{"id":1281,"date":"2012-08-30T12:15:02","date_gmt":"2012-08-30T10:15:02","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1281"},"modified":"2012-08-30T12:15:02","modified_gmt":"2012-08-30T10:15:02","slug":"inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/","title":{"rendered":"Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23"},"content":{"rendered":"<p>Nk\u2019uko bitangazwa na Radio y\u2019abafaransa RFI, inama y\u2019umutekano y\u2019umuryango w\u2019abibumbye yumvise kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Kanama 2012 ibisobanuro bya ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda na mugenzi we wa Congo,<!--more--> ku bijyanye n\u2019ibirego biri mu cyegeranyo cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye birega u Rwanda gufasha inyeshyamba za M23. Muri ibyo biganiro byabereye mu muhezo abagize inama y\u2019umutekano y\u2019umuryango w\u2019abibumbye basabye bakomeje u Rwanda kureka gufasha inyeshyamba za M23 kandi ngo u Rwanda rukubahiriza ubusugire bw\u2019igihugu cya Congo.<\/p>\n<p>Kuri Leta y\u2019u Rwanda, byari uburyo bwo kwisobanura no gukumira icyuho mu rwego rwa diplomasi cyatewe n\u2019icyegeranyo cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye. Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda, Madame Louise Mushikiwabo yareze umukuru w\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye, umunyamerika Steve Hege, kurwanya u Rwanda no kugaragaza gushyigikira FDLR ndetse yanamaganye icyemezo cy\u2019ibihugu bimwe na bimwe cyo guhagarikira u Rwanda inkunga. Yagize ati: \u00ab<em>Inkunga mu rwego rw\u2019amajyambre ntabwo yagombye gukoreshwa nk\u2019igikangisho, nk\u2019uko bimeze muri iki kibazo cya Congo. Ni igihe cyo kwiga nyabyo ibi birego. Ntabwo gukomeza gushinja u Rwanda ari byo bizatuma ruva kw\u2019izima ngo rwemere ko rurimo gufasha inyeshyamba za M23 kandi atari byo<\/em>\u00bb.<\/p>\n<p>Ariko uko ibintu bimeze ubu, ibihugu bigize inama y\u2019umutekano y\u2019umuryango w\u2019abibumbye bishyigikiye ibivugwa n\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye. Mu biganiro byabaye mu muhezo, ibyo bihugu byihanangirije bikomeje Leta y\u2019u Rwanda biyisaba guhagarika gufasha inyeshyamba za M23 no kubaha ubusugire bw\u2019igihugu cya Congo. Umuryango w\u2019abibumbye wizeye ko umubonano hagati ya ba Perezida Kagame na Kabila uzaba mu cyumweru gitaha i Kampala ushobora gutuma ibintu byoroha. Tubibutse ko i Kampala hazateranira inama y\u2019abakuru b\u2019ibihugu bigize ibiyaga bigari (CIGL) iyo nama ije ikurikira indi yayibanjirije itaragize icyo igeraho.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nk\u2019uko bitangazwa na Radio y\u2019abafaransa RFI, inama y\u2019umutekano y\u2019umuryango w\u2019abibumbye yumvise kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Kanama 2012 ibisobanuro bya ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda na mugenzi we wa Congo,<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1282,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-1281","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nk\u2019uko bitangazwa na Radio y\u2019abafaransa RFI, inama y\u2019umutekano y\u2019umuryango w\u2019abibumbye yumvise kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Kanama 2012 ibisobanuro bya ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda na mugenzi we wa Congo,\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-30T10:15:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/\",\"name\":\"Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-30T10:15:02+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"300\",\"height\":\"200\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23 - Umunyarwanda","og_description":"Nk\u2019uko bitangazwa na Radio y\u2019abafaransa RFI, inama y\u2019umutekano y\u2019umuryango w\u2019abibumbye yumvise kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Kanama 2012 ibisobanuro bya ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda na mugenzi we wa Congo,","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-30T10:15:02+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/","name":"Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-30T10:15:02+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"300","height":"200"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inama-yumutekano-ya-onu-yashyigikiye-imyanzuro-yimpuguke-ishinja-u-rwanda-gufasha-m23\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Inama y\u2019umutekano ya ONU yashyigikiye imyanzuro y\u2019impuguke ishinja u Rwanda gufasha M23"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1281","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1281"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1281\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1281"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1281"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1281"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}