{"id":18285,"date":"2016-11-23T12:05:14","date_gmt":"2016-11-23T12:05:14","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=18285"},"modified":"2016-11-23T12:05:14","modified_gmt":"2016-11-23T12:05:14","slug":"abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/","title":{"rendered":"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza!"},"content":{"rendered":"<p><strong><i>Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu haravugwa inzara kuri ubu imaze guhitana abantu bane. Ubuyobozi buhakana aya makuru nyamara abaturage bo bakayemeza kimwe n\u2019ibitaro bya Rwinkwavu.<\/i><\/strong><\/p>\n<p>Mu mezi ashize mu ntara y\u2019uburasirazuba by\u2019umwihariko mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu, nibwo hagiye humvikana mu bitangazamakuru bivugwako abaturage bariho basuhuka kubera inzara, ariko ubuyobozi bwo bugahakana ayo makuru buvugako nta nzara ihari ahubwo igihari ari amapfa.<!--more--><\/p>\n<p>Kuri uyu wa 22 Ugushyingo bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Rwinkwavu mu kagali ka Nkondo batangarije umunyamakuru w\u2019imirasire.com ko hamaze kwitaba Imana abantu bane mu bihe bitandukanye bo bemezako bazize inzara. N\u2019ubwo ubuyobozi bwako kagali buhakana ayo makuru.<\/p>\n<p>Kubera impamvu z\u2019umutekano wabo basabye ko imyirondoro yabo igirwa ibanga, uwitwa Kalisa (ntabwo ariyo mazinaye yukuri) yagize ati\u201d hano mu murenge wa Rwinkwavu mu kagali ka Nkondo hamaze kwitaba Imana abantu bane bazize inzara.<\/p>\n<p>Uyu muturage yavuzeko mu by\u2019ukuri n\u2019imfashanyo itangwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarereka Kayonza arinkeya ugereranyije n\u2019umubare w\u2019abaturage bakeneye ubufasha.<\/p>\n<p>Tukimara kumva iby\u2019aya makuru y\u2019abo bantu bitabye imana bazize inzara nkuko abaturage babyemeza, ku murongo wa Telefone twavuganye n\u2019umuyobozi ushinzwe imibereho nyiza y\u2019abaturage mu kagali ka Nkondo arinaho havugwa icyo kibazo, Mutesi Scovia avugako ayo makuru atariyo kuko n\u2019abaturage bafite ikibazo cy\u2019inzara ubuyobozi bubagenera ibifungurwa, Mutesi yagize ati\u2019 Mubyukuri kwemezako abantu bitabye Imana baba barazize inzara ntabwo byaba aribyo kuko hari ubufasha akarere ka Kayonza kagenera abafite ikibazo cy\u2019inzara bityo agahanyako ayo makuru atariyo.<\/p>\n<p>Tumubagije ku mubare uvugwa n\u2019abaturage w\u2019abantu 4 bitabye Imana mu minsi ishize niba haricyo abiziho, Mutesi yavuzeko mu makuru afite nuko hari umusaza umwe uherutse kwitaba Imana ariko akavuga ko atazize inzara ahubwo bishoboka ko yaba yarazize izabukuru.<\/p>\n<p>Nubwo Mutsi ahakana ayo makuru avugwa ku bantu bitabye Imana bazize inzara, byashoboka ko ayo makuru yaba afite ishingiro kuko hari amakuru twahawe n\u2019umwe mu bakozi kubitaro bya Rwinkwavu nawe utashatse ko amazina ye agaragara mu itangaza makuru.<\/p>\n<p>Yavuzeko kuri uyu wa 21 ugushyingo 2016 hari Umugore waguye kubitaro byaho Rwinkwavu aho yemezako yahageze yarazahaye ku buryo n\u2019abaganga ba musuzumye ngo barebe indwara yari arwaye ba kayibura.<\/p>\n<p>Uwo mukozi avugako ukurikije uko uwo mugore yari ameze ntiwashidikanyako yaba yarazize inzara.<\/p>\n<p>Kuri ibi bibazo byose twashatse kumenya niba icyo kibazo ubuyobozi bw\u2019akarere bukizi, Tuvugana n\u2019umuyobozi wako Murenzi Jean Claude avugako bidashoboka ko hari umuturage wapfa azize inzara kuko hari ubufasha bw\u2019ibiribwa bihabwa bamwe mu baturage bababaye kurenza abandi.<\/p>\n<p>Mayor Murenzi yavuzeko niba hari n\u2019uwitabye imana yaba yazize indwara ariko bitafatwa ko yazize inzara.<\/p>\n<p>Nyuma yuko hari bamwe mu baturage bagiye bavugako inzara ibamereye nabi ndetse bamwe bakaba barahisemo gusuhukira mu gihugu cy\u2019abaturanyi cya Uganda abasigaye nabo ubuyobozi bw\u2019Akarere bukabagenera imfashanyanyo y\u2019ibiribwa byiganjemo ibigori ndetse n\u2019ibishyimbo.<\/p>\n<p>Muminsi ishyize nibwo bamwe mu baturage bagiye bagaruka ku mazina y\u2019inzara y\u2019ibasiye by\u2019umwihariko intara y\u2019uburasirazuba, muri ayo mazina harimo iyobise , Warwaye ryari ? Kinga metarike duhurire ku mufungo, hamwe Ganira utahe, nayandi mazina.