{"id":1353,"date":"2012-09-03T16:16:59","date_gmt":"2012-09-03T14:16:59","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1353"},"modified":"2012-09-03T16:17:09","modified_gmt":"2012-09-03T14:17:09","slug":"ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/","title":{"rendered":"Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura"},"content":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 019\/P.S.IMB\/012<\/p>\n<p>Mu mpera z\u2019ukwezi gushize, kuva kuwa 16\/08 kugera kuwa 30\/08, abanyarwanda twitabiriye ibarura rusange.<br \/>\nNi byiza rwose ko igikorwa nk\u2019iki kibaho iyo giteguwe kandi kigakorwa neza yuko bituma Leta ishobora kugena imigambi ikurikije umubare nyawo w\u2019abaturage bayo.<!--more--> Uretse kandi gufasha Leta kugena imigambi, bwari n\u2019uburyo bwo kugirango abakozi bashinzwe uyu murimo bashobore kubona uburyo bwo kubona amafaranga cyane ko abenshi muribo ari abarimu bagera ku bihumbi makumyabi na bitanu (25.000), akaba arirwo rwego ruhembwa amafranga make mu bakozi ba Leta bose ku buryo abenshi badatinya kubyita \u201c IKINYA\u201d.<\/p>\n<p>Abarimu akaba ari n\u2019ikiciro cy\u2019abakozi gituma ubukungu busesekara kuri rubanda rwose, cyane ko batuye igihugu cyose. Hakiyongeraho n\u2019abamotari bafashije abayobozi b\u2019amatsinda y\u2019abakozi b\u2019ibarura kureba uko icyo gikorwa kirimo kigenda.<\/p>\n<p>Gusa, imiyoborere y\u2019iri barura yaranzwe:<\/p>\n<p>1. Bigitangira, ba nshimwe nshimwe bati \u201cibaruze wiheshe agaciro\u201d, kugera n\u2019aho batera abantu mu mago yabo nijoro. Twizera rwose ko aya atari amabwiriza bahawe n\u2019abayobora ibarura;<\/p>\n<p>2. Ku byerekeye guhemba abakoze ibarura:<\/p>\n<p>a. Buri mwarimu witabiriye ibarura yari yateganyirijwe kubona ibihumbi ijana na makumyabiri na bitanu (125.000 Frw). Muri yo, makumyabiri na bitanu (25.000 Frw) akayabona arangije amahugurwa y\u2019ibarura kuwa 04\/08, mirongo itanu (50.000 Frw) akayabona arangije igikorwa cyo gushyira nimero aho azabarura. Igikorwa cyo gushyiraho nimero ku mazu kikaba cyarabaye kuva kuwa 08\/08 kugera kuwa 12\/08. Naho mirongo itanu asigaye (50.000 Frw) akayabona arangije ibarura nyaryo ryabaye kuva kuwa 16\/08 kugera kuwa 30\/08.<\/p>\n<p>Abarimu rero baratabaza bavuga ko uretse ibihumbi mirongo itatu (30.000 Frw) bahembwe kuri 27\/08 nayo kubadasanzwe mu mwarimu SACCO bagakatwa 6.180 Frw, andi bayaburiye iherezo. Izindi mpungenge abarimu bafite ngo n\u2019uko bamenyeko nibaramuka babonye n\u2019ayo mafranga asigaye, bazayahabwa mu byiciro kandi buri kiciro SACCO ibakata amafaranga igihumbi (1.000 Frw).<\/p>\n<p>b. Igikorwa cyo kudahembwa nticyabaye ku barimu gusa. N\u2019 abatwara moto bagombaga gutwara abakozi b\u2019ibarura bari bumvikanye guhembwa ibihumbi cumi na bitandatu na magana atanu (16.500 Frw) ku munsi. Nyamara, ishyirahamwe ryabo ryari ryatsindiye isoko ryabahaye gusa hagati y\u2019ibihumbi birindwi (7.000 Frw) n\u2019ibihumbi icumi (10.000 Frw). Ibi kandi bigakurikirwa nuko mu gihe cy\u2019amahugurwa bari bategetswe gutanga igihumbi na magana atanu (1.500 Frw) ngo yo gushyigikira gahunda ya girinka munyarwanda.<\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri rikaba riratabariza aba bose bakomeje kubuzwa uburenganzira bwabo kubyo baruhiye, ryizerako abashinzwe gukemura ibi bibazo babishyiramo ingufu. Icyo utifuza ko bagukorera, nawe ntuzifuze kugikorera mugenzi wawe. Uko niko kwihesha AGACIRO.<br \/>\nMugire URUKUNDO, UBUTABERA n\u2019UMURIMO.<\/p>\n<p>Bikorewe i Kigali, kuwa 03 Nzeli 2012<\/p>\n<p>Alexis BAKUNZIBAKE<br \/>\nVice Prezida wa Mbere<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 019\/P.S.IMB\/012 Mu mpera z\u2019ukwezi gushize, kuva kuwa 16\/08 kugera kuwa 30\/08, abanyarwanda twitabiriye ibarura rusange. Ni byiza rwose ko igikorwa nk\u2019iki kibaho iyo giteguwe kandi kigakorwa neza yuko bituma Leta ishobora kugena imigambi ikurikije umubare nyawo w\u2019abaturage bayo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1191,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-1353","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 019\/P.S.IMB\/012 Mu mpera z\u2019ukwezi gushize, kuva kuwa 16\/08 kugera kuwa 30\/08, abanyarwanda twitabiriye ibarura rusange. Ni byiza rwose ko igikorwa nk\u2019iki kibaho iyo giteguwe kandi kigakorwa neza yuko bituma Leta ishobora kugena imigambi ikurikije umubare nyawo w\u2019abaturage bayo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-03T14:16:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-09-03T14:17:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/\",\"name\":\"Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-03T14:16:59+00:00\",\"dateModified\":\"2012-09-03T14:17:09+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"225\",\"height\":\"225\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 019\/P.S.IMB\/012 Mu mpera z\u2019ukwezi gushize, kuva kuwa 16\/08 kugera kuwa 30\/08, abanyarwanda twitabiriye ibarura rusange. Ni byiza rwose ko igikorwa nk\u2019iki kibaho iyo giteguwe kandi kigakorwa neza yuko bituma Leta ishobora kugena imigambi ikurikije umubare nyawo w\u2019abaturage bayo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-03T14:16:59+00:00","article_modified_time":"2012-09-03T14:17:09+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/","name":"Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-03T14:16:59+00:00","dateModified":"2012-09-03T14:17:09+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"225","height":"225"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-abakoze-ibarura\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ishyaka PS Imberakuri riratabariza abakoze ibarura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1353","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1353"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1353\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1353"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1353"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1353"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}