{"id":1821,"date":"2012-10-02T00:37:59","date_gmt":"2012-10-01T22:37:59","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1821"},"modified":"2012-10-02T17:13:50","modified_gmt":"2012-10-02T15:13:50","slug":"ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/","title":{"rendered":"Ubukungu bw&#8217;u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk&#8217;uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019inyandiko yasohotse mu kinyamakuru <a href=\"http:\/\/kigalitoday.com\/spip.php?article5713&amp;fb_source=message\">Kigali Today<\/a> ivuga ko ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 9,4% ku ijana mu mwaka wa 2011\/12. Kugira ngo dushobore gusobanukirwa neza ibijyanye n\u2019ibyo byatangajwe twifashishije impuguke mu by\u2019ubukungu Bwana Peter Urayeneza. Twamubajije ibibazo bitandukanye bijyanye n\u2019ubukungu bw\u2019u Rwanda.<!--more--><\/p>\n<p><em><strong>Mushobora gusobanurira muri make abasomyi b\u2019urubuga The Rwandan uburyo n\u2019ibipimo bikoreshwa mu kubara uburyo ubukungu bwifashe?<\/strong><\/em><\/p>\n<p>Mu byukuri ubukungu bw\u2019igihugu bupimwa hagendewe ku bigereranyo byinshi ariko muri make byose ugasanga bikubiye mu byiciro bitatu:<br \/>\na. Ibipimo bishingiye ku musaruro (Indicateurs de productions)<br \/>\nb. Ibipimo bishingiye ku mutungo cyangwa ubukire bw\u2019abenegihugu baba aba imbere mu gihugu ndetse no hanze yacyo (Indicateurs de revenus et de richesse)<br \/>\nc. Ibipimo bishingiye ku mari<br \/>\nIbi bipimo iyo ubashije kubireba neza ndetse ukanabihuza, biguha isura cyangwa uko ubukungu bw\u2019igihugu runaka buhagaze, niba gikize cyangwa gikennye, niba ifaranga ryacyo rihagaze neza, ndetse n\u2019ibindi\u2026<\/p>\n<p><strong><em>Dukurikije imibare yatangajwe n\u2019ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ibarurishamibare ngo ubukungu bwazamutse ku gipimo cya 9,4% ku ijana mu mwaka wa 2011\/12. nk\u2019impuguke mu by\u2019ubukungu murabona iyi mibare itangwa ifite ishingiro?<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Ku bwange ntabwo mbona ko nakwemera iri janisha ryatangajwe kubera ko mu by\u2019ukuri ntabwo d\u00e9tails zitangwa . Nkuko nabivuze hejuru, biragaragara ko bakoresheje approche ya mbere. Bikaba byari no kuba byiza iyo bavuga bati umusaruro mu gihugu wariyongereye ku kigero iki n\u2019iki aho kuvuga ngo ubukungu bwariyongereye ku kigero cya 9.4%. Ibi rero byakumvikana neza aho abantu babasha gutandukanya ikitwa ubukungu ndetse n\u2019umusaruro.<\/p>\n<p><strong><em>Ifaranga ry\u2019u Rwanda rikomeje guta agaciro ugereranije n\u2019idolari, ibiciro kw\u2019isoko biriyongera, abaturage baragenda batakaza ubushobozi bwo guhangana n\u2019ibiciro biri kw\u2019isoko. Ese ibi mubona biterwa n\u2019iki mu gihe Leta igaragaza ko ubukungu bwazamutse mu nzego zose?<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Ahangaha ubajije ikibazo cyiza cyane kandi cyari bunabe indi nzira yo kubafasha namwe kwibaza ku ijanisha ryatanzwe (9.4%) ryerekana ubwiyongere bw\u2019umutungo. Ubundi hagati yo kwiyongera k\u2019umusaruro ndetse n\u2019agaciro cy\u2019ifaranga bifitanye isano rinini cyane. Iyo umusaruro ari mwinshi kandi mwiza imbere mu gihugu, n\u2019ifaranga ry\u2019icyo gihugu ntabwo rikunze guta agaciro kenshi kandi buri gihe. Ariko ubu ifaranga ry\u2019u Rwanda ririmo guta agaciro cyane, kubera ko ibikenerwa (la demande) ni byinshi cyane ku buryo bidahuye na gato n\u2019ibishobora kuboneka (l\u2019offre) kubera ko umusaruro (production) imbere mu gihugu umusaruro ari muke ugereranyije n\u2019abawukeneye, ibitumizwa mu mahanga nabyo bihenze (ibi bikaba byagaragara umuntu abonye balance commercial y\u2019U Rwanda byanashoboka akareba balance de payements kugirango ishusho y\u2019ubucuruzi U Rwanda rugirana n\u2019amahanga igaragare neza. Ikindi kandi na none cyatwongerera kugira amakenga kuri iriya pourcentage yatanzwe, ni uko ubu niba hari ubwiyongere bw\u2019ubukungu bungana kuriya, nibura hakagombye kuba habaho ubugabanyuke bw\u2019abadafite akazi (taux de ch\u00f4mage) mu Rwanda. Ubu ngirango ubushomeri mu Rwanda ni ikibazo cyabaye umurage kubana bakiri bato bakirangiza amashuri yabo. Kuko ireme ry\u2019uburezi ryaratakaye kandi Leta ishishikazwa no gusohora abarangije amashuri benshi ititaye ku bumenyi bahabwa ndetse n\u2019isoko ry\u2019akazi dufite mu gihugu.<\/p>\n<p><strong><em>Kubera ikibazo cy\u2019intambara kiri mu burasirazuba bwa Congo, ibihugu byahaga imfashanyo u Rwanda byafashe icyemezo cyo kuba bihagaritse izo mfashanyo kubera icyegeranyo cy\u2019impuguke za ONU gishinja Leta y\u2019u Rwanda gufasha inyeshyamba za M23. Ese ihagarikwa ry\u2019izo mfashanyo rishobora kugira ingaruka zihe ku bukungu bw\u2019u Rwanda mu gihe gito (\u00e0 court terme) cyangwa mu gihe kirekire (\u00e0 long terme)?<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Ingaruka zo zirahari kandi ni nyinshi cyane kuko u Rwanda rwahabwaga amafaranga akanyura mu ngengo y\u2019imari yarwo. Mu gihe gito rero, nk\u2019aho izi mfashanyo zafashaga cyane cyane ku mafaranga Leta ikoresha mu bikorwa bya buri munsi (budget de fonctionnement) hari byinshi bizadindira. Ikindi nk\u2019aho izo mfashanyo zafashaga ku ngengo y\u2019imali y\u2019ibikorwa by\u2019iterambere (budget de d\u00e9veloppement) ni ukuvuga ko hari byinshi byari bitegenyijwe kuzagerwaho mu gihe kirekire bizaba bitakigezweho. Iri dindira rero ry\u2019imishinga y\u2019amajyambere mu gihe kirekire rifite ingaruka zikomeye ku gihugu. Muri izo twavuga nk\u2019ubushomeri, ingaruka ku masoko y\u2019ibintu kubera ibura ry\u2019ibikorwa-remezo by\u2019ibanze (infrastructures de bases), ndetse n\u2019ibindi.<\/p>\n<p><strong><em>Ese u Rwanda rushobora kwihagararaho mu by\u2019ubukungu nta mfashanyo z\u2019amahanga? Niba rwabishobora rwakwihagararaho mu gihe kingana iki?<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Ibi ntabwo bishoboka ko U Rwanda rwakwihagararaho na gato. Usibye n\u2019U Rwanda na za Kenya, Ouganda, Tanzania, ndetse n\u2019ibindi bihugu bifite ubukungu bukomeye kuruta U Rwanda biracyakeneye ziriya mfashanyo. Icyo tugomba kuzirikana ni uko u Rwanda ari igihugu gito, kikaba nta mutungo mwinshi kamere gifite kandi kikaba kidakora ku nyanja n\u2019imwe. Izo nzitizi eshatu nizo zitwereka ko U Rwanda rutakwihagararaho.<\/p>\n<p><em><strong>Hari ikigega cyagiyeho kiswe Agaciro Development Fund. Ese icyo kigega gifite ubushobozi bwo kuziba icyuho cyaterwa no kubura inkunga z\u2019amahanga? Ese imiterere yacyo ubwacyo mubona yakemura ibibazo by\u2019ubukene abanyarwanda bafite cyangwa byakwiyongera?<\/strong><\/em><\/p>\n<p>Aha mubajije ikibazo cyiza cyane ariko na none kikaba cyatera no kubaza ikindi kibazo. Ahubwo se Imfashanyo zatanzwe ndetse n\u2019izizatangwa byaba bizafasha kuvana abanayrwanda burundu mu bukene? Hewe unasubije inyuma amaso, ubu imyaka 50 irashize U Rwanda ruhabwa izo mfashanyo ariko ntabwo ubukene bwashize mu banyarwanda muri rusange. Kuri izi ngingo rero njyewe mbona AgDF itazabasha kuziba icyuho ry\u2019ibura ry\u2019imfashanyo kuko abanyarwanda ubwabo barakennye. Kandi abenshi mu bitwa ko batanga amafaranga mu AgDF bahembwa imishahara ivuye muri za mfashanyo zatangiye guhagarikwa.