{"id":12170,"date":"2016-01-08T09:54:20","date_gmt":"2016-01-08T07:24:20","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=12170"},"modified":"2016-01-08T09:55:28","modified_gmt":"2016-01-08T07:25:28","slug":"kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/","title":{"rendered":"Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye"},"content":{"rendered":"<p>Ngo akabi gasekwa nk\u2019akeza. Mperutse kunyarukira mu kabari kari i Bruxelles muri quartier ya Matonge maze mpabonera byendagusetsa ariko inababaje.<!--more--><\/p>\n<p>Muti byagenze gute ? Hari ku wa Gatandatu ushize, umuntu aba arambwiye ati ubwo uri i Buruseli kandi ukaba ukunda igisope ngwino tujye kureba igisope cyabereye mu kabari kitwa kwa X. Ubwo yambwiraga izina ry\u2019ako kabari numvise nsanzwe ndyumva, ndetse nkumva nk\u2019ahantu hanywera Intore zishyigikiye Leta ya FPR. Ubwo ariko naravuze nti ubwo ari akabari nta wasi reka tugende.<\/p>\n<p>Ubwo tukihagera twasanze De Gaule yashyuhije natwe twinjira muri ambiance sinakubwira. Ngitera amaso muri assembl\u00e9e mbona harimo abantu benshi nzi higanjemo Intore, ariko zinywera ikirahure cyazo nta nkomyi.<\/p>\n<p>Ubwo bidatinze umuntu umwe aba aranyegereye ati ye, ati nawe unywera hano ? Nti wowe se ko uhanywera ? Ati sha ati ni ukwitonda rero ati aha turi minoritaires ! Siniriwe mubaza icyo ashatse kuvuga kuko nagiketse. Ubwo undi muntu wari wamwumvise ku ruhande aba araje ati oya arakubeshye, ati nti turi minoritaires ati ahubwo abaH bose banywera hano bigize Imfura ! Ubwo ntitwabitindaho turakomeza twikurikirira igisope.<\/p>\n<p>Bidatinze gato, De Gaule aba akubisemo indirimbo yitwa \u00ab Twararutashye \u00bb, mbona sale iratuje cyane, ambiance isa nigabanutse, ndetse nkaho wagirango hari benshi batiyumvise muri iyo ndirimbo ! Ayirangije, abantu batarenze nka batanu batanga amashyi (applaudissements), mu gihe izindi zose yazirangizaga akabona amashyi y\u2019urufaya. Ubwo mba nkomye agatima kuri bimwe umuntu wa kabiri yambwiye nkinjira. Ubwo ikirori kirakomeza.<\/p>\n<p>Ya byendagusetsa navugaga rero iba iratangiye. Imwe muri za ntore bamwe bise ibigarasha (abayobotse vuba barahoze ari intagondwa cg interas) yitwa C. iba iraje iri tr\u00e8s agressif iti wowe uri haduyi ! Ubwo nanjye nti haduyi ni ukuvuga iki, atari uko nyobewe signification y\u2019iryo jambo ari uko nshaka kumva ikimutera kubinyita . Arakomeza ati none se nturi muri FDU ? Nti ese ni ibyo mwita kuba haduyi ? Arakomeza aridoga, ariko abo yasaga nushaka gushimisha bamureba bisekera bamwe bamwogeza ngo akomeze anyendereze. Uko yakomezaga abona mes nerfs ziracyari solides, noneho ashaka argument massue : aba arateruye ati \u00ab ubundi abakiga ntacyo twapfaga n\u2019abatutsi ni abanyenduga baduteranije ! Ubwo noneho numvise ibyo kurakara bishize ndisekera.<\/p>\n<p>Ubwo nyuma nari ngiye ku muha rendez-vous mu kandi kabari kavugwa kunywerwamo n\u2019Intore gusa kaho i Matonge (A) ngo azabone uko aguma kwihakirizwa, ni uko umuntu umwe arambwira ati yewe ati wita igihe, ati uyu naha ni uko bamubabariye ati ubundi afite interdiction yo kwegera ahantu hose hari Abatutsi kubera imanza aregwamo na za association z\u2019abacikacumu nka Ibuka. Nti ese ni uko bimeze, nti noneho numvise impamvu yanyibandagaho buriya yiguraga !<\/p>\n<p>Nguko rero uko Intore z\u2019ibigarasha zibayeho guhora zigura ngo zirebe ko zakwemerwa bityo zigahora ziyenza ku bantu bari muri opposition ngo zikunde zerekane ko zayobotse neza.<\/p>\n<p>Nzifurije amahirwe masa !<\/p>\n<p><strong>Dr Emmanuel Mwiseneza<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ngo akabi gasekwa nk\u2019akeza. Mperutse kunyarukira mu kabari kari i Bruxelles muri quartier ya Matonge maze mpabonera byendagusetsa ariko inababaje.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":12171,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-12170","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ngo akabi gasekwa nk\u2019akeza. Mperutse kunyarukira mu kabari kari i Bruxelles muri quartier ya Matonge maze mpabonera byendagusetsa ariko inababaje.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-01-08T07:24:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2016-01-08T07:25:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/Mwiseneza.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"720\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/\",\"name\":\"Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/Mwiseneza.jpg\",\"datePublished\":\"2016-01-08T07:24:20+00:00\",\"dateModified\":\"2016-01-08T07:25:28+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/Mwiseneza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/Mwiseneza.jpg\",\"width\":960,\"height\":720},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye - Umunyarwanda","og_description":"Ngo akabi gasekwa nk\u2019akeza. Mperutse kunyarukira mu kabari kari i Bruxelles muri quartier ya Matonge maze mpabonera byendagusetsa ariko inababaje.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-01-08T07:24:20+00:00","article_modified_time":"2016-01-08T07:25:28+00:00","og_image":[{"width":960,"height":720,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/Mwiseneza.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/","name":"Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/Mwiseneza.jpg","datePublished":"2016-01-08T07:24:20+00:00","dateModified":"2016-01-08T07:25:28+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/Mwiseneza.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/01\/Mwiseneza.jpg","width":960,"height":720},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kuba-intore-yikigarasha-ntibyoroshye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kuba Intore y\u2019ikigarasha ntibyoroshye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12170","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=12170"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12170\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/12171"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=12170"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=12170"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=12170"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}