{"id":18003,"date":"2016-11-04T19:17:44","date_gmt":"2016-11-04T19:17:44","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=18003"},"modified":"2016-11-05T06:29:11","modified_gmt":"2016-11-05T06:29:11","slug":"ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/","title":{"rendered":"Ikibazo cy&#8217;aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba!"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru agera kuri The Rwandan ava muri Leta Zunze Ubumwe z&#8217;Amerika aravuga ko hari ikibazo gikomeye cyo kutumvikana hagati y&#8217;abagize umuryango w&#8217;Umwami Kigeli V Ndahindurwa, ku ruhande rumwe hari abiganjemo abaturutse mu Rwanda barangajwe imbere na Sp\u00e9ciose Mukabayojo,<!--more--><\/p>\n<p>(mushiki w&#8217;Umwami), Christine Mukabayojo, (Umwami amubereye sewabo), Pasiteri Ezra Mpyisi n&#8217;abandi. Abaturutse mu Rwanda bo biragaragara ko bafite intego idakuka yo kujyana umugogo w&#8217;Umwami kuwutabariza mu Rwanda kubera impamvu bigaragara ko zishobora kuba zihishe politiki, twavuga ko ari igitutu cyashyizwe kuri bamwe na Leta y&#8217;i Kigali. Mbese muri make abo bantu barireba bakareba ubuzima bwabo bafite mu Rwanda cyangwa indi mibanire basanzwe bafitanye na bamwe mu bari muri Leta i Kigali. Bisa nk&#8217;aho babwiwe ko nibadatahukana Umugogo w&#8217;Umwami nabo bagomba kwihamira ishyanga!<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande hari abasanzwe baba mu mahanga nk&#8217;impunzi bavugirwa cyane n&#8217;uwahoze ari umukarani n&#8217;umuvugizi w&#8217;Umwami, Boniface Benzinge. Ukurikije uko bigaragara mu badashyigikiye ko umugogo w&#8217;umwami ujyanwa mu Rwanda harimo n&#8217;<a href=\"https:\/\/www.youcaring.com\/jeanbaptistendahindurwa-685089\">umuryango wa Rwigemera nawo watangije igikorwa cyo gushaka inkunga<\/a> yo kwishyura umunyamategeko watambamira icyo cyemezo. Nabibutsa ko Rwigemera yari mwene Yuhi V Musinga akaba mwene se wa KIgeli V Ndahindurwa.<\/p>\n<p>Aba mu mahanga biganjemo impunzi ndetse badakozwa itabarizwa mu Rwanda ry&#8217;umugogo w&#8217;Umwami, benshi muri bo bafite impamvu zibibatera zivanze n&#8217;umujinya w&#8217;uko Umwami yarinze atanga adashoboye gutaha mu Rwanda mu byubahiro bye nk&#8217;Umwami cyangwa nk&#8217;undi munyacyubahiro wo mu rwego nk&#8217;urwo Umwami yarimo.<\/p>\n<p>Abenshi muri bo harimo abarwanye intambara, abafashije cyane bibwira ko FPR nifata ubutegetsi izasubizaho ubwami hakaba n&#8217;abahunze mu minsi yashize bahunze itotezwa bakorewe mu myaka y&#8217;intangiriro ya 2000 ubwo mu Rwanda hari itotezwa ry&#8217;abakekwaga gukunda Umwami.<\/p>\n<p>Kuri bamwe ni nk&#8217;aho intambara yo ku Rucunshu yubuye ku buryo ngo hari abavuga ko biyemeje kurwana ku mugogo w&#8217;Umwami ntujyanwe mu Rwanda mu maboko y&#8217;umwega w&#8217;Umwakagara (Perezida Paul Kagame).<\/p>\n<p>Hari n&#8217;abavuga ko Kigeli ari izina ry&#8217;Umwami w&#8217;Intambara ko kugwa ishyanga bishobora gutera ibyago n&#8217;amakuba igihugu bamwe bakavuga ko kumutabariza mu Rwanda byatuma ayo makuba ataba!<\/p>\n<p>Igisobanutse kandi kigaragagarira amaso ni uko Umwami natabarizwa mu Rwanda bizaca intege abashyigikiye ubwami ariko bihe ingufu Leta iriho mu Rwanda, ibyo bikaba byanatuma uwakwimikwa nk&#8217;Umwami atagira ingufu n&#8217;abamwemera benshi cyane cyane ko atakwimikirwa mu Rwanda ngo bishoboke.<\/p>\n<p>Ariko mu gihe umugogo w&#8217;Umwami watabarizwa mu mahanga byatuma habaho ubwisanzure ku bashyigikiye ubwami ubusanzwe batajya imbizi na Leta ya Kigali, ni ukuvuga ko n&#8217;uwakwimikwa nk&#8217;Umwami azima mu gihe cy&#8217;itabarizwa rya Kigeli azaba ari hagati y&#8217;ingabo ze kandi yisanzuye ku buryo n&#8217;abayobokaga Kigeli V nawe bamuyoboka nta shiti.<\/p>\n<p>Ibi bikiyongeraho ko na Kigeli V ataratanga yari yarananiwe kumvikana na Leta ya Kigali ngo abe yatahuka, ku buryo nta gitangaza cyaba kirimo ibyavuzwe n&#8217;umukarani we Boniface Benzinge bibaye ari byo aho yagiraga ati:&#8221; Umugogo w&#8217;Umwami uzatabarizwa hano muri Amerika uzatahukanwa mu Rwanda igihe hazaba hari umutekano kandi utahukane n&#8217;impunzi zose igihe zizaba zitashye! Ngo nicyo cyari icyifuzo cy&#8217;Umwami&#8221;.<\/p>\n<p>Ukurikije umwuka uri mu banyarwanda cyane cyane hanze y&#8217;igihugu urabona ko abashyigikiye Leta ya Kigali bari ku ruhande rw&#8217;icyifuzo cy&#8217;uko Umwami yatabarizwa mu Rwanda ariko atari urukundo ahubwo ari ukugira ngo bazabone uko baririmba imyato Perezida Kagame n&#8217;ubutegetsi bwe.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande abatavugarumwe na Leta nabo ntabwo bashaka ko Perezida Kagame yitwaza itabarizwa ry&#8217;Umwami mu Rwanda ngo abikuremo ingufu za politiki, mbese barabirwanya nk&#8217;uko barwanya gahunda zose za Leta y&#8217;u Rwanda zaba inziza cyangwa imbi dore ko kuri benshi muri bo nta cyiza babona cyava muri buriya butegetsi.