Imirimo y\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>None ku wa Kabiri, tariki ya 08 Ukuboza 2015, Inama y\u2019Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Ashingiye ku bubasha ahabwa n\u2019Itegeko Nshinga n\u2019andi mategeko, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yemeje ko habaho Referendumu ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda ryo ku wa 04\/06\/2003 ryavuguruwe muri 2015.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":11560,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-11933","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"None ku wa Kabiri, tariki ya 08 Ukuboza 2015, Inama y\u2019Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Ashingiye ku bubasha ahabwa n\u2019Itegeko Nshinga n\u2019andi mategeko, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yemeje ko habaho Referendumu ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda ryo ku wa 04\/06\/2003 ryavuguruwe muri 2015.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-12-09T07:18:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-yiruka.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"685\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"365\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/\",\"name\":\"Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-yiruka.jpg\",\"datePublished\":\"2015-12-09T07:18:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-yiruka.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-yiruka.jpg\",\"width\":685,\"height\":365},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera - Umunyarwanda","og_description":"None ku wa Kabiri, tariki ya 08 Ukuboza 2015, Inama y\u2019Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Ashingiye ku bubasha ahabwa n\u2019Itegeko Nshinga n\u2019andi mategeko, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yemeje ko habaho Referendumu ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda ryo ku wa 04\/06\/2003 ryavuguruwe muri 2015.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-12-09T07:18:05+00:00","og_image":[{"width":685,"height":365,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-yiruka.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/","name":"Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-yiruka.jpg","datePublished":"2015-12-09T07:18:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-yiruka.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/kagame-yiruka.jpg","width":685,"height":365},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-ya-goverinoma-yemeje-igihe-kamarampaka-izabera\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Inama ya Goverinoma yemeje igihe Kamarampaka izabera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11933","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=11933"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11933\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11560"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=11933"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=11933"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=11933"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}