{"id":14186,"date":"2016-06-20T04:55:31","date_gmt":"2016-06-20T02:25:31","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=14186"},"modified":"2016-06-20T04:55:31","modified_gmt":"2016-06-20T02:25:31","slug":"ntawe-uhunga-umutekano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/","title":{"rendered":"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO."},"content":{"rendered":"<p>Mbanze mbifurize umunsi mwiza w\u2019impunzi wizihizwa taliki ya 20\u00a0\/06, nubwo nta munsi mwiza w\u2019ubuhunzi ubaho.<!--more--><\/p>\n<p>Ubuhunzi bwabayeho mu mpande zose z\u2019isi, ariko mu Rwanda ho bisa nk\u2019 umurage w\u2019abasokuruza.<\/p>\n<p>Ingoma nyinshi z\u2019 u Rwanda zagiye zigira abazikanga, bagatinya guhangara abatware, dore ko berekanye ko badatwarira inkota ubusa\u00a0!<\/p>\n<p>Uhunze aba akiza amagara ye.Ikiyoberana n\u2019ukuntu abayobozi benshi bu Rwanda cyane cyane aba Repubulika baba bihaye intego yo guca ubuhunzi burundu\u00a0!<\/p>\n<p>Iyo ntego nziza ntirara idahindutse amagambo gusa? \u00a0Kuko amahano ashwiragiza rubanda atangira abo bayobazi batamaze kabiri ku ntebe y\u2019ubutware . Ngaho itoteza rya hato na hato, ari nako inkota ihoga mu bayoborwa, ugifite agatege n\u2019aho ajya akagenda.<\/p>\n<p>Abasigaye bakajya ku karubanda \u00a0bati\u00a0: \u00ab\u00a0Ntacyo yahunze, yahunze amahoro n\u2019umutekano, yewe rimwe na rimwe bati yanga\u00a0 u Rwanda,\u2026\u00bb. Bakongera bagaca ruhinga bakakubaza uko umuntu agera ibwotamasimbi wababaza uti bite kandi\u00a0? Bati\u00a0: \u201caho gupfa none wapfa ejo\u201d.<\/p>\n<p>Abayobozi bo, nta na rimwe bajya bemera ko uwahunze yaharaniraga gukiza amagara ye. Iyo bigeze i Rwanda uhasanga akarusho, kuko usanga uwahunze bamucirira guhungabanya umutekano,( kandi uwahunze nawe aba avuga ko umutekano we \u00a0wari ugererewe), kwangisha ubuyobozi abayoborwa, ubujura, gukorana n\u2019umwanzi,\u2026<\/p>\n<p>Abo bahunga umutekano \u00a0kuki badahungira aho bicika nka Syrie ( siriya), Irak ( irake) Libye (libiya) n\u2019ahandi hasa nkaho, maze tugire tuti: \u201ckanaka koko yikundira imidugararo!!\u201d<\/p>\n<p>Leta iriho uy\u2019umunsi yagerageje gucyura impunzi , zimwe ziratuzwa izindi zirituza, ndetse leta ikomeza kwakira aba basa nkaho ntamahitamo basigaranye\u00a0!<\/p>\n<p>Ikidasobanutse n\u2019uburyo impunzi zinjira, izindi zibyiganira ku mupaka zambuka kibuno mpa amaguru.<\/p>\n<p>Ikindi n\u2019 ukuntu izatashye zisesekara ururimi rukagobwa ziti: \u201cKarame mwidishyi\u201d suguterura ibibindi umusatsi ugapfuka, abapfukama bakishinja ibyo batazi, abazakira bagashinjagirana \u00a0isheja bumvise ikinyoma kibaca mu matwi\u00a0!<\/p>\n<p>Ariko uwo muneza nturare, kuko na zazindi zigeze ishyanga zivuga urwanga rukazirenga\u00a0, rimwe na rimwe bikarenga kwinigura, bigafata intera yo kwihaga n\u2019 akari imurori ziti: \u201cNgayo nguko\u201d , kwiruka no kubundabunda bigakomeza kuko zavuze kandi bibujijwe.<\/p>\n<p>Uyu munsi abari bazi ko barangije ubuhunzi kuri bo, ubu barongeye bisubirira ishyanga\u00a0!! Nyamara gahunda ya mbere byari ugukemura ikibazo k\u2019impunzi, ndetse n\u2019igitera ubuhunzi icyo aricyo cyose.<\/p>\n<p>ubuyobozi dufite usanga bwo bwiteguye ibindi, kugeza n\u2019ubwo bitagikanga abakagombye guhumuriza abahunga, ahubwo imvugo yabaye iyo kuribwaribwa\u00a0! Ibi biteye impungenge kuko \u00a0n\u2019abaganaga ishyanga batangiye kugana ishyamba, Mbisabire? Igihe muzagwana mu nda muzirinde kwa kuboko gutandukira kukagera ku nsina ngufi n\u2019agafuni ngo pii !, byononera urw\u2019imisozi igihumbi\u00a0!<\/p>\n<p>Abayobozi n\u2019abashaka kuyobora , bazi neza ikibazo gikomereye u Rwanda kurusha ibindi ! Igitangaje n\u2019ukubona ukuntu iki kibazo kiri mu bituma ingoma zose za Republika zibyara.<\/p>\n<p>Ikibazo k\u2019impunzi cyageze aho kigushije leta zabanje cyagusha n\u2019abandi. Ibi si ibyifuzo ahubwo n\u2019ubusesenguzi bwakorwa ndeste bugaragarira ukurikira\u00a0 iby\u2019iwacu. Umunyarwanda yaragize ati\u00a0: \u00ab Ikubise mukeba uyirenza urugo mu maguru mashya\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Benshi mu baharanira kuyobora u Rwanda n\u2019ubu biha intego yo guca ubuhunzi\u00a0. Uyu mugambi wa kigabo ntuzabe amagambo, nta munyarwanda utarahunga\u00a0 n\u2019abatari barahunze ubu barahunze, twese twasangiye impungure n\u2019impuha z\u2019ubuhunzi, kuba abavandimwe, byakagombye kutubera urumuri , rutazagira uwo rusubiza ishyanga mu iminsi ir\u2019imbere.