{"id":17066,"date":"2014-11-10T03:16:56","date_gmt":"2014-11-10T00:46:56","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=8914"},"modified":"2014-11-10T03:16:56","modified_gmt":"2014-11-10T00:46:56","slug":"tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/","title":{"rendered":"TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE."},"content":{"rendered":"<p>Banyarwanda bavandimwe,<\/p>\n<p>Abanyarwanda bakunda kuvugira mu migani kuko bavuga ko umugani ugana akariho. Kumenya gutandukanya icyatsi n\u00b4ururo ni ikintu cy\u2019ingenzi mu buzima. Ubusanzwe uburo buri mu bwoko bw\u00b4ibinyampeke bijya gusa n\u00b4urucaca. Iyo uburo butarazana impeke ushobora kuburandura ukeka ko ari ibyatsi kuko bijya gusa. Ariko Abahinzi b\u00b4uburo bazi neza kubitandukanya ndetse kera iwacu barabidutozaga mu gihe cyo kubagara. Kubyerekeye amasaka biraruhije rwose mu gihe cy\u00b4ibagara gutandukanya amasaka azavamo amahundo mazima nazabyara inopfu. Mu busanzwe abahinzi barabireka bigakurana hanyuma amasaka yamara kubumbura inopfu yivamo ikigaragaza n\u00b4amasaka mazima akigaragaza.<!--more--><\/p>\n<p>Kumenya gutandukanya ururo n\u00b4icyatsi ni ukumenya guhitamo hagati y\u00b4ikibi n\u00b4ikiza. Ni ukumenya kandi kutitiranya ikibi ngo ukite ikiza cyangwa vis versa ikiza ngo gihinduke ikibi. Umuntu mukuru utazi gutandukanya ururo n\u00b4icyatsi aba ari umuntu utagira ubushishizi. Kubijyanye n\u00b4imbuto y\u00b4amasaka ho biirakomeye kuko mbere y\u00b4uko amasaka azana amahundo ntushobora kumenya atzavamo inopfu cyangwa azavamo amasaka mazima. Abahinzi barabizi barabireka bigakurana byagera mu gihe amasaka abumbuye.<\/p>\n<p>Iki kigereranyo dutanze kimeze nk\u00b4ibiri kubera muri OOPOSITION mu bitwa ko baharanira ko ibintu bihinduka mu Rwanda. Birabaje kumva amagambo asohoka mu kanwa k\u00b4abanyarwanda bamwe bavuga ko nabo baharanira guhindura ibintu mu Rwanda. Hari nk\u00b4imvugo njya numvana bamwe bavuga ngo FDLR imaze iki muri iyi myaka yose imaze ishinzwe ndetse n\u00b4andi magambi menshi abiherekeje wumva ko asonga mu ry\u00b4umwanzi wadukuye mu gihugu.<\/p>\n<p>Aba bantu batekereza gutya ntiwabahatira gukunda FDLR cg kuyiyoboka kuko kutabikora no kubikora ari uburenganzira bwabo. Icyo twabibutsa gusa ni uko &#8220;les faits sont t\u00eatus&#8221; kuko nta munyarwanda cyangwa undi uwo ariwe wese ukurikiranira hafi ibibera mu karere k\u00b4ibiyaga bigari uyobewe ko ingabo zahoze ari iza FAR zaje kubyara FDLR zimaze imyaka 18 zirwana n\u00b4ingabo z\u00b4ibihugu byinshi birimo u Rwanda (RDF), Uganda (UPDF), Kongo (FARDC), MONUSCO; ndetse n\u00b4imitwe ya ba AFDL, Mai-Mai, Raia Mutomboki, Kifuafua , M23 n`indi myinshi. Muri iyo myaka yose kandi abanyarwanda bakagombye kuba barabashyigikiye harimo n\u00b4izi ntiti zacu z\u00b4abanyamakuru n\u00b4abanyapolitiki barabatereranye.<\/p>\n<p>Une chose est s\u00fbre ni uko muri iyo myaka yose 24 y\u00b4urugamba ba FAR batirebyeho ahubwo barwanye ku mpunzi ubutwari bwabo ntibushidikanywaho kuko impfumbyi n\u00b4abapfakazi barokotse udufuni n\u00b4amasasu ya FPR ubu bakabakaba hafi 300 000.<\/p>\n<p>Tugarutse ku mvugo z\u00b4abanyarwanda bamwe baba bihagiye amafiriti n\u00b4ibinyobwa bitandukanye by\u00b4i Burayi turasanga bene izo mvugo n\u00b4ibiganiro ari ibyo kwamaganwa cyane kuko barayobya amarari bateranya abenegihugu n\u00b4ingabo bibonamo ziyemeje kumena amaraso yabo kugirango abana b\u00b4u Rwanda bose bazabeho mu bwisanzure buzira ubucakara n\u00b4akarengane.<\/p>\n<p>Twavuga ko abafite imvugo n\u00b4imikorere imeze itya bataramenya gutangukanya icyatsi n\u00b4ururo muri politiki igamije kubohora u Rwanda. Imvugo zishyira abenegihugu mu rujijo kandi zigatuma abenegihugu bazinukwa ikitwa politiki ntituzikeneye muri Opposition rwose kuko ziratudindiza. Abenegihugu bamwe barumva ko abanyapolitiki bose ari bamwe aka wa mugani w\u00b4umukobwa ubu umwe agatukisha bose.