{"id":17959,"date":"2016-11-02T07:56:43","date_gmt":"2016-11-02T07:56:43","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=17959"},"modified":"2016-11-02T07:56:43","modified_gmt":"2016-11-02T07:56:43","slug":"igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/","title":{"rendered":"Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi."},"content":{"rendered":"<p><strong>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU<\/strong><\/p>\n<ol>\n<li><strong>\u00a0<\/strong>Tariki ya 28 Mutarama 2013 Abataripfana 12 bahuriye mu mujyi wa Paris mu gihugu cy\u2019u Bufaransa batangiza ISHEMA ry\u2019u Rwanda nk\u2019umutwe wa politiki utavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019ishyaka rya FPR- <!--more-->Inkotanyi.<\/li>\n<li>Intego Ishyaka ISHEMA ryiyemeje ni ukugeza kuri rubanda imiyoborere inogeye abenegihugu bose binyujijwe mu ndangagaciro z\u2019Ukuri, Ubutwari no Gusaranganya ibyiza by\u2019igihugu.<\/li>\n<li>Kuva mu ntangiriro INZIRA ishyaka ISHEMA rikomeje gushyira imbere ni INZIRA Y\u2019AMAHORO ishingiye ku muco mwiza wo kuganira hagamijwe kumvikana kuri gahunda zubaka igihugu, zigashyirwa mu bikorwa mu buryo butabangamira inyungu za rubanda.<\/li>\n<li>Muri Kongere yaryo yateraniye i Paris muri Mutarama 2014, Ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda ryatoye Padiri Thomas Nahimana ngo azarihagararire mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2017. Icyi cyemezo cyongeye gushimangirwa na Kongere idasanzwe yateraniye Le Havre mu mwaka wa 2015 ndetse inashyiraho ikipe ya mbere izaherekeza umukandida mu Rwanda muri gahunda yo kwandikisha ishyaka no kwiyamamaza.<\/li>\n<li>Naho Kongere yateraniye i Buruseli muri Mutarama 2016 yagennye intambwe zagombaga kubanza guterwa kugira ngo Ishyaka rifate urugendo rwo kujya kwiyandikisha mu Rwanda, gukorerayo politiki no kwitabira amatora ateganyijwe.<\/li>\n<\/ol>\n<p>Niyo mpamvu, nyuma yo kubona ko imyiteguro yose ya ngombwa yarangiye, dutangarije Abanyamakuru, abayobozi b\u2019igihugu cyacu, abanyarwanda muri rusange ndetse n\u2019abakunda u Rwanda bose ibi bikurikira\u00a0:<\/p>\n<p>I. Gahunda yo kujya gukorera politiki mu Rwanda ntikuka kandi irasaba inkunga ya buri wese ushyigikiye impinduka nziza.<\/p>\n<p>II. Padiri Nahimana Thomas n\u2019ikipe bajyanye bazasesekara mu Rwanda kuwa gatatu tariki ya <strong>23 Ugushyingo 2016<\/strong>.<\/p>\n<p>III. Dushimiye abanyarwanda n\u2019imiryango mpuzamahanga ifitanye umubano n\u2019u Rwanda bakomeje kudutera inkunga mu buryo bunyuranye kandi bakaba batazahwema kudutera ingabo mu bitugu tugeze no mu Rwanda.<\/p>\n<p>IV. Mbere yo gufata urugendo turateganya ikiganiro mbwirwaruhame kigenewe itangazamakuru mpuzamahanga kizabera mu mujyi wa Buruseli. Turarikiye ababyifuza bose kuzacyitabira. Mu minsi itarambiranye, tuzabagezaho ku buryo burambuye amakuru yose yerekeye icyo kiganiro hamwe na gahunda yo kuza kuduherekeza ku kibuga cy\u2019indege tuzahagurukiraho.<\/p>\n<p><em>Imana irinde Abanyarwanda batuye mu Rwanda biteguye kuzatwakirana urugwiro.<\/em><\/p>\n<p><em>Harakabaho abenegihugu batewe ishema no guharanira ko abana bose b\u2019u Rwanda bahabwa amahirwe angana.<\/em><\/p>\n<p>Bikorewe i Buruseli mu Bubiligi tariki ya 01 Ugushyingo 2016<\/p>\n<p><strong>Chaste GAHUNDE<\/strong><\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa<\/p>\n<p>ISHEMA ry\u2019u Rwanda<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU \u00a0Tariki ya 28 Mutarama 2013 Abataripfana 12 bahuriye mu mujyi wa Paris mu gihugu cy\u2019u Bufaransa batangiza ISHEMA ry\u2019u Rwanda nk\u2019umutwe wa politiki utavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019ishyaka rya FPR-<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":17960,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-17959","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU \u00a0Tariki ya 28 Mutarama 2013 Abataripfana 12 bahuriye mu mujyi wa Paris mu gihugu cy\u2019u Bufaransa batangiza ISHEMA ry\u2019u Rwanda nk\u2019umutwe wa politiki utavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019ishyaka rya FPR-\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-02T07:56:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"200\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"200\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/\",\"name\":\"Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-02T07:56:43+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg\",\"width\":200,\"height\":200,\"caption\":\"Chaste Gahunde Minisitiri w\u2019Itangazamakuru. Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro.\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi. - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU \u00a0Tariki ya 28 Mutarama 2013 Abataripfana 12 bahuriye mu mujyi wa Paris mu gihugu cy\u2019u Bufaransa batangiza ISHEMA ry\u2019u Rwanda nk\u2019umutwe wa politiki utavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bw\u2019ishyaka rya FPR-","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-11-02T07:56:43+00:00","og_image":[{"width":200,"height":200,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/","name":"Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","datePublished":"2016-11-02T07:56:43+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","width":200,"height":200,"caption":"Chaste Gahunde Minisitiri w\u2019Itangazamakuru. Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro."},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/igihe-kirageze-tugiye-mu-rwanda-guharanira-impinduka-nziza-isonzewe-nabenegihugu-benshi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igihe kirageze, tugiye mu Rwanda guharanira impinduka nziza isonzewe n\u2019abenegihugu benshi."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17959","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=17959"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17959\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":17961,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/17959\/revisions\/17961"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17960"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=17959"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=17959"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=17959"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}