{"id":1251,"date":"2012-08-29T00:55:31","date_gmt":"2012-08-28T22:55:31","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1251"},"modified":"2012-08-29T00:55:31","modified_gmt":"2012-08-28T22:55:31","slug":"agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/","title":{"rendered":"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi"},"content":{"rendered":"<p>Ku munsi w\u2019ejo tariki ya 27 Kanama 2012 abanyarwanda benshi batuye mu majyaruguru y\u2019u Burayi babonye ubutumwa bwa email bubasaba kwitabira gutanga inkunga mu kigega kiswe Agaciro Development Fund.<!--more--> Kubera isoni nke abakozi b\u2019Ambasade y\u2019u Rwanda boherereje ubutumwa n\u2019abo bamaze iminsi bashyirisha ku ma listes y\u2019abakekwaho jenoside ngo birukanwe aho bahungiye, abo bareze gukorana na FDLR, ndetse n\u2019abahigwaga na za maneko nka Mudaheranwa bose sinzi aho bakuye za emails zabo barabandikira. Ubundi se bajya gufasha M23 babanje kugisha nde inama?<\/p>\n<p><strong>Urujijo n\u2019ikinyoma<\/strong><\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.dropbox.com\/s\/5fctkqnqrz6kges\/AgDF%20KINYARWANDA%201.pdf\">Mu nyandiko ziherekeje ubwo butumwa<\/a>\u00a0ibiro bihagarariye u Rwanda i Stockholm muri Suwedi mu ijwi rya Venetia SEBUDANDI uhagarariye Leta y\u2019u Rwanda muri icyo gihugu byashyize abantu mu rujijo. Ese ugera nta n\u2019ubwo agereranya?\u00a0Muri iyo nyandiko bagerageza gusubiza ibibazo abantu bibaza ku Agaciro DF ariko bakabeshya abantu bakanabashyira mu rujijo.<\/p>\n<blockquote><p>Urugero:<br \/>\n<em>\u201d 2. <strong>Wakwizezwa n\u2019iki uburyo umutungo wose w\u2019ikigega uzakoreshwa mu ntego ziteganjwe?<\/strong><\/em><br \/>\n<em> Ubuyobozi bw\u2019ikigega buzashyiraho uburyo bw\u2019ikoranabuhanga bufasha buri wese gukurikirana uburyo umutungo winjira n\u2019uko ukoreshwa.\u201d<\/em><\/p><\/blockquote>\n<p>Ese hari umunyarwanda uyobewe uburyo FPR itekinika, imibare n\u2019ibyo byose ntizajya byandikwa n\u2019abari mu butegetsi bakunze kuregwa ubusahuzi. Ese munyibutse harya ibya Rukarara byagenze gute? Abadepite bagaragaje ubwo bujura bageze hehe bafatirwa ibihano?<\/p>\n<blockquote><p><em>\u201d5. <strong>Ese umuntu ashobora gusubizwa imisanzu yatanze mu kigega?<\/strong><\/em><br \/>\n<em> Oya, utanze umusanzu muri iki kigega aba afashije bidasubirwaho mu iterambere ry\u2019Igihugu, ntashobora gusubizwa impano yatanze.\u201d<\/em><\/p><\/blockquote>\n<p>Ubu se umuntu watanze iyo nkunga amenye ko inkunga ye yagiye gufasha M23 muri Congo cyangwa akoreshwa na ba Didier Rutembesa, Olivier Kayumba, <a href=\"http:\/\/www.radiyoyacuvoa.com\/audio\/audio\/145692.html\">Evode Mudaheranwa<\/a> n\u2019izindi maneko ngo baze kumuhiga ngo bamurase cyangwa <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/frank-ntwali-umukuru-wa-rnc-muri-afrika-yatewe-ibyuma-arakomereka-cyane\/\">bamutere ibyuma<\/a>\u00a0aho yahungiye cyangwa akamenya ko Kagame yayatumijemo indi ndege ntabwo yaba agomba gusaba kuyasubizwa?<\/p>\n<blockquote><p><em>\u201d<strong>6. Ese iki kigega kigamije kuziba icyuho gishobora guterwa n\u2019isubikwa ry\u2019inkunga ku Rwanda mu gihe gito?<\/strong><\/em><br \/>\n<em>Oya sibyo iki kigega cyatangiye gutekerezwa mu Nama y\u2019Umushyikirano kandi biteganijwe ko kizakomeza kubaho mu gihe kirekire tutabasha kugena ubu.