{"id":14584,"date":"2016-07-14T03:08:18","date_gmt":"2016-07-14T00:38:18","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=14584"},"modified":"2016-07-14T03:08:18","modified_gmt":"2016-07-14T00:38:18","slug":"igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/","title":{"rendered":"Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA."},"content":{"rendered":"<p>1. Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda ishyaka ISHEMA na Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration bihaye no kuzuza amasezerano bagiriye Abanyarwanda yo kujya gukorera politiki mu Rwanda kugira ngo twegere rubanda maze dufatanye guharanira ko igihugu cyacu kigira ubuyobozi bushingiye kuri Demokarasi inyuze mu kuri no mu gusaranganya ibyiza by\u2019igihugu,<!--more--><\/p>\n<p>2. Dushingiye kandi ku myanzuro ya Kongere isanzwe y\u2019ishyaka ISHEMA yateraniye i Buruseli mu Bubiligi guhera tariki ya 15 kugeza kuya 17 Mutarama(1) 2016,<\/p>\n<p>3. Nyuma y\u2019ingendo zo gusezera ku batuye muri Amerika na Australia,<\/p>\n<p>4. Twishimiye gutumira Abanyarwanda bose batuye mu bihugu by\u2019Uburayi n\u2019Afurika mu biganiro mbwirwaruhame byo gusezera biteganyijwe ku buryo bukurikira:<\/p>\n<p>(1)<strong>Mu mujyi wa OSLO<\/strong>\u00a0mu gihugu cya Noruveji (Norvege\/Norway)<strong>: Kuwa gatandatu tariki ya 23 Nyakanga (7) 2016<\/strong>\u00a0guhera saa munani z\u2019amanywa (14h00). Hatumiwe abatuye mu bihugu bya Scandinavia bose. Icyumba bazahuriramo bazakimenyeshwa bidatinze.<\/p>\n<p>(2)<strong>Mu mujyi wa BURUSELI<\/strong>\u00a0mu gihugu cy\u2019Ububiligi (Belgique\/Belgium): Ni\u00a0<strong>ku cyumweru tariki ya 31 Nyakanga(7) 2016<\/strong>\u00a0guhera saa munani z\u2019amanywa (14h00). Tuzahurira kuri iyi aderesi : Rue Eloy 80, 1070 Anderlecht.<\/p>\n<p>3.<strong>Mu mujyi wa MUNICH<\/strong>\u00a0mu gihugu cy\u2019Ubudage:\u00a0<strong>Kuwa gatandatu tariki ya 3 Nzeri (9) 2016<\/strong>guhera saa munani z\u2019amanywa (14h00). Icyumba tuzahuriramo muzakimenyeshwa byihuse.<\/p>\n<p>4.\u00a0<strong>Mu mujyi wa LILLE<\/strong>\u00a0mu gihugu cy\u2019Ubufaransa:\u00a0<strong>Kuwa gatandatu tariki ya 10 Nzeri (9) 2016<\/strong>\u00a0guhera saa munani z\u2019amanywa (14h00). Icyumba tuzahuriramo muzakimenyeshwa mu minsi ya vuba.<\/p>\n<p>(5)\u00a0<strong>Mu mujyi wa LUSAKA<\/strong>\u00a0mu gihugu cya Zambia:\u00a0<strong>Kuwa gatandatu tariki ya 17 Nzeri (9) 2016.<\/strong>\u00a0Icyumba tuzahuriramo muzakimenyeshwa bidatinze.<\/p>\n<p>(6)\u00a0<strong>Mu mujyi wa CAPETOWN<\/strong>\u00a0mu gihugu cy\u2019Afurika y\u2019Epfo:\u00a0<strong>Kuwa gatandatu tariki ya 24 Nzeri (9) 2016.<\/strong>\u00a0Icyumba tuzahuriramo muzakimenyeshwa.<\/p>\n<p>(7)\u00a0<strong>Mu mujyi wa AMSTERDAM<\/strong>\u00a0mu gihugu cy\u2019Ubuholandi :\u00a0<strong>Kuwa gatandatu tariki ya 1 Ukwakira (10) 2016.<\/strong>\u00a0Icyumba tuzahuriramo muzakimenyeshwa vuba.<\/p>\n<p>Muri ibi biganiro mbwirwaruhame, Padiri Thomas NAHIMANA umukandida wa Opozisiyo ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe umwaka utaha wa 2017 hamwe n\u2019Ikipe y\u2019Abataripfana na Nouvelle Generation bazaganirira Abanyarwanda ku mushinga \u201cKunga abenegihugu kugira ngo babashe kwiyubakira Rwanda-Moderne\u201d(Together to Modernize Rwanda).<\/p>\n<p>*Hazabaho umwanya wo gutanga ubuhamya, kungurana ibitekerezo no kwakira inkunga yo gushyigikira ibikorwa byo gutangiza Ishyaka mu Rwanda na gahunda zijyanye n\u2019amatora.<\/p>\n<p>*Abafite ibibazo kuri uyu mushinga wo kujya gukorera politiki mu Rwanda bazahabwa umwanya wo kubaza kandi bahabwe ibisubizo bikwiye.<\/p>\n<p>*Abifuza gufatanya natwe urugendo rugana i Rwanda nabo bazaze twumvikane kuri iyo gahunda y\u2019ingirakamaro.<\/p>\n<p>Mwese murararitswe ngo buri wese atange umusanzu we wo gushyigikira impinduka nziza isonzewe n\u2019Abanyarwanda benshi cyane.<\/p>\n<p><strong><em>Nta wundi ubitubereyemo<\/em><\/strong>.