{"id":1224,"date":"2012-08-27T16:43:16","date_gmt":"2012-08-27T14:43:16","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1224"},"modified":"2012-08-27T18:40:09","modified_gmt":"2012-08-27T16:40:09","slug":"umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/","title":{"rendered":"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi!"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa n&#8217;ikinyamakuru igihe.com aravuga ko Ntawukuriryayo Roger umuhungu wa Perezida wa Sena y&#8217;u Rwanda, Dr Ntawukuriryayo Jean Damasc\u00e8ne, yatewe icyuma n&#8217;abantu bataramenyekana mu gihugu cy&#8217;u Bubiligi.<!--more--><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Iyo nkuru iragira iti:<\/p>\n<blockquote><p><em>Ntawukuriryayo Roger, Umunyarwanda wiga muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika yaterewe icyuma n\u2019abataramenyekana i Buruseli mu Bubiligi, ubwo yari ahanyuze ajya gukomeza amashuri ye muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika.<\/em><\/p>\n<p><em>Nk\u2019uko twabitangarijwe n\u2019umubyeyi wa Ntawukuriryayo Roger ariwe Ntawukuriryayo Jean Damasc\u00e8ne akaba ari na Perezida wa Sena y\u2019u Rwanda, ngo umwana we yari avuye mu biruhuko by\u2019amezi abiri mu Rwanda yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika aho yiga muri kaminuza, ariko ngo akaba yaragombaga guca mu Bubiligi kuhafa impapuro yari akeneye, dore ko ari naho yize amashuri yisumbuye.<\/em><\/p>\n<p><em>Ntawukuriryayo Roger yahagurutse mu Rwanda ku wa Kane tariki tariki ya 23 Kanama 2012, ariko ubwo yari ageze mu Bubiligi ku mugoroba wo kuwa Gatandatu tariki ya 25 Kanama ubwo yatemberanaga n\u2019abandi bana babiri b\u2019Abanyarwanda ndetse n\u2019undi w\u2019inshutiye w\u2019Umukongomani, basagariwe n\u2019agatsiko k\u2019abirabura bagera ku munani, maze batera icyuma mu mara Ntawukuriryayo Roger, aho ndetse yahise atabarwa akanyanwa mu bitaro ataritaba Imana, nyuma ariko akaba yaraje kubagwa ndetse ubu twandika iyi nkuru ngo aracyari mu bitaro aho i Buruseri.<\/em><\/p>\n<p><em>Ntawukuriryayo Jean Damasc\u00e8ne ubwo yaganiraga n\u2019umunyamakuru wa IGIHE, yatangaje ko kugeza ubu bataramenya abakoze iryo bara, kuko ngo iperereza rigikomeza, avuga ko ariko bishoboka ko rwaba ari urugomo dore ko n\u2019ubundi hari Abanyarwanda bamaze iminsi bahohoterwa mu Bubiligi n\u2019udutsiko tw\u2019Abakongomani.<\/em><\/p>\n<p><em>Ntawukuriryayo kandi yagize ati \u201c Iki ni ikibazo gikomeye kuko igihugu cy\u2019u Bubiligi aricyo gishinzwe kurinda umutekano w\u2019abahaba, abantu bakabaho bisanzuye kandi bafite umutekano.\u201d<\/em><\/p>\n<p><em>Ntawukuriryayo avuga ko atahamya ko umwana we yahohotewe kubera ko ari uw\u2019umuyobozi, ahubwo ko ari urugomo rukorerwa Abanyarwanda hirya no hino, asaba kandi abanyarwanda kuba amaso aho bari hirya no hino ndetse no kugira amakenga. Agira ati\u201d Abanyarwanda bagomye kwigengesera muri ibyo bihugu barimo bakamenya uko bitwara, kandi n\u2019ibihugu barimo byagombye kubarindira umutekano.\u201d<\/em><\/p><\/blockquote>\n<p>Andi makuru ava i Bruxelles aravuga ko Roger Ntawukuriryayo yari avuye mu munsi mukuru wari wakesheje hari amakuru atarabona gihamya avuga ko yari yasomye ku gatama, hari nko mu ma saa tatu ku cyumweru mu gitondo aho kuba ku wa gatandatu nk&#8217;uko byavuzwe n&#8217;igihe.com. Yari kumwe n&#8217;inshuti ze maze bahura n&#8217;agakipi k&#8217;abasore bagendaga ahagana mu muhanda witwa Rue Neuve, maze habaho guterana amagambo, nibwo umwe mubari mu rindi tsinda akuyemo icyuma agitera uwo muhungu Roger. N&#8217;ubwo bwose hari abatangiye kuvuga ko byakozwe n&#8217;abakongomani, nta gihamya ko uwabikoze ari umukongomani. N&#8217;ugutegereza ibizava mu iperereza.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa n&#8217;ikinyamakuru igihe.com aravuga ko Ntawukuriryayo Roger umuhungu wa Perezida wa Sena y&#8217;u Rwanda, Dr Ntawukuriryayo Jean Damasc\u00e8ne, yatewe icyuma n&#8217;abantu bataramenyekana mu gihugu cy&#8217;u Bubiligi.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1225,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-1224","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru atangazwa n&#8217;ikinyamakuru igihe.com aravuga ko Ntawukuriryayo Roger umuhungu wa Perezida wa Sena y&#8217;u Rwanda, Dr Ntawukuriryayo Jean Damasc\u00e8ne, yatewe icyuma n&#8217;abantu bataramenyekana mu gihugu cy&#8217;u Bubiligi.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-27T14:43:16+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-08-27T16:40:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi!\",\"datePublished\":\"2012-08-27T14:43:16+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-27T16:40:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/\"},\"wordCount\":442,\"commentCount\":3,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/\",\"name\":\"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-27T14:43:16+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-27T16:40:09+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"595\",\"height\":\"400\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi! - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru atangazwa n&#8217;ikinyamakuru igihe.com aravuga ko Ntawukuriryayo Roger umuhungu wa Perezida wa Sena y&#8217;u Rwanda, Dr Ntawukuriryayo Jean Damasc\u00e8ne, yatewe icyuma n&#8217;abantu bataramenyekana mu gihugu cy&#8217;u Bubiligi.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-27T14:43:16+00:00","article_modified_time":"2012-08-27T16:40:09+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi!","datePublished":"2012-08-27T14:43:16+00:00","dateModified":"2012-08-27T16:40:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/"},"wordCount":442,"commentCount":3,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/","name":"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-27T14:43:16+00:00","dateModified":"2012-08-27T16:40:09+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"595","height":"400"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhungu-wa-ntawukuriryayo-jd-perezida-wa-sen-yeterewe-icyuma-mu-bubiligi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuhungu wa Ntawukuriryayo JD, Perezida wa Sena yeterewe icyuma mu Bubiligi!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1224","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1224"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1224\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1224"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1224"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1224"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}