{"id":12969,"date":"2016-04-06T14:23:57","date_gmt":"2016-04-06T11:53:57","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=12969"},"modified":"2017-08-08T11:28:12","modified_gmt":"2017-08-08T09:28:12","slug":"leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/","title":{"rendered":"Leta y&#8217;u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers!"},"content":{"rendered":"<p>Leta y&#8217;u Rwanda iravuga ko iiki cy&#8217;ubucuruzi \u00a0kivugwa mu <a href=\"https:\/\/projects.icij.org\/panama-papers\/power-players\/#10\">mpapuro z&#8217;ikigo gishinzwe guhagararira abantu mu mategeko\u00a0Mossack Fonseca<\/a> zanyereye zerekana ubuhisho bw&#8217;inyereza ry&#8217;imisoro ku bantu bakomeye kw&#8217;isi, zigaragaza uburyo Mossak Fonseka yafashije abakiriya bayo guhishira amafaranga afite inkomoko mbi [itemwe n&#8217;amategeko], guhunga ibihano, ndetse n&#8217;imisoro, ngo Leta y&#8217;u Rwanda icyo kigo yagikoresheje mu buryo bwubahirije amategeko.<!--more--><\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenamigambi, Amb. Claver Gatete, abinyujije mu<a href=\"http:\/\/www.minecofin.gov.rw\/index.php?id=12&amp;tx_ttnews%5Btt_news%5D=495&amp;cHash=9314222841246ab80f9fe1a8308329f0\"> itangazo<\/a>, kuri uyu wa 6 Mata 2016 yasobanuye ko icyo kigo ntaho gihuriye no kunyereza imisoro no kwikubira inyungu nk\u2019ibindi byasohowe muri Panama Papers.<\/p>\n<p>Yasobanuye ko icyo kigo cyafashaga Leta\u00a0mu kugabanya umutungo ugendera ku ngendo z\u2019abayobozi ba guverinoma.<\/p>\n<p>Ati<em>\u201d Debden Investments Ltd, ni ikigo cyavuzwe muri Panama Papers cyashinzwe na Guverinoma y\u2019Inzibacyuho y\u2019u Rwanda mu 1998. Cyari uburyo bwihariye guverinoma yifashishaga mu kubona serivisi zimwe na zimwe zitari zoroshye kuboneka muri icyo gihr kuko guverinoma yakoraga mu buryo bugoye cyane.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Yasobanuye ko Debden Investment yakoreshwaga mu mucyo mu nyungu z\u2019u Rwanda kandi ko nta muntu ku giti cye wayungukiragamo.\u00a0Uretse ibyo Minisitiri Gatete avuga ko nta narimwe mu mikorere y\u2019icyo kigo higeze habaho gukwepa imisoro.<\/p>\n<p>Muri iryo tangazo rya Leta y&#8217;u Rwanda rigufi cyane ntabwo higeze hasobanurwa impamvu abagabo 2 bari hafi ya Perezida Kagame aribo Brig Gen Dr Emmanuel Ndahiro na Bwana Hatari Sekoko ari bo bagaragara muri izo nyandiko zanyereye n&#8217;akazi bakoraga katumye bagaragara muri izi nyandiko.<\/p>\n<p>Nabibutsa ko Bwana Hatari Sekoko ari umunyemari w&#8217;umunyarwanda ukunze gushirwa mu majwi ko ari <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-kagame-afite-umutungo-ukabakaba-miliyari-400-zamafaranga-yu-rwanda\/\">umwe mu bashumba bakoreshwa na Perezida Kagame mu kumucungira imitungo<\/a>, bakitirirwa iyo mitungo nyamara mu by&#8217;ukuri ari iya Perezida Kagame.<\/p>\n<p>Muri iki cyumweru miliyoni 11 z&#8217;inyandiko zari zifitwe n&#8217;ikigo gishinzwe guhagararira abantu mu mategeko Mossak Fonseka zahawe igitangazamauru cy&#8217;Ubudage Sueddeutche Zeitung, nacyo kiziha ikigo gikora itangazamakuru ricukumbuye (ICIJ) maze zihita zikwira hose ku buryo nka\u00a0Ministiri w&#8217;intebe wa Iceland, Sigmundur Gunnlaugsson, yeguye, abaye umuntu ukomeye wa mbere uhutajwe n&#8217;amakuru yasohowe n&#8217;ibinyamakuru byo muri Panama.\u00a0Ayo makuru yakuwe mu kigo cy&#8217;abunganira abantu mu mategeko- Mossack Fonseca- yagaragaje ko Bwana Gunnlaugsson afite ikigo cy&#8217;ubucuruzi cyitwa Wintris afatanije n&#8217;umugore we.\u00a0Ariko ntabwo yigeze avuga uwo mutungo ubwo yinjiraga mu nteko nshinga mategeko.\u00a0Yarezwe ko yahishe za miliyoni z&#8217;amadolari.\u00a0Bwana Gunnlaugsson yavuze ko yagurishije imigabane ku mugore we, kubera izo mpamvu aravuga ko ari nta kosa yakoze.<\/p>\n<p>Abantu barenga 70 ku isi, barimo abakuru b&#8217;ibihugu bari k&#8217;ubuyobozi n&#8217;ababuvuyeho, baravugwa muri izo nyandiko.