{"id":14398,"date":"2016-07-01T03:47:09","date_gmt":"2016-07-01T01:17:09","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=14398"},"modified":"2016-07-01T03:49:37","modified_gmt":"2016-07-01T01:19:37","slug":"kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/","title":{"rendered":"Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza"},"content":{"rendered":"<p>Mu ntangiriro z\u2019iki cyumweru, tariki ya 27 Kamena, perezida\u00a0Paul Kagame (nk\u2019uko buri wese ashobora kubyiyumvira ku mpera y\u2019iyi nyandiko), yatangaje ko ashimishijwe n\u2019ibyabaye ku bategetsi b\u2019Ubwongereza ejobundi. Muri iyi iminsi abongereza bagize amatora adasanzwe. Aya matora yari ayo kugaragaza niba abaturage bifuza ko igihugu cyabo kiguma mu muryango w\u2019ubumwe bw\u2019i Burayi, cyangwa niba bifuza ko kiwuvamo.<!--more--><\/p>\n<p>Hafi 52% batoye ko cyawuvamo. Bucyeye bwaho abaguye mu kantu si abifuzaga gusa kugumamo, ahubwo na bamwe mu batoye kuvamo, bisanze mu gihirahiro kuko batazi neza niba igihombo atari cyo kizaba kinini. Minisisitiri w\u2019intebe David Cameron yahise atangaza ko agiye kwegura. Yari mu bifuzaga ko Ubwongereza bwagumamo.<\/p>\n<p>Uyu munsi abongereza bari kwibaza niba batarahisemo nabi. Muri bo hari abasanga barihutiye gutora kuvamo babitewe n\u2019impungenge bari bafite z\u2019ubukungu bibwira ko bwatera imbere kurushaho basohotsemo ndetse bikanabaha uburyo bworoshye bwo gukumira uwo batifuza ko yinjira iwabo. Nyuma y\u2019umunsi umwe, bamwe muri bo bivugiye ko bashobora kuba bibeshya ku nzira\u00a0batoranyije.<\/p>\n<p>Mu gihugu nk\u2019iki ntawukubwira ngo tora aha. Ni yo mpamvu, amatora yakiriwe uko yakozwe. Ubu, hari abaturage basaba ko yasubirwamo. Mu babyifuza, hanarimo abatoye kuvamo. Abari ku butegetsi ntibari mu bihe byoroshye. Barajya inama hagati yabo bazirikana icyafasha igihugu kwirinda guhungabana. Baranegera ibindi bihugu by\u2019inshuti ngo baganire, bumve ibitekerezo byabo kuko nta mugabo umwe.<\/p>\n<p>Icyaje gutangaza bamwe mu banyarwanda, ni uko perezida Kagame we yatangaje ko ashimishijwe n\u2019icyo kibazo icyo gihugu kirimo. N\u2019ubwo atavuze amazina, ariko ntawashidikanyije ku bo yavugaga.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/mulijeanclaude.files.wordpress.com\/2016\/06\/kagame-61.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignright\" alt=\"Kagame 6\" src=\"https:\/\/mulijeanclaude.files.wordpress.com\/2016\/06\/kagame-61.jpg?w=300&amp;h=227\" width=\"300\" height=\"227\" \/><\/a><\/p>\n<p>Ubwongereza ni kimwe mu bihugu byafashije cyane abari ku butegetsi mu Rwanda. \u00a0Nyuma y\u2019intambara na jenoside, abongereza bitaye ku Rwanda mu bikorwa binyuranye. Nta gushidikanya ko ari kimwe mu bihugu biri ku isonga, bifasha Urwanda.<\/p>\n<p><strong>Ko bari mu ba mbere igihugu gicungiraho, bigenze bite?<\/strong><\/p>\n<p>Perezida Kagame, ntabwo yihanganira ko banyuzamo bakanenga politiki ye. \u00a0Ndetse mu ijambo yavugiye imbere ya ruriya rubyiruko ruhagarariye Intore, yashimangiye ko abo banyamahanga batagomba kumubwira icyo agomba gukora. Koko rero, abongereza bari mu bamubwiye kenshi ko nta bwisanzure mu bitekerezo, \u00a0nta rubuga rufunguye ku bakora politiki batabona ibintu kimwe na we. Ibi bibabaza Kagame. Hariya rero, \u00a0yumvaga abonye akanya ko kubabwiriramo. Hari abanyarwanda basanga ijambo ry\u2019umukuru w\u2019igihugu, ryakabaye rigira indi sura. Yewe bakanongeraho ko, kabone n\u2019aho haba impamvu ituma hari icyo kutemeranywaho n\u2019amahanga bigakorwa mu bundi buryo, nko kumenya gutoranya neza amagambo ajya mu mbwirwaruhame.<\/p>\n<p><strong>Aho imvugo izagororoka<\/strong>?<\/p>\n<p>Mu myaka ya za 96, 97, 98, disikuru zidasanzwe nk\u2019iyi, uwazumvaga yibwiraga ko hari hashize igihe gito abantu bavuye ku rugamba n\u2019amakuba adasanzwe, umuntu akibwira ko bizashira gahoro gahoro. Imyaka 22 irashize! Ese hari icyizere ko umwaka utaha hari ikizahinduka? Abanyarwanda n\u2019abanyamahanga, ni nde utarigera yumirwa ku mvugo zimwe na zimwe? Umwongereza wasemuriwe, yabyakiriye ate? Ni ukwiyumanganya?<\/p>\n<p>Buri mwaka Abongereza bagenera Urwanda inkunga ya miliyoni zisaga 100 z\u2019amadolari (100.000.000$), bihwanye na miliyoni 70 z\u2019amapawundi (70.000.000\u00a3), ni ukuvuga Miliyari zirenga 80 z\u2019amanyarwanda (80.000.000.000Frws). Ntagushidikanya ko Ubwongereza bufatiye runini Urwanda. Ni igihugu cy\u2019inshuti. None bagize akabazo, uri umukuru w\u2019igihugu bafasha kariya kageni, uzababwira irihe jambo?