\u201d<\/em><\/p><\/blockquote>\n<p>Ese abantu barasaba barangiza bakanabeshya ni nde munyarwanda ubiyobewe, mbona atari ngombwa kwirirwa babeshya kuko hari benshi bafite imiryango mu Rwanda cyangwa bakeneye uduserivisi dutandukanye mu butegetsi i Kigali cyangwa muri Ambasade bashobora kuyatanga.<\/p>\n<p><strong>Leta y\u2019u Rwanda irasaba abo yimye<\/strong><\/p>\n<p>Abanyarwanda batuye mu majyaruguru y\u2019ibihugu by\u2019u Burayi hafi ya bose n\u2019impunzi cyangwa bahoze ari zo. Hari abahunze ubutegetsi bw\u2019igitugu, gutotezwa n\u2019ubwicanyi ariko hari n\u2019abaje gushaka ubuzima kubera impamvu z\u2019ubukungu ariko nyine nabo bitwa impunzi. Kandi nabibutsa ko abo bose Leta y\u2019u Rwanda ishaka ko bakwa ibyangobwa by\u2019ubuhunzi bagasubizwa mu Rwanda.<\/p>\n<p>Muri abo bose hari abaciye inzira wagereranya na ya yindi y\u2019umusaraba igana i Gorogota kugira ngo bashobore kugera aho bari ubu, ku buryo byonyine kubona ubutumwa nka buriya bw\u2019Ambasade ibaka inkunga ari agashinyaguro kavanze n\u2019agasuzuguro.<\/p>\n<p>Umusaza umwe twaganiriye umaze iminsi abategetsi ba Noruveji bamukuyeho ibyaha bya jenoside nyuma y\u2019iperereza ryakozwe mu Rwanda, yari yarahimbiwe ibyaha n\u2019abakozi ba Kagame bigize impunzi. Agisoma ubwo butumwa bw\u2019Ambasade yagize ati:<em>\u201dHabaho imbwa 2, isaba uwo yimye n\u2019iyima uwayihaye. FPR yagombye gushaka iyo iriyo muri izo mbwa 2. Baratinyuka bakanyaka amafaranga, ubu se iyo bantsinda mu mashyamba ya Congo cyangwa bakampambira bakanjyana mu Rwanda ninde baba bayaka?&#8221;<\/em><\/p>\n<p><strong>Ni ibintu byo kwitondera<\/strong><\/p>\n<p>Hari amategeko menshi y\u2019ibihugu by\u2019i Burayi ahana abatanga imisanzu mu bikorwa bishobora guteza umutekano muke ndetse harimo n\u2019iterabwoba. Aya mategeko ashobora gukurikirana abantu bamwe batanga izo nkunga mu gihe hagaragara ibimenyetso by\u2019uko iyo misanzu yakoreshejwe mu bikorwa bihohotera ikiremwantu ndetse n\u2019ubwicanyi cyane cyane ko hari Rapports z\u2019umuryango w\u2019abibumbye zirega u Rwanda gufasha inyeshyamba za M23 zo muri Congo kandi amahanga yose akaba yemeza ko ari zo zibangamiye umutekano muri kariya karere. Mu gihugu cya Noruveji na Suwedi hagiye hakurikiranwa abantu benshi bafashaga imitwe y\u2019iterabwoba muri Somalia, Irak n\u2019ahandi..<\/p>\n<p>Ku bafite ibyangombwa by\u2019ubuhunzi cyangwa bakibishaka nabyo ntabwo byoroshye, kuko gutanga uriya musanzu byonyine ukoresheje iriya nimero ya Compte yatanzwe n\u2019ambasade y\u2019u Rwanda, ni ikimenyetso simusiga ku bashinzwe gukurikirana ibibazo by\u2019impunzi ngo uyatanze ahite yakwa ibyangombwa by\u2019ubuhungiro cyangwa niba akibishaka agahakanirwa kubera ko aba agaragaje imikoranire na Leta y\u2019igihugu yitwa ko yahunze.<\/p>\n<p><strong>\u201dAgahato\u201d<\/strong><\/p>\n<p>N\u2019ubwo byavuzwe ko gutanga inkunga muri icyo kigega ari ubushake bw\u2019umuntu ariko ingufu zigaragara ubu butegetsi bwabishyizemo bigaragara ko guhabwa serivisi muri Ambasade cyangwa ahandi mu butegetsi bw\u2019u Rwanda cyane cyane uri umuntu utuye mu mahanga utaratanze iriya nkunga bishobora kutamworohera cyane cyane ko Leta ya FPR irimo gushaka amafaranga ku mbaraga nk\u2019iyayataye. Ibi byagaragaye kenshi mu itangwa ry&#8217;imisanzu yo gufasha FPR abantu bahatirwaga gutanga mu mayeri cyane cyane mu gihe cy&#8217;amatora.