<\/p>\n<p><strong>Ben Barugahare<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leta y&#8217;u Rwanda iravuga ko iiki cy&#8217;ubucuruzi \u00a0kivugwa mu mpapuro z&#8217;ikigo gishinzwe guhagararira abantu mu mategeko\u00a0Mossack Fonseca zanyereye zerekana ubuhisho bw&#8217;inyereza ry&#8217;imisoro ku bantu bakomeye kw&#8217;isi, zigaragaza uburyo Mossak Fonseka yafashije abakiriya bayo guhishira amafaranga afite inkomoko mbi [itemwe n&#8217;amategeko], guhunga ibihano, ndetse n&#8217;imisoro, ngo Leta y&#8217;u Rwanda icyo kigo yagikoresheje mu buryo bwubahirije amategeko.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":9160,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-12969","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-izindi-nkuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Leta y&#039;u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta y&#039;u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leta y&#8217;u Rwanda iravuga ko iiki cy&#8217;ubucuruzi \u00a0kivugwa mu mpapuro z&#8217;ikigo gishinzwe guhagararira abantu mu mategeko\u00a0Mossack Fonseca zanyereye zerekana ubuhisho bw&#8217;inyereza ry&#8217;imisoro ku bantu bakomeye kw&#8217;isi, zigaragaza uburyo Mossak Fonseka yafashije abakiriya bayo guhishira amafaranga afite inkomoko mbi [itemwe n&#8217;amategeko], guhunga ibihano, ndetse n&#8217;imisoro, ngo Leta y&#8217;u Rwanda icyo kigo yagikoresheje mu buryo bwubahirije amategeko.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-04-06T11:53:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-08-08T09:28:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/Gatete.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"238\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"211\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/\",\"name\":\"Leta y'u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/Gatete.jpg\",\"datePublished\":\"2016-04-06T11:53:57+00:00\",\"dateModified\":\"2017-08-08T09:28:12+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/Gatete.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/Gatete.jpg\",\"width\":238,\"height\":211},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta y&#8217;u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta y'u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta y'u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers! - Umunyarwanda","og_description":"Leta y&#8217;u Rwanda iravuga ko iiki cy&#8217;ubucuruzi \u00a0kivugwa mu mpapuro z&#8217;ikigo gishinzwe guhagararira abantu mu mategeko\u00a0Mossack Fonseca zanyereye zerekana ubuhisho bw&#8217;inyereza ry&#8217;imisoro ku bantu bakomeye kw&#8217;isi, zigaragaza uburyo Mossak Fonseka yafashije abakiriya bayo guhishira amafaranga afite inkomoko mbi [itemwe n&#8217;amategeko], guhunga ibihano, ndetse n&#8217;imisoro, ngo Leta y&#8217;u Rwanda icyo kigo yagikoresheje mu buryo bwubahirije amategeko.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-04-06T11:53:57+00:00","article_modified_time":"2017-08-08T09:28:12+00:00","og_image":[{"width":238,"height":211,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/Gatete.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/","name":"Leta y'u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/Gatete.jpg","datePublished":"2016-04-06T11:53:57+00:00","dateModified":"2017-08-08T09:28:12+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/Gatete.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/Gatete.jpg","width":238,"height":211},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yagerageje-kwisobanura-ku-bivugwa-ku-rwanda-muri-panama-papers\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta y&#8217;u Rwanda yagerageje kwisobanura ku bivugwa ku Rwanda muri Panama Papers!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12969","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=12969"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12969\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":21474,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/12969\/revisions\/21474"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9160"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=12969"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=12969"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=12969"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}