{"id":13492,"date":"2016-05-07T17:54:53","date_gmt":"2016-05-07T15:24:53","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=13492"},"modified":"2016-05-07T23:58:27","modified_gmt":"2016-05-07T21:28:27","slug":"nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/","title":{"rendered":"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura!"},"content":{"rendered":"<p><strong>Hari mu masaa yine ubwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 7 Gicurasi 2016 umwe mu bashinzwe umutekano muri gare ya Nyabugogo yakubitaga umwe mu bagore baba barimo gucuruza utuntu muri iriya Gare aba bazwi ku izina ry\u2019abazunguzayi, yabatakambiye, akanabasaba imbabazi ndetse aranapfukama ariko biba iby\u2019ubusa kuko bamukubise ibipfunsi n\u2019imigeri\u00a0.Uyu mugore akimara gukubitwa akaba yahise yitaba Imana.<!--more--><br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Ubwo umunyamakuru wa\u00a0<strong>Makuruki.rw<\/strong>\u00a0yageraga aho byabereye yahasanze abaturage benshi buzuye muri gare bahangana na Polisi n\u2019akababaro kenshi batewe n\u2019urupfu rw\u2019uwo mugore wishwe bamureba.<\/p>\n<p>Uyu wishwe abamuzi bavuga ko yari umugore wo mu kigero cy\u2019imyaka 28 akaba yitwa Uwamahoro Theodosie, abari kumwe nawe bavuga ko ushinzwe umutekano yamusanze ari kuzengurukana ibicuruzwa muri gare ya Nyabugogo ahita amukubita.<\/p>\n<p>Abantu benshi bazengurutse umurambo wa nyakwigendera bavugaga ko badashaka ko imbangukira gutabara imujyana ngo kuko atari uwa mbere bishe kuko ngo n\u2019undi bishe mbere batazi aho bamujyanye.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"\" src=\"http:\/\/www.makuruki.rw\/local\/cache-vignettes\/L602xH400\/dsc_0164-3-0f1e5.jpg\" width=\"602\" height=\"400\" \/><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"\" src=\"http:\/\/www.makuruki.rw\/local\/cache-vignettes\/L602xH400\/dsc_0159-2-c51d0.jpg\" width=\"602\" height=\"400\" \/><br \/>\n<i>Abaturage bahise bajya kwigaragambiriza imbere y\u2019ibiro bya Polisi ahari umurambo wa nyakwigendera ndetse n\u2019uwamukubise.<br \/>\n<\/i><\/p>\n<p>Bamwe mubiboneye ushinzwe umutekano akubita uyu nyakwigendera aganira na Makuruki.rw yasobanuye uko byagenze. yagize ati:<i>\u201dyarari hirya yanjyee ari kumbwira ngo nimuguranire muhe jus ikonje mpita mbona baraje ari 2 ndamubwira nti\u201dMaho baragufashe \u201c bahita bamujyana arababwira ngo\u201dmwambariye\u201d ni icyo yababwiye gusa ubwo umwe ahita amukubita ikofi mu misaya aradandabirana ahita amukurura amukubita ivi mu gatuza ahita agwa hasi mbona birarangiye mfata akantu yari yambaye ndahungiza ariko ahita apfa\u201d<\/i><\/p>\n<p>Undi ati:<i>\u201djyewe namubonye baza bamutwara ubwo inkeragutabara ihita imukubita ingumi hano(yanyerekaga mu misaya) ntiyagwa ahita amukubita ivi mu gatuza ahita agwa hasi\u201d<\/i><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"\" src=\"http:\/\/www.makuruki.rw\/local\/cache-vignettes\/L602xH400\/dsc_0166-e7e54.jpg\" width=\"602\" height=\"400\" \/><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"\" src=\"http:\/\/www.makuruki.rw\/local\/cache-vignettes\/L602xH400\/dsc_0178-2-c2b34.jpg\" width=\"602\" height=\"400\" \/><br \/>\n<i>Bavugaga ko badashaka ko umurambo we ujyanwa na ambulance.<br \/>\n<\/i><\/p>\n<p>Aba baturage barwanye na polisi bavuga ko umurambo w\u2019uyu mubyeyi ambulance itawutwara kuko ngo hari n\u2019undi wigezwe kwicwa gutyo bamujyanye aburirwa irengero .<\/p>\n<p>Uyu avugana agahinda n\u2019amarira ati:<i>\u201d bimujyana di, na Nyinya ntituzi aho bamushyize, ubu kuko umuntu azajya yicwa nk\u2019inyoni<\/i>\u201d<\/p>\n<p>Imbangukiragutabara yari yaje kumutwara yahise yigendera nyuma yo guterwa amabuye n\u2019abaturage ibirahure bikameneka, ubwo twakoraga iyi nkuru abaturage bari bakiri benshi barwana na Polisi yifuzaga ko umurambo ugenda. Uwakubise nyakwigendera yari yafungiranywe mu biro bya polisi.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"\" src=\"http:\/\/www.makuruki.rw\/local\/cache-vignettes\/L602xH400\/dsc_0180-5-a8953.jpg\" width=\"602\" height=\"400\" \/><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"\" src=\"http:\/\/www.makuruki.rw\/local\/cache-vignettes\/L602xH400\/dsc_0182-5-e3e52.jpg\" width=\"602\" height=\"400\" \/><br \/>\n<em>Ambulance bayiyiteye amabuye ihitamo kwigendara batangiye kuyimena ibirahure.<\/em><\/p>\n<p>Source:<\/p>\n<p><strong>Alexis Musabirema<\/strong><\/p>\n<p><strong>Makuruki.rw<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru The Rwandan ikesha ikinyamakuru\u00a0Mont Jali News nuko abagize uruhare mu gukubita mu kico nyakwigendera Mahoro wishwe n&#8217;inkeragutabara Nyabugogo ari: Ndayizigiye Joseph, Kaneza Eric na Turabumukiza Venuste akaba ari abakozi b&#8217;Umurenge wa Kimisagara, Akarere Ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali.