{"id":14324,"date":"2016-06-28T02:52:15","date_gmt":"2016-06-28T00:22:15","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=14324"},"modified":"2016-06-28T02:52:15","modified_gmt":"2016-06-28T00:22:15","slug":"rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/","title":{"rendered":"Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi"},"content":{"rendered":"<p>Minisiteri y\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu (MINALOC) ivuga ko ikibazo kiri mu Burasirazuba bw\u2019u Rwanda ari amapfa atari inzara nk\u2019uko bamwe babivuga.<!--more--><\/p>\n<p>Umuyobozi wa Transparency Rwanda we aherutse kuvuga ko kiri mu bice bimwe na bimwe by\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba ari inzara, kandi ko intandaro yayo ari imiyoborere mibi yimakajwe.<\/p>\n<p>Madame Ingabire Immacul\u00e9e avuga ko usibye n\u2019imiyoborere mibi, hari n\u2019ikibazo cy\u2019igenamigambi ridasobanutse, aho ngo ubuyobozi butareberera abaturage uko bikwiye.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cInzara na yo ituruka ku miyoborere mibi, poor planning, umuyobozi mwiza aranaplaninga. Ubuse ntabwo tuzi ibindi bihugu bigwamo imvura amezi atatu gusa mu mwaka kandi bitajya bisonza? Ntabwo u Rwanda ari rwo rwakabaye rusonza. Dufite potentials nyinshi (amahirwe menshi) zitagatumye dusonza.\u201d<\/p>\n<p>Ku ruhande rwayo, MINALOC ivuga ko nta nzara iri muri iyi ntara, igafata aya magambo Ingabire Immacul\u00e9 yavugiye kuri Radio Amazing Grace mu mpera z\u2019icyumweru gishize nk\u2019ubushinyaguzi.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa MINALOC, Ladislas Ngendahimana yabwiye\u00a0<a href=\"http:\/\/izubarirashe.rw\/2015\/10\/hari-icyo-wifuza-kumenyesha-ikinyamakuru-izuba-rirashe-bigenze-utya\/\">Izubarirashe.rw<\/a>\u00a0ati \u201cNiba Ingabire yarabivuze gutyo bwaba ari ubushinyaguzi nta kundi namusubiza. Bwaba ari ubushinyaguzi nk\u2019ibindi byose. Nonese igenamigambi ryagufasha imvura itari iteganyijwe kugwa? Ibyabaye byatewe n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere, kuvuga ko ari ikibazo cy\u2019imiyoborere mibi iri mu Ntara y\u2019Iburasirazuba ni agasuzuguro nta kindi namusubiza. Ibyo ni n\u2019ubushinyaguzi burenze urugero, niba koko yarabivuze.\u201d<\/p>\n<p>Gusa Umuyobozi wa Transparency Rwanda ahamya ko imiyoborere mibi ari yo ituma gahunda zo guteza imbere abaturage zidakorwa neza, aho ahamya ko mu turere tugize Intara y\u2019Iburasirazuba hari ibibazo byo kudakorera mu mucyo.<\/p>\n<p>Ingabire Immacul\u00e9e yagize ati \u201cDusonzera imiyoborere mibi idahwitse. Politiki y\u2019ubuhinzi idafashe. Muri kariya gace uzajye kureba uko batanga amasoko. Ari abakora isuku mu bitaro ari ababona akazi haba mu bitaro no mu ma centre de sant\u00e9, mu mashuri byose biragurwa. Kandi nta muntu n\u2019umwe utabizi. Ariko bisa nk\u2019ibyemewe. Barabyemerewe no kubavuga ni ukubanduranyaho kuko bikorera ibintu bisa nk\u2019ibyemewe.\u201d<\/p>\n<p>Umuvugizi wa MINALOC, Ladislas Ngendahimana, abajijwe icyo ashingiraho ahakana ibyo Ingabire avuga by\u2019imiyoborere mibi, yasubije\u00a0<a href=\"http:\/\/izubarirashe.rw\/2015\/10\/hari-icyo-wifuza-kumenyesha-ikinyamakuru-izuba-rirashe-bigenze-utya\/\">Izubarirashe.rw<\/a>\u00a0ati \u201cNtabwo navuga ko imiyoborere ari nta makemwa kuko ibibazo bihari biri mu gihugu hose ntabwo ari umwihariko w\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba. Nta n\u2019ubwo byaba ari umwihariko w\u2019akarere mu gihugu hari ibikenewe kunozwa ariko kuvuga ko amapfa yatewe n\u2019imiyoborere mibi ibyo ni ubushinyaguzi ni n\u2019agasuzuguro ahubwo. Afite uburenganzira bwo kuvuga ibyo ashaka kuvuga ariko ntabwo araduha ibimenyetso ntabyo yigeze ageza kuri minisiteri ngo tubiganireho.\u201d<\/p>\n<p>Gusa Ingabire avuga ko mu Rwanda hari ibintu bikwiye guhinduka mu myumvire no mu miyoborere y\u2019u Rwanda, bisaba ko buri munyarwanda yiyumvamo inshingano yo guteza imbere igihugu cyamubyaye.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cHari ikintu twese tuba dukwiye kwemeranyaho, ni uko hagomba guhinduka ibintu mu myumvire no mu miyoborere y\u2019iki gihugu. Bigahinduka Umunyarwanda wese akumva ko uru Rwanda ari urwe kuko dusa nk\u2019aho twaruhariye Perezida wa Repubulika wenyine ukagira ngo ni we wenyine ushinzwe uru Rwanda , ni we munyarwanda wenyine ni we warubyariyemo ni we urutuyemo.\u201d<\/p>\n<p>Source: izuba rirashe<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisiteri y\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu (MINALOC) ivuga ko ikibazo kiri mu Burasirazuba bw\u2019u Rwanda ari amapfa atari inzara nk\u2019uko bamwe babivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":14325,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[80],"tags":[],"class_list":["post-14324","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibyo-twabasomeye-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisiteri y\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu (MINALOC) ivuga ko ikibazo kiri mu Burasirazuba bw\u2019u Rwanda ari amapfa atari inzara nk\u2019uko bamwe babivuga.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-06-28T00:22:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/ingabire-ngendahimana.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"696\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"411\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/\",\"name\":\"Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/ingabire-ngendahimana.jpg\",\"datePublished\":\"2016-06-28T00:22:15+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/ingabire-ngendahimana.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/ingabire-ngendahimana.jpg\",\"width\":696,\"height\":411},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi - Umunyarwanda","og_description":"Minisiteri y\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu (MINALOC) ivuga ko ikibazo kiri mu Burasirazuba bw\u2019u Rwanda ari amapfa atari inzara nk\u2019uko bamwe babivuga.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-06-28T00:22:15+00:00","og_image":[{"width":696,"height":411,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/ingabire-ngendahimana.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/","name":"Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/ingabire-ngendahimana.jpg","datePublished":"2016-06-28T00:22:15+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/ingabire-ngendahimana.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/06\/ingabire-ngendahimana.jpg","width":696,"height":411},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaminaloc-irashinja-ingabire-gushinyagura-avuga-ko-inzara-ihari-iterwa-nimiyoborere-mibi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda:MINALOC irashinja Ingabire \u2018gushinyagura\u2019 avuga ko inzara ihari \u2018iterwa n\u2019imiyoborere mibi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14324","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=14324"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14324\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/14325"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=14324"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=14324"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=14324"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}