{"id":18362,"date":"2016-11-25T09:23:23","date_gmt":"2016-11-25T09:23:23","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=18362"},"modified":"2016-11-25T09:23:23","modified_gmt":"2016-11-25T09:23:23","slug":"kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/","title":{"rendered":"Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi"},"content":{"rendered":"<p>Mu Kinyarwanda hari umugani uvuga ngo : <em>&#8220;Ushaka urupfu asoma impyisi.&#8221;<\/em> Umuntu uguciriye uwo mugani aba bashaka kuvuga ko iyo ushatse gushimisha umugome birangira akugiriye nabi. Ikigaragara nuko Kiriziya Gatorika yashatse gushimisha Leta ya FPR bikarangira ishimuswe.<!--more--><\/p>\n<p>Kiriziya Gatorika mu itangazo ryayo iti :<em>&#8220;Turasaba imbabazi kubera abakristu bakoze Jenoside&#8221;<\/em>. Ikongera ikivuguruza iti :<em>&#8220;Ntawe twohereje kwica abantu muri Jenoside&#8221;<\/em>. Umuntu yakwibaza impamvu Leta ya Kigali yakomeje guhatira Kiriziya Gatorika gusaba imbabazi kugeza ubwo isabye iza nyirarureshwa yivuguruza. Ikigaragara nuko Kiriziya yakomeje kugenda yanga gukora iki gikorwa cya politiki kidasobanutse, ahubwo kigayitse kandi kigamije guhindanya isura y&#8217;umuryango mugari w&#8217;abakristu mu nyungu za FPR.<\/p>\n<p>Musenyeri Smaragde Mbonyintege mu gihe yayoboraga Kiriziya Gatorika yari yaragerageje guhangana n&#8217;iri totezwa bakorerwa na Leta, naho Musenyeri Filipo Rukamba wamusimbuye we yaje ashaka gucinya inkoro akora ku buryo izo mbabazi zisabwa atitaye ku isura ya Kiriziya ahubwo agamije gushimisha Kagame na Leta ye. Abazi Musenyeri Rukamba kuva kera bavuga ko ariko yitereye. Nka nyamujya iyo bigiye, n&#8217;ubundi yigirira ubwoba akanga gukoma rutenderi kandi ngo aharanira gushimisha abamufitiye akamaro. Imyitwarire nk&#8217;iyo abo yigishije i Zaza mu iseminari ngo bayitaga <em>&#8220;Mpemuke ndamuke&#8221;.<\/em><\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;imbabazi zasabwe n&#8217;abasenyeri ba Kiriziya Gatorika mu Rwanda bayobowe na Rukamba Filipo, umuryango IBUKA wahise uvuga ko Kiriziya igomba gutanga n&#8217;indishyi. Umuyobozi wayo Jean Pierre Dusingizemungu ati <em>&#8220;ndetse, Kiriziya ikwiye gukurikirana abapadiri bakoze Jenoside mu nkiko zayo&#8221;<\/em>. Naho Leta ya FPR mu ijwi rya Minisitiri Kaboneka yo iti : <em>&#8220;Izo mbabazi ni nyirarureshwa, mugomba kuduha n&#8217;amazina y&#8217;abo bakristu bakoze Jenoside kandi Vatikani akaba ariyo isaba imbabazi (ni ukuvuga Papa) aho kugira ngo zisabwe n&#8217;abasenyeri bo mu Rwanda.&#8221;<\/em><\/p>\n<p>Ese Kiriziya Gatorika nyuma yo gusaba imbabazi yaba izabasha gukora ibyo isabwa byose kugira ngo ishimishe Leta ya FPR Inkotanyi ?<\/p>\n<p><em>&#8220;Ushaka urupfu asoma impyisi&#8221;<\/em><\/p>\n<p>Umunyarwanda<\/p>\n<p>Muhire Sylvain<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Kinyarwanda hari umugani uvuga ngo : &#8220;Ushaka urupfu asoma impyisi.&#8221; Umuntu uguciriye uwo mugani aba bashaka kuvuga ko iyo ushatse gushimisha umugome birangira akugiriye nabi. Ikigaragara nuko Kiriziya Gatorika yashatse gushimisha Leta ya FPR bikarangira ishimuswe.<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":18363,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[79],"tags":[],"class_list":["post-18362","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-iyobokamana"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Kinyarwanda hari umugani uvuga ngo : &#8220;Ushaka urupfu asoma impyisi.&#8221; Umuntu uguciriye uwo mugani aba bashaka kuvuga ko iyo ushatse gushimisha umugome birangira akugiriye nabi. Ikigaragara nuko Kiriziya Gatorika yashatse gushimisha Leta ya FPR bikarangira ishimuswe.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-25T09:23:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kiliziya-1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1184\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"556\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/\",\"name\":\"Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kiliziya-1.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-25T09:23:23+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kiliziya-1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kiliziya-1.jpg\",\"width\":1184,\"height\":556},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi - Umunyarwanda","og_description":"Mu Kinyarwanda hari umugani uvuga ngo : &#8220;Ushaka urupfu asoma impyisi.&#8221; Umuntu uguciriye uwo mugani aba bashaka kuvuga ko iyo ushatse gushimisha umugome birangira akugiriye nabi. Ikigaragara nuko Kiriziya Gatorika yashatse gushimisha Leta ya FPR bikarangira ishimuswe.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-11-25T09:23:23+00:00","og_image":[{"width":1184,"height":556,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kiliziya-1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/","name":"Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kiliziya-1.jpg","datePublished":"2016-11-25T09:23:23+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kiliziya-1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Kiliziya-1.jpg","width":1184,"height":556},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiriziya-gatorika-yo-mu-rwanda-mu-gusaba-imbabazi-kwayo-yasomye-impyisi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda mu gusaba imbabazi kwayo yasomye impyisi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18362","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=18362"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18362\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18364,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18362\/revisions\/18364"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18363"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=18362"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=18362"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=18362"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}