{"id":16713,"date":"2013-01-28T18:38:35","date_gmt":"2013-01-28T16:38:35","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3096"},"modified":"2013-01-28T18:38:35","modified_gmt":"2013-01-28T16:38:35","slug":"u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/","title":{"rendered":"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali"},"content":{"rendered":"<p>Abategetsi b&#8217;u Rwanda bahaye amasaha 48 umusirikare w&#8217;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#8217;u Bubiligi i Kigali kuba yavuye ku butaka bw&#8217;u Rwanda ngo kubera gukora ibikorwa bitajyanye n&#8217;imirimo ashinzwe \u00ab activit\u00e9s incompatibles avec sa fonction \u00bb.<!--more--><\/p>\n<p>Uwo musirikare yari amaze imyaka ibiri n&#8217;igice mu Rwanda, uwo mugabo uri mu rwego rwa sous-officier ngo ufite uburambe yari ashinzwe akazi ko kurinda inyubako ndetse n&#8217;ababiligi baba mu Rwanda.<\/p>\n<p>Igisata cyijyanye n&#8217;igisirikare muri Ambasade y&#8217;u Bubiligi mu Rwanda kigizwe n&#8217;abantu batatu, kiyobowe ubu na colonel William Breuer. Uyu akaba yaratangiye imirimo ye mu mpera z&#8217;umwaka wa 2012, ubu uhagarariye u Bubiligi mu Rwanda yitwa Marc Pecsteen.<\/p>\n<p>Impamvu nyazo zo kwirukanwa k&#8217;uwo mukozi ntabwo zamenyeshejwe abayobozi b&#8217;u Bubiligi. Iki gikorwa kije kiyongera ku rutonde rurerure rw&#8217;ibitotsi byaranze umubano w&#8217;u Rwanda n&#8217;u Bubiligi. Hari umusirikare wo mu rwego rwa officier w&#8217;umubiligi wavuze ko iki gikorwa ari igikorwa cyerekanako abategetsi b&#8217;u Rwanda batishimiye u Bubiligi kandi kidasobanutse.<\/p>\n<p>Mu Gushyingo 2012, u Bubiligi bwahagaritse ubutwererane n&#8217;u Rwanda mu bya gisirikare n&#8217;ubwo ubwo butwererane butari mu rwego rwo hejuru kubera inkunga u Rwanda ruregwa gutera inyeshyamba za M23. U Rwanda rukaba rudashira amakenga igihugu cy&#8217;u Bubiligi kuba gishaka gushyira igitutu ku bindi bihugu bigize umuryango w&#8217;ibihugu by&#8217;u Burayi (UE\/EU) ngo bubiteranye na Leta y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Biravigwa ko igihugu cy&#8217;u Bubiligi cyahamagaye muri Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;amahanga yacyo uhagarariye u Rwanda mu Bubiligi muri iki cyumweru ngo u Rwanda rwisobanure kuri icyo kibazo.<\/p>\n<p>Amakuru atangazwa n&#8217;urubuga Umuseke.com avuga ko uyu mubiligi wirukanwe yaba yitwaraga uko yishakiye mu tubari i Kigali ndetse avuga amagambo ngo asebya Leta y\u2019u Rwanda. Ibintu ngo bitari kwihanganirwa nkuko ngo bamwe mu bazi neza iby\u2019uyu musoda ngo babitangarije urwo rubuga.<\/p>\n<p>Ben Barugahare<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/files\/2013\/01\/Marc-Matabaro.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-3061\" alt=\"Marc Matabaro\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/files\/2013\/01\/Marc-Matabaro.jpg\" width=\"86\" height=\"103\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2013\/01\/Marc-Matabaro.jpg 500w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2013\/01\/Marc-Matabaro-251x300.jpg 251w\" sizes=\"auto, (max-width: 86px) 100vw, 86px\" \/><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abategetsi b&#8217;u Rwanda bahaye amasaha 48 umusirikare w&#8217;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#8217;u Bubiligi i Kigali kuba yavuye ku butaka bw&#8217;u Rwanda ngo kubera gukora ibikorwa bitajyanye n&#8217;imirimo ashinzwe \u00ab activit\u00e9s incompatibles avec sa fonction \u00bb.<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2562,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-16713","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abategetsi b&#8217;u Rwanda bahaye amasaha 48 umusirikare w&#8217;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#8217;u Bubiligi i Kigali kuba yavuye ku butaka bw&#8217;u Rwanda ngo kubera gukora ibikorwa bitajyanye n&#8217;imirimo ashinzwe \u00ab activit\u00e9s incompatibles avec sa fonction \u00bb.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-01-28T16:38:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali\",\"datePublished\":\"2013-01-28T16:38:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/\"},\"wordCount\":289,\"commentCount\":2,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/\",\"name\":\"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-01-28T16:38:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"300\",\"height\":\"213\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali - Umunyarwanda","og_description":"Abategetsi b&#8217;u Rwanda bahaye amasaha 48 umusirikare w&#8217;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#8217;u Bubiligi i Kigali kuba yavuye ku butaka bw&#8217;u Rwanda ngo kubera gukora ibikorwa bitajyanye n&#8217;imirimo ashinzwe \u00ab activit\u00e9s incompatibles avec sa fonction \u00bb.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-01-28T16:38:35+00:00","author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali","datePublished":"2013-01-28T16:38:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/"},"wordCount":289,"commentCount":2,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/","name":"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-01-28T16:38:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"300","height":"213"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwirukanye-ushinzwe-ibya-gisirikare-muri-ambasade-yu-bubiligi-i-kigali-2\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwirukanye umusirikare w&#039;umubiligi wakoraga muri Ambasade y&#039;u Bubiligi i Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16713","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=16713"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16713\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=16713"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=16713"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=16713"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}