{"id":17074,"date":"2014-12-14T21:50:31","date_gmt":"2014-12-14T19:20:31","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=9048"},"modified":"2014-12-14T21:50:31","modified_gmt":"2014-12-14T19:20:31","slug":"pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/","title":{"rendered":"PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU 2014\/0020<\/p>\n<p>Ku itariki ya 04\/08\/2014, Minisitiri w&#8217;Intebe Nyakubahwa Murekezi Anastase<br \/>\nyatangarije imbere y&#8217;Inteko ishinga amategeko gahunda ya Guverinoma muri manda<br \/>\nya kabiri (2010-2017) ya Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y&#8217;u<br \/>\nRwanda.<!--more--><\/p>\n<p>Muri iyi gahunda yubakiye ku nkingi enye (4) ari zo: Imiyoborere myiza, Ubutabera,<br \/>\nUbukungu n&#8217;Imibereho myiza, turagaruka ku nkingi y&#8217;Ubutabera dusanga iburamo<br \/>\nporogaramu yo gucyemura ikibazo cy&#8217;abantu basaga ibihumbi mirongwitanu (50.000)<br \/>\nbafungiye mu magereza yacu kuva muri 1994.<\/p>\n<p>Tutirengagije ko uburemere bw&#8217;uyu mubare w&#8217;abagororwa n&#8217;imfungwa ushingiye<br \/>\nahanini ku mpamvu za jenoside yayogoje igihugu cyacu muri 1994, dusanga imyaka<br \/>\n20 nyuma ya jenoside, icyo kibazo cyari gikwiye gusuzumwa kuko Abanyarwanda<br \/>\ntutagomba guheranwa n&#8217;amateka yacu dore ko Leta yemeza ko ubumwe n&#8217;ubwiyunge<br \/>\nbimaze gushinga imizi mu Rwanda.<\/p>\n<p>Dore muri make isura y&#8217;ikibazo:<\/p>\n<p>&#8211; Buri mwaka Leta isohora miliyari esheshatu (6.000.000.000) z&#8217;amafaranga y&#8217;u<br \/>\nRwanda yo gutunga abagororwa n&#8217;imfungwa;<\/p>\n<p>&#8211; Muri aba bagororwa n&#8217;imfungwa harimo benshi babana n&#8217;indwara zidakira, abatari<br \/>\nbake muri bo bagwa muri gereza, abandi barahumye kubera imirire mibi, abandi<br \/>\nimiryango yabo ibasura ibasanga baryamye mu ngobyi;<\/p>\n<p>&#8211; Muri aba bagororwa n&#8217;imfungwa harimo abasaza n&#8217;abakecuru benshi bageze mu<br \/>\nkigero cy&#8217;imyaka hagati ya mirongo irindwi (70) na mirongo icyenda (90);<\/p>\n<p>&#8211; Muri aba bagororwa n&#8217;imfungwa harimo benshi bakatiye igihano cyo gufungwa<br \/>\nburundu barimo abarangije imyaka 20, bamwe bakaba baremeye icyaha cya jenoside<br \/>\nbakagisabira n&#8217;imbabazi, abandi bakaba batakemera ndetse bakaba bakomeje<br \/>\ngushakisha inzira zo kurenganurwa;<\/p>\n<p>&#8211; Komiseri mukuru w&#8217;Urwego rw&#8217;igihugu rushinzwe amagereza (RCS), General<br \/>\nRwarakabije Paul, aherutse gutangaza ko muri gereza ya Nyanza no muri gereza ya<br \/>\nHuye harangwa ubucucike bugeze ku 130%;<\/p>\n<p>&#8211; Hari rero n&#8217;ikibazo cy&#8217;imiryango y&#8217;abagororwa n&#8217;imfungwa mu by&#8217;ukuri isa<br \/>\nn&#8217;ifunganywe na bo ku bw&#8217;inshingano itoroshye iyo miryango ifite yo gukurikiranira<br \/>\nhafi ubuzima bwabo.<\/p>\n<p>Aho iki kibazo kibera insobe ni uko bishoboka rwose ko bamwe mu bamaze imyaka<br \/>\n20 muri gereza baba ari abere mu gihe abicanyi nyakuri bidegembya mu mijyi no ku<br \/>\nmisozi hirya no hino mu gihugu cyacu.<\/p>\n<p>Byongeye kandi, abenshi mu bafungiye jenoside mu Rwanda ni abaturage bo muri<br \/>\nrubanda rwa giseseka ahanini bagiye bashorwa n&#8217;abategetsi mu bikorwa by&#8217;ubwicanyi.<\/p>\n<p>Mu gihe aba baturage bakomeje kuborera mu magereza, bamwe muri abo bategetsi<br \/>\nbaburanishijwe n&#8217;Urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda rufite icyicaro mu<br \/>\nmujyi wa Arusha muri Tanzaniya ndetse b&#8217;abandi baburanishirijwe mu bindi bihugu<br \/>\nby&#8217;amahanga bakomeje kudohorerwa bagabanyirizwa ibihano dore ko n&#8217;ubusanzwe<br \/>\nibihano bahabwa biri munsi y&#8217;ibyo inkiko Gacaca zagiye zitanga mu Rwanda.<\/p>\n<p>Nta muntu ushyira mu gaciro wahakana ko igihugu cyacu cyamunzwe n&#8217;ubwironde<br \/>\nbushingiye ku bintu binyuranye nk&#8217;amoko n&#8217;uturere. Ibi byongeye gushimangirwa na<br \/>\nMinisitiri w&#8217;Intebe Nyakubahwa Murekezi Anastase igihe yasuraga Akarere ka<br \/>\nMuhanga mu mwaka ushize aho yari yitabiriye icyumweru cyahariwe ubumwe<br \/>\nn&#8217;ubwiyunge cyabereye mu murenge wa Kabacuzi mu karere ka Muhanga ku itariki ya<br \/>\n25\/11\/2013.<\/p>\n<p>Nyakubahwa Minisitiri w&#8217;Intebe icyo gihe wari Minisitiri w&#8217;Abakozi n&#8217;Umurimo<br \/>\nyasabye imbabazi Abanyarwanda bose kubera ibaruwa yandikiye Leta y&#8217;u Rwanda mu<br \/>\nmwaka wa 1973 afatanyije n&#8217;abanyeshuri biganaga mu gihugu cy&#8217;Ububiligi. Muri iyo<br \/>\nbaruwa basabaga ko umubare w&#8217;Abatutsi wagabanuka mu mashuri no mu bucuruzi.