{"id":16628,"date":"2012-09-18T22:45:57","date_gmt":"2012-09-18T20:45:57","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1569"},"modified":"2012-09-18T22:45:57","modified_gmt":"2012-09-18T20:45:57","slug":"ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/","title":{"rendered":"Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite"},"content":{"rendered":"<p>Honorable Mukantabana mwiriwe, Mbanje kwisegura kukuba amazina yanjye ya nyayo atagaragara ku mpamvu mutayobewe. Mbashimiye ubwitange n&#8217;ubuhanga mwifashisha muyobora inteko nshingamategeko umutwe w\u2019abadepite by\u2019umwihariko ariko mbashimiye ikiganiro mwatugejejeho kuri uno munsi utagira uko usa wo kwizihiza ibyiza bya D\u00e9mocratie n&#8217;ubwo mbona mu Rwanda yabaye (D\u00e9mocratie) nk\u2019inzozi ku mpamvu uzi kundusha.<!--more--><\/p>\n<p>Aha ngaha nk&#8217;uko bisanzwe n&#8217;ubwo nziko ibyo mvuze haruguru tubyumva kimwe ndabizi muraza kunsobanurira ukuntu ngo nta gihugu ku isi kigira D\u00e9mocratie nk&#8217;iy\u2019u Rwanda kuko ngo yo iranuzuzanya ! Ntabwo nje kubigisha ihame ryo kutumva cyangwa kutabona ibintu kimwe kuko urizi kundusha (uretse kuryirengagije ku mpamvu nshobora kumva).<\/p>\n<p>Reka nifashishe ingero ebyiri zoroshye ariko zatwereka ko abanyarwanda babayeho bigengeseeera nkaho ari abanyamahanga mu gihugu cyabo kandi bemeje ko uruvugiro rwonyine ruhari ari ugushimagiza gahunda za Leta y\u2019ubumwe gusa :<\/p>\n<p><strong>1. Ese abaturage ba Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika tubarusha iterambere ?<\/strong><\/p>\n<p>Iyo ufashe microphone ukayegereza abanyarwanda (aha ndavuga ababa mu Rwanda) nk\u201910 ngo bavuge bimwe mu bibazo bibashegesha, 8 bazakubwira gusa ukuntu gira inka, ubudehe, perezida watugabiye \u2026..ari gahunda zigira u Rwanda igitangaza mbese n&#8217;iyo baba baburaye icyo gihe barashima gusa. Babiri basigaye nibo bagerageza kwivugira ibindi bitari ugushima.Nyamara iyo micro phone nuyishyira mu biganza bw\u2019abanyamerika 10 uti ngaho nimutugezeho uko mubona imiyoborere ya HE Obama wakumirwa kuko bakubwira n&#8217;akari i Murori bamwe banamutuka ibitutsi bibi (Gusa ibi si ibyo gushyigikirwa ariko ngo nabyo ni ngombwa aho kubika inzika nk&#8217;uko abanyarwanda bamwe muri twe bazibitse igihe kirekire). Ese tuvuge ko abanyarwanda babayeho neza kurusha abanyaburayi bajya impaka kuri byinshi mubyo batumva kimwe KANDI BIKAGIRA IMPINDUKA ZUBAKA BITANGA? Ibyo kuvuga mu Rwanda bitagenda ni byiiinshi cyane ariko ako kayunguruzo kanyu ni ibibazo.<\/p>\n<p><strong>2. Nk\u2019intumwa za Rubanda, niba koko mujya mujy\u2019impaka zubaka ; Kaminuza y\u2019Umutara polytechnic yari kuba ariyo yegukana Facult\u00e9 ya M\u00e9decine V\u00e9t\u00e9rinaire iyambuye ISAE Busogo ?<\/strong><\/p>\n<p>Uru rugero ruroroshye cyane ugereranyije n&#8217;izihari ariko rwarambabaje cyane n&#8217;ubwo nabiraberaga kure nk\u2019Umunyeshuri usanzwe. Nibyo koko hagombaga gusigara ishuli rimwe rigira iyo facult\u00e9 ariko uko byakozwe ni nka bya bindi wahoze uvuga mu kiganiro watanze ngo <em>&#8220;umuntu agashaka kukumvisha ukuntu ibara ry\u2019umukara risa n\u2019umweru&#8221;<\/em>. Kandi burya umuturage wo hasi ushobora kumubeshya (N&#8217;ubwo nawe atabikwiye namba) ariko kurindagiza abanyeshuli ba kaminuza uba urimo urabemeza ko leta bagiye gukorera ari ikinyoma gusa gusa ishingiyeho.<\/p>\n<p><strong>Uko ikibazo giteye.<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru twari dufite na mbere y&#8217;uko mwemeza ko abanyeshuli (niba ubwo bubasha mwarabugize ) ba ISAE baza mu Mutara n&#8217;uko ISAE ifite Laboratoires specialis\u00e9s muri domaines nyinshi kandi ziri bien \u00e9quip\u00e9s zirenga 7 zakoreshwaga na ISAE ariko n\u2019izindi kaminuza zaratiraga bikazifasha nka NUR, KIST, INES,\u2026, ISAE yari ifite Clinique v\u00e9t\u00e9rinaire moderne ihanitse kandi yahenze ISAE(Leta) n\u2019abashoramari mu kuyubaka, kuyishakira ibikoresho ndetse n\u2019abarimu bazobereye mu buvuzi bw\u2019amatungo. Umutara Polytechnic nigamo, icyo gihe uretse na laboratoire cyangwa se clinique v\u00e9t\u00e9rinaire na library ubwayo cyari ikibazo kandi n&#8217;ubu niko bikiri.