{"id":15171,"date":"2016-08-19T00:36:12","date_gmt":"2016-08-18T22:06:12","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=15171"},"modified":"2016-08-19T00:36:12","modified_gmt":"2016-08-18T22:06:12","slug":"urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/","title":{"rendered":"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija"},"content":{"rendered":"<p>Abantu benshi bagize ibyo bahindura mw\u2019isi, haba mu buryo bwiza cyangwa bubi, hari ikigero cy\u2019imyaka urebye ntarengwa babarizwamo. Nibake cyane usanga baragize ibyo bageraho bihambaye, bafite hejuru y\u2019imyaka 50. Hari n\u2019ubushakashatsi bwerekana ko mu myaka nka 40 aribwo umuntu aba ageze ku kigero gihambaye cy\u2019ibyo ashobora kugeraho mu buzima. Icyo gihe cyarenga, agatangira ahubwo kugenda asubira inyuma mu bushobozi bwe.<!--more--><\/p>\n<p>Ingero ni nyinshi zibyerekana, mu bagize ibyo bageraho bihambaye cyane cyane mu rwego rwa politiki:<\/p>\n<p>Muammar al-Quaddafi, 1942 &#8211; 2011, yabaye prezida afite 27.<br \/>\nMartin Luther King, 1929 &#8211; 1968, yishwe afite 39.<br \/>\nJuvenal Habyarimana, 1937 &#8211; 1994, yabaye prezida afite 36.<br \/>\nPaul Kagame, 1957 &#8211; , yatangiye kugenga imitegekere y\u2019u Rwanda afite 37.<br \/>\nMelchior Ndadaye, 1953 &#8211; 1993, yishwe afite 40.<br \/>\nMobutu Sese Seko, 1930 &#8211; 1997, yabaye prezida afite 35.<br \/>\nPatrice Emery Lumumba, 1925 &#8211; 1961, yishwe afite 36.<br \/>\nThomas Sankara, 1949 &#8211; 1987, yishwe afite 38.<\/p>\n<p>Mu kinyarwanda, abantu bari mu myaka nka 40 baba bari mu kigero cy\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija.<\/p>\n<p>Hari uwasoma izi ngero ntanze akaba yavuga ati kuki umwanditsi adatanga n\u2019ingero z\u2019abagize ibyo bageraho bihambaye barengeje imyaka 50. Kutazitanga si uko zidahari. Ariko iyo usesenguye neza usanga ibyo bagezeho mu gihe cy\u2019icyo kigero cy\u2019imyaka, baba barabitangiye nko mu myaka 10 cyangwa se 20 iyibanziriza.<\/p>\n<p>Kwandika ku kibazo cy\u2019imyaka ku banyapolitiki, cyane cyane kubo mu Rwanda, nkomeza kubigarukaho cyane, kubera impamvu z\u2019ingenzi eshatu:<\/p>\n<p>Kurekera abarengeje imyaka 50 urubuga rwa politiki bituma abakiri munsi yayo cyane, batisanzura ngo bazane amaraso mashya, mur\u2019urwo rwego rw\u2019imibereho y\u2019abaturage, bigatuma igihugu cyabo gikomeza kugendera ku mikorere n\u2019imigenzo itajyanye n\u2019igihe buri gihe;<\/p>\n<p>Kudakomeza kurangazwa imbere n\u2019aba \u201cMuzehe,\u201d bituma ibibi by\u2019amateka banyuzemo, baba barabigizemo uruhari cyangwa se batarugizemo (baribereye ba ntibindeka), bituma ayo mateka mabi adakomeza kugira uruhari rukomeye mu mitegekere n\u2019imitekerereze y\u2019igihugu muri rusange;<\/p>\n<p>Kuyobora abandi muri rusange, cyane cyane mu rwego rwa politiki, nsanga atari ubushobozi abantu bageraho aruko bageze mu myaka nka 50; ni impano abayifite baba barerekanye mu bice binyuranye by\u2019ubuzima bwabo; mu gihe rero iyo mpano iba itarashoboye kugaragara ku buryo bw\u2019agahebuzo mbere y\u2019iriya myaka, twemereko igihe cyayo cyo kwigaragaza kiba cyararenze.<\/p>\n<p>Byaragaragaye kenshi ko amashyaka ya politiki y\u2019abanyarwanda asenywa rimwe na rimwe no kuba abayari kw\u2019isonga hari imitekerereze n\u2019imitegekere baba baranyuzemo ubwabo, ndetse batsimbarayeho bumva idakuka ko ndetse ariyo igomba gukomeza. Hagira rero aberekanako hari ubundi buryo bushoboka bwo gutekereza no gutegeka, nuko bakaba babyaranye abo. Muri icyo gihe, ugasanga ubunararibonye, aho kuba ishingiro ry\u2019imitekerereze mwiza yo guteganyiriza ejo hazaza kw\u2019igihugu, bugahinduka impogamizi. Hakorwa iki rero?<\/p>\n<p>Nkuko abanyapolitiki b\u2019inararibonye bamwe batangiye kubikora banyuza ibitekerezo byabo mu kwandika ibitabo (Eugene Ndahayo, Enoch Ruhigira, Andreya Sebatware, Gerard Gahima, Theoneste Rudasingwa, Joseph Sebarenzi, n\u2019abandi), hari n\u2019ibindi bikorwa byinshi bashobora gukomeza gukora bafasha igihugu cyabo bakoresha ubunararibonye bwabo, ariko batagobye gushaka buri gihe kuyobora politiki nyarwanda.<\/p>\n<p>Ngo abaturage bategekwa burya n\u2019ubutegetsi bubakwiriye. Mu gihe abanyarwanda, tuzakomeza kurebera gusa ibiba, twibera ba ntibindeba, ibibi bitugwirira bizakomeza. Ariko nidufata iya mbere tugatangaza ibitekerezo byacu, mu kinyabupfura, hari ibyo dushobora guhindura. Sinshidikanyako umunyapolitiki w\u2019umunyarwanda uri muri za 50 uzasoma iyi nyandiko idashobora gutuma yibaza. Hari n\u2019undi wavuzeko iyo umunyarwanda arengeje 50, imyaka iba isigaye aba ari nk\u2019ideni ryo kubaho. Kuki rero abanyarwanda twakwemerako abanyapolitiki basigaje kubaho imyaka itari mwinshi badupangira imigendekere n\u2019imitegekere y\u2019igihugu ejo bazaba batakirimo.