{"id":17263,"date":"2015-11-03T02:20:52","date_gmt":"2015-11-02T23:50:52","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=11718"},"modified":"2015-11-03T02:20:52","modified_gmt":"2015-11-02T23:50:52","slug":"leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/","title":{"rendered":"Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye!"},"content":{"rendered":"<p>Hagendewe ku makuru Televiziyo y&#8217;abafaransa France 24 yashoboye kubona ngo abayobozi b&#8217;u Rwanda batanze imibare itekinitse yerekana abanyarwanda ngo bamaze kuvanwa mu bukene na gahunda za Leta y&#8217;u Rwanda zo kuburwanya.<!--more--><\/p>\n<p>Ikibazo kibazwa ni ukumenya niba koko ubukungu bw&#8217;u Rwanda buzamuka? Nk&#8217;uko bigaragazwa na raporo yiswe\u00a0<a href=\"http:\/\/www.afdb.org\/fileadmin\/uploads\/afdb\/Documents\/Project-and-Operations\/Rwanda_-_Integrated_Household_Living_Condition_Survey_Project_-_Appraisal_Report.pdf\" target=\"_blank\">Integrated Household Living Conditions Survey&#8221; (EICV4)<\/a>, yashyizwe ahagaragara mu kwezi k&#8217;Ukwakira 2015, ngo abanyarwanda benshi bashoboye gukurwa mu bukene, ariko hari amakuru menshi atangwa n&#8217;abantu badashaka ko umwirondoro wabo umenyekana kubera impamvu z&#8217;umutekano wabo babwiye France 24 ko amakuru ari muri iriya raporo atari yo!<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko umuhanga mu by&#8217;ubukungu yabibwiye France24 ngo ubusanzwe iriya rapporo ikorwa n&#8217;ikigo kigenga cyo mu Bwongereza kitwa Oxford Policy Management (OPM), ubusanzwe icyo kigo giha imibare abayobozi b&#8217;u Rwanda nabo bakagena uburyo bayitangaza, ariko ubu siko byagenze kuko habayeho kutumvikana hagati y&#8217;abayobozi b&#8217;u Rwanda na kiriya kigo cyo mu bwongereza ku buryo bwakoreshejwe (m\u00e9thodologie)<\/p>\n<p><strong>&#8220;Ubukene bwiyongereyeho 6 %&#8221;<\/strong><\/p>\n<p>Leta y&#8217;u Rwanda yahinduye uburyo bwo kubara \u00a0cyane cyane kubijyanye n&#8217;umurongo w&#8217;ubukene, uburyo abanyarwanda b&#8217;abakene nyakujya babayeho n&#8217;ibibatunze byaratekinitswe nk&#8217;uko byemezwa n&#8217;indi mpuguke.\u00a0Leta y\u2019 u Rwanda yahinduye uburyo yabaraga ikigero cy\u2019 ubukene bijyanye n\u2019 ubushobozi bwo guhaha ndetse no guhangana n\u2019 ibiciro byo ku isoko<\/p>\n<p>Inyigo yakozwe igaragaza ko 70 % by\u2019 ingano y\u2019 ibiribwa byibanze byari bisanzwe bitunga abaturage byagabanutse.Mu myanzuro ya raporo havugwamo ko ubukene bwagabanutse cyane kandi ahubwo bwariyongereyeho 6% nk&#8217;uko bitangazwa na <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/blog\/reduction-of-povery-and-inequality-the-rwandan-way\/\">Filip Reyntjens<\/a> umwe mu mpuguke ku Rwanda. Ngo ntacyahindutse ku buryo ingo z&#8217;abanyarwanda zibayeho ahubwo icyahindutse ni uko abayobozi b&#8217;u Rwanda bafashe ibigenderwaho ngo umuntu yitwe umukene barabitekinika maze abitwa ko bavuye mu bukene biyongera batyo!<\/p>\n<p>Kubera itekinika ryakozwe na Leta y&#8217;u Rwanda, kiriya kigo cyo mu Bwongereza\u00a0Oxford Policy Management (OPM) ntabwo kigaragara muri raporo yashyizwe hanze na Leta y&#8217;u Rwanda , ngo abayobozi b&#8217;icyo kigo banze ko amazina yabo agaragara muri raporo yatekinitswe na Leta y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Abanyamakuru ba France 24 bifuje kuvugana n&#8217;abayobozi b&#8217;iki kigo cyo mu Bwongereza (OPM) ariko bavuga ko mu masezerano bagiranye na Leta y&#8217;u Rwanda harimo ko batagomba gushyira hanze amakuru ajyanye n&#8217;akazi bayikoreye.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Leta y&#8217;u Rwanda ho mu Kigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;ibarurishamibare (National Institute of Statistics of Rwanda) cyanditse ko aricyo cyakoze raporo ntabwo bashatse gusubiza ibibazo by&#8217;abanyamakuru ngo umuyobozi w&#8217;icyo kigo yagiye mu biruhuko ngo azamaramo ibyumweru byinshi! Mbese yakwepye abanyamakuru ba France24!