<\/p>\n<p>Bikorewe i Paris kuwa 12 Nyakanga (7) 2016.<\/p>\n<p><strong>Chaste GAHUNDE,<\/strong><br \/>\nUmunyamabanga nshingwabikorwa, ISHEMA ry\u2019u Rwanda<br \/>\nEmail:chaste.gahunde@gmail.com<br \/>\nT\u00e9l :00 33 64 36 01 311<\/p>\n<p><strong>Jean Damascene NTAGANZWA,<\/strong><br \/>\nVisi-Perezida wa UDFR-IHAMYE<br \/>\nEmail: ntaganzwa2001@yahoo.fr<br \/>\nT\u00e9l : 00 31 6 20 92 52 49<\/p>\n<p><strong>Abdallah AKISHURI,<\/strong><br \/>\nPerezida wa FPP-URUKATSA<br \/>\nEmail:amacumu.acanye@gmail.com<br \/>\nT\u00e9l: 00 33 7 58 17 30 72<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>1. Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda ishyaka ISHEMA na Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration bihaye no kuzuza amasezerano bagiriye Abanyarwanda yo kujya gukorera politiki mu Rwanda kugira ngo twegere rubanda maze dufatanye guharanira ko igihugu cyacu kigira ubuyobozi bushingiye kuri Demokarasi inyuze mu kuri no mu gusaranganya ibyiza by\u2019igihugu,<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":14585,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-14584","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"1. Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda ishyaka ISHEMA na Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration bihaye no kuzuza amasezerano bagiriye Abanyarwanda yo kujya gukorera politiki mu Rwanda kugira ngo twegere rubanda maze dufatanye guharanira ko igihugu cyacu kigira ubuyobozi bushingiye kuri Demokarasi inyuze mu kuri no mu gusaranganya ibyiza by\u2019igihugu,\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-07-14T00:38:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/indege.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"337\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/\",\"name\":\"Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/indege.jpg\",\"datePublished\":\"2016-07-14T00:38:18+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/indege.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/indege.jpg\",\"width\":600,\"height\":337},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA. - Umunyarwanda","og_description":"1. Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda ishyaka ISHEMA na Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration bihaye no kuzuza amasezerano bagiriye Abanyarwanda yo kujya gukorera politiki mu Rwanda kugira ngo twegere rubanda maze dufatanye guharanira ko igihugu cyacu kigira ubuyobozi bushingiye kuri Demokarasi inyuze mu kuri no mu gusaranganya ibyiza by\u2019igihugu,","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-07-14T00:38:18+00:00","og_image":[{"width":600,"height":337,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/indege.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/","name":"Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/indege.jpg","datePublished":"2016-07-14T00:38:18+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/indege.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/indege.jpg","width":600,"height":337},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-ishema-ryu-rwanda-na-nouvelle-generation-barabararitse-mu-biganiro-mbwirwaruhame-byo-gusezera-ku-banyarwanda-baba-mu-bulayi-no-muri-afurika\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igihe kirageze : ISHEMA RY\u2019U RWANDA NA NOUVELLE GENERATION BARABARARITSE MU BIGANIRO MBWIRWARUHAME BYO GUSEZERA KU BANYARWANDA BABA MU BULAYI NO MURI AFURIKA."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14584","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=14584"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14584\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/14585"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=14584"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=14584"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=14584"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}