{"id":1598,"date":"2012-09-20T22:31:40","date_gmt":"2012-09-20T20:31:40","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1598"},"modified":"2012-09-20T23:04:49","modified_gmt":"2012-09-20T21:04:49","slug":"bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/","title":{"rendered":"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Akabaye icwende ntikoga koko. Agaciro Development Fund aho bukera karakora ishyano.<\/p>\n<p>Abenshi muri twe twasomye mu binyamakuru bitandukanye aho umuyobozi wa Kaminuza y\u2019u Rwanda, Prof Silas Lwakabamba, yatangazaga ko ngo <a href=\"http:\/\/umuseke.com\/?p=43492\">Kaminuza y\u2019u Rwanda yatanze amafaranga agera kuri Miliyoni 711<\/a> ngo agera kuri Miliyoni 398 akaba ari abakozi n\u2019abarimu ba Kaminuza ngo bari bigomwe umushahara w\u2019ukwezi kose \u201dKu bushake bwabo\u201d yose yo gushyira mu kigega kiswe Agaciro Development Fund.<!--more--><\/p>\n<p>Amakuru ahwihwiswa muri Kaminuza y\u2019u Rwanda n\u2019uko abarimu cyane cyane bamereye nabi umuyobozi wa Kaminuza y\u2019u Rwanda, Prof Silas Rwakabamba. Muti barapfa iki?<\/p>\n<p>Muri iyi iminsi abo barimu bazaniwe impapuro zo gusinyaho ko bemeye gutanga umushahara wabo w\u2019ukwezi kumwe mu kigega Agaciro Development Fund, abarimu benshi ntabwo babyishimiye ndetse babajwe cyane n\u2019uko Prof Lwakabamba yabatangiye imishahara atabagishije inama ndetse bamwe impapuro zitanga ayo mafaranga banze kuzishyiraho umukono.<\/p>\n<figure style=\"width: 400px\" class=\"wp-caption alignright\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"http:\/\/www.nur.ac.rw\/IMG\/arton1111.jpg\" alt=\"\" width=\"400\" height=\"300\" \/><figcaption class=\"wp-caption-text\">Prof Lwakabamba ngo yatanze amafaranga y&#8217;abarimu mu Gaciro atabagishije inama<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ikibazo gihari n\u2019uko bo nk\u2019abantu b\u2019injijuke batumva ukuntu umuyobozi wa Kaminuza yagena amafaranga bagomba gushyira muri kiriya kigega kandi bivugwa na Leta ko buri muntu atanga ku bushake bwe kandi agatanga ayo ashaka.<\/p>\n<p>Uwavuga ko za Miliyari bavuga zimaze kugera mu kiriya kigega zikiri mu mpapuro nta ziri mu kigega ntiyaba yibeshye.<\/p>\n<p>Iki kibazo ngo gishobora kuba kiri mu byatumye Ministre Rwangombwa avuga ko asoneye abarimu (umuntu akibaza uburyo umuntu asonera umuntu ikintu atanga ku bushake) ariko nyuma yo gutangaza aya magambo inkuru y\u2019igihe.com yavugaga ibyavugiwe mu kiganiro n\u2019abanyamakuru, abashinzwe kunyonga amakuru basanze Ministre Rwangombwa yari yivuyemo nk\u2019inopfu maze ngo \u201dbakosora iyo nyandiko\u201d. Ariko abayisoma twari twayisomye.<\/p>\n<p>Twashoboye kubona ibitekerezo bimwe by\u2019abasomye iyo nyandiko:<\/p>\n<figure style=\"width: 395px\" class=\"wp-caption alignleft\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" \" src=\"http:\/\/newsofrwanda.com\/wp-content\/uploads\/2012\/08\/Minister-of-Finance-John-Rwangombwa.png\" alt=\"Minister of Finance John Rwangombwa Rwanda : Agaciro Development Fund to launch officially next week\" width=\"395\" height=\"317\" \/><figcaption class=\"wp-caption-text\">Ministre Rwangombwa ati:<em>&#8220;Nkanjye ntuye muri Gasabo ndetse nkagira n\u2019ubworozi mu Mutara kubera ko natanze amafaranga aho nkorera hariya handi, kuyatanga byaba ari ubushake bwanjye.&#8221;<\/em> Bishatse kuvuga ko kuyatanga muri Gasabo byari itegeko niba mu Mutara ari ku bushake?<\/figcaption><\/figure>\n<p>1.NYAKABAHWA MINISTRE REKA DUSASE INZOBE TUVUGISHE UKURI,BIMAZE KUGARAGARA KO GUTANGA AMAFARANGA YA GACIRO ARI ITEGEKO MU NZEGO NYINSH ZITANDUKANYE, URUGERO ARIKO MWICAYE MURI SALLE AHO MUKORERA INAMA ISANZWE Y\u2019AKAZI UMUYOBOZI AKABAHA URUPAPURO NGO MWIYANDIKE NGO KANDI UDASHAKA KWIHESHA AGACIRO NGO NTIYIYANDIKE NGO KANDI NTITUZIHANGANIRA UDASHAKA KWIHESHA AGACIRO. ESE AGACIRO N&#8217;AMAFARANGA ANGAHE ? ESE AKO GACIRO KAGURWA MWO KABYARA MWE N&#8217;AGACIRO NYABAKI SE !!! NJYE RERO MUGUKURAHO KANO KAVUYO NITWEMEREKO GUTANGA AY\u2019AGACIRO ARI ITEGEKO NKO GUKORA UMUGANDA NO GUTORA NITWEMERE KO NABYO ARI ITEGEKO NONEHO HASHYIRWEHO N&#8217;IGICIRO KU NZEGO ZITANDUKANYE URUGERO UMUKARANI, UMUHINZI, UKUBURA UMUHANDA, UBUNZA AMAGI N&#8217;UBUNYOBWA, ABAKOZI DUKORESHA MU RUGO BOSE IZO NZEGO 500, ABAMOTARI, ABACONVOYEUR, ABOZA MU BINAMBA N&#8217;ABANDI BO MURI IZO NZEGO 1500 GUTYO GUTYO KUGERA KUBAFAITE INGANDA BAGOMBA KUJYA BATANGA NKA 1.000.000 BURI KWEZI NAHO IBYO BYO GUKOMEZA GUFIFIKA NGO N\u2019UBUSHAKE BIZATUMA KINO KIGEGA GITA AGACIRO KANDI UBWA CYO CYARI AGACIRO. IKINDI NYAKUBAHWA MINISTRE NUMVISE KO AMAFRANGA ABURA NGO TWUZUZE INGENGO Y&#8217;IMARI