{"id":14117,"date":"2016-06-17T21:40:34","date_gmt":"2016-06-17T19:10:34","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=14117"},"modified":"2016-06-17T21:43:05","modified_gmt":"2016-06-17T19:13:05","slug":"vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/","title":{"rendered":"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa"},"content":{"rendered":"<p>Ubu unyuze ku ngoro y\u2019Inteko Ishinga amategeko abona ko hari ibice byayo biri gusigwa irangi ryera. Mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka Abadepite bari bagaragarije Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ibikorwa remezo ko bari mu gihirahiro cyo kumenya niba inyubako bakoreramo izasenywa cyangwa izasanwa, n\u2019igihe bizakorerwa, yasubije ko Leta ubu ifite gahunda yo kuyisana ariko ikifuzo ari uko izasenywa hakubakwa ijyanye n\u2019igihe.<!--more--><\/p>\n<p>Ni ikibazo cyabajijwe na Perezidante wa Komisiyo y\u2019Ubukungu n\u2019Ingengo y\u2019imari, Hon Rwaka Constance Mukayuhi tariki ya 16 Gicurasi 2016 ubwo Minisiteri y\u2019Ibikorwa Remezo yasobanuraga ingengo y\u2019imari y\u2019imyaka itatu.<\/p>\n<p>Hon Mukayuhi yavuze ko abagize Inteko Nshingamategeko bari mu gihiraho cyo kumenya niba ingoro bakoreramo izasenywa cyangwa izasanwa, kuko ngo inyigo za mbere zerekanaga ko kubaka indi nshya bizatwara amafaranga y\u2019u Rwanda miliyari zirindwi ndetse no kuyisana ngo ni ayo bizatwara.<\/p>\n<p>Umuyobozi wahawe gusobanura iby\u2019igishushanyo mbonera (mu kigo cy\u2019Igihugu gishinzwe imyubakire) wari kumwe n\u2019Umunyamabanga wa Leta, yavuze ko mbere hari ibitekerezo bibiri;<\/p>\n<p>Icyo gusana iyi nyubako, n\u2019icyo kubaka indi Ngoro y\u2019Inteko nshya, ariko ngo ku rwego rwa \u2018technique\u2019 barangije akazi kabo, gusa ngo biracyaganirwaho n\u2019izindi nzego ngo hafatwe icyemezo.<\/p>\n<p>Dr Alexis Nzahabwanimana, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019Ibikorwa Remezo, yavuze ko aribyo koko hari ibitekerezo bibiri, gusana no kubaka, ariko ngo byose bifite agaciro kuko gusana bizabanza nyuma hagakurikiraho kubaka indi Ngoro y\u2019Inteko ijyanye n\u2019igihe.<\/p>\n<p>Yagize ati\u00a0<em>\u201c\u2026Tuzabanza gusana iyi ngiyi mu be muyikoreramo, ariko dufite ikindi cyifuzo cyo kubaka indi nshya, kuko iyi tubona itakijyanye n\u2019igihe\u2026\u201d<\/em><\/p>\n<p><em>Hon Mukayuhi yahise yungamo amubaza icyakorwa niba hari inyigo yagaragaje ko kubaka indi no gusana byose bizatwara miliyari zirindwi, ati \u2018ubwo icyo dushaka kumenya ni uburyo bwo kudakoresha nabi imari ya Leta\u2019.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Dr Nzahabwanimana, yahise asubiza ati\u00a0<em>\u201cIzo mpungenge twazumvise tuzabizirikana, ni ikibazo tuganira n\u2019inzego zitandukanye ngo kive mu nzira, gusa twe twumva twayisenya tukubaka indi, ariko mu gihe hataraboneka ubushobozi hasanwa iyi.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Ingoro Inteko Nshingamategeko ikoreramo, amateka avuga ko yatangiye kubakwa mu 1980, yuzura mu 1989. Mu 1990 nibwo iyitwaga CND (Conseil National de Development) cyaje kuyikoreramo ivuye gukorera muri \u2018Palais de Jeunesse\u2019 yabaga ahakorera Rukiko rw\u2019Ikirenga na Minisiteri y\u2019Ubutabera ubu.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone\" alt=\"Inteko yubatse ahirengeye ku gasozi kirengeye mu kagali ka Kamugina Umurenge wa Kimihurura muri Gasabo\" src=\"http:\/\/i0.wp.com\/www.umuseke.rw\/wp-content\/uploads\/2016\/06\/DSC_1570.jpg?resize=620%2C412\" width=\"611\" height=\"406\" \/><\/p>\n<p>Inteko yubatse ahirengeye ku gasozi kirengeye mu kagali ka Kamugina Umurenge wa Kimihurura muri Gasabo<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone\" alt=\"Hino yayo hari kuzura umushinga munini w'ubwubatsi bugezweho ku muhanda ugana i Nyarutarama\" src=\"http:\/\/i2.wp.com\/www.umuseke.rw\/wp-content\/uploads\/2016\/06\/DSC_1578.jpg?resize=620%2C412\" width=\"611\" height=\"406\" \/><\/p>\n<p>Hino yayo hari kuzura umushinga munini w\u2019ubwubatsi bugezweho ku muhanda ugana i Nyarutarama<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" alt=\"Ingoro y'Inteko Ishinga Amategeko y'u Rwanda yatangiye gukorerwamo mu 1990\" src=\"http:\/\/i2.wp.com\/www.umuseke.rw\/wp-content\/uploads\/2016\/06\/DSC_1592.jpg?resize=620%2C388\" width=\"611\" height=\"382\" \/><\/p>\n<p>Ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko y\u2019u Rwanda yatangiye gukorerwamo mu 1990<\/p>\n<p><em>Photos \u00a9 Evode MUGUNGA\/Umuseke<\/em><\/p>\n<p>Source: umuseke<\/p>\n<p><strong>Abanyarwanda basomye iyi nkuru barabivugaho iki?