{"id":11967,"date":"2015-12-12T03:01:02","date_gmt":"2015-12-12T00:31:02","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11967"},"modified":"2016-02-06T02:56:57","modified_gmt":"2016-02-06T00:26:57","slug":"miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/","title":{"rendered":"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya?"},"content":{"rendered":"<p>Ubusanzwe, gushyiraho, guhindura cyangwa kuvugurura Itegekonshinga nta ho bitaba,\u00a0kandi\u00a0bishobora no guterwa n\u2019impamvu zifite ireme, ndetse haba n\u2019ubwo biba ngombwa ko binyura no muri \u00ab\u00a0r\u00e9f\u00e9rendum\u00a0\u00bb kugira ngo abaturage bose bavuge niba bashyigikiye icyo gikorwa. Ibyo bishobora guhenda ariko bikumvikana neza kuko nk\u2019Itegekonshinga rikozwe neza ni intango y\u2019imibereho n\u2019imiyoborere myiza ku gihugu.<!--more--><\/p>\n<p><strong>Hari ibibazo bibiri byakwibazwaho ku bireba Urwanda:<\/strong><\/p>\n<ol>\n<li>Uriya mushinga w\u2019Itegekonshinga wateguwe ku buryo nta na hamwe hirengagijwe amahame agenga imiterere y\u2019 itegeko iryo ari ryo ryose? Ihame rivuga ko itegeko ritagiraho ryangwa ngo rihindurwe bikorewe umuntu runaka ( mu gifaransa ni icyo bita \u00ab\u00a0le caract\u00e8re impersonnel et g\u00e9n\u00e9ral de la loi\u00a0\u00bb), iryo hame ryarubahirijwe?<\/li>\n<li>Ihindurwa ry\u2019Itegekonshinga ryakozwe hazirikanwa uburyo bwo gushyiraho ubutegetsi bushimangira inzira y\u2019amahoro arambye? Mu yandi magambo, hazirikanywe\u00a0uburyo burinda igihugu kugira isura y\u2019igundira ry\u2019ubutegetsi?<\/li>\n<\/ol>\n<p>Niba ibyo byose byaritaweho, ikiguzi cy\u2019itora \u00a0n\u2019aho cyaba kinini cyaba gifite ishingiro, n\u2019ubwo hari ibibazo by\u2019ingutu by\u2019 ubukene\u00a0mu banyarwanda, byakumvikana\u00a0ko icyo gikorwa gihabwa rugari kuko cyaba gushimangira inzego nyazo zo kubikemura.<\/p>\n<p><strong>Ukuri ni ukuhe?<\/strong><\/p>\n<p>Abategetsi bakuru b\u2019Urwanda bemeza ko ari abaturage basabye iryo hindurwa. Nyamara hari n\u2019abivugira ko\u00a0<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=dFJ83DfKmpA\">basinyishijwe ibyo batitekerereje<\/a>. Ku itariki ya 30\/11\/2015 muri\u00a0<a href=\"https:\/\/mulijeanclaude.wordpress.com\/2015\/11\/30\/dixit-n5-ashobora-gutegeka-manda-5-babivugaho-iki-igice-cya-i\/\" target=\"_blank\">Dixit no.5<\/a>\u00a0twabagejejeho icyo abantu banyuranye bavuga kuri uyu mushinga. Ku itariki ya 7\/12\/2015 muri\u00a0<a href=\"https:\/\/mulijeanclaude.wordpress.com\/2015\/12\/07\/dixit-n6-ashobora-gutegeka-manda-5-babivugaho-iki-igice-cya-ii\/\">Dixit no.6\u00a0<\/a>tubagezaho n\u2019icyo n\u2019abandi batangaje nyuma yo kwitegereza ibiwukubiyemo n\u2019uko wateguwe.<\/p>\n<p>Harimo abasanga igikorwa cyarateguwe\u00a0<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=oFzDbTL9B1k\">mu itekinika (kubindikiranya<\/a>). Bivugwa n\u2019abanyarwanda, bikanavugwa n\u2019abanyamahanga. Abategetsi b\u2019Urwanda ntibigeze baha agaciro ibitekerezo by\u2019aberekanye impamvu basanga bidakwiye guhindagura Itegekonshinga muri buriya buryo.<\/p>\n<p>Byararangiye abategetsi b\u2019Urwanda bamaze kwemeza \u00ab\u00a0r\u00e9f\u00e9rendum\u00a0\u00bb, aho abanyarwanda bazatora niba bemeye cyangwa batemeye umushinga w\u2019Itegekonshinga ukubiyemo ihindurwa rya zimwe mu ngingo. Abanyarwanda bari hanze bazatora ku itariki ya 17 Ukuboza 2015, abo mu gihugu batore bukeye bwaho. Muri iki gihe abanyarwanda basaga miliyoni esheshatu n\u2019ibihumbi magana ane ni bo bagejeje ku myaka yo gutora (6.400.000). Ni igikorwa kizagendaho akayabo ka miliyari ebyiri na miliyoni magana abiri (2.200.000.000Frws) nk\u2019uko bitangazwa\u00a0<a href=\"http:\/\/mobile.igihe.com\/amakuru\/u-rwanda\/article\/komisiyo-y-amatora-yasobanuye-byimbitse-aho-imyiteguro-y-amatora-ya-referendumu\" target=\"_blank\">n\u2019ikinyamakuru Igihe.