<\/p>\n<p><strong><em>Kuva ku ya 21 kugeza ku ya 22 Nzeli 2012, mu mujyi wa Boston muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika habereye igikorwa cyiswe Rwanda Day. Kuri mwe mubona mu rwego rw\u2019ubukungu icyo gikorwa cyaratanze umusaruro? Aha ndavuga ugereranyije uburyo bw\u2019amafaranga bwakoreshejwe n\u2019inyungu zavuye cyangwa zizava muri icyo gikorwa?<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Aha ntabwo nakwemeza ngo iki kigikorwa cyatanze umusaruro cyangwa igihombo. Ibi byakwemezwa hifashishijwe amafaranga yaba yaratanzwe ndetse n\u2019ibyavuye muri icyo gikorwa. Ariko ikigaragara cyo ni uko iyo urebye igihugu nk\u2019u Rwanda gikoreshereza iminsi mikuru mu bihugu bikize aho kubera mu gihugu imbere n\u2019abanyarwanda bakabigiramo uruhare kandi bakabizamo ari benshi, ibi byaterwa kwibazwaho mu mafaranga menshi yahagendeye mu gihugu kiri gufatirwa ingamba zikarishye ku byerekeranye n\u2019imfashanyo rwabonaga.<\/p>\n<p><strong><em>Ikinyamakuru <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/blog\/rwanda-rpf-builds-a-formidable-business-group\/\">Financial Times<\/a> cyo mu Bwongereza cyanditse inkuru ivuga uburyo ishyaka rya FPR riri mu mashyaka ya mbere akize ku isi. Ese mu rwego rw\u2019ubukungu hari ingaruka byagize, bigira, cyangwa bizagira ku Rwanda nk\u2019igihugu mu gihe tuzi ko iryo shyaka riri ku butegetsi kuva mu 1994?<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Mu byukri ni byiza ko ishyaka iryo ari ryo ryose ryagira ingufu mu kwihaza mu buryo bw\u2019amafaranga ryaba rikeneye igihe cyose. Ariko noneho tugarutse ku bya FPR, kuri njyewe mbona byararenze ibyo ishyaka ryakagombye kugira. Ingaruka rero ribirimo ni izihe? Iyo umutwe wa politiki uri ku butegetsi kandi ukaba unakora ubucuruzi mu bintu byinshi bigize ubukungu rusange bw\u2019igihugu, ntabwo ubwo bukungu buba bwisanzuweho na buri wese (\u00e9conomie lib\u00e9ralis\u00e9e), ikindi kandi ntabwo ubwo bukungu busangirwa na bose ku buryo bungana. Ibi bintu bibiri ndakeka n\u2019 U Rwanda ruyobowe na FPR rwamaze gukandagira muri izi nzego ebyiri mvuze haruguru.<\/p>\n<p><strong><em>Gahunda yo guhinga igihingwa kimwe no guhingira hamwe mu guhuza ubutaka, gusarurira hamwe n\u2019ibindi&#8230;kuri mwe mubona hari icyo byagabanya cyangwa byakongera ku bukungu bw\u2019igihugu?<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Iyi politiki yo guhuza ubutaka no guhingira hamwe yageza igihugu kuri byinshi. Ariko na none hakibazwa ikibazo kivuga ngo ni gute ubutaka bwahurizwa hamwe mu gihe tuziko ubu mu Rwanda muri munyarwanda afite ubutaka buto cyane? Ese Leta birayisaba iki kugirango ihurize hamwe ubutaka bw\u2019abaturage?\u00a0Mpereye kuri iki kibazo cya nyuma, Leta irasabwa gutuza abaturage hamwe kandi bakahajya bahasanga ibyangombwa b\u2019ibanze bifite ishingiro kandi biruta ibyo bari basangamwe mu miturire yabo ya buri munsi. Aka karusho mu miturire bizatuma abanyarwanda babona akamaro ko gutura mu midugudu kandi ikanabaha uruhare mu kwihitiramo ibyo bahinga bigendanye n\u2019ibiri mu muco w\u2019ibyo barya ndetse bakanasagurira amasoko.<\/p>\n<p><strong><em>Mu gusoza wabwira iki abasomyi b\u2019urubuga The Rwandan ukurikije uko ubona ubukungu bw\u2019u Rwanda hakorwa iki?<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Icyo nageza ku basomyi b\u2019ikinyamakuru the Rwandan, ni uko ubu ubukungu bw\u2019u Rwanda n\u2019ubwo bavuga ko buhagaze neza, Atari byo kuko ubwabo n\u2019ubwo bavuga ko buhari nk\u2019uko byerekanywe mu mibare hejuru, iyo witegereje neza usanga Atari ubukungu busangiwe na bose kandi hose.<\/p>\n<p>Murakoze.