{"id":1788,"date":"2012-09-29T15:40:26","date_gmt":"2012-09-29T13:40:26","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1788"},"modified":"2012-09-29T15:40:26","modified_gmt":"2012-09-29T13:40:26","slug":"ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/","title":{"rendered":"Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>U Bwongereza bwiteguye kuba buhagaritse inkunga ruha u Rwanda kubera ibirego bivuga ko hari inkunga ingabo z\u2019u Rwanda ziha inyeshyamba za M23 zo mu gihugu cya Congo.<!--more--><\/p>\n<p>Nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ikinyamakuru cyo mu Bwongereza <a href=\"http:\/\/www.dailymail.co.uk\/news\/article-2210332\/Britain-freeze-aid-Rwanda-amid-fears-military-helping-rebels-Congo.html\">Daily Mail<\/a> Justine Greening, umunyamabanga ushinze amajyambere mpuzamahanga muri Leta y\u2019u Bwongereza ngo ateganya ko inkunga igihugu cye giha u Rwanda izahagarikwa mbere y\u2019uko uyu mwaka wa 2012 urangira nyuma y\u2019aho Umuryago w\u2019ibihugu by\u2019u Burayi (EU\/UE) nawo watangaje ko ubaye uhagaritse gahunda yayo y\u2019inkunga ingana na miliyoni 140 z\u2019amafaranga akoreshwa mu Bwongereza (\u00a3140million). Justine Greenig ngo yarakajwe n\u2019uko uwo yasimbuye Andrew Mitchell, ngo ku munsi we wa nyuma w\u2019akazi, yafashe icyemezo cyo gusubiza igihugu cy\u2019u Rwanda igice cy\u2019inkunga yari yahagaritswe ingana na Miliyoni 8 z\u2019amafaranga akoreshwa mu Bwongereza (\u00a38million) atabigiyeho inama n\u2019abandi.<\/p>\n<p>Perezida Kagame wakomeje gukingirwa ikibaba n\u2019abaministres b\u2019intebe b\u2019u Bwongereza nka Tony Blair na David Cameron akomeje guhakana ibyo ashinja byo gufasha inyeshyamba za M23.<\/p>\n<figure id=\"attachment_1789\" aria-describedby=\"caption-attachment-1789\" style=\"width: 295px\" class=\"wp-caption alignright\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/09\/Justine-Greening.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" wp-image-1789 \" title=\"Justine Greening\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/09\/Justine-Greening.jpg\" alt=\"\" width=\"295\" height=\"197\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/09\/Justine-Greening.jpg 422w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/09\/Justine-Greening-300x199.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 295px) 100vw, 295px\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-1789\" class=\"wp-caption-text\">Justine Greening<\/figcaption><\/figure>\n<p>U Bwongereza umwe mu baterankunga ba mbere bafasha u Rwanda bwari bwabaye buretse gutanga inkunga ingana na Miliyoni 16 z\u2019amafaranga akoreshwa mu Bwongereza(\u00a316million) biturutse ku cyegeranyo cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye kirega u Rwanda cyari cyasohotse mu mpera za Kamena 2012. Ariko Andrew Mitchell yafashe icyemezo ubwe cyo kurekurira u Rwanda igice cy\u2019inkunga yari yahagaritswe nyuma y\u2019ibyumweru 6 gusa. Ibyo akaba yarabikoze atagishije inama. Icyo cyemezo Andrew Mitchell yagifashe yirengagije ibimenyetso by\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye bihamya ko ingabo z\u2019u Rwanda zinjiye ku butaka bwa Congo gufasha inyeshyamba za M23.<\/p>\n<p>Carina Tertsakian, wo muri Human Rights Watch, avuga ko icyemezo cya Andrew Mitchell cyafashwe mu buryo buhubukiwe kandi cyasaga nk\u2019aho kivuga ko nta kibazo gihari ibintu bigenda neza.<\/p>\n<p>Bamwe mu bakora mu bijyanye no gutanga inkunga ku bijyanye n\u2019amajyambere muri Leta y\u2019u Bwongereza, bavuga ko icyemezo cya Andrew Mitchell gishobora kuburizwamo mu gihe hazaba higwa ibijyanye n\u2019ingengo y\u2019imari mu Kuboza 2012. Ngo Justine Greening akurikiranira hafi ikibazo kijyanye n\u2019inkunga u Bwongereza butanga mu ngengo y\u2019imari y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Mark Simmonds, ushinzwe ububanyi n\u2019amahanga muri Leta y\u2019u Bwongereza yatangarije i New York ku cyicaro cy\u2019umurynago w\u2019abibumbye ko nta mpamvu ishoboka yasobanura iyo nkunga mu rwego rw\u2019ibikoresho bya gisirikare n\u2019inama mu buryo bw\u2019imikorere. Ngo ibyo byose bigomba guhagarara kandi ngo nta kudahana kuzabaho ku bahungabanya uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu.