{"id":1381,"date":"2012-09-05T10:13:11","date_gmt":"2012-09-05T08:13:11","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1381"},"modified":"2012-09-05T10:13:11","modified_gmt":"2012-09-05T08:13:11","slug":"abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/","title":{"rendered":"Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d"},"content":{"rendered":"<p>Urutonde rw\u2019imishara mishya rwerekana ko umucamanza mu Rukiko rw\u2019Ibanze ahembwa amafaranga ahwanye 327,462 frw, uw\u2019Urukiko Rwisumbuye ahembwa 373,221 rw mu gihe uwo mu Rukiko Rukuru ahembwa inshuro hafi ebyiri z\u2019umushahara w\u2019umucamanza wo mu Rukiko rw\u2019Ibanze 696,520 frw.<!--more--><\/p>\n<p>Umwe mu bacamanza umaze imyaka 7 mu mwuga akaba na Perezida w\u2019Urukiko rw\u2019Ibanze mu Rwanda, yatangarije Izuba Rirashe ingorane abacamanza bahura nazo.<\/p>\n<p><em>\u201cBatwijeje kera ko imishahara y\u2019abacamanza izavugururwa, ariko n\u2019ivugurura ry\u2019imishahara mishya riragaragaramo akarengane, cyane cyane ku bacamanza bo mu Nkiko z\u2019Ibanze n\u2019Izisumbuye.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Ikibazo abacamanza bo mu nzego z\u2019ibanze bafite ni uko imishahara y\u2019abo ku rwego rumwe nabo mu nzego bwite za Leta itangana n\u2019iyabo, kandi n\u2019ibindi bigenerwa abayobozi muri izo nzego bo batabihabwa.<\/p>\n<p>Uyu mucamanza yagize ati, <em>\u201cTekereza kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge yarahawe imodoka mu gihe twebwe tuyobora urukiko rurimo Imirenge icumi tutarahabwa na moto, aritwe dufite imirimo iremereye, ubwo se ahatari akarengane ni he ?\u201d<\/em><\/p>\n<p>Akomeza agira ati <em>\u201cAbacamanza ntibemerewe kugira undi murimo bawubangikanya, uretse kwigisha kandi nabyo bimaze gusabirwa uburenganzira. Nk\u2019ubu kirazira ko umucamanza akora umwuga w\u2019ubucuruzi, ubwo se wumva umuntu yatungwa n\u2019uriya mushahara ?\u201d<\/em><\/p>\n<p>Imanza byibuze 50% zicibwa ziburamo ubushishozi buhagije.<\/p>\n<p>Umushahara muto kandi ujyana n\u2019akazi kenshi, aho umucamanza asabwa guca byibuze imanza 15 mu kwezi kandi kugira ngo ibirarane bitaba byinshi, hari aho bakuba inshuro ebyiri cyangwa eshatu. Ibi bituma ngo hari imanza zicibwa nabi nk\u2019uko umucamanza yabitangarije Izuba Rirashe.<\/p>\n<p><strong><em>\u201cBuriya guca urubanza bisaba ubushishozi no gusesengura, ugahuza amategeko n\u2019ubushishozi, ariko usanga akenshi kubera ubwinshi bw\u2019imanza tugira bituma tudasoma cyane rimwe na rimwe ukibanda ku mategeko, kandi nayo burya hari amategeko arenganya aho kurenganura.\u201d<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Mu gihe abandi bakozi ba Leta bakora amasaha umunani ku munsi, ku mucamanza ho ni amasaha ari hejuru ya 13 kuko akenshi barangiza kuburanisha bagategura urundi rubanza, ari nako basabwa kwiherera kugira ngo batange imyanzuro ku zindi manza baba baburanishije.<\/p>\n<p>Icyo Urukiko rw\u2019Ikirenga rubivugaho<\/p>\n<p>Urukiko rw\u2019Ikirenga ruvuga ko ntako rutagize rusaba inzego za Leta zigena imishahara kongerera umushahara abacamanza cyane cyane abo mu nzego z\u2019ibanze no kuborohereza mu kazi, bahabwa imodoka.<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019Inkiko Charles Kaliwabo yagize ati, <em>\u201cNtako Urukiko rw\u2019Ikirenga rutagize kugira ngo aba bacamanza bitabweho, si ubushake buke bw\u2019urwego rubavuganira, ahubwo ikibazo cyashakirwa ahandi.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Kaliwabo yongeyeho ko Urukiko rw\u2019Ikirenga rwakoranye inama nyinshi na Ministeri ishinzwe abakozi (MIFOTRA), Primature na Ministeri y\u2019Ubutabera, ariko ibintu ntibigenda uko umuntu abyifuza.