<\/p>\n<p>Birabaje cyane ko indoto zacu kubyerekeye Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration irimo yanduzwa n\u00b4abafite imigambi iyobya amarari. Kumvisha abenegihugu ko umusirikare = kwica ni ibintu bikwiye kwamaganwa cyane. Inshingano y\u00b4umusirikare nyakuri ni ukurinda umwenegihugu si kumena amaraso nk\u00b4uko abashaka kunyura inzira y\u00b4ubusamo ngo izabageza mu Rugwiro bashishikariye kubyumvisha abenegihugu. Turasaba abantu bagihembera nkana urwango no guhanganisha abanyapolitiki, abenegihugu n\u00b4abasirikare ko babireka.<\/p>\n<p>Ntacyo bimaze muri ibi bihe turimo kubwirira abenegihugu ko uzabubakira amashuri y\u00b4incuke n\u00b4ikiburamwaka, ko abana bazajya biga bitaha muri internat, ko uzashyiraho gahunda z\u00b4abari n\u00b4abategarugori mu gihe abacu bari kujugunywa mu biyaga n\u00b4imigezi.<\/p>\n<p>Abibwira ko bazakura abanyarwanda ku ngoyi ya FPR bakoresheje \u00b4\u00b4m\u00e9thodes de non violence active\u00b4\u00b4 baribeshya cyane kuko ubu buryo buri inn\u00e9ficace dans le cas du Rwanda (nta musaruro bwatanga) kubera impamvu zikurikira:<\/p>\n<p>1. U Rwanda ni igihugu gifite umwihariko mu mateka: nicyo gihugu cyonyine kw\u00b4isi cyabayemo jenoside zirenze imwe.<br \/>\n2. Nicyo gihugu cyonyine ingabo ziturutse mu kindi gihugu zaje zigakubura igihugu zigasuka hanze hakinjira abandi bantu bavuye inyuma y\u00b4igihugu. Ibyo b irangiye FPR ikajya ikora triage yabo yinjiza nabo yica. Murabizi niko byagenze 94 nanyuma yaho<br \/>\n3. FPR mbere yo kugera ku butegetsi yamennye amaraso menshi y\u00b4abanyarwanda byumvikane ko kuzayikura ku butegetsi isasiga yoretse ingogo kurushaho. Ibyo kandi kubivuga si ugushyirammo abantu ubwoba ahubwo ni ukubafasha kutajenjekera urugamba turiho.<br \/>\n4. Hari abanyarwanda bagerageje gukoresha inzira zo guhindura ibintu mu Rwanda binyuze mu matora uko byabagendekeye murakuzi.<br \/>\n5. Ntibishoboka kuririra ku mategeko FPR inkotanyi ubwayo yishyiriyeho ngo uyrwanye nabo ntabwo bicaye ubusa bahora bikanga uwaza kubakura amata mu kanwa ndetse biteguye guhangana nawe.<br \/>\n6. Indi mpamvu ni uko nta banga bamwe mu barwanya FPR bagira ibintu byabo byose babyandarika ku karubanda ngo bashaka kwerekana ko amashyaka yabo ari ibitangaza. Nyamara umwanzi ugomba kumutungura kuko umumenyesheje igihe uzazira usanga yakwiteguye akagukubita incuro.<\/p>\n<p>Twe dusanga ko Politiki ikenewe muri ibi bihe atari politiki yo gutanguranwa umushi ahubwo hakenewe politiki ya mobilisation no kumara ubwoba abenegihugu hagamije kubabohora byuzuye (lib\u00e9ration totale).<\/p>\n<p>Abanyapolitiki beza dukeneye muri iki gihe ni abahumuriza Abenegihugu ndetse bagaha morale n\u00b4ingabo ziyemeje kumena amaraso yazo kugirango zikure abanyarwanda ku ngoyi ya FPR. Ibintu byumvikane uko biri twemera ko GUSHIRIKA UBWOBA BITAVUGA KWIYAHURA (suicide) CYANGWA GUSHORA ABENEGIHUGU mu bigahunda bihubukiweho ndetse bishobora no kwicisha abenegihugu benshi. MU RUMVE BA BIRENGE NIMWE MUBWIRWA KANDI MWISUBIREHO KUKO RUBANDA IRAGENDA ITA IKIZERE KUBYO MUVUGA.<\/p>\n<p>Ngaho rero Abanyapolitiki bazima bashaka impinduka nyayo nibafate iyambere bakomeze urugendo biyemeje rwo kugobotora urwatubyaye. Akazi ko guhuza imbaraga z\u00b4abaturage, iza politiki n\u00b4iz\u00b4ingabo no kuzibyaza umushinga wa Lib\u00e9ration (kugobotora igihugu) ntikoroshye ariko bitinde bitebuke u Rwanda rushyashya twifuza tuzarutura.<\/p>\n<p><strong>Umwanzuro\u00a0<\/strong><\/p>\n<p>U Rwanda ruzabohozwa n\u00b4amaboko y\u00b4abana barwo bashyize hamwe. Imbaraga z\u00b4abenegihugu, iza politiki n\u00b4igisirikare cyo kubahiriza umuteko wabo zose zirakenewe iyo niyo REVOLUSIYO nyayo twiyemeje.<\/p>\n<p>Murakoze murakarama, amahoro n\u00b4urukundo kuri mwese!<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/files\/2014\/07\/Minani-JMV.