<\/strong><\/p>\n<p><strong>&#8211;\u00a0Ludovic King<\/strong><\/p>\n<p>Gusenya?? Hari byinshi yakomeza gukora (yaba museum, cultural hub,\u2026). Indi ngoro ikubakwa ahandi. Igitekerezo cyo gusenya cyo cyaba kibuzemo ubunararibonye no kureba kure.<\/p>\n<p><strong>-Mirimo:<\/strong><\/p>\n<p>Kubaka bizatwara miliyari 7 no gusana bizatwara miliyari 7 none twahisemo gusenya kuko tuzubaka igezweho!!!\u00a0Nakumiro gusa ntakindi, iyi nyubako yahoze yitwa CND mushaka gusenya ni imwe mu mazu yubatse neza kandi akomeye kuko 1994 FAR yayiteye ibisasu byinshi ishaka kuyisenyeraho Inkotanyi birananirana, ibyo bisasu ubiteye kuri aya mazu mwitako agezweho yahita aba umuyonga, kuko amenshi muriyo yatangiye kwiyasa imitutu andi ahora yisenya ntawuyakozeho.\u00a0Ikindi kandi kwifata ugasenya inzu nkiyi nabyo ubwabyo biracuritse wagirango i Rwanda ntabutaka buhari bwo kubakaho kuburyo kubaka ubanza gusenya no kwimura abantu.<\/p>\n<p><strong>-Belina Uwamwezi<\/strong><\/p>\n<p>Iriya nyubako abo ba Nyakubahwa yababanye nto? irava? irashaje se ko ziriya minist\u00e8res za Kacyiru ko ziyiruta ubukuru ko zigikorerwamo? Bene iyo mvugo umuntu yajya kuyitiranya n\u2019umurengwe!! Iriya nzu ngo ntabwo igezweho?? ariko narumiwe, bakabibwira abanyarwanda batuye mu tururi tuyikikije!! Ahaa iyo itagezweho se babakatiye mo utwumba bakazatubatuzamo iyabo ijyanye n\u2019igihe imaze kuzura!! Mbega ubutesi!!<\/p>\n<p><strong>-Kazungu<\/strong><\/p>\n<p>Njye mbona bakubaka indi n\u2019iyi igahamaho. Amazu abiri aruta imwe. Ese ko dusenya amateka bizagenda bite? Mwayigize se wenda Mus\u00e9e y\u2019intambara!<\/p>\n<p><strong>-Sifa<\/strong><\/p>\n<p>Uwagendera kuri logique nk\u2019iyacu, Capitole Inteko ishinga amategeko ya USA (1812) na Maison Blanche kwa Obama (1792), Abanyamerika baba barashyize hasi cyera, Elysee kwa Hollande(1848) na Matignon kwa Ministre w\u2019Intebe (1725) Abafaransa barazishenye, Basilique Saint Pierre ya Vatikani i Roma (1626) yarondoshejwe, Kremlin (1495) hasi!!!! Hari abantu wagira ngo kimwe mu bihora mu mitwe yabo ni ugusenya! Mu minsi ishize Ambassadeur w\u2019u Budage ni we wigeze kubabwira mu kinyabupfura ngo nimureke gukomeza gusenya amazu abumbatiye amateka y\u2019igihugu, bamaze gusenya iyari Centre Culturel y\u2019Abafransa yasimbuwe n\u2019itongo, iyari MINAFFET, iyahoze ari iya Caisse d\u2019Epargne imbere ya BK, iposta yo mu mujyi n\u2019iyo ku Kacyiru..\u00a0Ubu koko mwumva tumaze kudamarara ku buryo dusenya amagorofa nk\u2019ariya, mu gihe abo twirirwa dusaba imfashanyo bagifite amazu arimo n\u2019amaze imyaka irenga 500? Harya ngo ni ukubaka amateka mashya duhereye kuri zero?<\/p>\n<p><strong>-Chris<\/strong><\/p>\n<p>Ibi ni ibiki? Kutajyana n\u2019igihe bisobanuye iki? None se ko White House(USA)imaze imyaka irenga 200 bakaba bakiyikoreramo n\u2019uko babuze amafaranga yo kubaka indi? Inzu se Congres ya Amerika ikoreramo yo imaze imyaka ingahe? Ko batarayisenya? Ubu se ko mu mugi ukomeye nka Washington dusangamo inzu z\u2019ibyondo za ba Kavukire ba America, zo zijyanye n\u2019igihe? Basilica Saint Pierre i Vaticani? Yo yatangiye kubakwa tariki 18\/04\/1506 ubu imaze inyaka isaga 500 yose; ubu se ko ntawayisenye mukeka ko ari amikoro babuze.\u00a0Oya musigeho ba Nyakubahwa, niba itajyanye n\u2019igihe muzayinyihere nyibyaze umusaruro aho kuyisenya.