<\/a><\/p>\n<p>Mu gihe abategetsi bishimira ko babasha gukora igikorwa nk\u2019icyo gihenze ku cyemezo gifashwe habura gusa ibyumweru bitagera kuri bibiri, hari n\u2019abanyarwanda bumvikaniye kuri radiyo\u00a0<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=oFzDbTL9B1k\">\u00ab\u00a0Ijwi ry\u2019Amerika\u00a0\u00bb<\/a>\u00a0bibaza niba ako kayabo atari impfabusa mu gihe hari ibibazo by\u2019ingutu by\u2019ubukene, ubushomeri, n\u2019ibindi, \u2026<\/p>\n<p>Impinduka y\u2019ibanze kuri uwo mushinga w\u2019Itegekonshinga, ari na cyo kintu mu by\u2019ukuri kigamijwe, nk\u2019uko kandi n\u2019abategetsi banyuranye b\u2019Urwanda bagiye babyivugira, ni ukugena ingingo ziha perezida Paul Kagame kurenza manda ebyiri zari zisanzwe.<\/p>\n<p>Umushinga uraha uburenganzira perezida Kagame uri gusoza manda ye ya kabiri, kuba yakwiyamamaza manda y\u2019indi y\u2019 imyaka irindwi ndetse nyuma uwo mushinga ukamuha uburyo bwo kwiyamamaza izindi manda ebyiri z\u2019imyaka itanu (7+5+5). Bivuze ko hejuru ya manda ebyiri ari gusoza, yategeka izindi eshatu, zose zikaba eshanu. Hejuru y\u2019 imyaka 14 yategeka indi 17; yose hamwe ikaba 31. Ubutegetsi bwe bushobora kuzageza mu w\u20192034.<\/p>\n<p>Hari n\u2019abavuga ko batangajwe n\u2019uko iryo hinduka ryagenwe muri uwo mushinga mu gihe nyirubwite\u00a0<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=RylTp-Sghw4\">yavuze inshuro zirenga eshatu<\/a>\u00a0ko hari impamvu we ashingiraho avuga ko adakwiye kurenza manda ebyiri.<\/p>\n<p>Aha rero ni ho abaturage bamwe bibajije, niba akayabo ka miliyari zirenga ebyiri, atari amafaranga agiye arira (impfabusa), nyuma yo kubona ko hari abemeza ko\u00a0<a href=\"https:\/\/mulijeanclaude.wordpress.com\/2015\/12\/03\/la-sonnette-dalarme-des-usa-pour-la-nieme-fois\/\">imyiteguro yakozwe mu buryo bw\u2019ikinamico<\/a>. Mu Rwanda kimwe no mu bindi bihugu bindi cyane cyane ibyo muri Afurika haranzwe umuco wo gushaka kugundira ubutegetsi. Ibyo byagiye bituma kubusimburanaho bidaca mu nzira y\u2019amahoro. Kuva Repubulika yajyaho mu Rwanda, nta na rimwe abayobozi bakuru bahererekanye ubutegetsi mu mwuka mwiza. Uriya mushinga w\u2019Itegekonshinga, wakabaye utanga iyo nzira. Ni ko bimeze? Abanyarwanda n\u2019abanyamahanga batari bake babifiteho impungenge. Amatora yo se azanyura mu mu cyo? Na cyo ni ikibazo kibazwa n\u2019abazi uko amatora asanzwe agenda mu gihugu. Impaka mu banyarwanda zirahari. Bamwe bagera n\u2019ubwo babwira abo bavugana ko bigiza nkana. Uko byagenda kose hari aho kwigiza nkana bidashoboka. Aho ni imbere y\u2019umugabo witwa \u00ab\u00a0EJO HAZAZA\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p><strong>Jean-Claude Mulindahabi\u00a0<\/strong><\/p>\n<p><em>Ni umunyamakuru w&#8217;umunyarwanda uba mu gihugu cy&#8217;ubufaransa, inzindi nyandiko ze mwazisanga kuri \u00a0<\/em><a href=\"https:\/\/mulijeanclaude.wordpress.com\/2015\/12\/11\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/\"><strong>EJCM<\/strong><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubusanzwe, gushyiraho, guhindura cyangwa kuvugurura Itegekonshinga nta ho bitaba,\u00a0kandi\u00a0bishobora no guterwa n\u2019impamvu zifite ireme, ndetse haba n\u2019ubwo biba ngombwa ko binyura no muri \u00ab\u00a0r\u00e9f\u00e9rendum\u00a0\u00bb kugira ngo abaturage bose bavuge niba bashyigikiye icyo gikorwa. Ibyo bishobora guhenda ariko bikumvikana neza kuko nk\u2019Itegekonshinga rikozwe neza ni intango y\u2019imibereho n\u2019imiyoborere myiza ku gihugu.