YACU YA MILIYARI 600 ARI 48% BISHATSE KUVUGAKO ARI AMAFARANGA ANGANA NA MILIYARI HAFI 300 KUGEZA UBU NDUMVA NTA MILIYARI 50 TURABONA ESE NITUNAYABONA UMWAKA UTAHA NAKO NUKO BIZAMERA ???? NYAKUBAHWA MINISTRE NDABONA ARUKUGORA UMUTURAGE W&#8217;UMUNYARWANDA NAWE WARUSANZWE ABARIRWA MU BATINDI NYAKUJYA KW&#8217;ISI AHO ARI MUNSI Y&#8217;IDORARI KU MUNSI NJYE NDUMVA TWAREBA UKUNDI TUBIGENZA NKO KWISUNGA IBINDI BIHUGU BITAVUGA RUMWE NA BIRIYA BYADUFATIYE AMBARIGO NKA RUSSIA NA CHINA NA CUBA IKINDI SE REKA TWERURE TWINJIRE MURI CONGO TUGERE KURI BYABIROMBE BYIBURA DUCUKURE TWA DIAMOND ZAHABU NA KORUTA TUREBEKO TWAZIBA ICYUHO NAHO UBUNDI BIRAGOYE NYAKUBAHWA RWANGOMBWA<\/p>\n<p>2.Ni gute umuntu asonerwa kandi havugwa ubushake?<\/p>\n<p>3.Basonerwa kandi ari ubushake ? BAZIVAMO.COM<\/p>\n<p>4.Iyi mvugo ya minisitiri agira ati Nkanjye ntuye muri Gasabo ndetse nkagira n\u2019ubworozi mu Mutara kubera ko natanze amafaranga aho nkorera hariya handi, kuyatanga byaba ari ubushake bwanjye. Ibi biravuga rero ko gutanga ariya mafaranga mu AgDF ari itegeko, gusa bikarebwa ko umuntu atayasabwa kenshi. Abanyamakuru muri abana beza muzi kubaza ku buryo umuntu mumuvanamo ijambo atabizi. Mureke twiyubakire u Rwanda nta gahato ahubwo buri wese akurikije imbaraga afite.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Akabaye icwende ntikoga koko. Agaciro Development Fund aho bukera karakora ishyano. Abenshi muri twe twasomye mu binyamakuru bitandukanye aho umuyobozi wa Kaminuza y\u2019u Rwanda, Prof Silas Lwakabamba, yatangazaga ko ngo Kaminuza y\u2019u Rwanda yatanze amafaranga agera kuri Miliyoni 711 ngo agera kuri Miliyoni 398 akaba ari abakozi n\u2019abarimu ba Kaminuza ngo bari bigomwe umushahara w\u2019ukwezi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1320,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,69],"tags":[],"class_list":["post-1598","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Akabaye icwende ntikoga koko. Agaciro Development Fund aho bukera karakora ishyano. Abenshi muri twe twasomye mu binyamakuru bitandukanye aho umuyobozi wa Kaminuza y\u2019u Rwanda, Prof Silas Lwakabamba, yatangazaga ko ngo Kaminuza y\u2019u Rwanda yatanze amafaranga agera kuri Miliyoni 711 ngo agera kuri Miliyoni 398 akaba ari abakozi n\u2019abarimu ba Kaminuza ngo bari bigomwe umushahara w\u2019ukwezi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-20T20:31:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-09-20T21:04:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda\",\"datePublished\":\"2012-09-20T20:31:40+00:00\",\"dateModified\":\"2012-09-20T21:04:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":662,\"commentCount\":2,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\",\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-20T20:31:40+00:00\",\"dateModified\":\"2012-09-20T21:04:49+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"370\",\"height\":\"280\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"Akabaye icwende ntikoga koko. Agaciro Development Fund aho bukera karakora ishyano. Abenshi muri twe twasomye mu binyamakuru bitandukanye aho umuyobozi wa Kaminuza y\u2019u Rwanda, Prof Silas Lwakabamba, yatangazaga ko ngo Kaminuza y\u2019u Rwanda yatanze amafaranga agera kuri Miliyoni 711 ngo agera kuri Miliyoni 398 akaba ari abakozi n\u2019abarimu ba Kaminuza ngo bari bigomwe umushahara w\u2019ukwezi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-20T20:31:40+00:00","article_modified_time":"2012-09-20T21:04:49+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda","datePublished":"2012-09-20T20:31:40+00:00","dateModified":"2012-09-20T21:04:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/"},"wordCount":662,"commentCount":2,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru","Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/","name":"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-20T20:31:40+00:00","dateModified":"2012-09-20T21:04:49+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"370","height":"280"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bombori-bombiri-muri-kaminuza-yu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bombori Bombori muri Kaminuza y\u2019u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1598","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1598"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1598\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1598"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1598"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1598"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}