{"id":14666,"date":"2016-07-20T16:36:37","date_gmt":"2016-07-20T14:06:37","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=14666"},"modified":"2016-07-20T16:36:37","modified_gmt":"2016-07-20T14:06:37","slug":"gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/","title":{"rendered":"Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye"},"content":{"rendered":"<p>Inzego zifite ubuzima mu nshingano mu karere ka Rubavu zamaze kwemeza umwanzuro wo gushyiraho inkambi yihariye, izajya ishyirwamo abaturage bamaze gufatwa n\u2019icyorezo cya Kolera, kirimo kwiyongera cyane muri aka karere.<\/p>\n<p>Imibare mishya itangwa n\u2019izi nzego, iragaragaza ko abaturage bafashwe na Korera bavuye kuri 30 ubu bakaba bamaze kuba 60, kandi hari impungenge ko iyi mibare ikomeza kuzamuka.<\/p>\n<p>Imibare y\u2019abafashwe n\u2019iki cyorezo iriyongera mu gihe hari n\u2019abatangiye guhitanwa n\u2019iki cyorezo, dore ko mu cyumweru gishize abagera kuri 4 bo mu kagari kamwe ka Rusangati mu murenge wa Kanama, bapfuye bazize iki cyorezo.<\/p>\n<p>Dr Maj. Kanyankore William, umuyobozi w\u2019ibitaro bya Gisenyi avuga ko bafashe uwo mwanzuro wo gushyiraho inkambi mu rwego rwo kudahagarika ubuzima bw\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Yagize ati:\u201dImibare yarushijeho kwiyongera, tugiye gushyiraho inkambi ku buryo buri muntu wese ufashwe na Kolera aho yaba ari hose azajya ahita ajyanwa muri iyo nkambi. Tubikoze kugira ngo ibintu byo gufunga ahantu hatandukanye ubuzima bugahagarara biveho, turasaba abaturage kurushaho kongera isuku.\u201d<\/p>\n<p>Sinamenye Jeremie, umuyobozi w\u2019Akarere ka Rubavu, avuga ko iki kibazo cya Kolera cyari cyageze mu mirenge itatu, ariko ngo bahisemo kugikumira mu karere kose, ari nayo mpamvu bagiye gutangiza inkambi.<\/p>\n<p>Ati:\u201cKolera yaragaragaye, ingamba dufata ni ugutuma idakomeza gusakara mu baturage batuye akarera, mu cyumweru gishize twari dufite abagera kuri 30 bafashwe na Kolera, ariko biyongereye barenga mirongo 60.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/imvahonshya.co.rw\/ubuzima\/article\/rubavu-abarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\"><strong>Inkuru irambuye&gt;&gt;<\/strong><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inzego zifite ubuzima mu nshingano mu karere ka Rubavu zamaze kwemeza umwanzuro wo gushyiraho inkambi yihariye, izajya ishyirwamo abaturage bamaze gufatwa n\u2019icyorezo cya Kolera, kirimo kwiyongera cyane muri aka karere. Imibare mishya itangwa n\u2019izi nzego, iragaragaza ko abaturage bafashwe na Korera bavuye kuri 30 ubu bakaba bamaze kuba 60, kandi hari impungenge ko iyi mibare [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":14667,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[80],"tags":[],"class_list":["post-14666","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibyo-twabasomeye-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inzego zifite ubuzima mu nshingano mu karere ka Rubavu zamaze kwemeza umwanzuro wo gushyiraho inkambi yihariye, izajya ishyirwamo abaturage bamaze gufatwa n\u2019icyorezo cya Kolera, kirimo kwiyongera cyane muri aka karere. Imibare mishya itangwa n\u2019izi nzego, iragaragaza ko abaturage bafashwe na Korera bavuye kuri 30 ubu bakaba bamaze kuba 60, kandi hari impungenge ko iyi mibare [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-07-20T14:06:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/caritas.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"511\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/\",\"name\":\"Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/caritas.jpg\",\"datePublished\":\"2016-07-20T14:06:37+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/caritas.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/caritas.jpg\",\"width\":800,\"height\":511},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye - Umunyarwanda","og_description":"Inzego zifite ubuzima mu nshingano mu karere ka Rubavu zamaze kwemeza umwanzuro wo gushyiraho inkambi yihariye, izajya ishyirwamo abaturage bamaze gufatwa n\u2019icyorezo cya Kolera, kirimo kwiyongera cyane muri aka karere. Imibare mishya itangwa n\u2019izi nzego, iragaragaza ko abaturage bafashwe na Korera bavuye kuri 30 ubu bakaba bamaze kuba 60, kandi hari impungenge ko iyi mibare [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-07-20T14:06:37+00:00","og_image":[{"width":800,"height":511,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/caritas.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/","name":"Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/caritas.jpg","datePublished":"2016-07-20T14:06:37+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/caritas.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/caritas.jpg","width":800,"height":511},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gisenyiabarwaye-kolera-bagiye-gushyirwa-mu-nkambi-yihariye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gisenyi:Abarwaye Kolera bagiye gushyirwa mu nkambi yihariye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14666","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=14666"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/14666\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/14667"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=14666"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=14666"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=14666"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}