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":11968,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-11967","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubusanzwe, gushyiraho, guhindura cyangwa kuvugurura Itegekonshinga nta ho bitaba,\u00a0kandi\u00a0bishobora no guterwa n\u2019impamvu zifite ireme, ndetse haba n\u2019ubwo biba ngombwa ko binyura no muri \u00ab\u00a0r\u00e9f\u00e9rendum\u00a0\u00bb kugira ngo abaturage bose bavuge niba bashyigikiye icyo gikorwa. Ibyo bishobora guhenda ariko bikumvikana neza kuko nk\u2019Itegekonshinga rikozwe neza ni intango y\u2019imibereho n\u2019imiyoborere myiza ku gihugu.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-12-12T00:31:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2016-02-06T00:26:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/12\/vote-2.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"269\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"187\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya?\",\"datePublished\":\"2015-12-12T00:31:02+00:00\",\"dateModified\":\"2016-02-06T00:26:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/\"},\"wordCount\":685,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/12\\\/vote-2.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/\",\"name\":\"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/12\\\/vote-2.jpg\",\"datePublished\":\"2015-12-12T00:31:02+00:00\",\"dateModified\":\"2016-02-06T00:26:57+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/12\\\/vote-2.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2015\\\/12\\\/vote-2.jpg\",\"width\":269,\"height\":187},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya? - Umunyarwanda","og_description":"Ubusanzwe, gushyiraho, guhindura cyangwa kuvugurura Itegekonshinga nta ho bitaba,\u00a0kandi\u00a0bishobora no guterwa n\u2019impamvu zifite ireme, ndetse haba n\u2019ubwo biba ngombwa ko binyura no muri \u00ab\u00a0r\u00e9f\u00e9rendum\u00a0\u00bb kugira ngo abaturage bose bavuge niba bashyigikiye icyo gikorwa. Ibyo bishobora guhenda ariko bikumvikana neza kuko nk\u2019Itegekonshinga rikozwe neza ni intango y\u2019imibereho n\u2019imiyoborere myiza ku gihugu.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-12-12T00:31:02+00:00","article_modified_time":"2016-02-06T00:26:57+00:00","og_image":[{"width":269,"height":187,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/12\/vote-2.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya?","datePublished":"2015-12-12T00:31:02+00:00","dateModified":"2016-02-06T00:26:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/"},"wordCount":685,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/12\/vote-2.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/","name":"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/12\/vote-2.jpg","datePublished":"2015-12-12T00:31:02+00:00","dateModified":"2016-02-06T00:26:57+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/12\/vote-2.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/12\/vote-2.jpg","width":269,"height":187},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/miliyari-zirenga-ebyiri-muri-referendum-ku-mushinga-wavuzweho-kubindikiranya\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda:Miliyari zirenga ebyiri muri r\u00e9f\u00e9rendum ku mushinga wavuzweho kubindikiranya?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11967","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=11967"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/11967\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11968"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=11967"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=11967"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=11967"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}