{"id":1707,"date":"2012-09-25T19:02:00","date_gmt":"2012-09-25T17:02:00","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1707"},"modified":"2012-09-26T00:50:12","modified_gmt":"2012-09-25T22:50:12","slug":"umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/","title":{"rendered":"Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo"},"content":{"rendered":"<p>Nk\u2019uko bitangazwa ibiro ntaramakuru by\u2019abafaransa <a href=\"http:\/\/reliefweb.int\/report\/rwanda\/eu-suspends-new-aid-rwanda-bid-end-drcongo-crisis\">(AFP)<\/a> Umuvugizi w\u2019umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi yatangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Nzeli 2012 ko uwo muryango wahagaritse imfashanyo nshya zagombaga guhabwa u Rwanda kubera ibirego byo gufasha inyeshyamba za M23 zirwanya Leta ya Congo.<!--more--><\/p>\n<p>Michael Mann, umuvugizi w\u2019ushinzwe ububanyi n\u2019amahanga mu muryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi, Catherine Ashton, yavuze ko uwo muryango utazahagarika imishinga rurimo gufashamo u Rwanda ubu kuko ngo iyo nkunga itangwa kugirango ifashe abatishoboye. Ariko uwo muryango uzaba uretse gutanga inkunga y\u2019inyongera ijya mu ngengo y\u2019imari kugirango uruhare rw\u2019u Rwanda rugaragazwe kandi u Rwanda rugire uruhare rugaragara mu gushakira umuti ikibazo cyo mu burasirazuba bwa Congo.<\/p>\n<p>Iki cyemezo cyafashwe gikurikira icyegeranyo cyakozwe n\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye kirega u Rwanda gufasha inyeshyamba za M23. N\u2019ubwo u Rwanda ruregwa n\u2019umuryango w\u2019abibumbye na Leta ya Congo, abayobozi b\u2019u Rwanda bo bakomeje guhakana ibyo birego ahubwo bagashinja Leta ya Congo gufasha inyeshyamba za FDLR.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bikomeza bivugwa na Michael Mann ngo Catherine Ashton yari yabwiye abayobozi b\u2019u Rwanda muri uku kwezi ko bizeye ko u Rwanda rugomba gukora mu buryo bwubaka ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa Congo kandi ibyo bigakorwa mu magambo no mu bikorwa.<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi Bwana Herman Van Rompuy azahagararira uwo muryango mu biganiro ku kibazo cya Congo i New York igihe hazaba hateranye inama rusange y\u2019umuryango w\u2019abibumbye.<\/p>\n<p>Twabibutsa kandi ko mu minsi ishize havuzwe ko ibihugu by\u2019u Burayi byari byiteguye kwihanangiriza u Rwanda, cyane cyane bigabanya imfashanyo bitanga mu ngengo y\u2019imali y\u2019u Rwanda ya buri mwaka, niba Leta y\u2019u Rwanda iterekanye vuba ubushake bwo gutuma hagaruka amahoro mu burasirazuba bwa Congo, ibyo byatangajwe ku itariki ya 7 Nzeli 2012 na Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Bubiligi, <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihugu-byi-burayi-bishobora-kugabanya-imfashanyo-biha-u-rwanda-niba-rutisubiyeho-ku-kibazo-cya-congo\/\">Bwana Didier Reynders<\/a>. Yongeyeho ati iki n\u2019ikibazo cy\u2019iminsi cyangwa ibyumweru s\u2019ikibazo kizatwara amezi. Ibyo yabivugiye mu nama ya baministres b\u2019ububanyi n\u2019amahanga b\u2019ibihugu bigize umuryango w\u2019ibihugu by\u2019u Burayi (EU\/UE) bari mu nama i Paphos mu kirwa cya Chypre.<\/p>\n<p>Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019u Burayi na Banki y\u2019isi biri kw&#8217;isonga mu bitanga inkunga nini ijya mu ngengo y\u2019imari y\u2019u Rwanda ya buri mwaka. N &#8216;ubwo Michael Mann mu kiganiro yagiranye na Radio BBC Gahuza miryango atavuze umubare w&#8217;iyo nkunga ariko dukurikije amakuru dufite, tariki ya 7 Gicurasi uyu mwaka <a href=\"http:\/\/eeas.europa.eu\/delegations\/rwanda\/press_corner\/all_news\/news\/2012\/20120507_01_en.htm\">umuryango w&#8217;ibihugu by&#8217;i Burayi wari wemereye Leta y&#8217;u Rwanda imfashanyo y&#8217;inyongera<\/a>\u00a0igera kuri Miriyoni 89 z&#8217;amayero (\u20ac89 million) ibyo bikaba byari ukongeraho 30% ku nkunga isanzwe ingana na<a href=\"http:\/\/www.mtm-news.com\/article\/l%E2%80%99europe-accorde-une-aide-de-%E2%82%AC-738-millions-au-rwanda-pour-2010\"> miliyoni 300<\/a> ishyirwa mu ngengo y&#8217;imari n&#8217;ubundi uwo muryango wageneye u Rwanda mu gihe cy&#8217;imyaka 5 (2008-2013) muri gahunga yitiriwe ikinyagihumbi.