{"id":15550,"date":"2016-09-14T18:42:42","date_gmt":"2016-09-14T16:12:42","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=15550"},"modified":"2016-09-14T18:42:42","modified_gmt":"2016-09-14T16:12:42","slug":"umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/","title":{"rendered":"Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe!"},"content":{"rendered":"<p>None kuwa Kabiri, tariki ya 13 Nzeri 2016, Inama y\u2019Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.<!--more--><\/p>\n<p>Mu byemezo byafatiwe muri iyo nama hari bamwe mu bantu bashyizwe mu myanya ikomeye nka NIKOBISANZWE Claude wagizwe Umunyamabanga Uhoraho\/Permanent Secretary muri Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga.<\/p>\n<p>Nabibutsa ko uyu Claude Nikobisanzwe mu rukiko rw\u2019i Johannesburg, ahaburanaga abantu bashatse kwivugana Lt Gen Kayumba Nyamwasa, umwe mu batanga buhamya witwa Ali MULONGOYI RWIYEGURA, yavuze ko yegerewe n\u2019Umunyamabanga wa mbere muri Ambassade y\u2019u Rwanda muri Afrika y\u2019Epfo witwa Claude NIKOBISANZWE akamusaba ko amufasha ibi bikurikira:<\/p>\n<p>1. Kumenya niba Lt Gen Kayumba Nyamwasa azakira igikomere yatewe n\u2019isasu yarashwe mu nda,<br \/>\n2. Kumenya abamurinda abo ari bo n\u2019ingufu bafite,<br \/>\n3. Kumenya ibimenyetso byose by\u2019imodoka agendamo na numero za plaques zayo,<br \/>\n4. Kumenya ujyana akanakura abana be ku ishuli,<br \/>\n5. Kumenya aho yimuriwe amaze kuraswa,<br \/>\n6. Kumenya neza imibereho n\u2019amakuru arambuye bijya gusa n\u2019ibyo byavuzwe hejuru kuri Colonel Patrick KAREGEYA na Frank NTWALI, muramu wa Lt Gen Kayumba Nyamwasa.<\/p>\n<p>Si ibyo gusa kuko uyu Claude Nikobisanzwe yavuzwe mu bikorwa byo\u00a0kwivugana nyakwigendera\u00a0Colonel Patric Karegeya no kwongera gushaka kwivugana General Kayumba Nyamwasa, Leta y\u2019u Rwanda ifatirwa mu cyuho, bikavaho imbarutso yo guhambiriza bamwe mu bakozi ba Ambassade y\u2019u Rwanda i Pretoria muri South Africa no guhagarika imirimo imwe ya Ambassade ya South Africa i Kigali mu Rwanda.<\/p>\n<p>Muri Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga kandi hari abandi bahawe imyanya:<\/p>\n<ul>\n<li>Madamu RUGEMA Faith: Umuyobozi Mukuru ushinzwe Bilateral Relations\/Director General in charge of Bilateral Relations, uyu ni umukobwa wa Ambasaderi Rugema, amakuru agera kuri The Rwandan akaba avuga ko ashobora kuzagirwa Ambasaderi mu gihugu cy&#8217;u Budage mu minsi iri imbere. Kuba ahawe uyu mwanya hari ababibona nko kugororerwa nyuma yo kwitwara neza mu kibazo cya Madame Jeannette Kagame nk&#8217;umuntu wakoraga muri\u00a0Protocole ya Leta.<\/li>\n<li>Madamu GITERA Diane: Umuyobozi Mukuru ushinzwe Multilateral Relations\/ Director General in charge of Multilateral Relations \u00a0uyu nawe bivugwa ko yakoraga mu Imbuto Fondation ya Jeannette Kagame.<\/li>\n<li>Col. BUTERA Gerard: Umuyobozi Mukuru ushinzwe Protocole ya Leta\/Chief of State Protocol. We abamuzi bavuga ko yabaga mu ngabo zidasanzwe Special Forces.<\/li>\n<\/ul>\n<div>\n<p>Mu Kigo cy\u2019Igihugu gishinzwe kubungabunga Ibidukikije\/REMA,\u00a0Madamu Colette RUHAMYA yagizwe Umuyobozi Mukuru nk&#8217;uko <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/zimwe-mu-mpamvu-zigiye-gutuma-dr-mukankomeje-aborera-muri-gereza\/\">The Rwandan yabyanditse<\/a> mu minsi ishize nyuma y&#8217;aho Dr Rose Mukankomeje ahigitswe mu bisa nk&#8217;ikinamico.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p><strong>Mushobora gusoma itangazo ry&#8217;inama y&#8217;abaministre yo ku wa 13 Nzeli 2016 ku buryo burambuye hano hasi:<\/strong><\/p>\n<\/div>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<blockquote><p><b>1.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Imyanzuro y\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri yo kuwa 10 Kanama 2016.<\/p>\n<div>\n<p><b>2.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yamenyeshejwe aho ingamba na gahunda byo guteza imbere Inganda z\u2019imyenda n\u2019iz\u2019inkweto n\u2019ibikomoka ku mpu zo mu Rwanda bigeze, yishimira ko biri gutera imbere ku ntambwe ishimishije.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>3.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje gahunda y\u2019ubufatanye hagati ya Guverinoma n\u2019Imiryango Itari iya Leta mu rwego rwo kwihutisha ishyirwa mu bikorwa rya gahunda zisanzweho zo kwita ku mibereho y\u2019abatishoboye mu Rwanda.