<\/p>\n<p>Abakurikiranira hafi ibya politiki y&#8217;u Rwanda bakaba bemeza ko Umwami kuba yaraguye ishyanga ari nk&#8217;ikosa ryashyizwe ku butegetsi bwa FPR, kutamutabariza mu Rwanda byaba ari ikindi gitego FPR yaba itsinzwe mu izamu ryayo kuko iki kibazo cy&#8217;itanga ry&#8217;Umwami Kigeli kigiye kongera gucamo ibice abanyarwanda bo mu bwoko bw&#8217;abatutsi n&#8217;ubundi bari basanzwe baracitsemo ibice byinshi.<\/p>\n<p>Ku ruhande rw&#8217;abahutu cyane cyane abahunze igihugu bo barasa nk&#8217;abareba ibirimo kuba nk&#8217;ikinamico badasobanukiwe neza ibyo bibazo byo muri iyo miryango y&#8217;ibwami, ariko kuri benshi gushyira umugogo w&#8217;Umwami ubutegetsi bwa FPR bumva byaba ari ukubutiza ingufu dore ko bamwe muri bo ubwo butegetsi babuzinutswe n&#8217;ibyabwo byose.<\/p>\n<p><strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n<p>Email:\u00a0<em>therwandan@ymail.com<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru agera kuri The Rwandan ava muri Leta Zunze Ubumwe z&#8217;Amerika aravuga ko hari ikibazo gikomeye cyo kutumvikana hagati y&#8217;abagize umuryango w&#8217;Umwami Kigeli V Ndahindurwa, ku ruhande rumwe hari abiganjemo abaturutse mu Rwanda barangajwe imbere na Sp\u00e9ciose Mukabayojo,<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":9101,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-18003","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ikibazo cy&#039;aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ikibazo cy&#039;aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru agera kuri The Rwandan ava muri Leta Zunze Ubumwe z&#8217;Amerika aravuga ko hari ikibazo gikomeye cyo kutumvikana hagati y&#8217;abagize umuryango w&#8217;Umwami Kigeli V Ndahindurwa, ku ruhande rumwe hari abiganjemo abaturutse mu Rwanda barangajwe imbere na Sp\u00e9ciose Mukabayojo,\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-04T19:17:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2016-11-05T06:29:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/KigeliV.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1253\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/\",\"name\":\"Ikibazo cy'aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/KigeliV.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-04T19:17:44+00:00\",\"dateModified\":\"2016-11-05T06:29:11+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/KigeliV.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/KigeliV.jpg\",\"width\":1253,\"height\":1600},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ikibazo cy&#8217;aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ikibazo cy'aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ikibazo cy'aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba! - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru agera kuri The Rwandan ava muri Leta Zunze Ubumwe z&#8217;Amerika aravuga ko hari ikibazo gikomeye cyo kutumvikana hagati y&#8217;abagize umuryango w&#8217;Umwami Kigeli V Ndahindurwa, ku ruhande rumwe hari abiganjemo abaturutse mu Rwanda barangajwe imbere na Sp\u00e9ciose Mukabayojo,","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-11-04T19:17:44+00:00","article_modified_time":"2016-11-05T06:29:11+00:00","og_image":[{"width":1253,"height":1600,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/KigeliV.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/","name":"Ikibazo cy'aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/KigeliV.jpg","datePublished":"2016-11-04T19:17:44+00:00","dateModified":"2016-11-05T06:29:11+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/KigeliV.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/KigeliV.jpg","width":1253,"height":1600},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyaho-kigeli-v-ndahindurwa-azatabarizwa-kimaze-kuba-agatereranzamba\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ikibazo cy&#8217;aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa kimaze kuba agatereranzamba!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18003","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=18003"}],"version-history":[{"count":5,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18003\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18014,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18003\/revisions\/18014"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9101"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=18003"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=18003"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=18003"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}