<br \/>\nMuri iki gihe havugwa gahunda yo kwimakaza gahunda ya &#8220;Ndi Umunyarwanda&#8221; mu<br \/>\ngihugu cyacu, turasaba dukomeje ko n&#8217;ikibazo cy&#8217;abagororwa n&#8217;imfungwa cyitabwaho<br \/>\nkigashakirwa ibisubizo birambye mu nyungu z&#8217;igihugu n&#8217;abagituye bose.<\/p>\n<p>Mu mwaka ushize, Komiseri mukuru w&#8217;Urwego rushinzwe amagereza General Paul<br \/>\nRwarakabije yatanze igitekerezo cyo kurekura abagororwa barwaye indwara zidakira<br \/>\nn&#8217;abageze mu za bukuru.<\/p>\n<p>PDP-IMANZI turasaba Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME na<br \/>\nGuverinoma ya Nyakubahwa Minisitiri w&#8217;Intebe Murekezi Anastase gusuzumana<br \/>\nubwitonzi n&#8217;umutima w&#8217;ubuntu n&#8217;imbabazi icyo gitekerezo.<\/p>\n<p>Turahamagarira kandi imiryango inyuranye iharanira iyubahirizwa ry&#8217;uburenganzira<br \/>\nbwa Muntu gukurikiranira hafi imibereho itoroshye y&#8217;abagororwa n&#8217;imfungwa bo mu<br \/>\ngihugu cyacu.<\/p>\n<p>Bikorewe i Buruseli, tariki ya 11\/12\/2014<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/files\/2014\/04\/munyampeta.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-thumbnail wp-image-6906\" alt=\"munyampeta\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/files\/2014\/04\/munyampeta-150x150.png\" width=\"150\" height=\"150\" \/><\/a><\/p>\n<p><strong>MUNYAMPETA Jean-Damasc\u00e8ne.<\/strong><br \/>\n<strong>Umunyamabanga Mukuru w&#8217;ishyaka.<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU 2014\/0020 Ku itariki ya 04\/08\/2014, Minisitiri w&#8217;Intebe Nyakubahwa Murekezi Anastase yatangarije imbere y&#8217;Inteko ishinga amategeko gahunda ya Guverinoma muri manda ya kabiri (2010-2017) ya Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":9049,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-17074","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU 2014\/0020 Ku itariki ya 04\/08\/2014, Minisitiri w&#8217;Intebe Nyakubahwa Murekezi Anastase yatangarije imbere y&#8217;Inteko ishinga amategeko gahunda ya Guverinoma muri manda ya kabiri (2010-2017) ya Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y&#8217;u Rwanda.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2014-12-14T19:20:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/mushayidi1-1024x711.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"711\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/\",\"name\":\"PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/mushayidi1.jpg\",\"datePublished\":\"2014-12-14T19:20:31+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/mushayidi1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/mushayidi1.jpg\",\"width\":3564,\"height\":2475,\"caption\":\"Bwana D\u00e9ogratias Mushayidi, umukuru wa PDP Imanzi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU 2014\/0020 Ku itariki ya 04\/08\/2014, Minisitiri w&#8217;Intebe Nyakubahwa Murekezi Anastase yatangarije imbere y&#8217;Inteko ishinga amategeko gahunda ya Guverinoma muri manda ya kabiri (2010-2017) ya Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y&#8217;u Rwanda.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2014-12-14T19:20:31+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":711,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/mushayidi1-1024x711.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/","name":"PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/mushayidi1.jpg","datePublished":"2014-12-14T19:20:31+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/mushayidi1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/mushayidi1.jpg","width":3564,"height":2475,"caption":"Bwana D\u00e9ogratias Mushayidi, umukuru wa PDP Imanzi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/pdp-imanzi-ihangayikishijwe-nikibazo-cyabagororwa-mu-rwanda-2\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"PDP-IMANZI Ihangayikishijwe n&#039;ikibazo cy&#039;abagororwa mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17074","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17074"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17074\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9049"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17074"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17074"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17074"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}