{"id":17260,"date":"2015-10-27T22:21:31","date_gmt":"2015-10-27T19:51:31","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11667"},"modified":"2015-10-27T22:21:31","modified_gmt":"2015-10-27T19:51:31","slug":"indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/","title":{"rendered":"INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihugu cyacu cy\u2019u Rwanda hashize imyaka hafi 60 haranzwe ibibazo bya politike bitandukanye biturutse ku moko, imiyoborere mibi ndetse n\u2019uturere, bikaba byarazanye urwikekwe n\u2019ubwoba mubantu. Guhera intambara z\u2019urudaca zatangira muri 59 ubwo umubare munini w\u2019abantu bahungaga kubera ubwoko bwabo,<!--more--> ugakomeza muri 62 n\u2019indi myaka yakurikiyeho, kugeza n\u2019uyu munsi abantu bagipfa bagihunga kubera impamvu z\u2019ubwoba budashira bwabaye akarande. Nta gihe umunyarwanda atirutse imisozi n\u2019amahanga, nta gihe ababyeyi batapfakaye, nta gihe abana batabaye impfubyi kubera akarengane ku mpamvu z\u2019amaherere, nta gihe abantu batangaye.<\/p>\n<p>Kuri iki gihe byo birakabije kuko nta bantu bashobora gushyira ibitekerezo byabo ahagaragara ngo bubake igihugu mu bumwe, uvuze aricwa cyangwa akabuzwa uburenganzira bwe, kandi ntanarimwe igihugu cyatera imbere abaturage bacyo badafite ukwishyira ukizana, badatanga ibitekerezao byabo uko babyumva. Iyi gahunda ndende niyo iranga imiyoborere ya Leta y\u2019uRwanda kuva cyera kugeza n&#8217;ubu. Ese niba umuntu azira ko atandukiriye mubyo avuze kuri Leta, byaba bitandukaniye he na Leta y\u2019igitugu kandi mu bihe tugezemo imiyoborere myiza ni ishingira ku bitecyerezo binyuranye biturutse mu baturage, bigamije ugushyiraho za politiki zubakiye ku bitecyerezo bya rubanda\u00a0? Aho kuvutswa uburenganzira bwose ngo umuntu yavuze! Umunyarwanda azatuza ryari\u00a0? Ibyo nibyo bidindiza igihugu cyacu u Rwanda aho gutera imbere, cyane cyane twebwe abato ntabwo twashobora kugera kure n\u2019izo nzitizi zose kandi aritwe Rwanda rwejo.<\/p>\n<p>Uko numva byakemuka nk\u2019urubyiruko, igihe inyungu z\u2019umuturage zizahabwa agaciro, agahabwa uburenganzira busesuye bwo gutanga ibitekerezo bye uko abyumva, igihe nta munyarwanda numwe uzaba afite ubwoba bwo kutaniganwa ijambo mu bitekerezo bye byiza byubaka bizamura igihugu munzego izo azizo zose ntawe usubijwe inyuma, igihe umunyarwanda azarebera mugenziwe mundererwamo y\u2019ubunyarwanda aho kumurebera muy\u2019ubwoko n\u2019akarere, igihe ntamuntu uzaba wikanga kuryozwa ibye kubera ko haricyo atemeranyaho n\u2019ubuyobozi, igihe abantu batazaba bafite ubwoba bwo kwicwa kubera ibitekerezo byabo, nibwo u Rwanda ruzisana rukaba igihugu umuntu wese yisangamo, n\u2019ibindi bihugu bikaboneraho urugero.<\/p>\n<p>Kugirango bigerweho, ni uko urubyiruko rwafata iya mbere rugatinyuka, rukanga kuvugirwamo, rukitegura ingaruka zakomoka kukwitandukanya n\u2019icyabuza abaturarwanda ukwisanzura.<\/p>\n<p>Erega n\u2019ubusanzwe umunyarwanda yarasanganwe ubupfura, ntidukwiye rero kuburyozwa kumpamvu z\u2019ubwoba budutera kuterekana ukuri kandi ukuzi neza, ibyo ntaho byatugeza ntanicyo twazasigira abazadukomokaho kuko umurage mwiza ni umusingi w\u2019amahoro arambye, n\u2019abazavuka ntibazatugaye. Leta ya FPR nireke rero urubyiruko rutange umusanzu warwo mu kubaka u Rwanda mu bwisanzure. Si byiza ko ibintu bigera aharindimuka, nibihinduke, amazi atararenga inkombe.<\/p>\n<p><strong>N. Fran\u00e7oise<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihugu cyacu cy\u2019u Rwanda hashize imyaka hafi 60 haranzwe ibibazo bya politike bitandukanye biturutse ku moko, imiyoborere mibi ndetse n\u2019uturere, bikaba byarazanye urwikekwe n\u2019ubwoba mubantu. Guhera intambara z\u2019urudaca zatangira muri 59 ubwo umubare munini w\u2019abantu bahungaga kubera ubwoko bwabo,<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":11668,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-17260","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihugu cyacu cy\u2019u Rwanda hashize imyaka hafi 60 haranzwe ibibazo bya politike bitandukanye biturutse ku moko, imiyoborere mibi ndetse n\u2019uturere, bikaba byarazanye urwikekwe n\u2019ubwoba mubantu. Guhera intambara z\u2019urudaca zatangira muri 59 ubwo umubare munini w\u2019abantu bahungaga kubera ubwoko bwabo,\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-10-27T19:51:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/ubwoba.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"500\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"375\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/\",\"name\":\"INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/ubwoba.jpg\",\"datePublished\":\"2015-10-27T19:51:31+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/ubwoba.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/ubwoba.jpg\",\"width\":500,\"height\":375},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA - Umunyarwanda","og_description":"Mu gihugu cyacu cy\u2019u Rwanda hashize imyaka hafi 60 haranzwe ibibazo bya politike bitandukanye biturutse ku moko, imiyoborere mibi ndetse n\u2019uturere, bikaba byarazanye urwikekwe n\u2019ubwoba mubantu. Guhera intambara z\u2019urudaca zatangira muri 59 ubwo umubare munini w\u2019abantu bahungaga kubera ubwoko bwabo,","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-10-27T19:51:31+00:00","og_image":[{"width":500,"height":375,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/ubwoba.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/","name":"INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/ubwoba.jpg","datePublished":"2015-10-27T19:51:31+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/ubwoba.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/10\/ubwoba.jpg","width":500,"height":375},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indwara-y-ubwoba-mu-banyarwanda-2\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"INDWARA Y&#039; UBWOBA MU BANYARWANDA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17260","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17260"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17260\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11668"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17260"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17260"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17260"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}