<\/p>\n<blockquote><p><strong><em>Icyambabaje by\u2019umwihariko rero n&#8217;uko bakuru bacu barangije ubu mu mwaka wa gatanu uko ari 54 abagera hafi 20 bose stages zabo na za m\u00e9moires zabo bazikoreye muri ISAE kuko ariho hari ibisabwa (Labo na clinique) kandi Rapport yakozwe na commission yari yihariye kuri icyo kibazo ifatanyije na D\u00e9partement ya MINEDUC ishinzwe ngo ireme ry\u2019uburezi bigashimangirwa n\u2019inteko muyoboye hari aho yavugaga (iyo rapport) ko ngo ISAE igira Microscope imwe vraiment ariko ngo Umutara wo ufite n\u2019abarimu bakomeye (Mbega ikinyoma !) n&#8217;uko namwe mukabyemera none abo bakuru bacu barinze barangiza Pratiques kuri bo ari inzozi. Ngo aha mutiteranya na ba nyiri Kaminuza!<\/em><\/strong><\/p><\/blockquote>\n<p>Iryo riri muri amwe mu makosa akomeye MINEDUC yakoze kuko uretse igihombo mat\u00e9rielle kinini ndetse n\u2019ireme ry\u2019 uburezi ryahangirikiye, byatweretse burundu ko uretse natwe abaturage namwe ubwanyu (Intumwa za rubanda) nta jambo mufite . Gusa hagati aho mbaye mbatumiye gusura iyo kaminuza igira umuguild w\u2019abanyeshuri uba nomm\u00e9 par l\u2019arm\u00e9 (RDF) kandi iyo nayo ngo ni d\u00e9mocratie.<\/p>\n<p><strong>UMWANZURO<\/strong><\/p>\n<p><strong><em>Umuco wo kumva hari abakunda igihugu kurusha abandi ngo ku buryo abo bumva igihugu cyayoborwa mu cyerekezo kibaboneye bonyine bityo hagashyirwaho imbago ntarengwa ku bandi zo kubaha gasopo ngo hato hadakomwa rutenderi, Uwo muco nucike kandi nimukomeza kuduha urwo rugero rubi rwo kubererekera ukuri amateka azabibabaza. N&#8217;ubwo nziko igitekerezo cyanjye nshobora kuzakizira (Internet isigaye iri control\u00e9) nta mahitamo nari mfite<\/em><\/strong> .<\/p>\n<p>Murakoze.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Honorable Mukantabana mwiriwe, Mbanje kwisegura kukuba amazina yanjye ya nyayo atagaragara ku mpamvu mutayobewe. Mbashimiye ubwitange n&#8217;ubuhanga mwifashisha muyobora inteko nshingamategeko umutwe w\u2019abadepite by\u2019umwihariko ariko mbashimiye ikiganiro mwatugejejeho kuri uno munsi utagira uko usa wo kwizihiza ibyiza bya D\u00e9mocratie n&#8217;ubwo mbona mu Rwanda yabaye (D\u00e9mocratie) nk\u2019inzozi ku mpamvu uzi kundusha.<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1570,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-16628","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Honorable Mukantabana mwiriwe, Mbanje kwisegura kukuba amazina yanjye ya nyayo atagaragara ku mpamvu mutayobewe. Mbashimiye ubwitange n&#8217;ubuhanga mwifashisha muyobora inteko nshingamategeko umutwe w\u2019abadepite by\u2019umwihariko ariko mbashimiye ikiganiro mwatugejejeho kuri uno munsi utagira uko usa wo kwizihiza ibyiza bya D\u00e9mocratie n&#8217;ubwo mbona mu Rwanda yabaye (D\u00e9mocratie) nk\u2019inzozi ku mpamvu uzi kundusha.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-18T20:45:57+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/\",\"name\":\"Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-18T20:45:57+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"250\",\"height\":\"239\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite - Umunyarwanda","og_description":"Honorable Mukantabana mwiriwe, Mbanje kwisegura kukuba amazina yanjye ya nyayo atagaragara ku mpamvu mutayobewe. Mbashimiye ubwitange n&#8217;ubuhanga mwifashisha muyobora inteko nshingamategeko umutwe w\u2019abadepite by\u2019umwihariko ariko mbashimiye ikiganiro mwatugejejeho kuri uno munsi utagira uko usa wo kwizihiza ibyiza bya D\u00e9mocratie n&#8217;ubwo mbona mu Rwanda yabaye (D\u00e9mocratie) nk\u2019inzozi ku mpamvu uzi kundusha.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-18T20:45:57+00:00","author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/","name":"Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-18T20:45:57+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"250","height":"239"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-kuri-honorable-mukantabana-umukuru-winteko-umutwe-wabadepite-2\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibaruwa ifunguye kuri Honorable Mukantabana, umukuru w&#039;inteko umutwe w&#039;abadepite"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16628","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=16628"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16628\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=16628"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=16628"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=16628"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}