<\/p>\n<p>Kaliwabo ati, <em>\u201cUrukiko rw\u2019Ikirenga rurabavuganira ariko sirwo rubagenera imishahara, twanasabaga ko umucamanza yahabwa imodoka imufasha mu kazi ke cyane cyane ko usanga banakorera mu misozi kandi batanemerewe gutega lifuti, ariko kugeza ubu ntibyemewe, si ubushake buke bw\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Mu bindi bibazo bicyugarije abacamanza, ni ubwigenge buke mu kazi kabo bitewe n\u2019ababayobora cyangwa se abayobozi mu zindi nzego.<\/p>\n<p><strong><em>\u201cBibaho ko umuyobozi runaka aguhamagara kuri telefoni akakubwira ko ugomba gushishoza muri urwo rubanza, ariko akongeraho ko bafitanye isano. Ntabwo akubwira mu buryo bweruye ariko uba wumva icyo ashatse kuvuga !\u201d<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Uyu mucamanza utarashatse ko izina rye n\u2019ifoto ye bijya ahagaragara kuko yumva byamugiraho ingaruka, avuga ko abacamanza akenshi bihagararaho bagaca imanza mu buryo babona ko bukwiye nubwo hari abateshuka.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.izuba.org.rw\/i-755-a-33519.izuba\">Izuba Rirashe<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urutonde rw\u2019imishara mishya rwerekana ko umucamanza mu Rukiko rw\u2019Ibanze ahembwa amafaranga ahwanye 327,462 frw, uw\u2019Urukiko Rwisumbuye ahembwa 373,221 rw mu gihe uwo mu Rukiko Rukuru ahembwa inshuro hafi ebyiri z\u2019umushahara w\u2019umucamanza wo mu Rukiko rw\u2019Ibanze 696,520 frw.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1382,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-1381","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urutonde rw\u2019imishara mishya rwerekana ko umucamanza mu Rukiko rw\u2019Ibanze ahembwa amafaranga ahwanye 327,462 frw, uw\u2019Urukiko Rwisumbuye ahembwa 373,221 rw mu gihe uwo mu Rukiko Rukuru ahembwa inshuro hafi ebyiri z\u2019umushahara w\u2019umucamanza wo mu Rukiko rw\u2019Ibanze 696,520 frw.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-05T08:13:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/\",\"name\":\"Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-05T08:13:11+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"550\",\"height\":\"329\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d - Umunyarwanda","og_description":"Urutonde rw\u2019imishara mishya rwerekana ko umucamanza mu Rukiko rw\u2019Ibanze ahembwa amafaranga ahwanye 327,462 frw, uw\u2019Urukiko Rwisumbuye ahembwa 373,221 rw mu gihe uwo mu Rukiko Rukuru ahembwa inshuro hafi ebyiri z\u2019umushahara w\u2019umucamanza wo mu Rukiko rw\u2019Ibanze 696,520 frw.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-05T08:13:11+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/","name":"Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-05T08:13:11+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"550","height":"329"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abacamanza-baravuga-ko-bafatwa-nabi-urukiko-rwikirenga-ruti-ntako-tutagize\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abacamanza baravuga ko bafatwa nabi, Urukiko rw\u2019Ikirenga ruti \u201cntako tutagize!\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1381","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1381"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1381\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1381"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1381"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1381"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}