{"id":1591,"date":"2012-09-20T09:47:09","date_gmt":"2012-09-20T07:47:09","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1591"},"modified":"2012-09-20T09:47:09","modified_gmt":"2012-09-20T07:47:09","slug":"ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/","title":{"rendered":"Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930)."},"content":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 022\/P.S.IMB\/012<\/p>\n<p>Kuva aho ubuyobozi bwa gereza nkuru ya Kigali bufatiye icyemezo cyo kwimura umwe babashinjabinyoma ba Madame Victoire INGABIRE UMUHOZA witwa Major UWUMUREMYI Vital akajya gufungirwa mu cyumba kimwe na Perezida Fondateri w\u2019ishyaka, amakuru aturuka mu buyobozi bw\u2019iyi gereza atumenyesha ko ubuzima bwa Me Bernard NTAGANDA buri mumazi abira. Ibyo bikaba biterwa n\u2019uko inshuro nyinshi yasanze bamunyariye mu biryo nyamara uko yitabaje ubuyobozi bwa gereza ntibugire icyo bubikoraho. Kuva ubwo rero, akaba araho ntacyo arya ku buryo ubuzima bwe bumerewe nabi cyane.<!--more--><\/p>\n<p>Ibi bikorwa byo kwica urubozo umuyobozi wa PS Imberakuri bikaba bije bikurikira n\u2019ibindi by\u2019urukozasoni bikomeje kwibasira abayobozi bakuru batandukanye. Muribuka ko mu minsi ishize ariho Bwana Alexis BAKUNZIBAKE, visi prezida wa mbere yashimuswe n\u2019inzego z\u2019umutekano zikamuta mu gihugu cya Uganda nyuma y\u2019iminsi itatu (3). Nyuma yaho, abandi bayobozi batandukanye bakaba bibasiwe, batotezwa, bakubitwa kandi byose bikorwa n\u2019inzego za polisi n\u2019iz\u2019umutekano hagamijwe kubaca intege ngo ntibakomeze kwitabira ibikorwa by\u2019ishyaka bihitiyemo. Ibi kandi bikaba byeze no mu yandi mashyaka, nka FDU Inkingi, atavuga rumwe na Leta ya Kigali.<\/p>\n<p>Ibi bikorwa by\u2019urukozasoni bikaba bijyana kandi na propaganda zirimo gukwirakwizwa mu bitangazamakuru bitandukanye bigendera ku murongo w\u2019ubutegetsi, cyane cyane nk\u2019ikinyamakuru RUSHYASHYA aho cyasohoye mu nimero yacyo vol.148 yo kuwa 11 Nzeri 2012 inkuru igira iti : <em>\u201d IBIMENYETSO BY\u2019ABAGAMIJE GUHIRIKA UBUTEGETSI BWA KAGAME BITANGIYE KUJYA AHAGARAGARA \u201d<\/em>. Muri iyi nkuri, iki kinyamakuru gitangaza ko ngo:<em>\u201d abayoboke ba PS Imberakuri ari naho iyi migambi yose icurirwa na FDU Inkingi bihishe inyuma y\u2019ibikorwa bihungabanya umutekano w\u2019igihugu bimaze iminsi bikorwa muduce dutandukanye tw\u2019igihugu kugeza ubu inzego zishinzwe umutekano zikaba zitaragaragaza ababikoze.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Ishyaka PS Imberakuri riboneyeho umwanya wo kwamaganira kure ibi bikorwa byo gusebanya no guhohotera abayobozi n\u2019abarwanashyaka batavuga rumwe n\u2019ubutegetsi. Nta kindi bigamije uretse gukwirakwiza umwuka mubi mu baturage no gushakisha impamvu zo gufunga abayobozi bibasiwe ngo barebe uko batera ubwoba abahagurukiye impinduka ya demukrasi. Ishyaka PS Imberakuri rikaba ryongera gusaba inteko nshingamategeko gutumiza Minisitiri ufite umutekano mu nshingano ze kugirango asobanurire kandi ahumurize abanyarwanda ku bibazo by\u2019umutekano muke ukomeje kuboneka hirya no hino mu gihugu. Iyi ngeso yo guhiga abantu bukware yagombye gucika vuba.<\/p>\n<p>Bikorewe i Kigali, kuwa 20 Nzeli 2012<\/p>\n<p>Alexis BAKUNZIBAKE<br \/>\nVisi Prezida wa Mbere<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 022\/P.S.IMB\/012 Kuva aho ubuyobozi bwa gereza nkuru ya Kigali bufatiye icyemezo cyo kwimura umwe babashinjabinyoma ba Madame Victoire INGABIRE UMUHOZA witwa Major UWUMUREMYI Vital akajya gufungirwa mu cyumba kimwe na Perezida Fondateri w\u2019ishyaka, amakuru aturuka mu buyobozi bw\u2019iyi gereza atumenyesha ko ubuzima bwa Me Bernard NTAGANDA buri mumazi abira. Ibyo bikaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1191,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-1591","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930). - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930). - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 022\/P.S.IMB\/012 Kuva aho ubuyobozi bwa gereza nkuru ya Kigali bufatiye icyemezo cyo kwimura umwe babashinjabinyoma ba Madame Victoire INGABIRE UMUHOZA witwa Major UWUMUREMYI Vital akajya gufungirwa mu cyumba kimwe na Perezida Fondateri w\u2019ishyaka, amakuru aturuka mu buyobozi bw\u2019iyi gereza atumenyesha ko ubuzima bwa Me Bernard NTAGANDA buri mumazi abira. Ibyo bikaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-20T07:47:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/\",\"name\":\"Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930). - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-20T07:47:09+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"225\",\"height\":\"225\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930).\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930). - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930). - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N\u00b0 022\/P.S.IMB\/012 Kuva aho ubuyobozi bwa gereza nkuru ya Kigali bufatiye icyemezo cyo kwimura umwe babashinjabinyoma ba Madame Victoire INGABIRE UMUHOZA witwa Major UWUMUREMYI Vital akajya gufungirwa mu cyumba kimwe na Perezida Fondateri w\u2019ishyaka, amakuru aturuka mu buyobozi bw\u2019iyi gereza atumenyesha ko ubuzima bwa Me Bernard NTAGANDA buri mumazi abira. Ibyo bikaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-20T07:47:09+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/","name":"Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930). - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-20T07:47:09+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"225","height":"225"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ishyaka-ps-imberakuri-riratabariza-umuyobozi-waryo-me-bernard-ntaganda-ukomeje-kwibasirwa-nubuyobozi-bwa-gereza-ya-kigali-1930\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ishyaka PS IMBERAKURI riratabariza umuyobozi waryo Me Bernard NTAGANDA ukomeje kwibasirwa n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Kigali (1930)."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1591","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1591"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1591\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1591"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1591"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1591"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}