{"id":1294,"date":"2012-08-30T23:27:42","date_gmt":"2012-08-30T21:27:42","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1294"},"modified":"2012-08-31T00:03:59","modified_gmt":"2012-08-30T22:03:59","slug":"ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/","title":{"rendered":"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika"},"content":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 018\/P.S.IMB\/012<\/p>\n<p>Hashize iminsi, hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu mujyi wa Kigali no mu ntara y\u2019amajyepfo hakomeje kugaragara imfu zidasobanutse. Mu gihe kitageze ku kwezi, mu mujyi wa Kigali wonyine harabarurwa abantu bagera kuri cumi na batanu (15).<!--more--> Akenshi, inzego z\u2019umutekano zigatangaza ko ngo ari \u00ab indaya \u00bb zabiguyemo. Ariko mu karere ka Muhanga havugwa n\u2019urupfu rw\u2019umucuruzi witwa Icyaduhuje Faustin ndetse na Musabyimana Inosenti wari umuzamu kw\u2019umucuruzi Tuyisenge Narcisse .<\/p>\n<p>Iby\u2019izi mfu kandi bikaba bibaye mu gihe inkeragutabara zibasiye abatavuga rumwe na Leta kugeza n\u2019aho zijya kubatera mu mazu yabo nijoro. Twibutse ko umuyobozi w\u2019ishyaka PS Imberakuri mu Karere ka Gasabo, Bwana Dominiko Shyirambere yatewe n\u2019abantu bitwaje intwaro mu ijoro ryo kuwa 25 rishyira kuwa 26 Kanama, maze mu gihe yatabarwaga n\u2019abandi barwanashyaka, Bwana Sylvain Sibomana, Umunyamabanga Mukuru wa FDU agakubitwa bikomeye . Aho kuvuzwa, we, na Shyirambere polisi yagiye kubafungira kuri polisi ya Remera kugera mu ma saa munani n\u2019igice.<\/p>\n<p>Ibi byose bikaba kandi mu gihe umunyamakuru wa \u00ab Radiyo Ubuntu Butangaje \u00bb yaganiriye kuri iyi radiyo n\u2019Umuyobozi w\u2019Intara y\u2019Amajyepfo, Bwana MUNYENTWARI Alfonse, maze umunyamakuru akavugako ngo hari amakuru afite y\u2019uko ngo abagenda bica abantu bafite aho bahuriye n\u2019ishyaka PS Imberakuri.<\/p>\n<p>Kuba imfu nk\u2019izi zikomeje kwibasira abanyarwanda, bikaba kandi mu gihe Leta yakwije abashinzwe umutekano (abasirikari, abapolisi, abalokodifensi, inkeragutabara, intore ndetse n\u2019amarondo) hirya no hino mu gihugu ari nako itangaza ko umutekano ari wose, nyamara kandi kugeza ubu amaperereza akorwa akaba ntacyo arabasha gutangariza abanyarwanda ku bihishe inyuma y\u2019aya marorerwa, ahubwo abambari bayo bakaba batangiye kwitwaza ibitangazamakuru ngo baharabike abatavuga rumwe na Leta, nkaho kutavugarumwe nayo bisobanuye kuba umwanzi w\u2019igihugu cyangwa inkozi y\u2019ibibi, ibi bikaba byaba bibaje cyane niba ari uko mu Rwanda bifatwa.<\/p>\n<p>Biratangaje kandi kuba kugeza ubu mu bicwa hari bamwe bo mu nzego z\u2019ubutegetsi zita ko ngo ari \u00ab indaya \u00bb, nk\u2019aho abagomba kwicwa hari icyapa babanza guterwaho kigaragaza umwuga bakora. Kuba bakwitwa \u00ab indaya \u00bb sibyo bikwiye gutuma bamburwa ubuzima kuko buri kiremwa muntu ubuzima bwacyo bugomba kurirwa no kubungwabungwa.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rikaba ariko ritewe impungenge rinamagana cyane uwariwe wese nicyo aricyo cyose wakesha amakinamico harimo n\u2019 itangazamakuru hagamijwe gusa gusebya na no gusenya ishyaka ryahisemo gukorera mu KURI, rishishikajwe gusa n\u2019uko abanyarwanda twese tugira uburenganzira bungana mu rwatubyaye.<\/p>\n<p>Niba uwo munyamakuru afite amakuru ashinja ishyaka PS Imberakuri n\u2019abayobozi baryo, yabigaragarije ubucamanza aho guhakirizwa. Umunyarwanda yagize ati : \u00ab AHO KWICA GITERA, ICA IKIBIMUTERA\u00bb.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri riboneyeho umwanya wo kwihanangiriza aba bose bashaka kwihisha inyuma y\u2019itangazamakuru, bashaka gutesha agaciro umwuga, bashyira imbere inyungu z\u2019agatsiko cyangwa umuntu runaka nk\u2019aho n\u2019aka kanya bibagiwe aho imikorere nk\u2019iyi yagejeje u Rwanda.