<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/blog\/i-am-so-happy-because-britain-is-in-a-mess-president-kagame\/\">Mu nyandiko yo mu cyongereza, Dr David Himbara<\/a>\u00a0aragira ati: \u00ab\u00a0What a shame\u00a0\u00bb. Ni ukuvuga ngo biriya ni urukozasoni. Uyu mugabo wigeze kuba umujyanama wa perezida Kagame mu by\u2019ubukungu, ntiyiyumvisha ukuntu umuntu yashimishwa n\u2019uko igihugu cy\u2019inshuti gihuye n\u2019ikibazo. Akomeza anibutsa ko uretse n\u2019ibyo, ubusanzwe na Bibiliya yigisha ko ntanukwiye gushimishwa n\u2019amakuba agwiririye uwo afata nk\u2019umwanzi. Byanditse muri Bibilya, Imigani 24, 17 (proverbes 24, 17). Hagira hati:\u00a0<strong>\u00ab\u00a0ntukishime umwanzi wawe aguye, kandi ntukagire umutima unezezwa n\u2019uko ashegeshwe\u00a0\u00bb.<\/strong><\/p>\n<p>Burya umukuru w\u2019igihugu, uwo ari we wese, si umuntu usanzwe. Impamvu ni uko ibyo avuga n\u2019ibyo akora, hari ababyemera byose uko byakabaye, hari n\u2019igihe byitirirwa igihugu cyose, bikagira ingaruka nziza cyangwa mbi ku benegihugu bose. Iyo ari byiza, biba ari ishema ry\u2019igihugu cyose. Iyo bitabaye byiza, aba ari akandare.<\/p>\n<p>Ni ukwikebuka (ku mugani w\u2019abarundi)<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_53226\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/BsdtkJMVJCA?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/mulijeanclaude.wordpress.com\/2016\/06\/30\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-mu-bwongereza\/\"><strong>Jean Claude Mulindahabi\u00a0<\/strong><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu ntangiriro z\u2019iki cyumweru, tariki ya 27 Kamena, perezida\u00a0Paul Kagame (nk\u2019uko buri wese ashobora kubyiyumvira ku mpera y\u2019iyi nyandiko), yatangaje ko ashimishijwe n\u2019ibyabaye ku bategetsi b\u2019Ubwongereza ejobundi. Muri iyi iminsi abongereza bagize amatora adasanzwe. Aya matora yari ayo kugaragaza niba abaturage bifuza ko igihugu cyabo kiguma mu muryango w\u2019ubumwe bw\u2019i Burayi, cyangwa niba bifuza ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":14399,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-14398","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu ntangiriro z\u2019iki cyumweru, tariki ya 27 Kamena, perezida\u00a0Paul Kagame (nk\u2019uko buri wese ashobora kubyiyumvira ku mpera y\u2019iyi nyandiko), yatangaje ko ashimishijwe n\u2019ibyabaye ku bategetsi b\u2019Ubwongereza ejobundi. Muri iyi iminsi abongereza bagize amatora adasanzwe. Aya matora yari ayo kugaragaza niba abaturage bifuza ko igihugu cyabo kiguma mu muryango w\u2019ubumwe bw\u2019i Burayi, cyangwa niba bifuza ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-07-01T01:17:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2016-07-01T01:19:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/kagame-8.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"356\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"252\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/\",\"name\":\"Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/kagame-8.jpg\",\"datePublished\":\"2016-07-01T01:17:09+00:00\",\"dateModified\":\"2016-07-01T01:19:37+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/kagame-8.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/kagame-8.jpg\",\"width\":356,\"height\":252},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza - Umunyarwanda","og_description":"Mu ntangiriro z\u2019iki cyumweru, tariki ya 27 Kamena, perezida\u00a0Paul Kagame (nk\u2019uko buri wese ashobora kubyiyumvira ku mpera y\u2019iyi nyandiko), yatangaje ko ashimishijwe n\u2019ibyabaye ku bategetsi b\u2019Ubwongereza ejobundi. Muri iyi iminsi abongereza bagize amatora adasanzwe. Aya matora yari ayo kugaragaza niba abaturage bifuza ko igihugu cyabo kiguma mu muryango w\u2019ubumwe bw\u2019i Burayi, cyangwa niba bifuza ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-07-01T01:17:09+00:00","article_modified_time":"2016-07-01T01:19:37+00:00","og_image":[{"width":356,"height":252,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/kagame-8.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/","name":"Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/kagame-8.jpg","datePublished":"2016-07-01T01:17:09+00:00","dateModified":"2016-07-01T01:19:37+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/kagame-8.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/kagame-8.jpg","width":356,"height":252},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kagame-avuga-ko-yanejejwe-nitsindwa-ryabategetsi-bo-mu-bwongereza\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kagame avuga ko yanejejwe n\u2019itsindwa ry\u2019abategetsi bo mu Bwongereza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14398","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=14398"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14398\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/14399"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=14398"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=14398"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=14398"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}