{"id":1369,"date":"2012-09-04T20:06:31","date_gmt":"2012-09-04T18:06:31","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1369"},"modified":"2012-09-04T20:06:31","modified_gmt":"2012-09-04T18:06:31","slug":"ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/","title":{"rendered":"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda"},"content":{"rendered":"<div>\n<p>Guverinoma y\u2019igihugu cy\u2019Ubwongereza imaze gutangaza ko igiye kurekura igice cy\u2019inkunga igenera u Rwanda yari yahagaritswe kuko u Rwanda rugaragaza ko rufite ubushake mu gukemura ikibazo cy\u2019umutekano muke muri Congo.<!--more--><\/p>\n<p>Miliyoni 12 z\u2019amadorali y\u2019Amerika niyo agiye kuba arekuwe n\u2019iki gihugu muri iyi minsi ikindi gice kikazatangwa mu mpera z\u2019uyu mwaka, nk\u2019uko bitangazwa na Mr. Andrew Mitchell, Umunyamabanga wa Leta y\u2019u Bwongeleza ushinzwe interambere mpuzamahanga.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cU Rwanda rwiyemeje kugira uruhare mu bikorwa by\u2019amahoro binyuze mu Nama Mpuzamahanga ku mutekano w\u2019Ibiyaga Bigari. Hakiyongeraho ko Guverinoma y\u2019u Rwanda yakomeje kwerekana ubushake bwayo mu kugabanya ubukene no guteza imbere imikoreshereze y\u2019amafaranga, Ubwongeleza buzaba burekuye igice cy\u2019nkunga bwageneraga u Rwanda\u201d.<\/p>\n<p>Amafaranga azatangwa azahita yoherezwa muri gahunda z\u2019uburezi no mu bijyanye n\u2019imirire, kugira ngo abaturage bakennye mu Rwanda badahungabanywa n\u2019impinduka zabaye. Abana nabo bagera ku bihumbi 60 nabo bazagira amahirwe yo gusubira mu mashuri.<\/p>\n<p>Ubwongereza bwemeje kuba buhaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 12 z\u2019amadorali muri miliyoni 25 Ubwongereza bwari bwafatiriye mu minsi ishize; nk\u2019uko bitangazwa n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019Abongereza (Reuters).<\/p>\n<p>Umunyamabanga w\u2019Ubwongereza wari ushinzwe iterambere mpuzamahanga yemeje ko u Rwanda ruri kugaragaza ubushake mu bikorwa byose bigamije kugarura umutekano no kurangiza intambara imaze iminsi muri Kongo.<\/p>\n<p>Gusa ngo Ubwongereza ntibuzahita burekura inkunga yose ya miliyoni 25 z\u2019Amadolari kuko butaramara kwemezwa neza n\u2019Umuryango mpuzamahanga ko u Rwanda rudashyigikiye abarwanya Leta ya Kongo bibumbiye mu mutwe wa M23.<\/p>\n<p>Abayobozi bakuru muri Guverinoma ya Kongo bahise batera utwatsi icyo cyemezo, bavuga ko ngo ibyo ari icyemezo kidakwiye kandi kizagira ingaruka mbi.<\/p>\n<p>Lambert Mende ushinzwe kuvugira Leta ya Kongo ati \u201cNtabwo twemeranya na busa n\u2019Ubwongereza ibyo buvuga ku ntambwe yaba yaratewe mu kugarura umutekano kandi guha u Rwanda inkunga bizasubiza ibintu irudubi.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muvugizi wa Kongo yavuze ko Kongo igiye kugaragaza ko itishimiye izo mpinduka, dore ko mu minsi ishize Kongo yari yasabye Umuryango w\u2019Abibumbye gufatira abayobozi bakuru b\u2019u Rwanda ibihano ngo kuko bashyigiye M23 iri kurwanya Kongo.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kigalitoday.com\/spip.php?article5222\">Kigali today<\/a><\/p>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Guverinoma y\u2019igihugu cy\u2019Ubwongereza imaze gutangaza ko igiye kurekura igice cy\u2019inkunga igenera u Rwanda yari yahagaritswe kuko u Rwanda rugaragaza ko rufite ubushake mu gukemura ikibazo cy\u2019umutekano muke muri Congo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1370,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-1369","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Guverinoma y\u2019igihugu cy\u2019Ubwongereza imaze gutangaza ko igiye kurekura igice cy\u2019inkunga igenera u Rwanda yari yahagaritswe kuko u Rwanda rugaragaza ko rufite ubushake mu gukemura ikibazo cy\u2019umutekano muke muri Congo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-04T18:06:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda\",\"datePublished\":\"2012-09-04T18:06:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":343,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/\",\"name\":\"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-04T18:06:31+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"176\",\"height\":\"264\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"Guverinoma y\u2019igihugu cy\u2019Ubwongereza imaze gutangaza ko igiye kurekura igice cy\u2019inkunga igenera u Rwanda yari yahagaritswe kuko u Rwanda rugaragaza ko rufite ubushake mu gukemura ikibazo cy\u2019umutekano muke muri Congo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-04T18:06:31+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda","datePublished":"2012-09-04T18:06:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/"},"wordCount":343,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/","name":"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-04T18:06:31+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"176","height":"264"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bwarekuye-igice-cyinkunga-bwari-bwahagarikiye-u-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubwongereza bwarekuye igice cy\u2019inkunga bwari bwahagarikiye u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1369","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1369"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1369\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1369"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1369"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1369"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}