<\/p>\n<p>Kurwanya ubuhunzi \u00a0ku ngufu byabayeho kandi bishobora kongera igihe cyose. Uwahunze ariyo mahitamo asigaranye, dore ko ibiganiro byaje kuba kirazira, ndetse nubihingukije ngo ashobora gutegerwa ahantu agakocorwa\u00a0!<\/p>\n<p>Igitera ubuhunzi\u00a0 si ukubura ipeti rya gisirikare kuko iyo biba ibyo hari abajenerali baba bicaye mu rw\u2019imisozi igihumbi, si ukubura ubuminisitiri kuko benshi babaganje m\u2019urw\u2019agasabo, si ukubura ubudepite cyangwa ubusenateri, imodoka nziza, inzu, ubutunzi , nta n\u2019ubwo ubuhunzi buterwa no kwiba, icyo gihe mu bayobozi hasigara mbarwa.<\/p>\n<p>Ubuhunzi \u00a0n\u2019igipimo cy\u2019umutekano w&#8217;abaturage b\u2019 igihugu, n\u2019uburumbuke bwerekana imiterere ya Leta , igihugu gihungwa n\u2019abacyo kandi kikanga kubatega amatwi cyongera gushimangira imitere y\u2019ingoma itwaye.<\/p>\n<p>Uzaha abaturage umutekano n\u2019amaramuko, agakemura ubuhunzi butubanye karande, azatwara neza abanyarwanda baturane.<\/p>\n<p><strong>Hope.<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mbanze mbifurize umunsi mwiza w\u2019impunzi wizihizwa taliki ya 20\u00a0\/06, nubwo nta munsi mwiza w\u2019ubuhunzi ubaho.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":14187,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-14186","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>NTAWE UHUNGA UMUTEKANO. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mbanze mbifurize umunsi mwiza w\u2019impunzi wizihizwa taliki ya 20\u00a0\/06, nubwo nta munsi mwiza w\u2019ubuhunzi ubaho.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-06-20T02:25:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/hpim0634.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"763\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO.\",\"datePublished\":\"2016-06-20T02:25:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/\"},\"wordCount\":615,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/06\\\/hpim0634.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/\",\"name\":\"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/06\\\/hpim0634.jpg\",\"datePublished\":\"2016-06-20T02:25:31+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/06\\\/hpim0634.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/06\\\/hpim0634.jpg\",\"width\":1024,\"height\":763},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ntawe-uhunga-umutekano\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO. - Umunyarwanda","og_description":"Mbanze mbifurize umunsi mwiza w\u2019impunzi wizihizwa taliki ya 20\u00a0\/06, nubwo nta munsi mwiza w\u2019ubuhunzi ubaho.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-06-20T02:25:31+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":763,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/hpim0634.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO.","datePublished":"2016-06-20T02:25:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/"},"wordCount":615,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/hpim0634.jpg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/","name":"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/hpim0634.jpg","datePublished":"2016-06-20T02:25:31+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/hpim0634.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/hpim0634.jpg","width":1024,"height":763},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntawe-uhunga-umutekano\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"NTAWE UHUNGA UMUTEKANO."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14186","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=14186"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14186\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/14187"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=14186"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=14186"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=14186"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}