{"id":14512,"date":"2016-07-08T02:53:11","date_gmt":"2016-07-08T00:23:11","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=14512"},"modified":"2016-07-08T02:53:11","modified_gmt":"2016-07-08T00:23:11","slug":"abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/","title":{"rendered":"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa"},"content":{"rendered":"<p>Hari uwakumva iki kiganiro (musanga ku mpera y\u2019iyi nyandiko), atazi aho Boniface Twagirimana aherereye akagira ngo ni umuntu uri i mahanga kubera uburemere bw\u2019ingingo aganiraho n\u2019umunyamakuru Gaspard Musabyimana n\u2019uburyo\u00a0 asubiza ibibazo bitakorohera buri wese.<!--more--><\/p>\n<p>Uyu mugabo ari mu Rwanda. Ni visi-perezida wa mbere wa FDU Inkingi. Ni rimwe mu mashyaka yasabye uburenganzira bwo kwemererwa gukora binyuze mu mategeko, ariko, na n\u2019ubu rikaba ritarabuhabwa; imyaka ishize, irarenga itanu! Ni n\u2019ishyaka rifite perezida waryo muri gereza kuva mu w\u20192010; ni Victoire Ingabire Umuhoza wakatiwe n\u2019ubucamanza igifungo cy\u2019imyaka 15,<a href=\"http:\/\/www.igihe.com\/amakuru\/u-rwanda\/article\/ingabire-victoire-yakatiwe-imyaka\">bumushinja kugambanira igihugu agamije kukibuza umudendezo no kurema umutwe w\u2019abagizi ba nabi<em>.<\/em><\/a><\/p>\n<p>Muri iki kiganiro, Bwana Twagirimana aratanga impamvu asanga ku giti cye, hari amagambo adakwiye umuyobozi, yavuzwe muri iyi minsi na Dr Jean Damasc\u00e8ne Bizimana, umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019igihugu ishinzwe gukumira jenoside. Bimwe mu byo yavuze atemeranwaho na we,\u00a0ni aho Bwana Bizimana yatangaje ko asanga abasaza bafungiye jenoside bafite ingengabitekerezo yayo bakwiye kuguma mu munyururu bagapfiramo. Ibi\u00a0<a href=\"http:\/\/www.igihe.com\/amakuru\/u-rwanda\/article\/abasaza-bafite-ingengabitekerezo-ya-jenoside-mubareke-bapfire-muri-gereza\">byatangajwe mu kinyamakuru Igihe.<\/a>\u00a0Visi-perezida wa FDU Inkingi we akibaza niba koko ubwo ari\u00a0bwo buryo\u00a0buboneye abayobozi bagomba kwitwaramo ku kibazo nk\u2019icyo.<\/p>\n<p>Muri iki kiganiro kandi, Boniface Twagirimana arerekana atanga ingero z\u2019ukuntu mu banyarwanda hakiri ubwoba bwo kuvuga icyiza bifitemo cyangwa gutanga ibitekerezo mu gihe bibwira ko \u00a0bitakwakirwa neza n\u2019abanyabubasha, bikababyarira ingaruka mbi.<\/p>\n<p>Visi-perezida wa FDU Inkingi aranibaza ku myitwarire ya bamwe mu bagize inzego z\u2019ubutegetsi muri iki gihe; nyuma agasoza abagira inama kugira ngo ibyo abona bitifashe neza, bikosorwe. Uwavuga ko uyu mugabo na we ari umutaripfana, ntiyaba akabije. Cyakora ntawavuga ko, ibi ari ibintu bimworohera igihe cyose kuko ku itariki ya 04\/12\/2015 nk\u2019uko\u00a0<a href=\"http:\/\/www.rfi.fr\/afrique\/20151205-rwanda-inquietude-fdu-disparition-boniface-twagirimana-bukeye\">RFI yabitangaje yari yaguwe gitumo n\u2019abapolisi bane\u00a0<\/a>bambaye gisivili mu mugi wa Kigali, bamwuriza imodoka ku ngufu bamujyana kuri polisi i Remera. Bwana<a href=\"https:\/\/soundcloud.com\/radio-inkingi\/06-12-2015-ku-wa-gatanu-04-12-2015-twagirimana-boniface-yari-ashimushye-imana-ikinga-ukuboko\">Twagirimana yasobanuye ko yaje kurekurwa bidatinze<\/a>, agatekereza ko yakijijwe n\u2019uko icyo gihe abaturage bari babonye yinjizwa mu modoka ku ngufu bagatera akamo ndetse n\u2019imiryango inyuranye ikaba yari yatabaje. Inzego zibishinzwe ntizigeze zitangaza ibyari byamubayeho.<\/p>\n<p>Umutaripfana bivuga umuntu utinyuka kugaragaza ibitekerezo bye, kabone n\u2019aho haba hari utabyakira neza. Umutaripfana ni umuntu uvuga uko abona ibintu mu gihe hari abahisemo kwicecekera. Cyakora, ijambo umutaripfana ntirishaka kumvikanisha ko igihe cyose ari umuntu udashobora kuvuguruzwa ku byo avuga. Umutaripfana ashobora kuba afite ukuri nk\u2019uko abaganira na we bashobora kumwereka ko yibeshya. Umutaripfana ntibivuga umuntu wihaze cyangwa wihararutswe, ahubwo ni umuntu wumva ataryamira ukuri yumva kumurimo,\u00a0cyangwa inzira yafasha abandi na we atiretse.