\u00a0Ambasaderi Michel Arrion, uhagarariye umuryango w&#8217;Uburayi mu Rwanda mu minsi ishize yari yatangaje ko kuba inkunga yose uwo muryango uha u Rwanda ikoreshwa yose mu ngengo y&#8217;imali ya Leta ngo bikaba bigaragaza icyizere uwo muryango ufitiye Leta y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<figure style=\"width: 378px\" class=\"wp-caption alignright\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" \" src=\"http:\/\/www.igihe.com\/local\/cache-vignettes\/L540xH242\/Mushikiwabo-2-cb7a4.jpg\" alt=\"\" width=\"378\" height=\"169\" \/><figcaption class=\"wp-caption-text\">photo\/igihe.com<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ku ruhande rwa Leta y\u2019u Rwanda \u00a0mu ijwi rya Ministre w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda Louise Mushikiwabo yahakanye ko umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi utigeze uhagarika inkunga uha u Rwanda. \u00a0Nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ikinyamakuru <a href=\"http:\/\/www.igihe.com\/amakuru\/mu-rwanda\/minisitiri-mushikiwabo-aranyomoza-amakuru-avuga-ko-u-burayi-bwahagaritse-inkunga-ku-rwanda.html\">igihe.com<\/a> ngo Ministre Mushikiwabo abinyujije ku rubuga rwa Twitter yagize ati <em>\u201cIyo nkuru ni inkuru ishaje, ariko kandi ishobora kuba igamije kuyobya gusa. Nta cyemezo nk\u2019icyo kigeze gifatwa&#8221;.<\/em><\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nk\u2019uko bitangazwa ibiro ntaramakuru by\u2019abafaransa (AFP) Umuvugizi w\u2019umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi yatangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Nzeli 2012 ko uwo muryango wahagaritse imfashanyo nshya zagombaga guhabwa u Rwanda kubera ibirego byo gufasha inyeshyamba za M23 zirwanya Leta ya Congo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1708,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,69],"tags":[],"class_list":["post-1707","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nk\u2019uko bitangazwa ibiro ntaramakuru by\u2019abafaransa (AFP) Umuvugizi w\u2019umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi yatangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Nzeli 2012 ko uwo muryango wahagaritse imfashanyo nshya zagombaga guhabwa u Rwanda kubera ibirego byo gufasha inyeshyamba za M23 zirwanya Leta ya Congo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-25T17:02:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-09-25T22:50:12+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/\",\"name\":\"Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-25T17:02:00+00:00\",\"dateModified\":\"2012-09-25T22:50:12+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"480\",\"height\":\"320\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo - Umunyarwanda","og_description":"Nk\u2019uko bitangazwa ibiro ntaramakuru by\u2019abafaransa (AFP) Umuvugizi w\u2019umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi yatangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Nzeli 2012 ko uwo muryango wahagaritse imfashanyo nshya zagombaga guhabwa u Rwanda kubera ibirego byo gufasha inyeshyamba za M23 zirwanya Leta ya Congo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-25T17:02:00+00:00","article_modified_time":"2012-09-25T22:50:12+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/","name":"Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-25T17:02:00+00:00","dateModified":"2012-09-25T22:50:12+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"480","height":"320"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-wibihugu-byuburayi-wahagarikiye-u-rwanda-imfashanyo-kubera-ikibazo-cya-congo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi wahagarikiye u Rwanda imfashanyo kubera ikibazo cya Congo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1707","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1707"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1707\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1707"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1707"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1707"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}