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>4.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje ingamba zo gukoresha Ikoranabuhanga mu gushyira mu bikorwa Gahunda z\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>5.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje uburyo bushya bwo kugeza inyongeramusaruro ku Bahinzi-Borozi binyuze muri Gahunda ya Leta ya Nkunganire.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>6.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje uburyo bwo gukoresha igice kimwe cy\u2019umutungo ukomoka ku mabuye y\u2019agaciro mu guteza imbere abaturage baturiye ahacukurwa amabuye y\u2019agaciro.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>7.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Ivugururwa ry\u2019Imiterere y\u2019Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB), imaze kurikorera ubugororangingo.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>8.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Amasezerano yo gukodesha n\u2019Umushoramari AQUAHORT EXPORT LTD\/AEL Centre yo muri Kigali Special Economic Zone igenewe guteza imbere ibikomoka ku burobyi, mu rwego rwo kuyicunga neza no kuyibyaza umusaruro utubutse.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>9.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Imishinga y\u2019Amategeko ikurikira:<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Umushinga w\u2019Itegeko rishyiraho ubwizigame bw\u2019igihe kirekire rikanagenga imitunganyirize yabwo;<\/li>\n<li>Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019i Paris ashamikiye ku Masezerano y\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye yerekeye imihindagurikire y\u2019ibihe, yemerejwe i Paris kuwa 12\/12\/2015;<\/li>\n<li>Umushinga w\u2019ltegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano ya MINAMATA yerekeranye na Merikire yemerejwe i KUMAMOTO mu Gihugu cy\u2019Ubuyapani ku itariki ya 10 Ukwakira 2013;<\/li>\n<li>Umushinga w\u2019ltegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y\u2019Umuryango w\u2019Ibihugu bya Afurika y\u2019Iburasirazuba agamije kongera ubushobozi bw\u2019Urukiko rwa Afurika y\u2019Iburasirazuba yemerejwe i Nairobi muri Kenya, ku wa 20 Gashyantare 2015;<\/li>\n<li>Umushinga w\u2019Itegeko rishyiraho \u201cRwanda Law Enforcement Academy\u201d(RLEA) rikanagena inshingano, imiterere n\u2019imikorere byayo;<\/li>\n<li>Umushinga w\u2019Itegeko rishyiraho Urwego rw\u2019Igihugu Rushinzwe Iperereza (RIB) rikanagena inshingano, ububasha, imiterere n\u2019imikorere byacyo;<\/li>\n<li>Umushinga w\u2019Itegeko rihindura kandi ryuzuza Itegeko n\u00b0 46\/2010 ryo ku wa 14\/12\/2010 rigena ububasha, inshingano, imitunganyirize n\u2019imikorere bya Polisi y\u2019u Rwanda.<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>10.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Amateka akurikira:<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe ritanga ubutaka bwa Leta buri mu kibanza N\u00ba 5714 kingana na metero kare 292,768, giherereye mu Kagari ka Uwingugu, Umurenge wa Kitabi, Akarere ka Nyamagabe, Intara y\u2019Amajyepfo, bugahabwa \u201cKITABI TEA COMPANY Ltd\u201d, mu rwego rw\u2019ishoramari;<\/li>\n<li>Iteka rya Minisitiri w\u2019Intebe ryemerera Bwana Richard Clive MWESIGWA NKUNDA, wari Umuyobozi w\u2019Ishami rishinzwe ubumenyi bw\u2019inigwahabiri bwifashishwa mu buvuzi mu Kigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC), gusezera burundu ku kazi.<\/li>\n<li>Iteka rya Minisitiri rishyiraho Abagenzuzi b\u2019Imiti n\u2019Ifumbire Mvaruganda bikoreshwa mu Buhinzi n\u2019Ubworozi kandi, rikagena ububasha n\u2019inshingano zabo: Abo ni:<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<ol>\n<li>Madamu INGABIRE Jeanne Priscille,<\/li>\n<li>Bwana Leon HAKIZAMUNGU,<\/li>\n<li>Bwana Joseph MUDAHERANWA<\/li>\n<li>Madamu Claudine BERABABYEYI<\/li>\n<li>Madamu Marie Goretti MUJYAWAMARIYA<\/li>\n<\/ol>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>11.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje Amabwiriza ya Minisitiri agena ibigenerwa Abakozi ba Leta n\u2019Abahagarariye Abaturage, mu rwego rwa Politiki yo kuborohereza kuva no kujya ku kazi.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>12.