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rirasaba ahubwo ko Inteko Ishingamategeko yakwikubita agashyi maze igatumiza Minisitiri ufite umutekano mu nshingano ze kugirango asobanurire abanyarwanda iby\u2019izi mfu z\u2019inzirakarengane zugarije abanyarwanda kandi hagakorwa n\u2019iperereza rigaragaza abihishe inyuma y\u2019ubu bwicanyi ndetse hagafatwa n\u2019ingamba zihamye zo guhumuriza abanyarwanda.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rirongera kwibutsa abanyarwanda, inshuti z\u2019u Rwanda ariko cyane cyane Leta ya Kigali ko nta na rimwe gukoresha ingufu bikemura ibibazo by\u2019abenegihugu. Nabyo ni \u00ab nka cya kinya \u00bb. Ibiganiro mpaka bikozwe mu KURI niwo muti rukumbi w\u2019ibibazo byugarije abanyarwanda.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>Bikorewe i Kigali, kuwa 30 Kanama 2012<\/p>\n<p>Alexis BAKUNZIBAKE<\/p>\n<p>Visi Prezida wa Mbere<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.ps-imberakuri.net\/\">http:\/\/www.ps-imberakuri.net\/<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 018\/P.S.IMB\/012 Hashize iminsi, hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu mujyi wa Kigali no mu ntara y\u2019amajyepfo hakomeje kugaragara imfu zidasobanutse. Mu gihe kitageze ku kwezi, mu mujyi wa Kigali wonyine harabarurwa abantu bagera kuri cumi na batanu (15).<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1191,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-1294","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 018\/P.S.IMB\/012 Hashize iminsi, hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu mujyi wa Kigali no mu ntara y\u2019amajyepfo hakomeje kugaragara imfu zidasobanutse. Mu gihe kitageze ku kwezi, mu mujyi wa Kigali wonyine harabarurwa abantu bagera kuri cumi na batanu (15).\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-08-30T21:27:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-08-30T22:03:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika\",\"datePublished\":\"2012-08-30T21:27:42+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-30T22:03:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/\"},\"wordCount\":558,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/\",\"name\":\"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-08-30T21:27:42+00:00\",\"dateModified\":\"2012-08-30T22:03:59+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"225\",\"height\":\"225\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 018\/P.S.IMB\/012 Hashize iminsi, hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu mujyi wa Kigali no mu ntara y\u2019amajyepfo hakomeje kugaragara imfu zidasobanutse. Mu gihe kitageze ku kwezi, mu mujyi wa Kigali wonyine harabarurwa abantu bagera kuri cumi na batanu (15).","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-08-30T21:27:42+00:00","article_modified_time":"2012-08-30T22:03:59+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika","datePublished":"2012-08-30T21:27:42+00:00","dateModified":"2012-08-30T22:03:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/"},"wordCount":558,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/","name":"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-08-30T21:27:42+00:00","dateModified":"2012-08-30T22:03:59+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"225","height":"225"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-ryiyamye-abashaka-kuriharabika\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ishyaka PS Imberakuri ryiyamye abashaka kuriharabika"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1294","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1294"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1294\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1294"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1294"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1294"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}