{"id":16743,"date":"2013-03-26T16:14:37","date_gmt":"2013-03-26T14:14:37","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3361"},"modified":"2013-03-26T16:14:37","modified_gmt":"2013-03-26T14:14:37","slug":"ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/","title":{"rendered":"Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera"},"content":{"rendered":"<p>Bosco Ntaganda yagejejwe bwa mbere imbere y\u2019abacamanza b\u2019urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Werurwe 2013 i La Haye mu gihugu cy\u2019u Buhorandi.<!--more--><\/p>\n<p>Bosco Ntaganda yahakanye ibyo aregwa byose abwira urukiko ko ari umwere, kuri uwo munsi wa mbere w\u2019urubanza wari ugamije kugaragaza umwirindoro wa Bosco Ntaganda.<\/p>\n<p>Ntaganda akurikiramywe kubera impapuro 2 zo kumufata zatanzwe n\u2019urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rumwe mu 2006 urundi mu 2012, urwo rukiko rumurega ibyaha by\u2019intambara n\u2019ibyaha byibasiye inyokomuntu byakorewe muri Ituli hagati ya 2002 na 2003.<\/p>\n<p>\u00abNamenyeshejwe ibyaha ndegwa ariko simbyemera\u00bb ayo ni amagambo yatangajwe na Bosco Ntaganda mu rukiko. Ariko umucamanza w\u2019urukiko mpuzamahanga Mpanabyaha Ekaterina Trendafilova \u00a0yamuciye mu ijambo amusobanurira ko impamvu urukiko rwateranye uwo munsi atari\u00a0 ukumenya niba Ntaganda yarakoze ibyaha cyangwa atarabikoze. Ahubwo ngo hagamijwe kumenya umwirondoro we.<\/p>\n<p>Ntaganda wari wambaye ikositimu y\u2019umukara wogoshe umusatsi yawumazeho yibwiye urukiko muri aya magambo:\u00abNitwa Bosco Ntaganda, mfite amazina abiri gusa, amazina nahawe n\u2019ababyeyi banjye. Nk\u2019uko mubizi, nabaye umusirikare muri Congo, navukiye mu Rwanda nkurira muri Congo. Ndi umunyekongo\u00bb. Icyatangaje benshi n&#8217;uko Bosco Ntaganda yasabye kuburana mu Kinyarwanda ngo nirwo rurimi yumva neza ngo n&#8217;agafaransa gake.<\/p>\n<p>Mu gihe urukiko rwateranaga i saa tanu ku isaha yo mu Buhorandi, umucamanza yagenzuye niba uregwa yamenyeshejwe ibyo aregwa n\u2019uburenganzira ahabwa n\u2019amasezerano y\u2019i Roma yashyizeho urwo rukiko.<\/p>\n<p>Abacamanza b\u2019urugereko rw\u2019ibanze bagennye ko tariki ya 23 Nzeri 2013 ari ho urukiko ruzaterana rukemeza ibyaha rurega Ntaganda.<\/p>\n<p>Twabibutsa ko Bosco Ntaganda yagejejwe i La Haye ku cyicaro cy\u2019urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku ya 22 Werurwe 2013 avanywe mu Rwanda, aho yari yishyikirije cyangwa yashyikirijwe ambasade y\u2019Amerika i Kigali agasaba kujyanwa ku rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwari rumaze igihe rumushaka. Ibi byabaye nyuma y\u2019aho ingabo zari zishyigikiye Bosco Ntaganda na Jean Marie Runiga zitsindiwe n\u2019izishyigikiye Sultani Makenga mu ntambara yari ishyamiranyije ibice bitumvikana muri M23. Ariko uburyo Ntaganda yageze muri Ambasade y\u2019Amerika i Kigali byo biracyari urujijo kandi hari benshi bahamya ko urwo rujijo ari ryo pfundo ry\u2019uburyo Ntaganda azitwara mu rubanze rwe.<\/p>\n<p>Marc Matabaro<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bosco Ntaganda yagejejwe bwa mbere imbere y\u2019abacamanza b\u2019urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Werurwe 2013 i La Haye mu gihugu cy\u2019u Buhorandi.<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":3362,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,63],"tags":[],"class_list":["post-16743","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bosco Ntaganda yagejejwe bwa mbere imbere y\u2019abacamanza b\u2019urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Werurwe 2013 i La Haye mu gihugu cy\u2019u Buhorandi.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-03-26T14:14:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/\",\"name\":\"Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-03-26T14:14:37+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":350,\"height\":200},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera - Umunyarwanda","og_description":"Bosco Ntaganda yagejejwe bwa mbere imbere y\u2019abacamanza b\u2019urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Werurwe 2013 i La Haye mu gihugu cy\u2019u Buhorandi.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-03-26T14:14:37+00:00","author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/","name":"Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-03-26T14:14:37+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":350,"height":200},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ntaganda-yahakanye-ibyo-aregwa-nubwo-igihe-cyo-kwisobanura-cyari-kitaragera-2\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ntaganda yahakanye ibyo aregwa n&#039;ubwo igihe cyo kwisobanura cyari kitaragera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16743","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=16743"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/16743\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=16743"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=16743"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=16743"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}