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubu unyuze ku ngoro y\u2019Inteko Ishinga amategeko abona ko hari ibice byayo biri gusigwa irangi ryera. Mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka Abadepite bari bagaragarije Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ibikorwa remezo ko bari mu gihirahiro cyo kumenya niba inyubako bakoreramo izasenywa cyangwa izasanwa, n\u2019igihe bizakorerwa, yasubije ko Leta ubu ifite gahunda yo kuyisana ariko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":14118,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[80],"tags":[],"class_list":["post-14117","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibyo-twabasomeye-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubu unyuze ku ngoro y\u2019Inteko Ishinga amategeko abona ko hari ibice byayo biri gusigwa irangi ryera. Mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka Abadepite bari bagaragarije Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ibikorwa remezo ko bari mu gihirahiro cyo kumenya niba inyubako bakoreramo izasenywa cyangwa izasanwa, n\u2019igihe bizakorerwa, yasubije ko Leta ubu ifite gahunda yo kuyisana ariko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-06-17T19:10:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2016-06-17T19:13:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/CND.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"994\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"545\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa\",\"datePublished\":\"2016-06-17T19:10:34+00:00\",\"dateModified\":\"2016-06-17T19:13:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/\"},\"wordCount\":852,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/06\\\/CND.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibyo twabasomeye\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/\",\"name\":\"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/06\\\/CND.jpg\",\"datePublished\":\"2016-06-17T19:10:34+00:00\",\"dateModified\":\"2016-06-17T19:13:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/06\\\/CND.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/06\\\/CND.jpg\",\"width\":994,\"height\":545},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa - Umunyarwanda","og_description":"Ubu unyuze ku ngoro y\u2019Inteko Ishinga amategeko abona ko hari ibice byayo biri gusigwa irangi ryera. Mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka Abadepite bari bagaragarije Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ibikorwa remezo ko bari mu gihirahiro cyo kumenya niba inyubako bakoreramo izasenywa cyangwa izasanwa, n\u2019igihe bizakorerwa, yasubije ko Leta ubu ifite gahunda yo kuyisana ariko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-06-17T19:10:34+00:00","article_modified_time":"2016-06-17T19:13:05+00:00","og_image":[{"width":994,"height":545,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/CND.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa","datePublished":"2016-06-17T19:10:34+00:00","dateModified":"2016-06-17T19:13:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/"},"wordCount":852,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/CND.jpg","articleSection":["Ibyo twabasomeye"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/","name":"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/CND.jpg","datePublished":"2016-06-17T19:10:34+00:00","dateModified":"2016-06-17T19:13:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/CND.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/CND.jpg","width":994,"height":545},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/vuba-cyangwa-kera-ingoro-yinteko-ishinga-amategeko-cnd-izasenywa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda:Vuba cyangwa kera ingoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko (CND) izasenywa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14117","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=14117"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14117\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/14118"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=14117"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=14117"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=14117"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}