<\/p>\n<p>Impano yo kuyobora abandi ikenerwa n\u2019abanyapolitiki ntabwo yigishwa mu mashuli. Ari ibyo prezida Kagame ntiyaba ayobora u Rwanda, nubwo uko aruyobora atari shyashya na busa. Ariyo mpamvu agomba gusimburwa. Kuyobora abandi bisaba impano y\u2019ubutwari itagirwa na benshi. Bivugwako mu bantu 100 abatarenze 4 aba aribo bonyine bafite iyo mpano. Mu gihe rero abo 4 baba buri gihe barengeje 50, haba nabwo hari ikibazo.<\/p>\n<p><strong>Ambrose Nzeyimana<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi bagize ibyo bahindura mw\u2019isi, haba mu buryo bwiza cyangwa bubi, hari ikigero cy\u2019imyaka urebye ntarengwa babarizwamo. Nibake cyane usanga baragize ibyo bageraho bihambaye, bafite hejuru y\u2019imyaka 50. Hari n\u2019ubushakashatsi bwerekana ko mu myaka nka 40 aribwo umuntu aba ageze ku kigero gihambaye cy\u2019ibyo ashobora kugeraho mu buzima. Icyo gihe cyarenga, agatangira ahubwo kugenda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":7184,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-15171","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi bagize ibyo bahindura mw\u2019isi, haba mu buryo bwiza cyangwa bubi, hari ikigero cy\u2019imyaka urebye ntarengwa babarizwamo. Nibake cyane usanga baragize ibyo bageraho bihambaye, bafite hejuru y\u2019imyaka 50. Hari n\u2019ubushakashatsi bwerekana ko mu myaka nka 40 aribwo umuntu aba ageze ku kigero gihambaye cy\u2019ibyo ashobora kugeraho mu buzima. Icyo gihe cyarenga, agatangira ahubwo kugenda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-08-18T22:06:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ambrose-nzeyimana.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"356\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"303\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwandan\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"headline\":\"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija\",\"datePublished\":\"2016-08-18T22:06:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/\"},\"wordCount\":612,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/06\\\/ambrose-nzeyimana.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/\",\"name\":\"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/06\\\/ambrose-nzeyimana.jpg\",\"datePublished\":\"2016-08-18T22:06:12+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/06\\\/ambrose-nzeyimana.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/06\\\/ambrose-nzeyimana.jpg\",\"width\":356,\"height\":303,\"caption\":\"Ambrose Nzeyimana\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwandan\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija - Umunyarwanda","og_description":"Abantu benshi bagize ibyo bahindura mw\u2019isi, haba mu buryo bwiza cyangwa bubi, hari ikigero cy\u2019imyaka urebye ntarengwa babarizwamo. Nibake cyane usanga baragize ibyo bageraho bihambaye, bafite hejuru y\u2019imyaka 50. Hari n\u2019ubushakashatsi bwerekana ko mu myaka nka 40 aribwo umuntu aba ageze ku kigero gihambaye cy\u2019ibyo ashobora kugeraho mu buzima. Icyo gihe cyarenga, agatangira ahubwo kugenda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-08-18T22:06:12+00:00","og_image":[{"width":356,"height":303,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ambrose-nzeyimana.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/"},"author":{"name":"therwandan","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"headline":"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija","datePublished":"2016-08-18T22:06:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/"},"wordCount":612,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ambrose-nzeyimana.jpg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/","name":"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ambrose-nzeyimana.jpg","datePublished":"2016-08-18T22:06:12+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ambrose-nzeyimana.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/06\/ambrose-nzeyimana.jpg","width":356,"height":303,"caption":"Ambrose Nzeyimana"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urwanda-rukeneye-ubutegetsi-buyobowe-nabagabo-nabagore-bamajigija\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urwanda rukeneye ubutegetsi buyobowe n\u2019abagabo n\u2019abagore b\u2019amajigija"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15171","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=15171"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15171\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7184"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=15171"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=15171"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=15171"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}