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019inyandiko yasohotse mu kinyamakuru Kigali Today ivuga ko ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 9,4% ku ijana mu mwaka wa 2011\/12. Kugira ngo dushobore gusobanukirwa neza ibijyanye n\u2019ibyo byatangajwe twifashishije impuguke mu by\u2019ubukungu Bwana Peter Urayeneza. Twamubajije ibibazo bitandukanye bijyanye n\u2019ubukungu bw\u2019u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1822,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[],"tags":[],"class_list":["post-1821","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ubukungu bw&#039;u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk&#039;uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubukungu bw&#039;u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk&#039;uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019inyandiko yasohotse mu kinyamakuru Kigali Today ivuga ko ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 9,4% ku ijana mu mwaka wa 2011\/12. Kugira ngo dushobore gusobanukirwa neza ibijyanye n\u2019ibyo byatangajwe twifashishije impuguke mu by\u2019ubukungu Bwana Peter Urayeneza. Twamubajije ibibazo bitandukanye bijyanye n\u2019ubukungu bw\u2019u Rwanda.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-10-01T22:37:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-10-02T15:13:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/\",\"name\":\"Ubukungu bw'u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk'uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-10-01T22:37:59+00:00\",\"dateModified\":\"2012-10-02T15:13:50+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"222\",\"height\":\"227\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubukungu bw&#8217;u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk&#8217;uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubukungu bw'u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk'uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubukungu bw'u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk'uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019inyandiko yasohotse mu kinyamakuru Kigali Today ivuga ko ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 9,4% ku ijana mu mwaka wa 2011\/12. Kugira ngo dushobore gusobanukirwa neza ibijyanye n\u2019ibyo byatangajwe twifashishije impuguke mu by\u2019ubukungu Bwana Peter Urayeneza. Twamubajije ibibazo bitandukanye bijyanye n\u2019ubukungu bw\u2019u Rwanda.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-10-01T22:37:59+00:00","article_modified_time":"2012-10-02T15:13:50+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/","name":"Ubukungu bw'u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk'uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-10-01T22:37:59+00:00","dateModified":"2012-10-02T15:13:50+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"222","height":"227"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubukungu-bwu-rwanda-ntabwo-bwifashe-neza-nkuko-leta-ya-fpr-ishaka-kubyerekana\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubukungu bw&#8217;u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk&#8217;uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1821","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1821"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1821\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1821"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1821"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1821"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}