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-thumbnail wp-image-7379\" alt=\"Minani JMV\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/files\/2014\/07\/Minani-JMV-150x150.jpg\" width=\"150\" height=\"150\" \/><\/a><\/p>\n<p><strong>Jean \u00a0Marie Vianney Minani<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Banyarwanda bavandimwe, Abanyarwanda bakunda kuvugira mu migani kuko bavuga ko umugani ugana akariho. Kumenya gutandukanya icyatsi n\u00b4ururo ni ikintu cy\u2019ingenzi mu buzima. Ubusanzwe uburo buri mu bwoko bw\u00b4ibinyampeke bijya gusa n\u00b4urucaca. Iyo uburo butarazana impeke ushobora kuburandura ukeka ko ari ibyatsi kuko bijya gusa. Ariko Abahinzi b\u00b4uburo bazi neza kubitandukanya ndetse kera iwacu barabidutozaga mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":8915,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-17066","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Banyarwanda bavandimwe, Abanyarwanda bakunda kuvugira mu migani kuko bavuga ko umugani ugana akariho. Kumenya gutandukanya icyatsi n\u00b4ururo ni ikintu cy\u2019ingenzi mu buzima. Ubusanzwe uburo buri mu bwoko bw\u00b4ibinyampeke bijya gusa n\u00b4urucaca. Iyo uburo butarazana impeke ushobora kuburandura ukeka ko ari ibyatsi kuko bijya gusa. Ariko Abahinzi b\u00b4uburo bazi neza kubitandukanya ndetse kera iwacu barabidutozaga mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-11-10T00:46:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/10441070_10202031746033769_2814214656708935318_n.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"530\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"196\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/\",\"name\":\"TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/10441070_10202031746033769_2814214656708935318_n.jpg\",\"datePublished\":\"2014-11-10T00:46:56+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/10441070_10202031746033769_2814214656708935318_n.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/10441070_10202031746033769_2814214656708935318_n.jpg\",\"width\":530,\"height\":196},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE. - Umunyarwanda","og_description":"Banyarwanda bavandimwe, Abanyarwanda bakunda kuvugira mu migani kuko bavuga ko umugani ugana akariho. Kumenya gutandukanya icyatsi n\u00b4ururo ni ikintu cy\u2019ingenzi mu buzima. Ubusanzwe uburo buri mu bwoko bw\u00b4ibinyampeke bijya gusa n\u00b4urucaca. Iyo uburo butarazana impeke ushobora kuburandura ukeka ko ari ibyatsi kuko bijya gusa. Ariko Abahinzi b\u00b4uburo bazi neza kubitandukanya ndetse kera iwacu barabidutozaga mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-11-10T00:46:56+00:00","og_image":[{"width":530,"height":196,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/10441070_10202031746033769_2814214656708935318_n.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/","name":"TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/10441070_10202031746033769_2814214656708935318_n.jpg","datePublished":"2014-11-10T00:46:56+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/10441070_10202031746033769_2814214656708935318_n.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/10441070_10202031746033769_2814214656708935318_n.jpg","width":530,"height":196},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tumenye-gutandukanya-icyatsi-nuroro-kuko-gutanduka-ishaka-rizabyara-ihundo-nishaka-rizabyara-inopfu-ubu-biruhije-2\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"TUMENYE GUTANDUKANYA ICYATSI N&#039;URORO KUKO GUTANDUKA ISHAKA RIZABYARA IHUNDO N\u00b4ISHAKA RIZABYARA INOPFU UBU BIRUHIJE."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17066","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17066"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17066\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/8915"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17066"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17066"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17066"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}