<\/p>\n<p>Leta y&#8217;u Rwanda yari yihaye intego y&#8217;iterambere yiswe\u00a0&#8220;Vision 2020&#8221;, intego ikaba ari uko umurongo w&#8217;ubukene wajya munsi ya 30% naho abakene nyakujya bakajya munsi ya 9%. Ibi akaba ari byo bituma iriya raporoEICV4 ihabwa agaciro cyane kuko kugabanya ubukene n&#8217;iterambere nirwo rwitwazo nyamukuru abashyigikiye Perezida Kagame bitwaza iyo basaba ko ategeka ubuziraherezo dore ko ari nabyo abadepite batangiye gushyira mu bikorwa muri iyi minsi bamudodera itegeko nshinga rimukwiriye!<\/p>\n<p>Ikibabaje ni uko Leta y&#8217;u Bwongereza ikingira ikibaba Leta y&#8217;u Rwanda muri iryo tekinika kubera izindi nyungu icyo gihugu gifite mu karere k&#8217;ibiyaga bigari, kwemera imibare itangwa na Leta y&#8217;u Rwanda bikaba ari bumwe mu buryo bwo kwerekana ko inkunga itubutse Ubwongereza buha u Rwanda ikoreshwa neza.<\/p>\n<p>Amahanga akunze kwihanganira Perezida Kagame hitwajwe ngo yagabanyije ubukene azana iterambere ku buryo aniga demokarasi, itangazamakuru, uburenganinzira bw&#8217;ikiremwamuntu ntawavuga..<\/p>\n<p>None ko iryo terambere Perezida Kagame yitwazaga ko bitangiye kugaragara ko ntaryo ahubwo ari ikinyoma amaherezo ye araba ayahe?<\/p>\n<p>Email:\u00a0<em>therwandan@ymail.com<\/em><em><br \/>\n<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hagendewe ku makuru Televiziyo y&#8217;abafaransa France 24 yashoboye kubona ngo abayobozi b&#8217;u Rwanda batanze imibare itekinitse yerekana abanyarwanda ngo bamaze kuvanwa mu bukene na gahunda za Leta y&#8217;u Rwanda zo kuburwanya.<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":11719,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-17263","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hagendewe ku makuru Televiziyo y&#8217;abafaransa France 24 yashoboye kubona ngo abayobozi b&#8217;u Rwanda batanze imibare itekinitse yerekana abanyarwanda ngo bamaze kuvanwa mu bukene na gahunda za Leta y&#8217;u Rwanda zo kuburwanya.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2015-11-02T23:50:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/ubukene-ok.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"643\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"483\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/\",\"name\":\"Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/ubukene-ok.jpg\",\"datePublished\":\"2015-11-02T23:50:52+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/ubukene-ok.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/ubukene-ok.jpg\",\"width\":643,\"height\":483},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye! - Umunyarwanda","og_description":"Hagendewe ku makuru Televiziyo y&#8217;abafaransa France 24 yashoboye kubona ngo abayobozi b&#8217;u Rwanda batanze imibare itekinitse yerekana abanyarwanda ngo bamaze kuvanwa mu bukene na gahunda za Leta y&#8217;u Rwanda zo kuburwanya.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2015-11-02T23:50:52+00:00","og_image":[{"width":643,"height":483,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/ubukene-ok.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/","name":"Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/ubukene-ok.jpg","datePublished":"2015-11-02T23:50:52+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/ubukene-ok.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2015\/11\/ubukene-ok.jpg","width":643,"height":483},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yahuwe-ko-ibeshya-ko-ubukene-bwagabanutse-kandi-bwariyongereye-2\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta y&#039;u Rwanda yatahuwe ko ibeshya ko ubukene bwagabanutse kandi bwariyongereye!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17263","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17263"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17263\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/11719"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17263"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17263"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17263"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}