<br class=\"autobr\" \/><strong><br class=\"autobr\" \/>JOHN Bagabo<\/strong><\/p>\n<p>Source: <a href=\"http:\/\/imirasire.com\/amakuru-yose\/hirya-no-hino\/mu-rwanda\/article\/kayonza-abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara\"><strong>imirasire<\/strong><\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu haravugwa inzara kuri ubu imaze guhitana abantu bane. Ubuyobozi buhakana aya makuru nyamara abaturage bo bakayemeza kimwe n\u2019ibitaro bya Rwinkwavu. Mu mezi ashize mu ntara y\u2019uburasirazuba by\u2019umwihariko mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu, nibwo hagiye humvikana mu bitangazamakuru bivugwako abaturage bariho basuhuka kubera inzara, ariko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":18286,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[80],"tags":[],"class_list":["post-18285","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibyo-twabasomeye-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu haravugwa inzara kuri ubu imaze guhitana abantu bane. Ubuyobozi buhakana aya makuru nyamara abaturage bo bakayemeza kimwe n\u2019ibitaro bya Rwinkwavu. Mu mezi ashize mu ntara y\u2019uburasirazuba by\u2019umwihariko mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu, nibwo hagiye humvikana mu bitangazamakuru bivugwako abaturage bariho basuhuka kubera inzara, ariko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-23T12:05:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kayonza.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"349\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"headline\":\"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza!\",\"datePublished\":\"2016-11-23T12:05:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/\"},\"wordCount\":511,\"commentCount\":2,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/11\\\/Kayonza.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibyo twabasomeye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/\",\"name\":\"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/11\\\/Kayonza.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-23T12:05:14+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/11\\\/Kayonza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/11\\\/Kayonza.jpg\",\"width\":640,\"height\":349},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza! - Umunyarwanda","og_description":"Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu haravugwa inzara kuri ubu imaze guhitana abantu bane. Ubuyobozi buhakana aya makuru nyamara abaturage bo bakayemeza kimwe n\u2019ibitaro bya Rwinkwavu. Mu mezi ashize mu ntara y\u2019uburasirazuba by\u2019umwihariko mu karere ka Kayonza mu murenge wa Rwinkwavu, nibwo hagiye humvikana mu bitangazamakuru bivugwako abaturage bariho basuhuka kubera inzara, ariko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-11-23T12:05:14+00:00","og_image":[{"width":640,"height":349,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kayonza.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/"},"author":{"name":"therwd","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"headline":"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza!","datePublished":"2016-11-23T12:05:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/"},"wordCount":511,"commentCount":2,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kayonza.jpg","articleSection":["Ibyo twabasomeye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/","name":"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kayonza.jpg","datePublished":"2016-11-23T12:05:14+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kayonza.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kayonza.jpg","width":640,"height":349},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abantu-bane-bamaze-kwitaba-imana-bazize-inzara-muri-kayonza\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abantu bane bamaze kwitaba Imana bazize inzara muri Kayonza!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18285","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=18285"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18285\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18287,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18285\/revisions\/18287"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18286"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=18285"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=18285"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=18285"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}