{"id":1219,"date":"2012-08-27T16:19:28","date_gmt":"2012-08-27T14:19:28","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1219"},"modified":"2012-08-27T16:19:43","modified_gmt":"2012-08-27T14:19:43","slug":"u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/","title":{"rendered":"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa"},"content":{"rendered":"<p><em>Amakuru dukesha ikinyamakuru le Soir cyo mu gihugu cy\u2019u Bubiligi aravuga ko Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Bubiligi Bwana Didier Reynders yasabye ko umutekano wagaruka vuba nyuma yo gusura inkambi ya Nkamira yakirirwamo impunzi z\u2019abanyekongo iri mu majyaruguru y\u2019u Rwanda.<\/em><!--more--><\/p>\n<p>Akigera mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Kanama 2012, Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Bubiligi Bwana Didier Reynders yahise ahura n\u2019akaga k\u2019impunzi z\u2019abatutsi, igihe yahagararaga mu nkambi impunzi zakirirwamo by\u2019agateganyo ya Nkamira, hafi y\u2019umujyi wa Gisenyi. Yashoboye kubona ingaruka z\u2019urwango n\u2019ivangura. <em>\u201dMu misozi ya Masisi muri Kivu y\u2019amajyaruguru, twatewe n\u2019imitwe yishyize hamwe y\u2019abamaimai na FDLR, baradusahuye baranatwirukana\u201d<\/em> :ibyo byavuzwe n\u2019imwe mu mpunzi yari aho i Nkamira.<\/p>\n<p>Kuva intambara n\u2019isubiranamo ry\u2019amoko byatangira mu burasirazuba bwa Congo, abantu bagera ku bihumbi 20 baciye mu nkambi ya Nkamira. N\u2019akababaro kenshi abagore biganje muri iyo nkambi babwiye Ministre Reynders ibibi baciyemo:<em> \u201dTwarakubiswe, dufatwa ku ngufu, turirukanwa. Hano abana bacu nta mata bafite, n\u2019ibiryo ntabwo bihagije.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Bimwe mu byavuzwe n\u2019izo mpunzi byari birenze ukwemera ariko gushaka kwihanganisha izo mpunzi no kumva akababaro kazo ntabwo byatesheje Ministre Reynders umurongo. N\u2019ubwo yijeje inkunga y\u2019igihugu cye, ariko yibukije imbere y\u2019itangazamakuru ko Congo nayo ifite abavuye mu byabo bagera ku bihumbi 200.<\/p>\n<p>Didier Reynders yasabye ko amahoro yagaruka vuba, akoresheje amagambo akarishye yagize ati:<em> \u201dAbasirikare bigometse bagomba kurwanywa bagatsindwa\u201d<\/em>. Twavuga ko ari ubutwari budasanzwe kuko ayo magambo yayavugiye imbere y\u2019impunzi z\u2019i Nkamira kandi abenshi muri izo mpunzi ari abashyigikiye inyeshyamba za M23, arizo zateje aka kaduruvayo kose. Si ubwa mbere avuze amagambo nk&#8217;aya kuko mu minsi ishize igihe yari mu ruzinduko muri Congo mbere yo kujya mu Rwanda yavuze ko gushyira mu ngabo za Congo abahoze mu mitwe y&#8217;inyeshyamba byabaye kwibeshya ko ubutaha hagomba kwigwa ubundi buryo bwo kubaka igisirikare cya Congo gikomeye.<\/p>\n<p><strong>Leta y\u2019u Rwanda irimo kwitwaza karengane k\u2019abatutsi b\u2019abanyekongo<\/strong><\/p>\n<p>Ubuhamya butangwa n\u2019impunzi z\u2019abanyekongo mu nkambi ya Nkamira ni ubwo kwigwaho neza. Ubwo buhamya butuma umuntu ashobora kumva impamvu abasirikare b\u2019abatutsi bari bashyizwe mu gisirikare cya Congo banze kuva muri Kivu y\u2019amajyaruguru ngo boherezwe mu tundi duce twa Congo. Abo basirikare bavugaga ko bashaka kurinda abaturage b\u2019abatutsi bashobora guhohoterwa baramutse bagiye.<\/p>\n<p>Ubwo buhamya kandi bushaka kwemeza ko kuva aho inyeshyamba za M23 zirukaniwe muri Masisi n\u2019ingabo za Congo maze zikajya gushinga ibirindiro hafi y\u2019umupaka w\u2019u Rwanda na Uganda, ngo abamaimai na FDLR baba barateye uduce twa Masisi. (Ariko ayo makuru y\u2019ibyo bitero ntabwo yigeze avugwa nta gihamya ko ibyo bitero byabaye uretse ibitero bya Maimai Raia Mutomboki byibasiraga abahutu b\u2019abanyekongo n\u2019impunzi z\u2019abanyarwanda b\u2019abahutu)<\/p>\n<p>N\u2019ubwo abayobozi b\u2019u Rwanda babihakana, birazwi ko agace ka Masisi gafatwa nk\u2019aho ari ak\u2019u Rwanda: ni muri ako gace imiryango myinshi ndetse n\u2019abasirikare bakuru b\u2019u Rwanda bari barashyize inka zabo nyinshi kubera kubura urwuri mu Rwanda ayo mashyo akarindishwa abashumba bafite intwaro.