\u00a0Aba bagabo batatu bakaba bari bashinzwe isuku no guca akajagari muri Gare ya Nyabugogo.<\/p>\n<p>Icyo twakongeraho ni uko atari abakozi ba Company Agruni nk&#8217;uko umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali yabitangaje.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hari mu masaa yine ubwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 7 Gicurasi 2016 umwe mu bashinzwe umutekano muri gare ya Nyabugogo yakubitaga umwe mu bagore baba barimo gucuruza utuntu muri iriya Gare aba bazwi ku izina ry\u2019abazunguzayi, yabatakambiye, akanabasaba imbabazi ndetse aranapfukama ariko biba iby\u2019ubusa kuko bamukubise ibipfunsi n\u2019imigeri\u00a0.Uyu mugore akimara gukubitwa akaba yahise yitaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":13493,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-13492","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hari mu masaa yine ubwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 7 Gicurasi 2016 umwe mu bashinzwe umutekano muri gare ya Nyabugogo yakubitaga umwe mu bagore baba barimo gucuruza utuntu muri iriya Gare aba bazwi ku izina ry\u2019abazunguzayi, yabatakambiye, akanabasaba imbabazi ndetse aranapfukama ariko biba iby\u2019ubusa kuko bamukubise ibipfunsi n\u2019imigeri\u00a0.Uyu mugore akimara gukubitwa akaba yahise yitaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-05-07T15:24:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2016-05-07T21:28:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/umuzunguzaji.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"702\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"400\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura!\",\"datePublished\":\"2016-05-07T15:24:53+00:00\",\"dateModified\":\"2016-05-07T21:28:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/\"},\"wordCount\":441,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/05\\\/umuzunguzaji.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/\",\"name\":\"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/05\\\/umuzunguzaji.jpg\",\"datePublished\":\"2016-05-07T15:24:53+00:00\",\"dateModified\":\"2016-05-07T21:28:27+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/05\\\/umuzunguzaji.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/05\\\/umuzunguzaji.jpg\",\"width\":702,\"height\":400},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura! - Umunyarwanda","og_description":"Hari mu masaa yine ubwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 7 Gicurasi 2016 umwe mu bashinzwe umutekano muri gare ya Nyabugogo yakubitaga umwe mu bagore baba barimo gucuruza utuntu muri iriya Gare aba bazwi ku izina ry\u2019abazunguzayi, yabatakambiye, akanabasaba imbabazi ndetse aranapfukama ariko biba iby\u2019ubusa kuko bamukubise ibipfunsi n\u2019imigeri\u00a0.Uyu mugore akimara gukubitwa akaba yahise yitaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-05-07T15:24:53+00:00","article_modified_time":"2016-05-07T21:28:27+00:00","og_image":[{"width":702,"height":400,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/umuzunguzaji.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura!","datePublished":"2016-05-07T15:24:53+00:00","dateModified":"2016-05-07T21:28:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/"},"wordCount":441,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/umuzunguzaji.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/","name":"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/umuzunguzaji.jpg","datePublished":"2016-05-07T15:24:53+00:00","dateModified":"2016-05-07T21:28:27+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/umuzunguzaji.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/umuzunguzaji.jpg","width":702,"height":400},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyabugogo-inkeragutabara-yishe-umuturage-bituma-abaturage-bandi-bivumbura\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyabugogo: Inkeragutabara yishe umuturage bituma abaturage bandi bivumbura!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/13492","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=13492"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/13492\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/13493"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=13492"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=13492"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=13492"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}