<\/p>\n<p>Ikindi giteye impungenge n\u2019uko Leta y\u2019u Rwanda ifite ubwishongozi no kwihagararaho ku buryo idashaka kwigorora n\u2019amahanga ngo ireke gufasha inyeshyamba za M23 isubirane imfashanyo, ahubwo iki gikorwa cy\u2019Agaciro DF n\u2019igikorwa gisa nk\u2019icyiteguye guhangana n\u2019amahanga igihe kirekire.<\/p>\n<p>Hari n\u2019amakuru agikorerwa iperereza yemeza ko Agaciro Development Fund ishobora gukoreshwa mu bikorwa by\u2019ubusahuzi bwa Congo mubyo bita blanchiment d\u2019argent cyangwa money laundering, amafaranga avuye mu bucukuzi bw\u2019amabuye y\u2019agaciro n\u2019ibindi bikorwa ahagenzurwa n\u2019inyeshyamba za M23 akitirirwa ko ari ayatanzwe mu rwego rwa Agaciro Development Fund.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Umusomyi wa The Rwandan<\/p>\n<p>Norway<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku munsi w\u2019ejo tariki ya 27 Kanama 2012 abanyarwanda benshi batuye mu majyaruguru y\u2019u Burayi babonye ubutumwa bwa email bubasaba kwitabira gutanga inkunga mu kigega kiswe Agaciro Development Fund.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1252,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-1251","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku munsi w\u2019ejo tariki ya 27 Kanama 2012 abanyarwanda benshi batuye mu majyaruguru y\u2019u Burayi babonye ubutumwa bwa email bubasaba kwitabira gutanga inkunga mu kigega kiswe Agaciro Development Fund.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-28T22:55:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi\",\"datePublished\":\"2012-08-28T22:55:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/\"},\"wordCount\":871,\"commentCount\":4,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/\",\"name\":\"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-28T22:55:31+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"375\",\"height\":\"498\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi - Umunyarwanda","og_description":"Ku munsi w\u2019ejo tariki ya 27 Kanama 2012 abanyarwanda benshi batuye mu majyaruguru y\u2019u Burayi babonye ubutumwa bwa email bubasaba kwitabira gutanga inkunga mu kigega kiswe Agaciro Development Fund.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-28T22:55:31+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi","datePublished":"2012-08-28T22:55:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/"},"wordCount":871,"commentCount":4,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/","name":"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-28T22:55:31+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"375","height":"498"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/agaciro-development-fund-mu-majyaruguru-yu-burayi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Agaciro Development Fund mu majyaruguru y\u2019u Burayi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1251","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1251"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1251\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1251"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1251"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1251"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}