<\/p>\n<p>Icyo navuga ku giti cyanjye ku bijyanye n\u2019iki kiganiro ni uko Gaspard Musabyimana cyangwa n\u2019undi wese\u00a0bimukundiye akanavugana n\u2019abo mu nzego z\u2019ubutegetsi barebwa n\u2019ingingo yaganiriyeho n\u2019umutumirwa we, byaba ari akarusho. Hagati aho ariko ibi simbivuze nirengagije ko bitanoroshye ko yabasha kubabona. Ibi ndabivuga kuko nziko hari igihe nabigerageje ntibyashoboka. Ni ugukomeza, kuko tubashije kumva impande zose byatuma wenda gukemura ibibazo mu nzira nziza byagerwaho.<\/p>\n<p>Ikiganiro cyahise ejo, muragisanga munsi aha:<\/p>\n<p>https:\/\/soundcloud.com\/radio-inkingi\/06-07-2016-diskuru-za-j-damascene-bizimana-wa-cnlg-zirabiba-urwango-mu-banyarwanda<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/mulijeanclaude.wordpress.com\/2016\/07\/07\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/\"><strong>Jean Claude Mulindahabi<\/strong><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hari uwakumva iki kiganiro (musanga ku mpera y\u2019iyi nyandiko), atazi aho Boniface Twagirimana aherereye akagira ngo ni umuntu uri i mahanga kubera uburemere bw\u2019ingingo aganiraho n\u2019umunyamakuru Gaspard Musabyimana n\u2019uburyo\u00a0 asubiza ibibazo bitakorohera buri wese.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":14513,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-14512","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hari uwakumva iki kiganiro (musanga ku mpera y\u2019iyi nyandiko), atazi aho Boniface Twagirimana aherereye akagira ngo ni umuntu uri i mahanga kubera uburemere bw\u2019ingingo aganiraho n\u2019umunyamakuru Gaspard Musabyimana n\u2019uburyo\u00a0 asubiza ibibazo bitakorohera buri wese.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-07-08T00:23:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/bizimana-6.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"356\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"285\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa\",\"datePublished\":\"2016-07-08T00:23:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/\"},\"wordCount\":505,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/07\\\/bizimana-6.png\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/\",\"name\":\"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/07\\\/bizimana-6.png\",\"datePublished\":\"2016-07-08T00:23:11+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/07\\\/bizimana-6.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/07\\\/bizimana-6.png\",\"width\":356,\"height\":285},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa - Umunyarwanda","og_description":"Hari uwakumva iki kiganiro (musanga ku mpera y\u2019iyi nyandiko), atazi aho Boniface Twagirimana aherereye akagira ngo ni umuntu uri i mahanga kubera uburemere bw\u2019ingingo aganiraho n\u2019umunyamakuru Gaspard Musabyimana n\u2019uburyo\u00a0 asubiza ibibazo bitakorohera buri wese.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-07-08T00:23:11+00:00","og_image":[{"width":356,"height":285,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/bizimana-6.png","type":"image\/png"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa","datePublished":"2016-07-08T00:23:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/"},"wordCount":505,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/bizimana-6.png","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/","name":"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/bizimana-6.png","datePublished":"2016-07-08T00:23:11+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/bizimana-6.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/bizimana-6.png","width":356,"height":285},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abataripfana-ntibari-mu-ishyaka-ishema-ryurwanda-gusa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abataripfana ntibari mu ishyaka Ishema ry\u2019Urwanda gusa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14512","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=14512"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14512\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/14513"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=14512"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=14512"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=14512"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}