<\/p>\n<p>I Nkamira, Ishami ry\u2019umuryango w\u2019abibumbye ushinzwe impunzi (HCR) ryitondera cyane iki kibazo: ngo ku mpunzi 600 zabajijwe neza birambuye, byagaragaye ko 1\/3 cy\u2019ubuhamya zitanga bugarangara nk\u2019ubudafite ishingiro. Niba hari abagore bemeza ko abagabo babo bishwe, bamwe muri bo mu byo bavuga barivuguruza, bakivamo, bibaza igihe bazongera guhurira n\u2019abagabo babo kandi mbere baba bavuze ko bapfuye, abenshi muri abo bagabo baba baragiye mu nyeshyamba za M23. Umugabo umwe yongoreye abanyamakuru ko yahunze ngo adashyirwa mu gisirikare cya M23 ku ngufu.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo bigaragara ko abatutsi bo muri Kivu y\u2019amajyaruguru badafite umutekano, Leta y\u2019u Rwanda ibashishikariza kubigaragaza cyane kugira ngo haboneke urwitwazo ku ngabo z\u2019u Rwanda kuba zaguma muri ako gace kegereye umupaka kubera impamvu z\u2019umutekano, z\u2019uko ako gace aho kari gafite agaciro kanini ndetse tutibagiwe n\u2019impumvu z\u2019ubukungu.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha ikinyamakuru le Soir cyo mu gihugu cy\u2019u Bubiligi aravuga ko Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Bubiligi Bwana Didier Reynders yasabye ko umutekano wagaruka vuba nyuma yo gusura inkambi ya Nkamira yakirirwamo impunzi z\u2019abanyekongo iri mu majyaruguru y\u2019u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1220,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-1219","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru dukesha ikinyamakuru le Soir cyo mu gihugu cy\u2019u Bubiligi aravuga ko Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Bubiligi Bwana Didier Reynders yasabye ko umutekano wagaruka vuba nyuma yo gusura inkambi ya Nkamira yakirirwamo impunzi z\u2019abanyekongo iri mu majyaruguru y\u2019u Rwanda.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-27T14:19:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-08-27T14:19:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa\",\"datePublished\":\"2012-08-27T14:19:28+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-27T14:19:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/\"},\"wordCount\":639,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/\",\"name\":\"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-27T14:19:28+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-27T14:19:43+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"419\",\"height\":\"296\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru dukesha ikinyamakuru le Soir cyo mu gihugu cy\u2019u Bubiligi aravuga ko Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Bubiligi Bwana Didier Reynders yasabye ko umutekano wagaruka vuba nyuma yo gusura inkambi ya Nkamira yakirirwamo impunzi z\u2019abanyekongo iri mu majyaruguru y\u2019u Rwanda.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-27T14:19:28+00:00","article_modified_time":"2012-08-27T14:19:43+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa","datePublished":"2012-08-27T14:19:28+00:00","dateModified":"2012-08-27T14:19:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/"},"wordCount":639,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/","name":"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-27T14:19:28+00:00","dateModified":"2012-08-27T14:19:43+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"419","height":"296"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-bibiligi-burifuza-ko-m23-yarwanywa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Bubiligi burifuza ko M23 yarwanywa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1219","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1219"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1219\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1219"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1219"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1219"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}