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje ko aba bakurikira bahagararira Ibihugu byabo mu Rwanda ku rwego rwa Ambasaderi:<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Dr. PETER WOESTE, w\u2019Ubudage, afite icyicaro i Kigali;<\/li>\n<li>Madamu JENNY OHLSSON, wa Suwede, afite icyicaro i Kigali;<\/li>\n<li>Bwana PEKKA JUHANI HUKKA, wa Finilandi, afite icyicaro i Dar es Salaam, Tanzania;<\/li>\n<li>Bwana ABDULLAH MOHAMMED ABDULLAH AL-TAKKAWI, wa Leta Zunze Ubumwe z\u2019Abarabu, afite icyicaro i Kampala, Uganda.<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>13.<\/b>\u00a0Inama y\u2019Abaminisitiri yashyize mu myanya Abayobozi ku buryo bukurikira:<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>\u2013 Muri Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga n\u2019Ubutwererane\/MINAFFET<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Bwana NIKOBISANZWE Claude: Umunyamabanga Uhoraho\/Permanent Secretary<\/li>\n<li>Madamu RUGEMA Faith: Umuyobozi Mukuru ushinzwe Bilateral Relations\/Director General in charge of Bilateral Relations<\/li>\n<li>Madamu GITERA Diane: Umuyobozi Mukuru ushinzwe Multilateral Relations\/ Director General in charge of Multilateral Relations<\/li>\n<li>Col. BUTERA Gerard: Umuyobozi Mukuru ushinzwe Protocole ya Leta\/Chief of State Protocol.<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>\u2013 Mu Nteko Ishinga Amategeko\/Umutwe w\u2019Abadepite<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Amb. KAMBANDA Jeanine: Umunyamabanga Mukuru\/Clerk<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>\u2013 Muri Komisiyo y\u2019Igihugu ishinzwe Amatora\/NEC<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Madamu MUKARURANGWA Immacul\u00e9e: Umunyamabanga Nshingwabikorwa Wungirije\/ Deputy Executive Secretary<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>\u2013 Mu Kigo cy\u2019Igihugu gishinzwe kubungabunga Ibidukikije\/REMA<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Madamu Colette RUHAMYA: Umuyobozi Mukuru<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>\u2013 Muri Minisiteri y\u2019Ubutabera\/MINIJUST<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Bwana MUHIRE Yves: Umuyobozi ushinzwe icungwa ry\u2019imitungo yasizwe na beneyo.<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>\u2013 Muri Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge\/NURC<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Bwana SEMPUNDU Pierre: Umuyobozi w\u2019Ishami rishinzwe Ubutegetsi n\u2019Imari.<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>\u2013 Mu Rwego rw\u2019Igihugu rushinzwe kubahiriza Uburinganire bw\u2019abagore n\u2019abagabo mu iterambere ry\u2019Igihugu\/GMO<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<ul>\n<li>Madamu ASSIMWE Rebecca: Umuyobozi ushinzwe gukurikirana no kwinjiza ihame ry\u2019uburinganire mu iterambere ry\u2019Igihugu.<\/li>\n<\/ul>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>14.<\/b>\u00a0Mu Bindi:<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>a)<\/b>\u00a0Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko Umunsi Mpuzamahanga w\u2019Amahoro uzizihizwa ku itariki ya 21 Nzeri 2016 ku nsanganyamatsiko igira iti,<b>\u201c<\/b><b>Twubake inkuta z\u2019amahoro: uruhare rw\u2019urubyiruko mu guteza imbere amahoro n\u2019amajyambere arambye.\u201d<\/b><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>b)<\/b>\u00a0Minisitiri w\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko Ukwezi kw\u2019Imiyoborere ku nshuro ya 7 kuzatangizwa ku itariki ya 14 Nzeri 2016 mu Turere twose tw\u2019Igihugu, asaba abayobozi bose gushishikariza Abanyarwanda gutura mu midugudu kugira ngo byorohe kubagezaho amashanyarazi no kugira ishema ryo kwigira, bakareka ingeso yo gushaka kubeshwaho n\u2019abandi.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>c)<\/b>\u00a0Minisitiri w\u2019Urubyiruko n\u2019Ikoranabuhanga yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko ikoreshwa ry\u2019indege zidafite abaderevu (drones) mu kugeza amaraso kwa muganga rizatangira mu buryo bw\u2019igerageza ku itariki ya 20 Nzeri 2016, mu Karere ka Muhanga.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>d)<\/b>\u00a0Minisitiri w\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 26 Nzeri 2016 muri Kigali Conference &amp; Exhibition Village hazabera Inama Mpuzamahanga n\u2019Imurikabikorwa ku bikomoka ku nzuki muri Afurika yose ku nshuro ya 5.