{"id":1424,"date":"2012-09-08T14:11:14","date_gmt":"2012-09-08T12:11:14","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1424"},"modified":"2012-09-25T18:27:03","modified_gmt":"2012-09-25T16:27:03","slug":"ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/","title":{"rendered":"Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa n\u2019urubuga <a href=\"http:\/\/www.7sur7.be\/7s7\/fr\/1505\/Monde\/article\/detail\/1497578\/2012\/09\/07\/L-Europe-prete-a-hausser-le-ton-face-au-Rwanda-selon-Reynders.dhtml?utm_source=RSSReader&amp;utm_medium=RSS\">7 sur 7<\/a> \u00a0aravuga ko ibihugu by\u2019u Burayi byiteguye kwihanangiriza u Rwanda, cyane cyane bigabanya imfashanyo bitanga mu ngengo y\u2019imali y\u2019u Rwanda ya buri mwaka, niba Leta y\u2019u Rwanda iterekanye vuba ubushake bwo gutuma hagaruka amahoro mu burasirazuba bwa Congo, ibyo byatangajwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Nzeli 2012 na Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Bubiligi, Bwana Didier Reynders. Yongeyeho ati iki n\u2019ikibazo cy\u2019iminsi cyangwa ibyumweru s\u2019ikibazo kizatwara amezi.<!--more--><\/p>\n<p>Abaministres b\u2019ububanyi n\u2019amahanga b\u2019ibihugu bigize umuryango w\u2019ibihugu by\u2019u Burayi (EU\/UE) bari mu nama i Paphos mu kirwa cya Chypre, baganiriye gato ku kibazo kiri mu burasirazuba bwa Congo, mu gihe n\u2019i Kampala muri Uganda hari inama y\u2019ibihugu byo mu biyaga bigari (CIGL) nayo yigaga kuri icyo kibazo cya Congo.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo u Rwanda rukomeje guhakana ko nta nkunga rutera inyeshyamba za M23, Ministre Reynders we yakomeje gusaba Leta y\u2019u Rwanda gukoresha ingufu zayo ku nyeshyamba za M23 kugirango intambara muri Congo ihagarare. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Nzeli 2012 Ministre Reynders yavuze ko amahanga yiteguye gufatira u Rwanda ibihano, u Rwanda rukaba rwari rumaze iminsi ruri kw\u2019ibere rufatwa n\u2019amahanga nk\u2019intangarugero mu gukoresha neza inkunga ruhabwa.<\/p>\n<p>Ministre Reynders kandi yabwiye ibiro ntaramakuru by\u2019ababiligi BELGA ati:<em>\u201d Niba u Rwanda rushaka gukomeza kwizerwa n\u2019amahanga, rugomba kwerekana neza ko rurimo gushaka ibisubizo kandi rukubaha ubusugire bw\u2019igihugu cya Congo\u201d<\/em><\/p>\n<p>Kuri Ministre Reynders, ngo Leta y\u2019u Bwongereza, inshuti ya hafi ya Leta y\u2019u Rwanda, ishobora kuba ishyigikiye uburyo bw\u2019ibihano kimwe n\u2019inzego zigize umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019u Burayi (UE\/EU). Hashobora ngo kubaho kugabanya imfashanyo ijya mu ngengo y\u2019imali y\u2019u Rwanda ariko imfashanyo zigenerwa abaturage ziciye mu miryango itagengwa na Leta cyangwa indi miryango mpuzamahanga ifasha zo ntabwo zizakorwaho.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa n\u2019urubuga 7 sur 7 \u00a0aravuga ko ibihugu by\u2019u Burayi byiteguye kwihanangiriza u Rwanda, cyane cyane bigabanya imfashanyo bitanga mu ngengo y\u2019imali y\u2019u Rwanda ya buri mwaka, niba Leta y\u2019u Rwanda iterekanye vuba ubushake bwo gutuma hagaruka amahoro mu burasirazuba bwa Congo, ibyo byatangajwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Nzeli 2012 na [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1208,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-1424","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru atangazwa n\u2019urubuga 7 sur 7 \u00a0aravuga ko ibihugu by\u2019u Burayi byiteguye kwihanangiriza u Rwanda, cyane cyane bigabanya imfashanyo bitanga mu ngengo y\u2019imali y\u2019u Rwanda ya buri mwaka, niba Leta y\u2019u Rwanda iterekanye vuba ubushake bwo gutuma hagaruka amahoro mu burasirazuba bwa Congo, ibyo byatangajwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Nzeli 2012 na [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-08T12:11:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-09-25T16:27:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/\",\"name\":\"Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-08T12:11:14+00:00\",\"dateModified\":\"2012-09-25T16:27:03+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"500\",\"height\":\"333\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru atangazwa n\u2019urubuga 7 sur 7 \u00a0aravuga ko ibihugu by\u2019u Burayi byiteguye kwihanangiriza u Rwanda, cyane cyane bigabanya imfashanyo bitanga mu ngengo y\u2019imali y\u2019u Rwanda ya buri mwaka, niba Leta y\u2019u Rwanda iterekanye vuba ubushake bwo gutuma hagaruka amahoro mu burasirazuba bwa Congo, ibyo byatangajwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Nzeli 2012 na [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-08T12:11:14+00:00","article_modified_time":"2012-09-25T16:27:03+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/","name":"Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-08T12:11:14+00:00","dateModified":"2012-09-25T16:27:03+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"500","height":"333"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibihugu by\u2019i Burayi bishobora kugabanya imfashanyo biha u Rwanda niba rutisubiyeho ku kibazo cya Congo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1424","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1424"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1424\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1424"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1424"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1424"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}