<\/p>\n<figure id=\"attachment_1791\" aria-describedby=\"caption-attachment-1791\" style=\"width: 420px\" class=\"wp-caption alignleft\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/09\/mitchell-kagame1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" wp-image-1791 \" title=\"mitchell-kagame1\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/09\/mitchell-kagame1.jpg\" alt=\"\" width=\"420\" height=\"289\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/09\/mitchell-kagame1.jpg 600w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/09\/mitchell-kagame1-300x206.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 420px) 100vw, 420px\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-1791\" class=\"wp-caption-text\">Andrew Mitchell na Perezida Kagame<\/figcaption><\/figure>\n<p>Inkunga ishyaka ry\u2019abaconservateurs ryahaye u Rwanda yabaye nk\u2019urufunguzo rwatumye iryo shyaka rigira isura nziza mu gihe cyabanjirije amatora. Andrew Mitchell yagize uruhare runini mu ishingwa ry\u2019umushinga witwa UMUBANO, wohereje abashingamateka n\u2019abaministres b&#8217;Abongereza mu Rwanda no muri Sierra Leone mu rwego rwo gufasha mu mishinga yo kubaka.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yakunze kuba aharawe n\u2019abanyapolitiki bo mu ishyaka ry\u2019abakozi (travaillistes) n\u2019abaconservateurs, ndetse yafashe n\u2019ijambo mu nama y\u2019ishyaka ry\u2019abaconservateurs (Tory party conference) mu 2007. Inkunga y\u2019amahanga mu ngengo y\u2019imari y\u2019u Rwanda ugareranije ijya kungana na 40 ku ijana (40%)<\/p>\n<p>Jean-Michel Dumond, uhagarariye umuryango w\u2019ibihugu by\u2019u Burayi muri Congo yatangaje kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Nzeli 2012 ko hafashwe icyemezo ko cyo guhagarika inkunga yose ijya mu ngengo y\u2019imari y\u2019u Rwanda cyangwa gutanga indi nkunga y\u2019inyongera mu gihe Leta y\u2019u Rwanda itarerekana ko ishaka gufatanya n\u2019abandi ngo ikibazo cya Congo gikemuke.<\/p>\n<p>Perezida Kagame we ahakana ibirego byose biregwa u Rwanda anamagana ihagarikwa ry\u2019inkunga kandi avuga ko ikibazo cya Congo kidashobora kuzakemuka mu gihe amahanga agaragaza icyo kibazo uko kitari.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>U Bwongereza bwiteguye kuba buhagaritse inkunga ruha u Rwanda kubera ibirego bivuga ko hari inkunga ingabo z\u2019u Rwanda ziha inyeshyamba za M23 zo mu gihugu cya Congo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1792,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,69],"tags":[],"class_list":["post-1788","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"U Bwongereza bwiteguye kuba buhagaritse inkunga ruha u Rwanda kubera ibirego bivuga ko hari inkunga ingabo z\u2019u Rwanda ziha inyeshyamba za M23 zo mu gihugu cya Congo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-09-29T13:40:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/\",\"name\":\"Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-09-29T13:40:26+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"300\",\"height\":\"248\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"U Bwongereza bwiteguye kuba buhagaritse inkunga ruha u Rwanda kubera ibirego bivuga ko hari inkunga ingabo z\u2019u Rwanda ziha inyeshyamba za M23 zo mu gihugu cya Congo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-09-29T13:40:26+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/","name":"Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-09-29T13:40:26+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"300","height":"248"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwongereza-bushobora-kutazarekura-igice-cyinkunga-bwari-bwemeye-gusubiza-u-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubwongereza bushobora kutazarekura igice cy\u2019inkunga bwari bwemeye gusubiza u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1788","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1788"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1788\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1788"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1788"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1788"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}