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>e)<\/b>\u00a0Minisitiri w\u2019Ubutabera\/Intumwa Nkuru ya Leta yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko kuva ku itariki ya 28 kugeza ku ya 29 Nzeri 2016 mu Rwanda hazabera Inama ya Kabiri y\u2019Ihuriro Njyanama ku butabera no ku mahame y\u2019Igihugu kigendera ku mategeko, ihuza Abayobozi b\u2019Inzego z\u2019Ubutabera bo mu Bihugu by\u2019Ubuholandi n\u2019u Rwanda.<\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><b>f)<\/b>\u00a0Minisitiri ushinzwe Imicungire y\u2019Ibiza no Gucyura Impunzi yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri ko ku itariki ya 8 n\u2019iya 9 Nzeri 2016, i Brazzaville muri Congo habereye Inama yahuje Intumwa z\u2019u Rwanda, Iza Repubulika ya Congo Brazzaville n\u2019Iz\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye ushinzwe Impunzi hagamijwe kureba aho icyemezo cyo gukuraho sitati y\u2019ubuhunzi (cessation clause) ku Banyarwanda bahungiyeyo kigeze gishyirwa mu bikorwa.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p><i>Iri tangazo ryashyizweho umukono na<\/i><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><i><b>Stella Ford MUGABO<\/b><\/i><\/p>\n<\/div>\n<\/blockquote>\n<div>\n<blockquote><p><i>Minisitiri Ushinzwe Imirimo y\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri<\/i><\/p><\/blockquote>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>None kuwa Kabiri, tariki ya 13 Nzeri 2016, Inama y\u2019Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":15551,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-15550","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"None kuwa Kabiri, tariki ya 13 Nzeri 2016, Inama y\u2019Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-14T16:12:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/nikobisanzwe.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwandan\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwandan\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/\",\"name\":\"Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/nikobisanzwe.jpg\",\"datePublished\":\"2016-09-14T16:12:42+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/nikobisanzwe.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/nikobisanzwe.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461\",\"name\":\"therwandan\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwandan\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe! - Umunyarwanda","og_description":"None kuwa Kabiri, tariki ya 13 Nzeri 2016, Inama y\u2019Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-09-14T16:12:42+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/nikobisanzwe.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwandan","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwandan","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/","name":"Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/nikobisanzwe.jpg","datePublished":"2016-09-14T16:12:42+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/nikobisanzwe.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/nikobisanzwe.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umwe-mu-bakekwa-kugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-col-karegeya-no-gushaka-kwica-lt-gen-kayumba-yagororewe\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umwe mu bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Col Karegeya no gushaka kwica Lt Gen Kayumba yagororewe!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/f78fe217cd1154482ef5e1ef50e49461","name":"therwandan","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/06bc5c65a45f58d7f849b8ffeadbcbead2f01f93f9e0bd2308e424ed1a6be18c?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwandan"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwandan\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15550","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=15550"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15550\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15551"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=15550"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=15550"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=15550"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}