{"id":12596,"date":"2016-02-29T23:10:05","date_gmt":"2016-02-29T20:40:05","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=12596"},"modified":"2016-02-29T23:10:05","modified_gmt":"2016-02-29T20:40:05","slug":"uburere-buruta-ubuvuke","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/","title":{"rendered":"UBURERE BURUTA UBUVUKE"},"content":{"rendered":"<p>Kera mu Rwanda umwana yaravukaga umuryango wose ugahaguruka, agakurana na ba nyirasenge na ba nyirarume ndetse n\u2019abaturanyi bose babaga ari abarezi b\u2019uwo mwana. Umwana agakurana uburere buvuye ku babyeyi ndetse n\u2019abamubanjirije, yagira ababyeyi atabagira yarerwaga nk\u2019abandi akagira uburenganzira nk\u2019abandi kuko yabaga ari umwana w\u2019umuryango akaba kandi n\u2019umwana w\u2019u Rwanda.<!--more--><\/p>\n<p>Kuva aho amacakubiri atangiriye mu Rwanda, umwana yataye indangagaciro ze, kuko guhera icyo gihe abakuru batangiye kujya bareba buri mwana bitewe n\u2019umuryango aturukamo haba kwa se cyangwa kwa nyina, agahabwa umwanya mu muryango bitewe n\u2019uburyo ababyeyi be batabarutse. N\u2019uko umuryango nyarwanda utangira guta agaciro gutyo kugeza aho ubu hari imfubyi nyinshi zirera kubera kubura kirera kandi umuryango nyarwanda uhari, ngo burya \u201cumwera uturutse ibukuru urakongera\u201d. Aha natanga urugero rw\u2019abana benshi baba mumuhanda, bagombye kwitabwaho bagashyirwa mu bigo by\u2019imfubyi cyangwa se bagashyirwa mu miyango ibarera.<\/p>\n<p>Ubu ngubu imfubyi zibarizwa munzego zinyuranye kandi zikabatandukanya koko haba mu mashuri haba mukazi cyangwa mu zindi nzego zinyuranye. Mu mashuri harihirwa bamwe abandi bakabareka bitewe n\u2019uburyo navuze haruguru babazwa impamvu bagizwe imfubyi, akaba ariryo fatizo ryo kwemeza ugomba gufashwa n\u2019udafashwa kandi bose bigira kuzateza u Rwanda igihugu cyabo imbere. Ibyo ntekereza ko bitadindiza bamwe gusa ahubwo bigira n\u2019ingaruka ku majyambere y\u2019igihugu. Burya ngo umuturanyi wawe aragakira kuko iyo akennye bidindiza n\u2019abamukikije.<\/p>\n<p>Uko mbibona u Rwanda rukwiye gufata abana bose kimwe nk\u2019uko kanyarwanda yavuze ngo \u201cuburere buruta ubuvuke\u201d; koko bose ni abajyambere, buri mwana agomba kugira uburenganzira bukwiye hakurikijwe amikoro y\u2019igihugu; kugirango ejo hazaza igihugu kizabe gifite urubyiruko rujijutse, rugikorera rutanga amaboko n\u2019ibitekerezo byubaka aho kugwiza abana bo mu muhanda bitewe n\u2019amikoro make atewe no kuba imfubyi kuko nta n\u2019umwe wabihisemo.<\/p>\n<p>Ikintu cya mbere gikwiriye umwana wese aho ava akagera ndetse no kw\u2019isi hose ni ukubona uburere bwo mw\u2019ishuri. Kandi akanakura yiyumva mu muryango w\u2019igihugu cye kuko nibyo biba bizamuha n\u2019imbaraga zo kugikunda no kugikorera.<\/p>\n<p><strong>NIBAGWIRE Fran\u00e7oise<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kera mu Rwanda umwana yaravukaga umuryango wose ugahaguruka, agakurana na ba nyirasenge na ba nyirarume ndetse n\u2019abaturanyi bose babaga ari abarezi b\u2019uwo mwana. Umwana agakurana uburere buvuye ku babyeyi ndetse n\u2019abamubanjirije, yagira ababyeyi atabagira yarerwaga nk\u2019abandi akagira uburenganzira nk\u2019abandi kuko yabaga ari umwana w\u2019umuryango akaba kandi n\u2019umwana w\u2019u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":12597,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-12596","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>UBURERE BURUTA UBUVUKE - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"UBURERE BURUTA UBUVUKE - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kera mu Rwanda umwana yaravukaga umuryango wose ugahaguruka, agakurana na ba nyirasenge na ba nyirarume ndetse n\u2019abaturanyi bose babaga ari abarezi b\u2019uwo mwana. Umwana agakurana uburere buvuye ku babyeyi ndetse n\u2019abamubanjirije, yagira ababyeyi atabagira yarerwaga nk\u2019abandi akagira uburenganzira nk\u2019abandi kuko yabaga ari umwana w\u2019umuryango akaba kandi n\u2019umwana w\u2019u Rwanda.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-29T20:40:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/02\/impfubyi.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"362\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"400\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/\",\"name\":\"UBURERE BURUTA UBUVUKE - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/02\/impfubyi.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-29T20:40:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/02\/impfubyi.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/02\/impfubyi.jpg\",\"width\":362,\"height\":400},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"UBURERE BURUTA UBUVUKE\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"UBURERE BURUTA UBUVUKE - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"UBURERE BURUTA UBUVUKE - Umunyarwanda","og_description":"Kera mu Rwanda umwana yaravukaga umuryango wose ugahaguruka, agakurana na ba nyirasenge na ba nyirarume ndetse n\u2019abaturanyi bose babaga ari abarezi b\u2019uwo mwana. Umwana agakurana uburere buvuye ku babyeyi ndetse n\u2019abamubanjirije, yagira ababyeyi atabagira yarerwaga nk\u2019abandi akagira uburenganzira nk\u2019abandi kuko yabaga ari umwana w\u2019umuryango akaba kandi n\u2019umwana w\u2019u Rwanda.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-02-29T20:40:05+00:00","og_image":[{"width":362,"height":400,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/02\/impfubyi.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/","name":"UBURERE BURUTA UBUVUKE - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/02\/impfubyi.jpg","datePublished":"2016-02-29T20:40:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/02\/impfubyi.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/02\/impfubyi.jpg","width":362,"height":400},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uburere-buruta-ubuvuke\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"UBURERE BURUTA UBUVUKE"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12596","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=12596"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12596\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/12597"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=12596"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=12596"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=12596"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}